Update: Jules Karangwa yahawe imirimo mishya muri FERWAFA – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Nyuma y'inkundura y'abayobozi batandukanye  muri FERWAFA bagiye begura ku mirimo yabo, byasize Jules Karangwa ahabwa imirimo mishya.

Inama muri FERWAFA yahise iterana maze birangira ihisemo Bwana Jules KARANGWA nk'umunyamabanga mukuru w'agateganyo wa FERWAFA kugeza igihe hazabonekera undi mushya.

Uyu Jules Karangwa yari asanzwe ari umunyamategeko wa FERWAFA, ubu yahise aba umunyamabanga w'umusugire wa FERWAFA.

Source : https://yegob.rw/update-jules-karangwa-yahawe-imiririmo-mishya-muri-ferwafa/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *