“Ariko iki si gicucu Areruya” Dogiteri Nsabi yatembagaje abantu ubwo yatukanaga mu rusengero kandi ari Pasiteri (video) – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umunyarwenya ukomeye cyane hano mu Rwanda Dogiteri Nsabi yongeye gutembagaza imbaga y'abantu yifashishije impano ye idasanzwe yo gusetsa.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Instagram ya Killa Man yagaragaje umukinnyi uri kuzamuka neza muri uyu mwuga Dr Nsabi ari kubwiriza maze akazajya atukana hanyuma akarenzaho Hareruya mu buryo busekeje cyane.

Na we irebere amashusho y'uburyo yabikoragamo:

 

Bimwe mu byo abantu bagiye bavuga nyuma yo kubona aya mashusho:

Source : https://yegob.rw/ariko-iki-si-gicucu-areruya-dogiteri-nsabi-yatembagaje-abantu-ubwo-yatukanaga-mu-rusengero-kandi-ari-pasiteri-video/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *