Imirimo abagore bakora mu rugo igomba guhabwa agaciro #rwanda #RwOT

Written by

in

Bamwe mu bagore bavuga ko ahanini uruhare rwabo mu iterambere ry’ingo rudahabwa agaciro bitewe n’imbogamizi z’imyumvire n’umuco zituma hari imirimo iharirwa abagore gusa mu ngo nayo idahabwa agaciro n’abagabo. Kuri iki kibazo kinagarukwaho na Ministeri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, ivuga ko uretse imirimo ishingiye ku miterere karemano y’umugore cyangwa uugabo indi yose umugabo n’umugore bayifatanya.
Rosette ni uwo mu karere ka Rulindo mu murenge wa Burega,akagari ka Butangampundu. Avuga (…)

Urugo

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4416

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *