Tag: news

  • Turiza uwiteka umutegereze wihanganye #rwanda #RwOT

    Mu buzima bwa buri munsi duhura na byinshi bidukubita hasi bikaba byatuma urusaku ruturenga tukivovota, haba n’igihe usanga akenshi tubabazwa n’uko abanyabyaha bahora mu mahoro nyamara abizera bagahora mu ntambara, ariko icyo dusabwa ni uguceceka tugaturiza imbere y’Imana kuko ibyo yibwira kutugira ni ibyiza.

    Turiza uwiteka umutegereze wihanganye, ntuhagarikwe umutima n’ubona ibyiza mu rugendo rwe, n’umuntu usohoza Inama mbi (Zaburi 37:7).

    Isi iradutwikiriye aho usanga amagambo n’amashusho bitwara ibitekerezo byacu kandi bikagira ingaruka kubitekerezo byacu. Twitegereza ibicuruzwa bigurishwa kandi tukageragezwa n’bigezweho. Twitegereza inzira yubuzima bw’abandi kandi twibaza niba turi hejuru yabo (tubarenzeho), niba hari icyo tubuze mu buzima bwacu bityo bikadushyira mu muhangayiko.

    Iminsi yose mu buzima bwacu, Ijambo ry’Imana riduha icyerekezo cy’ibintu bitandukanye. Imana itubwira ko ishaka kutumara ubwoba kugira ngo dushobore kubona amahoro nyayo n’ibyishimo nyabyo, ndetse no kunyurwa kurambye. Mubyukuri Imana ntishaka ko duhanga amaso abantu cyangwa ngo twifuze kumera nka bo.

    Icyo Bibiliya itwibutsa:

    Ntidukwiye gusuzumira ubuzima bwacu kubyo abantu bakora cyangwa bavuga.

    Ntidukwiye gupima ibyo twagezeho dukurikije amahame yisi.

    Ntidukwiye kureka igitutu cy’isi ngo kidutware.

    Ntidukwiye kumva duhatirwa gukora cyangwa kuvuga ikintu icyo aricyo cyose kuberako abandi babikora cyangwa babivuga.

    Ikigaragara biragoye cyane, ariko tugomba kwiringira Uwiteka n’umutima wacu wose kandi ntitwishingikirize ku bwenge bwacu. Tugomba kubimenya kuko uwiteka azabidufashamo kandi azatuyobora atunganye inzira zacu. (Imigani 3:5-6).

    Muri macye, ibintu byose bigize ubuzima bwawe bihereze uwiteka Ntugahungabanywe n’igitutu cy’isi, ahubwo wizere ko Yesu azabikora byose kuko Yadusezeranyije kuduha amahoro n’imigisha, kugukuraho imitwaro, impungenge n’ubwoba icyo dusabwa ni ukumwizera.

    Source: www.topchretien.com

    [email protected]

    source https://agakiza.org/Turiza-uwiteka-umutegereze-wihanganye.html

  • COVID-19: Rwanda confirms 38 new cases #rwanda #RwOT

    Kigali’s cluster has continued to drive the increase in COVID-19 cases with 30 out of 38 new cases coming from the capital city; the cases from Kigali are concentrated in one controlled place, not scattered across the city.

    Nyabihu district which has been having big numbers, from Western Province, had 7 cases and Kirehe district in Eastern Province bordering with Tanzania registered one case.

    No case was identified in Rusizi district which saw the lockdown eased by cabinet meeting yesterday.

    Dr. Sabin Nsanzimana, Director General of Rwanda Biomedical Centre (RBC) said on Wednesday that the district is registering success stories in the fight against COVID-19.

    “COVID-19 situation in @RusiziDistrict is improving, we commend continuous efforts of local leaders, population & response teams @RwandaWest,” he said.

    The new cases brought the total number of confirmed cases to 1,473 including 699 active cases, while the recoveries constitute the biggest cases with 770 recovered patients. So far, the pandemic has claimed 4 lives.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-confirms-38-new-cases

  • Abahamya ba Yehova bati ‘ntituzasubira mu nsengero coronavirus itavuye mu nzira, icyo dushyira imbere ni ubuzima si amaturo’ #rwanda #RwOT

    Ni mu gihe gashize iminsi ibiri, guverinoma y’u Rwanda ifashe umwanzuro wo gukomorera insengero zubahirije amabwiriza ya Minisitiri w’Ubuzima kuba zakongera gukorerwamo misa n’amateraniro.

    Nkurikiyinka Valens, Umuvugizi w’ Abahamya ba Yehova mu mujyi wa Kigali yabwiye UKWEZI k obo batazasubira mu nzu z’abahamya ba Yehova kongera gusengeramo icyorezo cya coronavirus kitarava mu nzira kuko imibare y’abandura ikiyongera.

    Yagize ati “Ikidushishikaje si amafaranga y’amaturo ikidushishikaje ni ubuzima, niyo mpamvu tutazajya mu nsengero nubwo amabwiriza abiduhera uburenganzira. Kuba amazu dusengeramo yarahagaze ntacyo bivuze igifite icyo kivuze ni uko abantu bakomeza gutera imbere mu buryo bw’umwuka”.

    Umwanzuro bafashe wo kudasubira guteranira hamwe kugeza coronavirus ivuye mu nzira ushingiye kuri bibiliya kuko bibiliya isaba abantu kurinda ubuzima bwabo no kugira amakenga (imigani:22,3 /Imigani 14,15/Umubwiriza 7,12).

    Avuga ko icyemezo bafashe kidashingiye ku kuba babona kubahiriza amabwiriza ya Minisitiri w’ubuzima bwabananira, ati “Ntabwo kubahiriza amabwiriza byatunanira kuko ku nzu z’ubwami bw’abahamya ba Yehova hashize umwaka n’igice tuhashize kandagirukabare na hand sanitizers mu rwego rwo kurinda ubuzima kuko ubuzima ni impano ikomeye duhabwa na Yehova”.

    Ubwo muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo hagaragaraga icyorezo cya coronavirus niko Abahamya ba Yehova bafashe umwanzuro wo gushyiraho kandagira ukarabe mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abajya mu nsengero.

    Amabwiriza ya Minisitiri w’Ubuzima azajya asuzumirwaho n’inzego z’ibanze mbere yo kwemerera abantu kujya mu nsengero mu materaniro cyangwa misa, arimo kuba urwo rusengero rwarashyizeho uburyo bwo gutura hakoreshejwe mobile money, kuba zifite kandagira ukarabe cyangwa imiti yica udukoko ku miryango, no kuba zarashushanyije ku ndebe ku buryo abajya mu nsengero bicara bahanye intera.


    Imwe mu mazu y’Ubwami y’Abahamya ba Yehova

    Mu gihe u Rwanda rwose rwari muri gahunda ya Guma mu rugo, ibikorwa hafi ya byose byarahagaritswe kubera coronavirus hari abapasiteri bumvikanye basaba abayoboke babo gutanga amaturo n’ibyacumi bakoresheje mobile money.

    Abo bapasiteri bavugaga ko impamvu ari uko nubwo amateraniro itarimo aba hari ibindi bikorwa bisaba insengero byarimo bikorwa birimo nko gusukura ku nsengero, kwishyura amazi n’umuriro n’ibindi.

    Ati “Impamvu tutazasubira mu nsengero mbere y’uko coronavirus irangira ni mu rwego rwo kwirinda ko hari uwakwandura kubera igiterane cyacu”.

    Nkurikiyinka avuga abapasiteri badakwiye gushyira imbere gutungwa n’amaturo kuko ngo ibyo muri bibiliya byari ibyo mu isezerano rya kera.

    Yagize ati “Pawulo yakoraga amahema kugira ngo abone ikimutunga. Pasiteri akwiye gukora umurimo wo kubwiriza ubutumwa bwiza awukorana ubwitange”.

    Abahamya ba Yehova ntabwo batanga amaturo, ahubwo umuhamya wa Yehova ku bushake bwe akora mu byo atunze agatera inkunga umuryango w’Abahamya ba Yehoza.

    Kugeza ubu mu Rwanda habarurwa Inzu z’Ubwami bw’Abahamya ba Yehova zigera kuri 400, naho abahamya ba Yehoba bose hamwe ni 31 000.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Iyobokamana/article/Abahamya-ba-Yehova-bati-ntituzasubira-mu-nsengero-coronavirus-itavuye-mu-nzira-icyo-dushyira-imbere-ni-ubuzima-si-amaturo

  • Kumara iminota 10 ku munsi ureba filime z’urukozasoni byongera ibyago byo kuba ikiremba #rwanda #RwOT

    Inzobere zo mu Bwongereza no mu Budage zavumbuye ko kureba kureba filime z’urukozasoni, Porno byongera ibyago byo kunanirwa gutera akabariro.

    Abasore bareba izi filime iminota 70 mu cyumweru bigeraho akajya areba izi filime igitsina cye kigafata umurego, ariko yaba ari kumwe n’umukobwa ntigifate umurego.

    Mu Bwongereza ¼ cy’abagabo bari munsi y’imyaka 35 bafite iki kibazo. Professor Gunter de Win wo muri University of Antwerp wayoboye ubu bushakashatsi bwakorewe ku bagabo 3500 avuga ko batunguwe n’uburyo imibare y’abatakaza ubushobozi bwo gukora imibonano mpuzabitsina bitewe no kureba porno.

    Ati “Twasanze hari isano rinini hagati yo kumara umwanya munini ureba porno no kudashyukwa”.

    Ubu bushakashatsi bwamurikiye umuryango w’Iburayi wiga ku ndwara z’urwungano rw’inkari, mu nama yakozwe hifashishijwe iyakure (video conference).

    Abongereza miliyoni hafi 5 bafite iki kibazo. Aba bahanga bavumbuye ko kuba umuntu ureba porno iminota myinshi ananirwa gushyukwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina biterwa n’uko bitera ikibazo cyo mu mitekerereze, akanagira ibibazo cyo kuba amaraso atongera gutembera neza mu mubiri. Kureba izi filime byongera ibyago byo kurwara umutima.

    Ibinini bya Viagra bisanzwe bikoreshwa mu kongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bikemura iki kibazo cyo kunanirwa gushyukwa bitewe no kureba porno amasaha menshi gusa ibi binini izi nzobere zivuga ko bifite ingaruka zirimo kubabara umutwe w’inyuma, kurwara umutwe no gutakaza ubushobozi bwo kubera.

    Professor Maarten Albersen, wo muri kaminuza ya Leuven University mu Bubiligi yavuze ko ubu bushakashatsi bwavumbuye ikintu cy’ingenzi ku ngaruka zo kureba pornography gusa avuga ko hanewe no gukorwa ubundi bushakashatsi bugaragaza ubwoko bwa pornography bugira ingaruka kurusha ubundi.

    Ubu bushakashatsi ikindi bwabonye ni uko ibikoresho bikoreshwa mu kwimara iruba (sex toys) nabyo bituma umuntu agira iki kibazo cy’uburemba.

    source http://www.ukwezi.rw/Mu-mahanga/Ubuzima/article/Kumara-iminota-10-ku-munsi-ureba-filime-z-urukozasoni-byongera-ibyago-byo-kuba-ikiremba

  • Kirehe : Yafashwe yambaye imyenda ya Polisi iriho n’amapeti #rwanda #RwOT

    Uyu musore ukomoka mu Murenge wa Kigina yatawe muri yombi mu ijoro ryakeye ahagana Saa Munani.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamugari, Iyamuremye Antoine, yabwiye IGIHE ko uyu musore yatawe muri yombi n’abaturage ubwo mu ijoro babibaga ihene bajya kuzishakisha bagahura nawe yambaye imyenda ya Polisi iriho amapeti na kamambiri bakamugirira amakenga.

    Ati “Byabaye nijoro ku bufatanye n’abaturage, muri uwo Mudugudu wa Nyabiyenzi bari bahibye ihene ebyiri abaturage bagiye gushakisha uwazitwaye nyuma yaho nyirazo yari atabaje, babona umusore wambaye imyenda ya Polisi na kamambiri, babanza kumwibazaho bamufashe bumva arajijinganya baradutabaza natwe duhamagara Polisi.”

    Gitifu Iyamuremye yakomeje avuga ko uyu musore yari asanzwe ari mu gatsiko k’abajura bajujubije abaturage bo mu Mirenge ya Kigina na Nyamugari, ngo bamubajije aho yakuye iyo myenda asubiza ko yayitoraguye ariko ngo harakekwa ko yayibye.

    Uyu musore akaba yari ari kumwe n’irindi tsinda ry’abasore benshi bakunda kwiba muri aka gace kuri ubu bakaba bagishakishwa.

    Yakomeje ati “Ubu turashimira abaturage ku gikorwa cyiza bakoze cyo kugira amakenga no kumufata. Turabasaba gukomeza kurinda ibyagezweho ari nako bagirira amakenga abantu babona batazi baba biyitirira inzego z’umutekano.”

    Kuri ubu uyu musore yahise ajyanwa gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyamugari mu gihe iperereza rikomeje ryo kumenya aho yakuye iyo myenda, abandi nabo basanzwe bafatanya muri ubu bujura bakomeje gushakishwa.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Kirehe-Yafashwe-yambaye-imyenda-ya-Polisi-iriho-n-amapeti

  • Mbarushimana Piyo yasohoye indirimbo nshya yise “Hari indi Si” #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Mbarushimana Piyo ukiri mushya muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana, yamaze gusohora indirimbo yise ‘Hari indi Si’ aho akangurira abakirisito gutegereza bizeye kuzataha muri iyo si nshya.

    Usibye gukora umuziki , Piyo asanzwe akora Itangazamakuru, muri RBA ishami rya Musanze. ndetse akaba umukristo mu itorero ADEPR.Yatangiye kuririmba uyu mwaka aho tariki 09 Werurwe 2020 yashyize hanze indirimbo ye ya mbere yitwa ”UDUTABARE”.

    aganira na INYARWANDA, Mbarushimana Piyo, ukoresha izina rya Piyo mu buhanzi, yatangaje ko aje muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana, mu gutambutsa ubutumwa busana imitima ya benshi ku bazajya babasha kumva ibihangano bye.


    Piyo akangurira abakristo gutegereza bizeye

    Mu gukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Piyo ahamya ko imbarutso yabaye kuba ari Umukirisito usanzwe usenga cyane mu itorero rya ADEPR, ashimangira ko azajya akora n’izindi ndirimbo zivuga ku bumwe bw’abanyarwanda, n’izindi zifite inyigisho zagira icyo zifasha abatuye Isi muri rusange. Uyu musore avuga ko aje gukora umuziki wa Gospel mu buryo bw’umwuga.

    Abajijwe ingamba afite yagize ati “Ingamba mfite, ni uko ngiye gukora umuziki mu buryo bw’umwuga, cyane cyane nibanda ku gukora ibihangano byanditse neza, mbega bifite amasomo akomeye”.

    Pio akomeza avuga ko ari umwanditsi w’Indirimbo za Gospel ati “Mu buzima busanzwe, ndi umwanditsi w’indirimbo, aho nandikira abahanzi n’amakorari, ndi umusizi, muri make navuga ko kwandika aribwo buzima bwanjye”.

    Video y’indirimbo “Hari indi Si” wayisanga hano:

    Source: inyarwanda.com

    [email protected]

    source https://agakiza.org/Mbarushimana-Piyo-yasohoye-indirimbo-nshya-yise-Hari-indi-Si.html

  • Le Senegal a l’ecole rwandaise de IMIHIGO, Contrat de performance #rwanda #RwOT

    Les différents rapports de l’Inspection générale d’état (Ige) ont mis à nu les dysfonctionnements et les irrégularités dans certains services de l’administration sénégalaise. Une anomalie qui découle en partie d’une inertie et d’un manque de volonté révolutionnaire des autorités. Et pourtant, le « benchmarking » institutionnel existe. Au Rwanda par exemple, le modèle de contrat de performance appelé « imihigo » imposé aux maires et aux directeurs généraux a fini par faire de ce pays un champion en matière de lutte contre la corruption.

    Le constat qui ressort des différents rapports de l’IGE remis au Président Macky Sall et rendus publics est alarmant. L’administration sénégalaise dans sa plus grande partie navigue dans les eaux troubles du népotisme, du détournement de fonds et de l’inefficacité. Des ministères aux directions en passant par les collectivités territoriales, la nébuleuse, l’incohérence et le laxisme sont les maux les mieux partagés.

    Et si le choix des hommes est une des causes de la déliquescence de l’administration, force est de dire que le système hérité du colonialisme a beaucoup contribué à la léthargie de l’administration sénégalaise, même si elle a produit plusieurs générations de grands commis de l’Etat. Et pourtant des modèles de gestion puisés dans les tréfonds de nos cultures qui ont produit d’excellents résultats existent en Afrique. Il faut juste changer de regard et arrêter de voir notre salut à travers la lorgnette du modèle occidental qui s’effrite.

    Par exemple, le Rwanda, pays qui était dans une situation presque apocalyptique avec la guerre civile de 1994 qui a causé plus d’un million de morts, apparaît aujourd’hui comme l’un des champions de la bonne gouvernance sur le continent. Et en effet, le pays des mille collines fait partie, avec les Seychelles (premier du contient), le Botswana, le CapVert et la Namibie, des ‘’5 majeurs‘’ du continent en matière de lutte contre la corruption (Indice de Perception de la Corruption dans le monde 2019). Mais comment ce pays a-t-il pu sortir des ténèbres ? le miracle vient de « Imihigo ». En effet, un des éléments clés du relèvement du Rwanda correspond à la mise en œuvre des Imihigo (pratique culturelle ancestrale associée aux ententes de rendement ». Il s’agit d’un système local de gestion des performances, dans le cadre duquel les individus s’engagent à réaliser un certain nombre de tâches durant une année, au terme de laquelle leurs résultats sont évalués par la communauté. Ces contrats, appelés « imihigo », étaient autrefois oraux et entérinés par une cérémonie. Aujourd’hui, ils sont écrits et signés, même si leur fonction reste la même.

    Ainsi, la modernisation de cette pratique constitue l’une des approches novatrices qui sont utilisées pour renforcer la planification, la mise en œuvre et l’évaluation du développement et ce, en vue d’améliorer les conditions de vie des Rwandais. Tous les paliers du gouvernement, y compris les services nationaux, provinciaux et ceux des districts, doivent planifier et mettre en œuvre leurs propres objectifs et leurs propres engagements liés aux « Imihigo ». Ce culte du résultat qui a imprégné toute la société a permis ainsi au Rwanda d’atteindre pratiquement tous les Objectifs de développement du millénaire.

    Dans la gestion publique, il se traduit depuis 2006 par des contrats de performances. Chaque année, les responsables des districts doivent signer avec le président de la République, Paul Kagamé, un contrat très précis indiquant les résultats à atteindre dans différents domaines : hectares de maïs à planter, taux de scolarisation, construction de latrines, nombre de centres de soins. Les maires performants sont récompensés alors que ceux qui ont failli peuvent être congédiés, ou même envoyés en prison lorsqu’ils sont pris en flagrant délit de corruption. Le contrat de performance concerne aussi les ministères et les organismes du gouvernement. Et il n’est pas rare de voir des ministres et directeurs généraux licenciés de leurs postes. L’on se souvient par exemple qu’en 2015, trois maires de grandes localités du Rwanda ont été arrêtés pour malversations.

    En somme, les rapports de l’IGE montrent l’urgence de changer de paradigme dans la manière de gérer le pays. Et dans cette perspective de révolution, il faut voir les modèles qui marchent comme le Rwanda. D’autant qu’à l’image de ce pays qui est allé puiser dans sa culture pour trouver des notions comme « Imihigo » pour l’inclure dans la gestion de l’Etat, le Sénégal regorge de concepts comme le ‘’Ngor‘’, le ‘’Jom” qui étaient ses fils rouges. Il faut déconstruire les esprits et le rapport symbolique avec nos anciens ‘’maîtres” qui nous ont légué une administration qui secrète des ‘’rois‘’ et des bourgeois au grand dam des populations qui continuent de s’enliser dans la pauvreté. Si le Président Macky Sall a su relever le défi lancé par son homologue Paul Kagamé sur les mesures d’hygiène à prendre dans ce contexte de Covid-19, il peut faire autant en essayant de copier ce modèle Imihigo en matière de gestion publique.

    IGIHE

    source https://fr.igihe.com/Le-Senegal-a-l-ecole-rwandaise-de-IMIHIGO-Contrat-de-performance.html

  • Social Mula yashyize hanze indirimbo y’urukundo ‘Mi Amor’ #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Social Mula yasohoye indirimbo y’urukundo ‘Mi Amor’ izaba iri kuri Album nshya ye yatangiye gukoraho.

    Ni indirimbo yasohotse mu buryo bw’amajwi n’amashusho ikaba yarakorewe muri Monster Record ikozwe na Knox Beat mu gihe amashusho yatunganyijwe na Big Team Production.

    Iyi ndirimbo ‘Mi Amor’ ni indirimbo ya mbere asohoye muzizaba ziri kuri Album ye nshya yatangiye gukoraho.

    Ni indirimbo yumvikanao abwira umukobwa ko kuva amakunda nta kintu na kimwe atakora kugira ngo yitangire urukundo rwabo, aba amusezeranya ko amukunda kandi ko atazamuhemukira mu buzima bwe.

    Ubundi Mi Amor ni ijambo ry’igitaliyani risobanura Ndagukunda mu Kinyarwanda.

    Social Mula yasohoye indirimbo Mi Amor

    Reba indirimbo Mi Amor ya Social Mula

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/social-mula-yashyize-hanze-indirimbo-y-urukundo-mi-amor

  • KU MUNSI NK’UYU 2019: Mu marira menshi n’agahinda Lague ati “ibi biri mu bihe ntazibagirwa”(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Ku munsi nk’uyu umwaka ushize wa 2019, bwa mbere mu mateka APR FC yananiwe kurenga ¼ cya CECAFA Kagame yabereye mu Rwanda, ni nyuma y’uko umusore ukiri muto Byiringiro Lague ahushije penaliti yahise ibakura mu irushanwa.

    Ni umukino wabaye tariki ya 17 Nyakanga 2019, hari muri ¼ cya CECAFA Kagame Cup yabereye mu Rwanda, CECAFA zose zabereye mu Rwanda APR FC yageraga ku mukino wa nyuma.

    Yari yahuye na AS Maniema yo muri DR Congo, umukino warangiye ari ubusa ku busa maze biba ngombwa ko bitabazwa penaliti.

    Umukino warangiye ari 0-0

    Kapiteni wa APR FC Manzi Thierry ni we wateye penaliti ya mbere ya APR FC maze arayihusha, iyi yaje kwishyurwa na Likwela Yelemaya Denis wahushije iya 5 ya AS Maniema.

    Manzi Thierry yateye yahushije penaliti ya mbere

    APR FC yari isigaje penaliti imwe yizeye ko igiye kuyisubiza mu mukino, yatewe na Byringiro Lague arayihusha bituma APR FC ihita isezererwa mu irushanwa itarenze ¼.

    Nyuma yo guhusha iyi penaliti uyu musore yibukirwa ku marira menshi yasutse hasi, kuva mu kibuga biramunanira dore ko yahise aryama aho yari atereye iyi penaliti, akurwa mu kibuga bamurandase.

    Nyuma yaje kubwira ISIMBI ati“ibyambayeho uyu munsi sinshobora kuzabigirwa mu buzima bwanjye uko byagenda kose, ninjye wasezereye ikipe yanjye.”

    Imbaraga zahise zibura aryama hasi asuka amarira

    Yavuye mu kibuga bamurandase

    APR FC yari yageze muri ¼ nyuma yo kuzamuka iyoboye itsinda C n’amanota 9/9, ikaba yarazamukanye na Green Eagles ifite 6. Proline FC ifite 3 na Heegan FC ifite ubusa zo zahise zitaha.

    source http://isimbi.rw/siporo/article/ku-munsi-nk-uyu-2019-mu-marira-menshi-n-agahinda-lague-ati-ibi-biri-mu-bihe-ntazibagirwa-amafoto

  • Ex-Premier ministre et promoteur éducatif, P.D. Habumuremyi, endetté, tombe du haut de son piédestal #rwanda #RwOT

    Entretemps, son université qui n’avait qu’une autorisation provisoire de fonctionner depuis plus de quatre ans a été fermée par le Ministère de l’Education pour ne pas avoir rempli les conditions exigees.

    Descente aux galeres

    Mais pourquoi cet ancien dignitaire tombe-t-il si bas ? Le business est-il plus difficile que la gestion de la chose publique dont il était responsable dans les hautes sphères du pays depuis plus de quinze ans ? Toujours est-il que la gestion de son université était si opaque que le Recteur et actionnaire minoritaire (10%), Dr Sébastien Gasana, ne savait pas comment gérer cette université jusqu’à la fin de son mandat fin l’an dernier surtout qu’il a toujours été écarté de sa gestion financière.

    Dr P.D. Habumuremyi a été arrêté depuis ce 3 juillet 2020. Il comparaît devant le juge pour une mise au point. Il est question de savoir si les crimes dont il est accusé sont trop lourds pour qu’il soit maintenu en détention provisoire ou s’il doit poursuivre son procès en étant libre de ses mouvements.

    La salle d’audience est pleine à craquer en cette matinée. Les instructions de prevention du Covid19 sont violees. Il est ordonné que les gens sortent et qu’ils suivent du dehors les débats.
    Les caméras de la presse mitraillent l’accusé au point de l’indisposer.

    Accuse, levez-vous !
    Le Ministère public prend la parole et l’accuse d’avoir émis des chèques sans provisions et d’escroquerie. « Faux », disent les avocats de la défense. « Notre client est innocent », ajoutent-ils jetant le tort à la pandémie du Covid 19 qui a ralenti toutes les activités économiques du pays mais aussi d’ailleurs.

    « Nous demandons que notre client bénéficie d’une liberté provisoire, qu’il poursuive son procès tout en vaquant à ses occupations », disent les avocats de sa défense. « Et cela est aussi l’avis de la partie civile constituée de ses fournisseurs impayés », ajoutent-ils.

    Laissez-moi le temps d’attirer des actionnaires, je paierai !
    « Je ne nie pas que je dois de l’argent à mes fournisseurs », a dit P.D. Habumuremyi ajoutant qu’il lui faut du temps pour collecter cet argent provenant de la vente des actions de son entreprise aux nouveaux investisseurs qui veulent apporter leurs capitaux dans la gestion de cette université.

    Ah ! Cet argument tient-il plus que tous les autres ? Le crime commis d’émission de chèque sans provision peut-il être excusé par le Tribunal ? Le juge comprendra-t-il les intérêts des fournisseurs pour laisser la liberté à cet investisseur qui a cru qu’une université peut être gérée comme sa poche ?

    Un combat de titans mene pas la defense
    Me Ernest Bayisabe et Me J.P. Kayitare de la défense se sont battus comme des lions dans cette arène où le Ministère Public tenait mordicus à faire garder l’ex-Premier Ministre dans la Salle de Police.

    A l’argument lancé par la défense sur la nécessité de relâcher l’accusé comme quoi il souffre de maladies exigeant beaucoup de soins. Il a parlé de son œil opéré mais aussi de l’autre à opérer dans les brefs délais.

    Des lecons de ce proces : investisseurs et noblesse du secteur Education
    Mais au fond, tous les arguments tombent à l’eau. Ce qui compte c’est d’honorer les contrats des fournisseurs de la Christian University. C’est, pour cela, savoir que le secteur de l’éducation appelle des investisseurs ayant au-delà de la recherche de profits individuels, une vocation noble d’intégrité et d’excellence dans la formation de l’apprenant.

    De ce procès dont la conclusion provisoire est annoncée pour 21 juillet, il se dégage que toute personne si grande soit-elle doit craindre ou réparer rapidement les gestes criminels qu’elle pose.

    De deux, que l’on doit respecter et comprendre en tout temps la personne en contrat de travail ou de fourniture de prestations ou d’items donnés sans prendre de grands airs dédaigneux à son égard.

    Enfin, le secteur de l’éducation et celui de la santé ; dans ce monde capitaliste où tout commerce est permis, cherchent des hommes et des femmes posés, honnêtes et mus par le souci de satisfaire les clients d’abord et, partant, de répondre aux principes nobles du respect de l’humanité.

    Donnez le temps a l’accuse de se refaire examen de conscience
    Mais l’ex-Premier Ministre Habumuremyi ne doit pas être puni pour avoir osé entrer dans la danse de création de l’emploi et de poursuite de la mission d’enseigner même s’il s’y est mal pris.

    Il est mille fois meilleur que de nombreux anciens chambellans rwandais qui, à leur soixantaine passée, dans leur retraite méritée, restent toujours dans le sillage des arcanes du pouvoir, incapables de penser qu’au lieu de continuer à recevoir des émoluments gras ou maigres du régime pour quelques éventuelles prestations , devraient plutôt rejoindre ce prospecteur en éducation qui n’a utilisé que ses propres moyens pour construire une si grande et noble institution éducative qu’est la Christian University.

    Dommage qu’il n’a pas su à temps que son entreprise était et reste démesurément plus grande que ses propres capacités financières et intellectuelles. Il a tenté en vain de s’y agripper mais hélas…..

    Une dure journee de l’ex-Premier en images

    Jovin Ndayishimiye

    source https://fr.igihe.com/Ex-Premier-ministre-et-prospecteur-en-education-P-D-Habumuremyi-tombe-endette.html