“Tugeze kuri 80%”: Umuyobozi mushya wa APR FC yatangaje inkuru iteye ubwoba ku makipe ahora ahanganye nayo (video) – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuyobozi mushya w'icyubahiro muri APR FC Perezida Lt. Col Karasira Richard yatangaje inkuru iteye ubwoba amakipe ahora ahanganiye ibikombe n'iyi kipe y'ingabo z'Igihugu.

Lt. Col Karasira Richard yatangaje ko gahunda yo kugura abakinnyi b'abanyamahanga igiye gutangirana n'ubuyobozi bushya kandi yavuze ko abanyamahanga iyi kipe izagura bagomba kuba ari ibikurankota kandi yahishuye ko bageze kuri 80% bagura abakinnyi.

Amashusho:

Source : https://yegob.rw/tugeze-kuri-80-umuyobozi-mushya-wa-apr-fc-yatangaje-inkuru-iteye-ubwoba-ku-makipe-ahora-ahanganye-nayo-video/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *