Ndakuburiye! Hagarika kuzongera kurya amagi uyakurikiranyije ni bintu byavuzwe mu nkuru – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ndakuburiye! Hagarika kuzongera kurya amagi uyakurikiranyije ni bintu byavuzwe mu nkuru.

1.Hagarika kurya amagi uyakurikiranyije n'icyayi; Akenshi abantu bakunze kujya kurya ibya mugitondo ugasanga mubyo bateguye harimo amagi ndetse n'icyayi, ibi rero ni bibi cyane kuko mu magi hari intunga mubiri zibamo zangirika iyo uriye igi ugakurikizaho icyayi.

2. Rekera gukurikiranya amagi n'ibisindisha (Alcohol) : amagi agira umusemburo ushobora gufasha za nzoga mu gutuma ujya mu bizunga cyane (hangovers) ndetse iyo ibi byombi ubikurikiranyije bishobora kukuviramo kubabara mu gifu.

3. Rekera gukurikiranya igi n'umuneke: uretse imineke ubundi si byiza kurya amagi ndetse n'ibindi binyamasukari icyarimwe.

4. Ntugakurikiranye igi ndetse n'amazi: nk'ibisanzwe sibyiza kurya ikintu runaka ngo uhite ukurikizaho amazi, kuko aya mazi afungura ibintu umaze kurya nabyo bikaba nk'amazi.

________________izindi_nkuru_____________

Dore uburyo wakosora ubutumwa bwa WhatsApp wanditse ugashyiramo amakosa utabizi ndetse n'uwo wandikiye ntabimenye ko wari wibeshye

Source : https://yegob.rw/ndakuburiye-hagarika-kuzongera-kurya-amagi-uyakurikiranyije-ni-bintu-byavuzwe-mu-nkuru/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *