Yemeye kumutanga muri mukeba! APR Fc ntigitewe ubwoba na mukeba kubera ko yemeye kubagurisha rutahizamu wayo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ikipe ya APR Fc nyuma yo kwiyubaka ikongera gusubira kuri gahinda yo gukinisha abanyamahanga, ikomeje kugurisha abakinnyi batandukanye b'abanyarwanda mu makipe bahanganira igikombe cya shampiyona.

Iyi kipe y'ingabo z'igihugu, yemeye kugurisha rutahizamu wayo Nizeyimana Djuma imutanga muri Kiyovu Sports.

Ubu Nizeyimana Djuma yamaze gushyira umukono ku masezerano y'imyaka 3 muri Kiyovu Sports.

Djuma agiye muri Kiyovu Sports asangamo abandi bakinnyi batandukanye b'abanyamahanga ndetse n'abanyarwanda iyi kipe ikomeje gusinyisha.

 

Source : https://yegob.rw/yemeye-kumutanga-muri-mukeba-apr-fc-ntigitewe-ubwoba-na-mukeba-kubera-ko-yemeye-kubagurisha-rutahizamu-wayo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *