President Donald Trump has been named the president with the prettiest wife and daughter. Look at the pictures

First Lady Melania Trump

Ivanka Trump

Tiffany Trump

The Trump Family (With grand children)
Source : twitter
President Donald Trump has been named the president with the prettiest wife and daughter. Look at the pictures

First Lady Melania Trump

Ivanka Trump

Tiffany Trump

The Trump Family (With grand children)
Source : twitter

Uyu mwanya yawusimbuyeho Rtd Colonel Kalibata Anaclet wawugiyeho mu kwezi k’Ukwakira 2018, avuye nabwo ku buyobozi bw’urwego rw’abinjira n’abasohoka mu gihugu.
ACP Lynder Nkuranga niwe mugore wari ufite umwanya ukomeye mu buyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda kandi yagiye anakora imirimo itandukanye mu buyobozi bwa Polisi y’igihugu.
ACP Lynder Nkuranga yamenyekanye cyane mu itangazamakuru mu mwaka wa 2017 ubwo yari umuvugizi wa Polisi wungirije ku rwego rw’igihugu, icyo gihe yari yungirije Theos Badege. Muri icyo gihe, Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent.

Aha Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent ubwo yabaga Umuvugizi Wungirije wa Polisi ku rwego rw’igihugu
Niwe mugore rukumbi wabaye umuvugizi wa Polisi ku rwego rw’igihugu, n’uyu mwanya w’umuvugizi wungirije nta wundi muntu wari wawuhabwa haba mbere ye na nyuma ye, umuvugizi wa Polisi ubundi ntakunze kugira umwungirije.
Muri Mutarama 2018, ubwo Perezida Kagame yazamuraga mu ntera abofisiye ba Polisi y’u Rwanda, yanazamuye Lynder Nkuranga, hamwe n’abandi bagore bagenzi be babiri Rose Muhisoni na Teddy Ruyenzi, bose bahawe ipeti rya Assistant Commissioners of Police (ACP). Iri ni ipeti rya kane rikomeye mu gipolisi cy’u Rwanda.
Aba bagore uko ari batatu banashyizwe mu myanya y’ubuyobozi bwa Polisi mu mashami atandukanye, ariko by’umwahariko ACP Lynder Nkuranga we yari umwe mu bagize ubuyobozi bukuru bwa Polisi buzwi nka Police Command, mu bapolisi bakuru babugize uko ari 36 akaba ari we mugore rukumbi wari urimo aho yari ashinzwe ibikorwa by’imikoranire n’izindi nzego (Commissioner for Cooperation and Protocol).
Uretse uyu mwanya, ACP Lynder Nkuranga asanzwe ari n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Executive Director for the Regional Center of Excellence on GBV)

Unlike the African-American community, with notable exceptions, the Latino community is an incredibly diverse community – Joe Biden
.@JoeBiden: “Unlike the African-American community, with notable exceptions, the Latino community is an incredibly diverse community” pic.twitter.com/CFO4Q40jEI
— Tom Elliott (@tomselliott) August 6, 2020
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko umusore w’imyaka 25 witwa David Shukuru Mbuyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarashwe agerageza gutoroka Station ya Polisi ya Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali aho yari afungiye akekwaho ibyaha birimo iby’icuruzwa ry’abantu.
RIB ivuga ko yatawe muri yombi mu ntangiriro z’iki cyumweru hamwe n’abagore bane b’Abanyarwandakazi ubwo bashyiraga amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga.
Perezida Donald Trump Yasabye ko amatora yo muri Amerika asubikwa akazaba Corona Irangiye #RwOT #Rwanda

With Universal Mail-In Voting (not Absentee Voting, which is good), 2020 will be the most INACCURATE & FRAUDULENT Election in history. It will be a great embarrassment to the USA. Delay the Election until people can properly, securely and safely vote???— Donald J. Trump (@realDonaldTrump) July 30, 2020

The United States will slash its military presence in Germany by 11,900 troops, relocating some to Italy and Belgium in a major shift of Washington’s NATO assets, Defense Secretary Mark Esper announced on July 29, 2020. Of the 34,500 U.S. military personnel in Germany, some 6,400 will be sent home while nearly 5,600 others will be moved to other NATO countries. In this file photo US soldiers patrol prior to an artillery live fire event by the US Army Europe’s 41st Field Artillery Brigade at the military training area in Grafenwoehr, Germany, on March 4, 2020.


Nshimiyimana Amran avuga ko nta gikozwe ngo yishyurwe amafaranga yaguzwe atabonye, mu minsi iri imbere ashobora gutandukana n’iyi kipe.
Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yinjiye muri Rayon Sports umwaka ushize wa 2019 avuye muri APR FC.
Kimwe n’abandi bakinnyi benshi bo muri Rayon Sports, uyu musore avuga ko amafaranga yaguzwe yose atayabonye hari ayo bamusigayemo.
Aganira na ISIMBI, Amran yavuze ko akirimo kugerageza kuvugana n’ubuyobozi bwa Rayon Sports, bitakunda akaba yafata indi myanzuro.
Yagize ati”ibibazo birahari kuko natwe nta recruitment, tugerageza kuvugisha ubuyobozi, ariko mu minsi iri imbere hari ibyemezo umuntu yafata akagerageza kugira ibindi yakora bitewe n’ubuzima.”
Uyu musore ntabwo yifuza kuba yavuga amafaranga iyi kipe imusigaraniye kuko avuga ko amasezerano ari aya bantu babiri, ngo bazabikemura hagati yabo n’ubwo muri iyi minsi umuyobozi wa Rayon Sports atarimo gusubiza ubutumwa amwoherereza. Amran avuga ko kwihangana bishobora kurangira
http://dlvr.it/RcLjGR