Tag: Trending

  • Donald trump, president with the prettiest wife and children (pictures) ? #RwOT #Rwanda

    President Donald Trump has been named the president with the prettiest wife and daughter. Look at the pictures

    Melania Trump - Wikipedia

    First Lady Melania Trump

    The life of Ivanka Trump, from rich kid to first daughter ...

    Ivanka Trump

    What Tiffany Trump's body language at the RNC means

    Tiffany Trump

    The Republican Convention Could Turn Into the Trump Family ...

    The Trump Family (With grand children)

    Source : twitter

  • ACP Lynder Nkuranga, umugore wari ukomeye kurusha abandi muri Polisi y’u Rwanda yazamuwe mu ntera #rwanda #RwOT

    Uyu mwanya yawusimbuyeho Rtd Colonel Kalibata Anaclet wawugiyeho mu kwezi k’Ukwakira 2018, avuye nabwo ku buyobozi bw’urwego rw’abinjira n’abasohoka mu gihugu.

    ACP Lynder Nkuranga niwe mugore wari ufite umwanya ukomeye mu buyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda kandi yagiye anakora imirimo itandukanye mu buyobozi bwa Polisi y’igihugu.

    ACP Lynder Nkuranga yamenyekanye cyane mu itangazamakuru mu mwaka wa 2017 ubwo yari umuvugizi wa Polisi wungirije ku rwego rw’igihugu, icyo gihe yari yungirije Theos Badege. Muri icyo gihe, Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent.

    Aha Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent ubwo yabaga Umuvugizi Wungirije wa Polisi ku rwego rw’igihugu

    Niwe mugore rukumbi wabaye umuvugizi wa Polisi ku rwego rw’igihugu, n’uyu mwanya w’umuvugizi wungirije nta wundi muntu wari wawuhabwa haba mbere ye na nyuma ye, umuvugizi wa Polisi ubundi ntakunze kugira umwungirije.

    Muri Mutarama 2018, ubwo Perezida Kagame yazamuraga mu ntera abofisiye ba Polisi y’u Rwanda, yanazamuye Lynder Nkuranga, hamwe n’abandi bagore bagenzi be babiri Rose Muhisoni na Teddy Ruyenzi, bose bahawe ipeti rya Assistant Commissioners of Police (ACP). Iri ni ipeti rya kane rikomeye mu gipolisi cy’u Rwanda.

    Aba bagore uko ari batatu banashyizwe mu myanya y’ubuyobozi bwa Polisi mu mashami atandukanye, ariko by’umwahariko ACP Lynder Nkuranga we yari umwe mu bagize ubuyobozi bukuru bwa Polisi buzwi nka Police Command, mu bapolisi bakuru babugize uko ari 36 akaba ari we mugore rukumbi wari urimo aho yari ashinzwe ibikorwa by’imikoranire n’izindi nzego (Commissioner for Cooperation and Protocol).

    Uretse uyu mwanya, ACP Lynder Nkuranga asanzwe ari n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Executive Director for the Regional Center of Excellence on GBV)

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/ACP-Lynder-Nkuranga-umugore-wari-ukomeye-kurusha-abandi-muri-Polisi-y-u-Rwanda-yazamuwe-mu-ntera

  • Unlike the African-American community, with notable exceptions, the Latino community is an incredibly diverse community #RwOT #Rwanda

    Joe Biden Never Had A Real Job

    Unlike the African-American community, with notable exceptions, the Latino community is an incredibly diverse community – Joe Biden

  • Umusore wakekwagaho gucuruza abakobwa yarashwe agerageza gutoroka aho yari afungiye i Kigali #RwOT #Rwanda

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko umusore w’imyaka 25 witwa David Shukuru Mbuyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarashwe agerageza gutoroka Station ya Polisi ya Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali aho yari afungiye akekwaho ibyaha birimo iby’icuruzwa ry’abantu.

    Uyu musore yakekwagaho ibyaha birimo ibyo gukoresha imibonano mpuzabitsina no gucuruza abantu. Itabwa muri yombi rye, rifitanye isano n’abakobwa bane baherutse kwerekwa itangazamakuru bashinjwa gutangaza amashusho y’urukozasoni binyuze kuri internet.
    Mbuyi yari ari gukorwaho iperereza ku ruhare rwe rwo kuba mu muyoboro w’abantu bacuruza abakobwa b’Abanyarwanda bakabashora mu buraya mu gihugu no hanze yacyo.

    RIB ivuga ko yatawe muri yombi mu ntangiriro z’iki cyumweru hamwe n’abagore bane b’Abanyarwandakazi ubwo bashyiraga amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga.

    Iri tangazo rivuga ko Ambasade ya RDC i Kigali yamenyeshejwe iby’iyi nsanganya ndetse ko iperereza rikomeje ku rupfu rwe.
    Umwe muri abo bakobwa yabwiye itangazamakuru ko basuye umuhungu ufite amafaranga [utatangajwe amazina ariko RIB yatangaje ko imufite] akabasohokana ahitwa Pili pili akabagurira ibintu bitandukanye, hanyuma akabasaba kumufasha guteza imbere konti ye ya Instagram bashyiraho amashusho yabo bakora ibikorwa by’urukozasoni.
    Ngo yababwiye ko icyo akeneye ari ubwinshi bw’abareba ibyo yerekana kuri urwo rubuga, ababwira ko bagiye gutambutsaho amashusho imbonankubone berekana ubwambure bwabo.
    Source : igihe
  • Perezida Donald Trump Yasabye ko amatora yo muri Amerika asubikwa akazaba Corona Irangiye #RwOT #Rwanda

    Perezida Donald Trump Yasabye ko amatora yo muri Amerika asubikwa akazaba Corona Irangiye #RwOT #Rwanda

    Have You Ever Seen Donald Trump Laugh? | The Nation

  • Donald Trump plans to reduce US military troops in Germany #RwOT #Rwanda

    Trump slams NATO, Merkel in latest interview before ...




    The United States will slash its military presence in Germany by 11,900 troops, relocating some to Italy and Belgium in a major shift of Washington’s NATO assets, Defense Secretary Mark Esper announced on July 29, 2020. Of the 34,500 U.S. military personnel in Germany, some 6,400 will be sent home while nearly 5,600 others will be moved to other NATO countries. In this file photo US soldiers patrol prior to an artillery live fire event by the US Army Europe’s 41st Field Artillery Brigade at the military training area in Grafenwoehr, Germany, on March 4, 2020.

  • Peace-loving Trump super-supporter Bernell Trammell shot dead hours after giving pro-Trump interview #RwOT

    black trump supporter bernell trammell killed milwaukee
    Black Trump supporter Bernell Trammell was gunned down in Milwaukee shortly after an alleged dispute over his Trump signs. 
    “Trammell, 60, was gunned down on July 23 near the very spot where he gave a video interview a few hours before explaining why he supported Trump,” according to the Daily Callout. “The motive is not clear, including whether the slaying was tied into Trammell’s political beliefs or Trump support.”
    Trammell was a Rastafarian street preacher who advocated for President Trump’s reelection both in front of Milwaukee’s City Hall and in his black-majority neighborhood.
    Police say Trammell was shot to death at around 12:30 p.m. in front of his business, Expression Publications. Trammell’s storefront is plastered with “Trump 2020” signs.
    Reggie Moore, the director of the Milwaukee Office of Violence Prevention, told the Milwaukee Journal-Sentinel that he had “intervened in a dispute between Trammell and a young man” that was “related to a Trump sign that Trammell was carrying.”
    black trump supporter bernell tremmell store
    Bernell Trammell’s storefront was plastered with “Trump 2020” signs. (Fox 6/screenshot)

    Trammell was well-known in his neighborhood for his pro-Trump advocacy and his religious preaching.
    Neighbors fondly remembered Bernell as a friendly, peace-loving man. “The guy was just full of love,” local resident Dick Nelson told Fox 6.
    Source : Youtube
  • Amran avuga ko hari igihe kwihangana bigira aho bigarukira #rwanda #RwOT

    Nshimiyimana Amran avuga ko nta gikozwe ngo yishyurwe amafaranga yaguzwe atabonye, mu minsi iri imbere ashobora gutandukana n’iyi kipe.

    Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yinjiye muri Rayon Sports umwaka ushize wa 2019 avuye muri APR FC.

    Kimwe n’abandi bakinnyi benshi bo muri Rayon Sports, uyu musore avuga ko amafaranga yaguzwe yose atayabonye hari ayo bamusigayemo.

    Aganira na ISIMBI, Amran yavuze ko akirimo kugerageza kuvugana n’ubuyobozi bwa Rayon Sports, bitakunda akaba yafata indi myanzuro.

    Yagize ati”ibibazo birahari kuko natwe nta recruitment, tugerageza kuvugisha ubuyobozi, ariko mu minsi iri imbere hari ibyemezo umuntu yafata akagerageza kugira ibindi yakora bitewe n’ubuzima.”

    Uyu musore ntabwo yifuza kuba yavuga amafaranga iyi kipe imusigaraniye kuko avuga ko amasezerano ari aya bantu babiri, ngo bazabikemura hagati yabo n’ubwo muri iyi minsi umuyobozi wa Rayon Sports atarimo gusubiza ubutumwa amwoherereza. Amran avuga ko kwihangana bishobora kurangira
    http://dlvr.it/RcLjGR

  • Amb Maj Gen Charles Karamba yasuye, anihanganisha umuryango wa Benjamin Mkapa #rwanda #RwOT

    Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Maj Gen Charles Karamba, yasuye umuryango wa nyakwigendera Benjamin William Mkapa wahoze ayobora Tanzania, mu rwego kuwufata mu mugongo.