Ese mama yaba agiye gukina muri Inter Miami? Jacques Tuyisenge ari kubarizwa aho Messi ari kwandikira amateka -AMAFOTO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ese mama yaba agiye gukina muri Inter Miami? Jacques Tuyisenge ari kubarizwa aho Messi ari kwandikira amateka.

Rutahizamu w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda Amavubi Jacques Tuyisenge wakiniraga ikipe ya AS Kigali umwaka ushize w'imikino yagaragaye ari kurya aye yakoreye ku mucanga i Miami muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika aho nimero ya mbere ku Isi Lionel Messi ari kubarizwa muri iyi minsi.

Amafoto:

Source : https://yegob.rw/ese-mama-yaba-agiye-gukina-muri-inter-miami-jacques-tuyisenge-ari-kubarizwa-aho-messi-ari-kwandikira-amateka-amafoto/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *