Yayoje igitiyo: Hamenyekanye akavagari k’amafaranga Burna Boy yahawe ku mukino wa nyuma wa Uaefa Champions League – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Burna Boy ukomoka mu gihugu cya Nigeria yasusurukije abantu bari bitabiriye umukino wa nyuma wa Uaefa Champions League wahuje ikipe ya Manchester City na Inter Milan.

Hamaze kumenyekana akabayo uyu muhanzi wo muri Nigeria yahawe kugira ngo atange ibyishimo ku bantu bari bitabiriye umukino wa nyuma wa Uaefa Champions League, Bruna Boy yahawe agera kuri miliyoni ebyiri z'amadolari bisonuye neza ko yahawe arenga miliyari ebyiri z'amafaranga y'u Rwanda.

Source : https://yegob.rw/yayoje-igitiyo-hamenyekanye-akavagari-kamafaranga-burna-boy-yahawe-ku-mukino-wa-nyuma-wa-uaefa-champions-league/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *