
Source : BBC

Source : BBC
In this twitter poll, Who do you think would make a better candidate for the democratic party?

Ye or Joe?— webrwanda (@webrwanda) July 24, 2020
Source Twitter
Ibi yabitangarije kuri Twitter aho yavuze ati :
We are United in our effort to defeat the Invisible China Virus, and many people say that it is Patriotic to wear a face mask when you can’t socially distance. There is nobody more Patriotic than me, your favorite President! pic.twitter.com/iQOd1whktN— Donald J. Trump (@realDonaldTrump) July 20, 2020
Mu mpera z’icyumweru gishize, amashusho abiri ya Bikira Mariya yangijwe i Boston na New York.
Ku wa gatandatu, abayobozi barimo gukora iperereza ku byabereye hanze y’itorero rya Paruwasi ya Mutagatifu Petero i Dorchester, i Boston, ku wa gatandatu n’ishuri ryitegura rya Cathedrale na Seminari i Elmhurst, Queens, New York, ku wa gatanu.
Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, abapolisi bahamagariwe mu rusengero rwa Paruwasi ya Mutagatifu Petero nyuma y’indabyo za pulasitike zashyizwe kuri iki gishushanyo.
Iki gishushanyo cyangiritse ku bimenyetso byo gutwika mu maso, ku biganza no ku biganza, kandi Padiri John Currie, akaba ari umushumba w’iryo torero, yavuze ko uko yitwaye aya makuru ari “agahinda. . Ishusho yacu y’umudamu wacu ni ingenzi kuri twe mu kwizera kwacu. ”
Pasiteri yabwiye CBS Boston ko umuntu wangije iki gishushanyo “bigaragara ko ari umuntu wahungabanye, umuntu ufite ibibazo byinshi, n’umutima ufite ibibazo.”
Source : Yahoo news

Ubutumwa bwa Melania Trump Umugore wa Perezida Donald Trump Mu kw’irinda COVID-19 #RwOT #Rwanda
A reminder of some practical ways to keep our families safe and healthy. pic.twitter.com/vLWGMLgXFD— Melania Trump (@FLOTUS) April 28, 2020

Incident pendant la Marseillaise, des ballons et une banderole se sont envolés depuis un immeuble contre le Président. “L’économie nous coûte la vie” et “derrière les hommages Macron asphyxie l’hôpital”.





Zari Hassan, umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo yavuze ko yakorewe ihohoterwa rikorerwa mu ngo kuko yajyaga akubitwa.
Zari ni umugore w’abana w’abatanu harimo abahungu 3 yabyaranye na Ivan Semwanga witabye Imana muri 2017 bari baranashakanye ndetse n’abandi 2 yabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz babanaga nk’umugore n’umugabo bakaza gutandukana muri 2018.
N’ubwo yavuze ko yakorerwaga ihohoterwa ntabwo yigeze yerura avuge uwamukoreye ihohoterwa hagati y’aba bagabo uko ari 2 cyane ko bose yabanye nabo nk’umugore n’umugabo.
Abinyijije kuri Instagram ye, Zari yavuze ko yahohoterwa ku mubiri ndetse ko byasabye ubutwari bwinshi kugira ngo abirenge.
Yavuze kandi ko yumvaga ko naramuka atandukanye n’umugabo nta muntu uzamwemera, agirwa inama yo gukomeza kwishima mu mitungo bafite ko wenda igihe kizagera bigahinduka.
Yagize ati“kenshi nabazwaga impamvu nshaka gusiga imitungo yose nkagenda kandi hari abandi bagore bayikeneye. Niswe igicucu. Ariko ntabwo bari bazi ibirimo kubera inyuma y’amarido. Nkibaza igihe ibi byose bizarangirira, ese ni uwuhe mwanya mwiza wo kuvuga ko bihagije? Nta gihe nyacyo, reka mbabwire byose ni wowe ubitangira.”
Akomeza avuga ko impamvu benshi bahohoterwa bagaceceka ari uko baba bafite ubwoba bw’uko bari bufatwe cyane ko bamwe baba ari ibyamamare.
Yagize ati“bisaba imbaraga nyinshi kuvuga ngo ‘ibi birahagije’. Nari nkwiye gutegereza ntavuze ikintu? Tuba dufite ubwoba by’umwihariko icyo abantu bazavuga, wenda bazancira urubanza ko ari njye wabyizaniye kuko twari dufite umubano mwiza. Icyo imiryango yacu izavuga. Ndi icyamamare bizazana icyasha ku izina ryanjye n’ibindi. ”
Zari avuga ko n’ubwo baceceka bibwira ko bizarangira bidashobora kurangira kandi uko umugore yaba ameze kose yaba ari mwiza cyangwa mubi adakwiye guhohoterwa.
Zari atangaje ibi nyuma y’abandi bakobwa batandukanye baherutse kuvuga ko ihohoterwa bagiye bakorerwa, abo barimo umukunzi w’umuhanzi Davido, Chioma Avril Rowland. Si uyu gusa kuko na Wema Sepetu na we aherutse gutangaza ukuntu yahohoterwaga n’umuhanzi Diamond Platnumz bakundanaga, uyu muhanzi kandi akaba ari umwe mu babanye na Zari Hassan nk’umugore n’umugabo.