Congo yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda #rwanda #RwOT

Written by

in

Intwaro zigaragiwe n’indege z’intambara, zirimo izo baherutse gukura mu gihugu cy’Uburusiya ubwo Minisitiri w’ingabo muri DRC yakoreraga yo uruzinduko rw’akazi.

lndege y’intambara bavuga ko ihambaye izifashisha mu gutera u Rwanda

Iki gihugu cyakunze kumvikana cyikoma u Rwanda ngo nirwo rufasha inyeshyamba za M23 nyamara narwo rukabihakana, ahubwo rugashinja DRC gukorana na FDLR umutwe w’iterabwoba urwanya Leta y’u Rwanda.

[Nayo iri muzagaragajwe ko zizifashishwa mu gutera u Rwanda}

Ubushotoranyi bwakomeje kubaho kubaturage bo muri DRC kuko bakunze kugaragaza batwika amafoto, ndetse n’ibirango by’igihugu cy’u Rwanda mu myigaragambyo, yagiye iba mubihe bitandukanye.

Source : http://www.ukwezi.rw/Mu-mahanga/Amakuru-anyuranye/article/Congo-yashyize-hanze-intwaro-izifashisha-mu-gutera-u-Rwanda

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *