Abacamanza ba Uganda bashyiriweho ibihano na Amerika kubera ubujura bw’abana #rwanda #RwOT

Written by

in

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Mike Pompeo, yatangaje ko abacamanza babiri n’abanyamategeko babiri ba Uganda bafatiwe ibihano mpuzamahanga, nyuma yo kugaragarwaho amanyanga yatumye bagurisha abana imiryango yabo itabyemeye.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *