Menya byinshi ku muhanzi J.cole wavugishije Benshi nyuma yo kugaragara Yambaye Imyenda itangaje – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuraperi wu nyamerika yavugishije benshi mu Rwanda nyuma yo kugaragara mu mwambaro mwiza wa moshions.

Ni nyuma y'amakuru atugeraho avuga ko J.cole umenyerewe mu njyana hiphop muri America azitabira irushanwa rya Bal rigiye kubera mu Rwanda.

J.cole azakinira ikipe ya patriots isanzwe iri mu zikunzwe mu Rwanda aho buri wese afite amatsiko yo kureba iryo rushanwa kuko ryitabiriwe na team nziza mu Africa.

J.cole urimbanyije imyitozo kugirango azahagarire neza u Rwanda muri the Bal ibura iminsi itandatu ngo itangire.

Leave your vote

Comments

0 comments

Source : https://yegob.rw/menya-binshi-ku-muhanzi-j-cole-wavugishije-benshi-nyuma-yo-kugaragara-yambaye-imyenda-itangaje/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *