Yvan Buravan yitabye Imana ariko ibigwi bye bikomeje gusigasirwa – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuryango wa Nyakwigendera Yvan Buravan watangije ishuri ryiswe 'Twaje Cultural Academy', igitekerezo cya Nkongi Cyane.

Mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwasizwe na Burabyo, umuryango we watangaje ko hashinzwe ishuri ryitwa 'Twaje Cultural Academy' rizajya ryigisha ururimi ry'Ikinyarwanda, umuco, kubyina, indangagaciro no gukunda igihugu cy'u Rwanda'.

Iki gitekerezo cyashyizwe mu bikorwa ni icya Nyakwigendera Yvan Buravan.

Source : https://yegob.rw/yvan-buravan-yitabye-imana-ariko-ibigwi-bye-bikomeje-gusigasirwa/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *