Tag: news

  • Ya saha igezweho (Smart Watch) irimo telefone n’ibindi byinshi yongeye yabonetse #rwanda #RwOT

    Nyuma y’iminsi zarashize kubera ubwinshi bw’ababa bazishaka, ya saha nziza cyane yo mu bwoko bwa X6 Smart Watch yongeye yagarutse. Iyi ni isaha nziza cyane yo kwambara ariko yifitemo ikoranabuhanga rihambaye, kuko ushobora gushyiramo Simcard ukayikoresha nka telefone ukitaba ukanahamagara, irafotora, wayumvaho umuziki kuko ijyamo na memory card, ifite bluetooth, wayikoreshaho internet, wayikoreshaho facebook n’izindi mbuga nkoranyambaga. Iracagingwa kandi uyibonye ntiwahita ukeka ko irimo ibyo byose.

    Uramutse uyishaka wadusanga kwa Rubangura muri etage ya kabiri mu muryango wa 206. Waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri 0788542538 kandi ntugire impungenge ntihenda kuko igura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi cumi n’umunani gusa (18.000 Frw) ubundi ukagendana n’ibigezweho.

    source http://www.ukwezi.rw/gura/article/Isaha-igezweho-Smart-Watch-ifite-whatsapp-ifotora-irimo-telefone-n-ibindi-byinshi-kuri-macye-cyane

  • Umunyarwandazi wanduye coronavirus atwite yibarutse umuhungu #rwanda #RwOT

    Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter,RBC,yavuze ko uyu mubyeyi wibarutse ameze neza we n’umwana we.Ntabwo umubyeyi wabyaye yatangajwe amazina gusa afite imyaka 41 y’amavuko.

    RBC yagize iti “Tunejejwe no kubamenyesha ko umwe mu bavurwa COVID-19 yibarukiye umwana w’umuhungu mu Kigo Nderabuzima cya Rugerero kimwe mu bigo bivurirwaho abarwaye COVID-19 mu Rwanda. Umwana na nyina bameze neza.”

    Umuyobozi w’Ibitaro bya Gisenyi, Lt Col Dr Kanyankore William, yavuze ko n’ubwo bitaramenyekana niba urwo ruhinja rwavukanye ubwandu bwa coronavirus cyangwa ntabwo, ngo bazakomeza kurwitaho bakurikirana ubuzima bwarwo no mu gihe nyina yaba akize COVID-19, agasubira mu muryango we.

    Kugeza ubu u Rwanda rukomeje kugira umwihariko wo kwita ku barwayi ba Coronavirus ari nayo mpamvu uyu mubyeyi ameze neza n’umwana we.

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nyakanga 2020, habonetse abarwayi bashya 38 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 5,556 byafashwe mu masaha 24 ashize, hataha abantu 16 bakize neza.

    Umubare w’abamaze gukira ugera kuri 770 mu 1,473 bamaze gutahurwaho icyo cyorezo mu Rwanda, mu bipimo 200,358 bimaze gufatwa kuva umurwayi wa mbere yatahurwa mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020.

    Muri iki cyumweru Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima bwatangaje ko mu Rwanda hafunguwe Laboratwari Nshya ebyiri zunganira izisanzweho zikomeje gufasha kwihutisha igikorwa cyo gupima icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bantu benshi bashoboka .

    Nyuma ya Laboratwari zashyizwe mu Karere ka Rubavu n’aka Rusizi,hafunguwe izindi Laboratwari ebyiri mu Bitaro Bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) mu Karere ka Huye ,no mu Bitaro Bikuru bya Gisirikare bya Kanombe mu Mujyi wa Kigali.

    Abaturarwanda barasabwa kurushaho kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ari yo gusiga intera ya metero, kwambara udupfukamunwa no gukaraba intoki kenshi bakoresheje amazi meza n’isabune cyangwa arukoro yabugenewe.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Umunyarwandazi-wanduye-coronavirus-atwite-yibarutse-umuhungu

  • ONU yasabye inkunga ya Miliyari 10,3$ inahishura ko abantu Miliyoni 265 bashobora kwicwa n’inzara mu 2020 #rwanda #RwOT

    Isi yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus, kimwe mu biri gutera ibihugu bitandukanye byaka inguzanyo bizishyura mu myaka izaza. Ubu naho Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) uri gusaba inkunga ya Miliyari 10,3 z’amadolari y’Amerika yo gufasha mu kurwanya iki cyorezo cya coronavirus.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9ad817ebc1128c7f60a0da2fbdd185015abf524de344c0c991fd40fb47b4336871a74be16a8c5793fe357632c9c524c29230acea6bfeb6ad15cb7d07b515e14f4893164fe9eaa655db27eb76ce1835ccc203e1fe1a5ba1284ad648b7a63f86224d61e405f9173fd3b34a

  • Five-Star Recruit Jonathan Kuminga Signs With NBA G League #rwanda #RwOT

    Forward Jonathan Kuminga, a top high school basketball recruit, has signed to play in the NBA G League next season, it was announced today by NBA G League President Shareef Abdur-Rahim.  Kuminga is ranked by ESPN as the No. 4 player in the nation and the top player in New Jersey in the Class of 2020.

    A native of the Democratic Republic of the Congo, Kuminga played at The Patrick School in Hillside, New Jersey, last season after previously attending Huntington Prep School in West Virginia and Our Savior New American School in New York.

    The NBA G League gives top young prospects a chance to begin their professional careers while receiving mentorship and life skills training.  Kuminga will have the opportunity to accelerate his on-court development as he learns NBA-style basketball.

    Kuminga joins Jalen Green, Isaiah Todd, Daishen Nix and Kai Sotto as top high school recruits from the Class of 2020 who have signed to play in the NBA G League for the 2020-21 season.

    Five-time NBA champion Brian Shaw will serve as head coach of their team, which will be unaffiliated with any existing NBA G League franchise or NBA team.

    source https://taarifa.rw/five-star-recruit-jonathan-kuminga-signs-with-nba-g-league/

  • YouTube Issues Notice Ahead Of API Services Changes For Newly Created Projects #rwanda #RwOT

    YouTube has informed all YouTube Content Developers that it will make changes to the YouTube API Services and that the changes will affect API projects created after July 28, 2020.

    “All videos uploaded via the videos.insert endpoint from unverified API Projects created after this date will be restricted to private viewing mode,” an announcement to all developers said.

    “To lift this restriction, each project must undergo an audit to verify compliance with the Terms of Service,” the statement said.

    Creators who use an affected project to upload video will receive an email explaining that their video is locked as private and that they can avoid the restriction by using an official or audited service.

    YouTube also noted that “Existing API projects will not be affected by this change, but we strongly recommend that all developers complete a compliance audit for their projects to ensure continued access to the YouTube API Services.”

    source https://taarifa.rw/youtube-issues-notice-ahead-of-api-services-changes-for-newly-created-projects/

  • OUT NOW: Chart-Topping Artist Adekunle Gold Returns With Brand New Single “AG Baby” #rwanda #RwOT

    Already setting the mood this year with a fine display on “Something Different”, chart-topping artist Adekunle Gold brings the heat with the release of his latest single “AG Baby”.

    The Nigerian has already made major strides, becoming a vanguard of the Afropop sound with his unique disposition and unmistakable voice.

    His newest single “AG Baby”, featuring Trinidadian artist Nailah Blackman, is another brilliant melding of sounds, bringing authentic Afro grooves, infectious rhythms, and sprinkles of pop influences.

    Adekunle channels charisma and confidence to the alluring sounds of the saxophone on the July 17th release, undoubtedly proving “AG Baby” to be another stellar release.

    Transcending from an African household name to a reputable global force, Adekunle Gold has seen incredible success to date, with his 2016 debut album “Gold” entering the Billboard World Album chart at #7 and the sophomore “About 30”, going onto make the consideration list for the 2019 Grammy Awards category, Best World Album.

    Capturing audiences as he continues to push creative boundaries with his art, the award-winning artist continues to receive support from key tastemakers to date incl. NOTION, BILLBOARD, OKAYAFRICA, NATIVE MAGAZINE, and COMPLEX.

     As he continues to tease his forthcoming project ‘Afro Pop Vol. 1’ with the strong intent he plans to continue, Adekunle Gold’s influential presence in the scene is certainly one to be celebrated.

    source https://taarifa.rw/out-now-chart-topping-artist-adekunle-gold-returns-with-brand-new-single-ag-baby/

  • UT NOW: Chart-Topping Artist Adekunle Gold Returns With Brand New Single “AG Baby” #rwanda #RwOT

    Already setting the mood this year with a fine display on “Something Different”, chart-topping artist Adekunle Gold brings the heat with the release of his latest single “AG Baby”.

    The Nigerian has already made major strides, becoming a vanguard of the Afropop sound with his unique disposition and unmistakable voice.

    His newest single “AG Baby”, featuring Trinidadian artist Nailah Blackman, is another brilliant melding of sounds, bringing authentic Afro grooves, infectious rhythms, and sprinkles of pop influences.

    Adekunle channels charisma and confidence to the alluring sounds of the saxophone on the July 17th release, undoubtedly proving “AG Baby” to be another stellar release.

    Transcending from an African household name to a reputable global force, Adekunle Gold has seen incredible success to date, with his 2016 debut album “Gold” entering the Billboard World Album chart at #7 and the sophomore “About 30”, going onto make the consideration list for the 2019 Grammy Awards category, Best World Album.

    Capturing audiences as he continues to push creative boundaries with his art, the award-winning artist continues to receive support from key tastemakers to date incl. NOTION, BILLBOARD, OKAYAFRICA, NATIVE MAGAZINE, and COMPLEX.

     As he continues to tease his forthcoming project ‘Afro Pop Vol. 1’ with the strong intent he plans to continue, Adekunle Gold’s influential presence in the scene is certainly one to be celebrated.

    source https://taarifa.rw/ut-now-chart-topping-artist-adekunle-gold-returns-with-brand-new-single-ag-baby/

  • President Magufuli Denies Providing Support To Officials Seeking Parliamentary Seats #rwanda #RwOT

    Tanzanian President John Magufuli on Thursday denied reports that he has promised to provide support to some officials seeking nomination for the parliamentary race on the ticket of the ruling Chama Cha Mapinduzi (CCM) party.

    “I have not asked anybody to vie for parliamentary seats. If there are people claiming that I have promised them my support they are liars,” said Magufuli, who doubles as national chairman of the ruling party.

    He made the denial following reports, that the president had asked some officials to collect the nomination forms, promising them his full support.

    CCM members, including ministers, regional commissioners, heads of government agencies, and district commissioners, on July 13 started collecting and filling forms seeking endorsement from the party to contest for parliamentary seats in the October general election.

    According to a timetable released by CCM, prospective candidates seeking approval to vie for parliamentary seats were free to pick the forms until July 17 and names to be approved by the ruling party will be released on July 19.

    source https://taarifa.rw/president-magufuli-denies-providing-support-to-officials-seeking-parliamentary-seats/

  • Ubuhamya: Kwizera kurarema ku ncuro ya 2 Thabitha yongeye gusezerana n’umugabo we bari barahawe gatanya. #rwanda #RwOT

    Mu giterane cyateguwe na Joyce meyer Ministiries cyabereye i Hampton muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Tabitha Sierra yatanze ubuhamya bukomeye bw’ukuntu yatandukanye n’umugabo we (Divorce) ariko bitamuturutseho ahubwo ari umugabo we wamwihakanye. Icyakora we yahamye ku ijambo rivuga ko atazareka kumukunda, Kubw’igitangaza cy’Imana nyuma y’imyaka5 barongera bakora ubukwe, kandi babanye neza!

    Umugabo wanjye ni umusirikare ubarizwa mu ngabo zirwanira mu mazi (Marine Corps). Mu gihe kingana n’imyaka umunani, ari mu butumwa bw’akazi yagarutse yarahindutse cyane, yaje atakinyikoza nta rukundo yari akimfitiye .
    Mu bihe bitandukanye yahoraga antonganya kandi akanyerurira neza ko atagishaka kubana na njye.

    Ubusanzwe nkora mu buvuzi ku bijyanye n’imitekerereze y’abantu (psychologue), nari nzi neza ko umugabo wanjye arwaye indwara yo guhahamuka (PTSD). Icyo kibazo yari agisanganywe arinayo mpamvu yahoraga antoteza muri ubwo buryo, ariko ntacyo nashoboraga kubikoraho.

    Urushako rwacu rwabaye rubi cyane kuko byageze n’aho tudashobora kwicara hamwe ngo tujye inama nk’abashakanye, nakwinjira mu cyumba arimo agahita asohoka.

    Umunsi umwe, rero naje gufungura Televiziyo mbona inyigisho za Joyce Meyer, maze bigera aho gutanga ibyifuzo byo gusengera abafite ingo ziri mu marembera, avuga ko dukwiye guhama ku ijambo ntiducike intege,ahubwo tugasaba gushyigikirwa n’imana mu miryango yacu.

    Mubyukuri nari maze imyaka myinshi ndi umukristo nkijijwe, ariko sinari narigeze numva inyigisho zo kwizera nkizo! Naravuze nti: “ kuki njye ntabohoza umugabo wanjye ?”

    Joyce Meyer yashishikarije abantu kujya ku rubuga rwe, maze bafate urutonde rw’amagambo yo gusengeramo batura ibyiringiro n’insinzi ku buzima bwabo buri munsi. Nanjye rero nafashe urwo rutonde rwayo magambo.

    Nacukumbuye muri Bibiliya nsangamo ibyanditswe byose bivuga ku bashakanye, nuko ntangira kwatura ayo magambo yose nsengera impinduka ku mugabo wanjye , umuryango wacu, abana bacu, n’imibanire yacu. Nicaye ku ijambo mvuga nti: “urugo rwacu rugomba kuramba.”

    Muri ibyo bihe rero nakomeje kwinginga Imana, ariko ibintu aho guhinduka ahubwo bigasubira irudubi. Byaje kuba ngombwa rero ko dutandukana byemewe n’amategeko (Divorce), kuko umugabo wanjye yari yarabyiyemeje,kandi abishaka, nsigara muri ako gahinda.

    Inshuro nyinshi rero satani yarangendereraga akambwira ko ibyo kuvuga ko urugo rwacu ruzaramba byarangiye umunsi Twakoze natandukanye n’umugabo, ariko njye ngua ku ijambo

    nkamusubiza nzakomeza kwizera kwanjye kandi ko ntazatezuka ntakwemera na gato ibyo ambwira. Nari nariyemeje ko igihe cyose nzahura n’ibinca intege nzahama ku ijambo nabwiye Imana. Mukigwi cyo kwivovotera Imana nashikamye kukwizera kwanjye , kandi nirinze ko hari amagambo yo gushidikanya yava mu kanwa kanjye.
    Icyakora uko iminsi yagiye itambuka nagiye mbona agacu k’impinduka Ariko, ibyo nkakomeza kubishimira Imana.

    Nagumye rero muri urwo rugamba Satani nawe ntiyahwemye kujya angenderera ,akanca intege ambwira ko hashize imyaka 4 ntandukanye n’umugabo wanjye kandi ko ntakindi ntegereje nakagombye gushaka undi, ngo kuko ndimo gusaza.

    Ariko nakomeje guhagarara nkabwira satani nti: “Windiganya kuko muri iyi si sinshaka undi mugabo,Sinshaka urundi rukundo Ndashaka ko umugabo wanjye agaruka niwe narahiye ko nzakunda iteka ryose.”

    Nyuma yimyaka itanu ntandukanye umugabo wanjye, Imana yakoze igitangaza mubyukuri umuganbo wanjye arangarukira anyambika indi mpeta aravuga ati: “Niyemeje kuzashyingiranwa nawe.”

    Ntimwabyiyumvisha rero kuko iyo yari intambwe nini yari itewe mu buzima bwanjye. Muri icyo gihe, umubano wacu warakomeje kandi umugabo wanjye yaravugaga ati: “Sinzagusiga.”

    Ubwo rero nanjye nashimye Imana ariko nkomeza no gusenga ninginga Imana, nyisaba ko iduha urugo rw’umugisha kandi rushingiye kuriyo . Nayisabaga ko urukundo rwacu rwaba rwiza tugakundana nkuko Kristo yakunze Itorero (Abefeso 5:25) “ Bagabo,mukunde abagore banyu nkuko Krito yakunze itorero akitangira”.

    Ubu ndababwira ko uyu munsi hashize imyaka umunani kandi umugabo wanjye arankunda ndabishimira Imana kuko yampojeje amarira. Ku isabukuru yacu iheruka , yateguye urugendo arantungura dutemberana mu mujyi wa New York antwaye mu modoka.

    Ndashima Imana ko ubu umugabo wanjye atekereza neza cyane kuruta uko yahoze!

    Bitewe n’urugamba nanyuzemo namenye ko nta hantu na hamwe Imana itakura umuntu! Ijambo ry’Imana rigaragaza ko duhabwa ibirenze ibyo dusaba ( Abefeso 3:20).

    Nahagaze ku Ijambo ryayo, kandi ndashimira Imana ko mfite urugo rwiza uyu munsi. Niba hari intambara urimo kurwana intambara y’urushako ndamushishikariza guhagarara ku Ijambo, akaryatura , akaryiga . Ushikame kandi ntukemere guha icyuho satani mugihe utarabona igisubizo cy’ibyo wasabye Imana. Imana yiteguye kuzahura umubano wawe n’uwo mwashakanye kandi satani ntashobora kugira icyo aguhungabanyaho keretse umunsi wacogoye , kubw’ibyo rero ntucike intege!

    Source: Joyce Meyer Ministries

    Daniel@agakiza

    source https://agakiza.org/Ubuhamya-Kwizera-kurarema-ku-ncuro-ya-2-Thabitha-yongeye-gusezerana-n-umugabo.html