Umusore yakomanze ku rugi rw’umuturanyi we ahita araswa umutwe barawujanjagura – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu ijoro ryo ku wa 13 Mata 2023 nibwo Andrew Lester w'imyaka 84 yarashe umusore w'umwirabura witwa Ralph Yarl isasu ryo mu mutwe n'irindi ryo mu kuboko.

Yari akuye barumuna be b'impanga ku rugo rw'inshuti y'umuryango, nibwo kwibeshya akomanga ku rugi rwa Lester, undi asohokana imbunda ahita amurasa.

Uyu musore nyuma yo kuraswa yajyanwe kwa muganga igitaraganya, yitabwaho, Imana ikinga ukuboko arokoka urupfu.

Source : https://yegob.rw/umusore-yakomanze-ku-rugi-rwumuturanyi-we-ahita-araswa-umutwe-barawujanjagura/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *