Nta kanya ko kwitekerezaho! FERWAFA yahaye ubutumwa APR FC yari ikiri mu gahinda ko gusezerwa muri CAF Champions League inyagiwe imvura y’ibitego – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kumenyesha APR FC igihe izakinira umukino wayo w'ikirarane cy'umunsi wa kane wa shampiyona bafitanye na Musanze FC.

Ni mu gihe iyi kipe yari ikiri mu gahinda ko gusezerwa muri CAF Champions League itarenze umutaru nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC ibitego 6-1.

Source : https://yegob.rw/nta-kanya-ko-kwitekerezaho-ferwafa-yahaye-ubutumwa-apr-fc-yari-ikiri-mu-gahinda-ko-gusezerwa-muri-caf-champions-league-inyagiwe-imvura-yibitego/?utm_source=rss=rss=nta-kanya-ko-kwitekerezaho-ferwafa-yahaye-ubutumwa-apr-fc-yari-ikiri-mu-gahinda-ko-gusezerwa-muri-caf-champions-league-inyagiwe-imvura-yibitego

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *