Haruna Niyonzima yagiranye ibihe byiza n’umugore we ndetse n’abakobwa be (Amafoto) – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kapiteni w'ikipe y'igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, yagiranye ibihe byiza n'umuryango we (umugore we ndetse n'abakobwa be 2), aho yari yabasokanye ku mazi.

Haruna Niyonzima, yashakanye na Cassandra Rayan babyaranye abana babiri b'abakobwa. Nyuma yo kunyura mu makipe akomeye muri Africa y'Ibirasirazuba, ubu akiri ikipe ya Al Ta'awon yo muri Libya.

Source : https://yegob.rw/haruna-niyonzima-yagiranye-ibihe-byiza-numugore-we-ndetse-nabakobwa-be-amafoto/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *