Clapton Kibonke yatsinzwe n’umugore we muri ‘Biyari’ maze atangira kugira urwitwazo – AMAFOTO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umugore wa Clapton Kibonke yatunguranye nyuma yo kugarara ari gukina Biyari n'umugabo we maze aramutsinda karahava.

Ni amafoto Clapton Kibonke yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, avuga ko impamvu umugore we yamutsinze ari uko akoresha akaboko k'ibumoso. Yagize ati 'Ba kamoso ni babi.'

Umunyarwenya Clapton Kibonke arimo gukina Biyari n'umugore we

Source : https://yegob.rw/clapton-kibonke-yatsinzwe-numugore-we-muri-biyari-maze-atangira-kugira-urwitwazo-amafoto/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *