Nonese ubu najya ku musozi gushaka amafaranga kandi i Kuzimu abayo? Imyizerere ya Junior Rumaga iratangaje – VIDEWO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi w'umusizi Junior Rumaga yatangaje ko abantu bavuga ko i Kuzimu habaho baba bavuga ibyo batazi, ngo abavuga ko habayo amafaranga nawe bazamurangire yo ajye kuyishakiriza.

Uyu musore w'umuhanga mu busizi, we avuga ko i Kuzimu ahafata nko muri Bank, ndetse kandi yasobanuye inkomoko y'umunsi wa ku cyumweru.

VIDEWO

Source : https://yegob.rw/nonese-ubu-najya-ku-musozi-gushaka-amafaranga-kandi-i-kuzimu-abayo-imyizerere-ya-junior-rumaga-iratangaje-videwo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *