Perezida Kagame n’Umuryango we bifurije abantu bose ibihe byiza bisoza umwaka #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Umukuru w’Igihugu yanditse agira ati “Umuryango wanjye nanjye tubifurije mwese ibihe byiza by’iminsi mikuru. Twabitangiye neza n’abanjye…, ndabakunda”.

Perezida Kagame yatanze ubu butumwa buri kumwe n’amafoto, aho yari ari mu busitani arimo gutera agapira, hari n’imbwaebyiri ziri iruhande rwe.

Source : https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/perezida-kagame-n-umuryango-we-bifurije-abantu-bose-ibihe-byiza-bisoza-umwaka

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *