Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina? #rwanda #RwOT

Written by

in

Rusesabagina Paul yafatiwe ku butaka bw'u Rwanda mu mpera za Kanama 2020, yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy'Indege cya Kigali aho yageze ku bushake bwe nk’uko byasobanuwe, atangira gukurikiranwa n’inzego z’ubutabera zishingiye ku bimenyetso birimo n’ibyatanzwe n’u Bubiligi.

Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ni-ibiki-u-bubiligi-bwahaye-u-rwanda-byifashishwa-mu-gushinja-rusesabagina

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *