Tag: Trending

  • USA : Umubare W’ abicwa na Corona wagabanyutse mu buryo bugaragara #RwOT #Rwanda #WebRwanda

    Ikigo gishinzwe kugenzura ikwirakwiza z’indwara z’andura muri America uratangaza ko umubare w’abari guhitanwa n’inrwara ya COVID-19 Wagabunyutse mu buryo bugaragara muri icyo Gihugu. Ibi bikaba byakomejwe gushimangirwa na Donald Trump, aho yavuze ati, “Impamvu dufite abanduye benshi ni uko twapimye benshi, gusa abahitanwa n’iycorezo cya Corona Virusi yaturutse mu bushinwa bakomeje kugabanyuka.

    Source : Twitter

  • Sadate ceceka! wakinisha bagenzi ba we mubana muri Rayon Sports, ndi umunyamibigabane wowe uri perezida uzirukanwa ejo – KNC #rwanda #RwOT

    Intambara y’amagambo irakomeje hagati ya Rayon Sports ndetse na Gasogi United, nyuma y’uko ikipe ya Gasoi United igereranyijwe n’iduka ry’umunyu cyangwa igare, perezida wa Gasogi United United yasabye perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate guceceka cyane ko ari umuntu uzirukanwa vuba mu ikipe ya Rayon Sports.

    Aya magambo yatangiye ku munsi wo ku wa Kabiri w’iki cyumweru aho umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports yavugaga ko Gasogi United nta bushobozi ifte bwo gutwara umukinnyi Rayon Sports, byari bikomotse kuri Bola Lobota wasinyiye Gasoggi United bivugwa ko na Rayon Sports imwifuza. Aha umuvugizi w’iyi kipe yagereranyije na Gasogi n’igare mu gihe Rayon Sports ari ikamyo.

    Perezida wa Gasogi United mu kubasubiza yavuze ko ikamyo yagonze moteri ikanatoboka amapine irutwa n’igare rizima rienda.

    Abinyujije kuri twitter, perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate yongeye gusa n’ucokoza iyi kipe avuga ko aho gutunga iduka ririmo umunyu gusa yakwandikwa mu banyenganda ni yo uruganda rwaba rutagikora.

    Yagize ati“hari igihe igare rifata ku ikamyo ikarifasha kuzamuka umusozi byagera mu mpinga igare rikishuka ko bahagereye rimwe. Burya aho gutunga Boutique irimo umunyu na kwandikwa mu banyenganda niyo rwaba rutagikora. Icyo nzi nuko hari Umuzamu mwiza ukwiye Equipe nziza.”

    Hari igihe igare rifata ku ikamyo ikarifasha kuzamuka umusozi byagera mu mpinga igare rikishuka ko bahagereye rimwe 😄😄😄😁😁😁.
    Burya aho gutunga Boutique irimo Umunyu na kwandikwa mu banyenganda niyo rwaba rutagikora. Icyo nzi nuko hari Umuzamu mwiza ukwiye Equipe nziza.

    — Munyakazi Sadate (@SadateMunyakazi) July 1, 2020

    Ibi kandi bikaba byasaga no kwishongora kuri iyi kipe yavuaga ko umunyezamu Kwizera Olivier yabasinyiye nta handi yajya, ni mu gihe Rayon Sports na yo yamaze kumusinyisha.

    Aya magambo akaba yababaje bikomeye perezida wa Gasogi United, maze bituma yihanangiriza Sadate amusaba guceceka kuko we ari umunyamigabane muri Gasogi United mu gihe undi ari perezida uzirukanwa mu ikipe.

    “Reka nsabe bwana Sadate, wakinisha bagenzi ba we mubana muri Rayon Sports. Ndagusabye ceceka kuko njyewe ndi umunyamigabane muri Gasogi United wowe uri perezida uzirukanwa ejo. Ceceka ntuzakinishe Gasogi United iyo tugiye kuvuga brand tuvuga brand ifite ejo hazaza, Sadate mubo wakinishije unkuremo.” KNC aganira na Radio10

    Iri hangana rya Gasogi United na Rayon Sports rikaba ryaratangiye benshi bazi ko ari bimwe byo kuryoshya ruhago, ariko bikaba bigaragara ko bigiye gusa n’ibifata indi ntera nyuma y’amagambo impande zombi zikomeje guterana.

    KNC yihananngirije Sadate

    Sadate yasabwe guceceka bitewe n’amagambo yavuze kuri Gasogi United

    source http://isimbi.rw/siporo/article/sadate-ceceka-wakinisha-bagenzi-ba-we-mubana-muri-rayon-sports-ndi-umunyamibigabane-wowe-uri-perezida-uzirukanwa-ejo-knc

  • Umuhanzi Shaffy yakoze ifoto igaragaza ibyifuzo bye byokuryamana na ShaddyBoo #rwanda #RwOT

    Mu minsi ishize twababwiye inkuru y’uburyo Umuhanzi Shaffy umaze iminsi yigaragaza muri RnB nyarwanda yaba ari mu rukundo rw’ibanga na ShaddyBoo. Uyu musore rero akaba asa nuwamije urukundo afitiye ShaddyBoo aho yakoze ijusho yabo bombi baryamanye aka yishyira kuri Instagram.

    Mu ishusho yashyize ku rubuga rwa Instagram Shaffy akaba ariwe wenyine uba agaragara mu isura gusa nta gushidikanya umukobwa yashyizeho ni Shaddyboo bitewe na Tatoo afite mu mugongo ikoze neza neza nkiya Shaddy. Kuri iyo shusho ShaddyBoo akaba agaragara yambaye imyenda y’imbere yicaye ku itako rya Shaffy.

    Iyi shusho rero bikaba bivugwa ko yaba ari cover y’indirimbo yitwa Worth It yakoreye ShaddyBoo mu rwego rwo kumugaragariza uburyo amukunda, nubwo bwose batari kumwe. The Ben usanzwe afasha Shaffy muri muzika ye akaba yiteguye no kumufasha kuri uyu mushinga we na Shaddy Boo.

    Igishushanyo cy'inyamaswa 'Tattoo' ShaddyBoo yishyizeho cyateye ...

    Shaddyboo asanzwe afite tatoo neza neza ahantu hamwe naho iri ku mukobwa uri ku gishushanyo cya Shaffy

    Source:iwacu.live

    source https://www.hillywood.rw/?p=74378

  • Amafoto ya Muhadjiri asomana n’umukobwa akomeje kuvugisha benshi #rwanda #RwOT

    utahizamu Hakizimana Muhadjiri,uri kwifuzwa n’amakipe atandukanye mu Rwanda no hanze yagaragaye ari giusomana n’umukobwa w’uburanga bituma benshi ku mbuga nkoranyambaga bacika ururondogoro.

    Mu mpera z’icyumweru gishize,nibwo aya mafoto ya Muhadjiri yagiye ahererekanwa ku mbuga nkoranyambaga ari mu bihe byiza n’uyu mukobwa utavuzwe amazina.

    Muhadjiri ari gushakwa cyane n’ikipe ya Rayon Sports FC gusa yayisabye miliyoni 15 FRW kugira ngo ayisinyire amasezerano y’umwaka umwe.

    Nkuko amafoto agaragaza Muhadjiri arimo gusomana n’iyi nkumi abigaragaza, biragaragara cyane ko aba bombi bari bishimanye cyane dore ko n’inkumi yanacishagamo ikamureba akana ko mu jisho.

    Byari byitezwe ko Hakizimana Muhadjiri asinyira Rayon Sports kuwa Gatanu, tariki ya 26 Kamena 2020,ahawe miliyoni 15 Frw n’umushahara wa miliyoni 1.2 Frw ku kwezi.

    Mu gitondo cyo kuwa Gatanu, Hakizimana Muhadjiri yagiye kuganira n’Umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, aho akorera ku Kimihurura ndetse uruhande rwa Rayon Sports rwari rwizeye gusinyisha uyu mukinnyi.

    Nkuko IGIHE cyabitangaje,Ibiganiro by’impande zombi byamaze isaha irenga, ntacyo byatanze nyuma y’uko Hakizimana Muhadjiri asabye ko mu masezerano yagirana n’iyi kipe hashyirwamo ingingo ivuga ko yakwemererwa kuva muri Rayon Sports igihe icyo aricyo cyose haba hari indi kipe imushatse.

    Bivugwa ko hari ikipe yo muri Maroc yaba yifuza uyu mukinnyi. Yanga SC yo muri Tanzania nayo iravugwa mu gihe AS Kigali ngo yifuje guha Muhadjiri miliyoni 20 Frw ku myaka ibiri, akabyanga.

    Hari kandi amakuru avuga ko Hakizimana Muhadjiri ari gutinza ibyo gusinyira Rayon Sports atari uko hari andi makipe amwifuza, ahubwo ari gutinya kuyisinyira bitewe n’ibibazo by’ubukungu biyirimo ndetse yayisabye kumuha icyumweru kimwe cyo kongera kubitekerezaho.

    Rayon Sports yari yihaye uyu wa Gatanu nk’umunsi wo gusinyisha uyu mukinnyi byakwanga igatangira gutekereza ku bandi barimo Kwizera Olivier.

    Hakizimana Muhadjiri nta kipe afite nyuma yo gutandukana na Emirates Football Club yakiniraga muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kuva muri Nyakanga 2019.

    Uyu mukinnyi w’imyaka 26, yavuye mu Rwanda nyuma y’imyaka itatu akinira APR FC yari yaragezemo muri Nyakanga 2016 avuye muri AS Kigali, nayo yari yamuguze muri Mukura Victory Sports.

    Hakizimana Muhadjiri uvukana na kapiteni w’Amavubi, Haruna Niyonzima, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka w’imikino wa 2017/18 mu Rwanda.

    Nyuma yo kuzamurwa n’umutoza Mungo Jitiada ‘Vigoureux’, Hakizimana Muhadjiri yakiniye Etincelles, ayivamo yerekeza muri Kiyovu Sports, nyuma ajya gukinira Mukura Victory Sports yamazemo imyaka ibiri mbere yo kugurwa na AS Kigali atakiniye igahita imutanga muri APR FC.
    http://dlvr.it/RZbHb1

  • Itabwa muri yombi rya Kayumba Nyamwasa, umubano na Museveni, Kabuga…Ibisubizo bya Perezida Kagame #rwanda #RwOT

    Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rurajwe ishinga n’umubano mwiza na Afurika y’Epfo, ko ibyo kuba Kayumba Nyamwasa yafatwa akoherezwa mu Rwanda aho akurikiranyweho ibyaha n’inkiko atari cyo cy’ingenzi nubwo nabyo bikozwe byaba ari intambwe nziza.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/itabwa-muri-yombi-rya-kayumba-nyamwasa-umubano-na-museveni-kabuga-aho-mpiranya

  • ‘Worthy of George Kirby’s name’: Democrats Pelosi, Schumer can’t remember George Floyd

    House Speaker Nancy Pelosi of Calif., wears a face mask as she arrives to speak at a news conference on Capitol Hill in Washington, Friday, June 26, 2020. (AP Photo/Carolyn Kaster)

    Democratic House and Senate leaders want to honor the memory of George Floyd with sweeping criminal-justice legislation, even if they can’t always remember his name.
    House Speaker Nancy Pelosi insisted Friday that Democratic legislation on police reform needed to be worthy of the name — of George Kirby.
    “And I said I’ll recommend that to the Judiciary Committee and to the Congressional Black Caucus, who have shaped the bill, but I only will do that if you tell me that this legislation is worthy of George Kirby’s name,” said Ms. Pelosi at a press conference.
    Commenters pointed out that George Kirby was a Black comedian, actor and singer who died in 1995.
    Ms. Pelosi wasn’t alone. On Wednesday, Senate Minority Leader Chuck Schumer needed three tries before getting Mr. Floyd’s name right.
    “Who do you believe when it comes to civil rights and police accountability: Mitch McConnell, or the lawyer for the families of Floyd Taylor, of George Taylor, George Floyd — and Breonna Taylor?” said Mr. Schumer.
    Mr. Floyd, 46, became a household name in death after video captured a Minneapolis police officer kneeling on his neck for more than eight minutes, spurring widespread protests and calls for police
    Source : washingtonpost.com
  • Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 2282, abandi 261 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yazamuye mu ntera abapolisi 2282 abandi 261 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru.
  • Amafoto: irebere ubwiza bwa Poshy Queen ugiye kubyarana na diamond #rwanda #RwOT

    Amakuru akomeje kuvugwa mu gihugu cya Tanzaniya aravuga ko umuhanzi w’icyamamare ariwe Diamond Platnumz yaba yiteguye kwibaruka undi umwana.

    Umuhanzi Diamond ni umugabo uzwiho kuba icyamamare mu muziki wo muri kano Karere ka Afurika y’Iburasirazuba ndetse no kuri uyu mugabane wa Afurika. Diamond kugeza ubu afite abana bane yabyaranye n’abagore batatu batandukanye ndetse bakomoka mu bihugu bitandukanye birimo Uganda,Tanzaniya ndetse na Kenya aribo Zari Hassan, Hamisa Mobetto ndetse na Donna Tanasha.

    Amakuru ataremezwa neza akomeje guhwihwiswa ni uko uyu muhanzi yaba agiye kwibaruka undi mwana wa gatanu. Aya amakuru aje nyuma yuko umukobwa witwa Jacqueline Obed umenyerewe ku mazina ya Poshy Queen yaba atwite ndetse ko inda atwite yaba ari iy’uyu muhanzi bitewe n’amashusho yagiye ahererekanywa ku mbuga nkoranyambaga.

    Uyu niwe Queen Poshy bivuzwa ko atwitiye Diamond

    Biravugwa ko uyu mukobwa inda atwite ibura amezi ane ngo ivuke ndetse ko umuhanzi Diamond yaba yiteguye gufata inshigano nka se w’uwo mwana. Niba ibivugwa ari ukuri, uyu muhanzi Diamond yaba agiye kugira ababagore bane yabyaranye nabo.

    Umuryango wa Diamond ukaba wo ukomeje guhakana aya makuru yo kuba agiye kubyarana na Poshy Queen kuva mu ntangiriro ziki cyumweru. Uyu mukobwa Poshy Queen yabaye incuti ya hafi y’umuhanzi Diamond imyaka myinshi. Yagiye agaragara nk’umushitsi ukomeye mu birori bikomeye uyu muhanzi yabaga yateguye. Poshy Queen yanagaragaye mu birori byo kwizihiza isabukuru ya nyina wa Diamond ariwe Sandra Dangote mu mwaka ushize.

    Poshy Queen  yitabiriye ibirori by’isabukuru y’amavuko ya nyina wa Diamobd

    Byagiye bivugwa ko uyu mukobwa yagiye aba inshoreke yuyu muhanzi Diamond ariko we akabihakana. Si ubwa mbere uyu muhanzi Diamond avuzweho gutera inda umukobwa runaka akabanza kubihakana gusa nyuma umwana yavuka  akaza kubyemera, no kuri Hamisa Mobetto niko byagenze aho byatangiye ahakana ko amutwitiye umwana ariko nyuma akaza kubyemera nyuam yahoo uyu mugore amaze kwibaruka.

    Aha umuntu yavugango niba ari uku uyu muhanzi abigenza, abantu bategereza uyu mukobwa akibaruka ubundi bakareba niba Diamond azemera cyangwa agahakana ko atari we se w’umwana. Gusa abakobwa benshi bagiye bavuga babeshya  ko babyaranye na Diamond kugirango bamenyekanye ndetse bagarukweho n’abantu benshi mu gihugu cya tanzaniya ibintu bitwa ‘KIKI’ muri iki gihugu.

    Gusa iyi mpamvu yo gushaka kumenyekana kuri uyu mukobwa ntago yaba ariyo kubera ko we n’ubundi asanzwe ari umuntu w’icyamamare uzwi n’abenshi muri Tanzaniya nkuko ikinyamakuru Routine Blast dukesha iyi nkuru cyabyanditse

    source https://www.hillywood.rw/?p=74083

  • Dosiye y’umuherwe Mironko wavuzweho kwiba amashanyarazi yashyikirijwe Ubushinjacyaha #rwanda #RwOT

    By Akayezu Jean de Dieu

    Amakuru y’uko uyu muherwe uyobora Uruganda rwa Mironko Plastique ari gukurikiranwa n’Ubushinjacyaha yemejwe na RIB aho yatangaje ko yamaze gukora dosiye ye ikayishyikiriza Ubushinjacyaha.
    Umuvugizi wa RIB, Umuhoza Marie Michelle yabwiye UKWEZI ko iyo dosiye bayitanze mu Bushinjacyaha ku wa 19 Kamena 2020.
    Yakomeje agira ati “Amakuru menshi mwayabaza ubushinjacyaha kuko twamaze kubashyikiriza dosiye ye.”
    Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ku rukuta rwa Twitter ko “Arakekwaho icyaha cyo kwiba umuriro wa REG. Dosiye twayakiriye ejo. Turayifatira umwanzuro wo kuyiregera Urukiko.”
    Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) yatangaje ko ku wa 17 Kamena 2020, aribwo yatahuye ubujura bw’amashanyarazi bwakorwaga n’uru ruganda aho byavuzwe ko rwari rumaze igihe barayobeje insinga zifashishwa mu kugenzura umuriro unyura muri mubazi.
    Icyo gihe Umuyobozi w’Uruganda rwa Mironko Plastique Industry, Mironko Jean Pierre(uyu ni umuhungu wa Mironko Franҫois-Xavier) yavuze atunguwe no gusanga yiba umuriro bitewe no kuba nta bumenyi buhambaye asanganywe mu bijyanye n’amashanyarazi.

    Umuherwe Mironko Francois washinze Uruganda Mironko Plastique, kuri ubu umuhungu we ari nawe muyobozi warwo yatawe muri yombi

    source : ukwezi.rw