Iyi ni filime mu zindi: Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga nyuma yo gushyamirana n’umuhanzi mugenzi we (VIDEWO) – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi ukunzwe mu Rwanda yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga nyuma yo gushyamirana n'umuhanzi mugenzi we.

Umuhanzi ukorera umuziki we muri Uganda ariko uzwi no mu Rwanda, Alien Skin yasimbutse imodoka ya Polisi irimo igenda ubwo bari bagiye kumufunga.

Ku mashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye yerekana uyu muhanzi yicaye mu modoka ya Polisi hamwe inyuma ni uko akaza kuyisimbuka.

Skin acunga abapolisi bari bamurinze barangaye ni uko maze agahita ayisota akirukanka.

Ibi byabaye nyuma y'uko uyu Skin yashyamiranye na Pallaso wamusabaga kumwubaha kuko yakoze ibikorwa bidasanzwe.

VIDEWO

Source : https://yegob.rw/iyi-ni-filime-mu-zindi-umuhanzi-ukunzwe-mu-rwanda-yasimbutse-imodoka-ya-polisi-irimo-igenda-ubwo-bari-bagiye-kumufunga-nyuma-yo-gushyamirana-numuhanzi-mugenzi-we-videwo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *