Ni impinduka zatangajwe ku manywa yo kuri uyu wa Kabiri na Minisiteri y'Ingabo, zikurikira izindi zaraye zitangajwe aho iyi minisiteri yahawe Minisitiri mushya, Juvenal Marizamunda ndetse Ingabo z'u Rwanda zigahabwa Umugaba w'Ingabo mushya, Lt Gen Mubarakh Muganga.

Leave a Reply