Uko umubano w'u Bushinwa n'u Rwanda warushijeho gukomera mu bihe byo guhashya Coronavirus #rwanda #RwOT

Written by

in

Umwaka wa 2020 ntabwo usanzwe kandi ufite icyo usobanuye cyane haba ku Bushinwa, u Rwanda n'Isi muri rusange. Mu gihe Covid-19 igishegesha isi, u Bushinwa n'u Rwanda byakomeje gufatanya mu guhangana n'ingaruka zayo, kubyaza umusaruro amahirwe, gukuraho imbogamizi, guteza imbere ubwizerane n'ubufatanye bwungukira impande zombi ndetse no guteza imbere imibereho myiza y'abaturage b'ibihugu byombi.

Source : https://igihe.com/twinigure/columnists/article/uko-umubano-w-u-bushinwa-n-u-rwanda-warushijeho-gukomera-mu-bihe-byo-guhashya

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *