Irashaka Champions League! Nyuma y’iminsi 3 gusa APR Fc yerekanye Thierry Froger nk’umutoza mushya wayo, yongeye kwerekana undi mutoza mushya – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga 2023, nibwo ikipe ya APR FC yahaye ikaze Thierry Froger ukomoka mu Bufaransa nk'umutoza wayo mushya.

Nyuma y'iminsi 3 gusa, iyi kipe iri mu myiteguro ya CAF Champions League, yagiye kwakira umutoza Adel Zrane w'imyaka 39 w'umunya-Tunisia, aje kuba umutoza wungirije wa APR F.C ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi (Physical Fitness Coach).

Yatoje amakipe arimo Simba yo muri Tanzania, Al-Wehdat Sport Club yo muri Jordan, AL-AIN Saudi Football Club yanabaye mu ikipe y'igihugu ya Mauritania.

Source : https://yegob.rw/irashaka-champions-league-nyuma-yiminsi-3-gusa-apr-fc-yerekanye-thierry-froger-nkumutoza-mushya-wayo-yongeye-kwerekana-undi-mutoza-mushya/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *