Mvukiyehe Juvenal agiye gusarura amafaranga muri Kiyovu kuko ari kwisubiza ibyo yahaye Kiyovu byose – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mvukiyehe Juvenal agiye gusarura amafaranga muri Kiyovu kuko ari kwisubiza ibyo yahaye Kiyovu byose.

Nyuma yuko Mvukiyehe Juvenal ahagaritswe by'agateganyo ku buyobozi bwa Kiyovu Sports company, ubu nawe yatangiye kwisubiza bimwe mubyo yahaye Kiyovu Sports.

Amakuru yizewe avuga ko Juvenal ubu yamaze kwisubiza imodoka yari yarahaye Kiyovu Sports ngo ijye iyijyana mu myitozo, ndetse ngo yabasabye kujya bayikodesha.

 

Source : https://yegob.rw/mvukiyehe-juvenal-agiye-gusarura-amafaranga-muri-kiyovu-kuko-ari-kwisubiza-ibyo-yahaye-kiyovu-byose/?utm_source=rss=rss=mvukiyehe-juvenal-agiye-gusarura-amafaranga-muri-kiyovu-kuko-ari-kwisubiza-ibyo-yahaye-kiyovu-byose

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *