Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, yatangaje ko hakozwe amavugurura mu buryo ibigo by’ubucuruzi bihabwa amafaranga yashyizwe mu kigagega cyashyiriweho kuzahura ubukungu, aho nk’igihombo gishingirwaho mu guhabwa iyi nguzanyo cyamanuwe, kiva kuri 50% kigera kuri 30%.
Leave a Reply