Imbuga nkoranyambaga zacitse ururondogoro Element aba Element nyuma y’amafoto ye akomeje gucaracara akavugisha benshi  – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Imbuga nkoranyambaga zacitse ururondogoro Element aba Element nyuma y'amafoto ye akomeje gucaracara akavugisha benshi

Element ukomeje gutumbagira ku rwego mpuzamahanga abikesha ubuhanga afite mu kuririmba ndetse no gutunganya imiziki muri iyi minsi ari mu gihugu cya Uganda aho yari ari gukorera ibitaramo ndetse arateganya ko gukomereza no mu bindi bihugu.

ELEMENT yongeye kugarukwa ho nyuma yo kubona amafoto ye arinzwe n'umusore w'ibigango gusa abantu bahise bibaza ukuntu indirimbo 2 afite zihise zimugira igikomerezwa, kugeza ubu Element afite indirimbo 2 arizo Kashe, ndetse na Fou De Tou.

Gusa ibyo ntago benshi babyumva kimwe ngo kuko buri wese agira uko atwara ibintu.

Dore uko byari bimeze ku mbuga nkoranyambaga by'umwihariko kuri Instagram.

Source : https://yegob.rw/imbuga-nkoranyambaga-zacitse-ururondogoro-element-aba-element-nyuma-yamafoto-ye-akomeje-gucaracara-akavugisha-benshi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *