Ibyo u Rwanda rutumiza mu mahanga byagabanutse kuri 32% muri Mata 2020 #rwanda #RwOT

Written by

in

Raporo nshya y’Umuryango w’Isoko rusange ry’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA), ku ngaruka icyorezo cya Coronavirus cyagize ku bucuruzi, yerekanye ko ibyo u Rwanda rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga byagabanutse cyane ugereranyije Mata na Werurwe 2020.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyo-u-rwanda-rutumiza-mu-mahanga-byagabanutse-kuri-32-muri-mata-2020

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *