Tag: news

  • Kigali ku isonga mu kugira abantu benshi ba Covid-19 mu bipimo byafashwe none #rwanda #RwOT

    Imibare igaragara mu mbonerahamwe y’uko icyorezo cya Covid-19 cyifashe mu masaha 24 y’uyu wa 22 Nyakanga 2020, igaragaza ko mu bipimo 4,613 byafashwe habonetse abarwayi 34 bashya b’iki cyorezo. Kigali ifite 21, Rusizi 6, Kirehe 2, Nyamasheke 4, Ngoma 1.

    Dore uko Minisiteri y’Ubuzima igaragaza iyi mibare  muri rusange;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/kigali-ku-isonga-mu-kugira-abantu-benshi-ba-covid-19-mu-bipimo-byafashwe-none/

  • Kidumu Drops New Hit, Lectures Men On Romance #rwanda #RwOT

    Burundian hits-maker has come of the closet after a long period of time without hitting the regional airwaves as he always does.

    He has released a new hit, LEILA, a song written by Otile Brown.

    The legendary Kidumu performed the 4th official video off of the Debut Album JUST IN LOVE by Otile Brown.

    The Kiswahili shreds irresponsible and unromantic men, but creatively presented in an Afrocentric setting that suits a viewer’s eye.

    source https://taarifa.rw/kidumu-drops-new-hit-lectures-men-on-romance/

  • Mugisha Gilbert yavuze ku byo kwerekeza muri APR FC #rwanda #RwOT

    Rutahizamu wa Rayon Sports usatira anyuze ku mpande, Mugisha Gilbert avuga ko amakuru amwerekeza muri APR FC atayazi na we ayumva mu itangazamakuru.

    Hamaze iminsi havugwa amakuru y’uko uyu musore yamaze kwerekeza muri APR FC agurishijwe na Rayon Sports yari asigaraniye umwaka umwe w’amasezerano.

    Mu ntangiriro za Kamena 2020, ni bwo hatangiye kuvugwa inkuru y’uko Mugisha Gilbert yamaze gusinyira APR FC we na Bizimana Yannick bakinanaga, we akaba yaramaze kwerekanwa nk’umukinnyi wa APR FC.

    Amakuru avuga ko Mugisha Gilbert na we nta gihindutse umwaka utaha w’imikino wa 2020-2021 azaba ari umukinnyi wa APR FC dore ko bamaze kumvikana.

    Aganira na ISIMBI, Mugisha Gilbert yavuze ko aya makuru ntayo azi na we agenda abyumva mu itangazamakuru nk’abandi bose.

    Yagize ati“ibyo ntabyo nzi nukuri. Ndi umukinnyi wa Rayon Sports nkifitiye amasezerano, nanjye mbyumva ntyo nk’abandi bose.”

    Mugisha Gilbert yinjiye muri Rayon Sports muri 2017 avuye muri Pepiniere FC, ayisinyira imyaka 2 yarangiye muri 2019 aho yahise yongera indi myaka 2 ubu akaba asigaje umwaka umwe.

    Mugisha Gilbert arahakana amakuru amwerekeza muri APR FC

    source http://isimbi.rw/siporo/article/mugisha-gilbert-yavuze-ku-byo-kwerekeza-muri-apr-fc

  • Umutoza Adil wa APR FC yahishuye ibanga riri inyuma yo gusinyisha abakinnyi barimo Yannick na Keddy #rwanda #RwOT

    Nyuma y’uko APR FC yerekanye abakinnyi 4 yaguze, umutoza mukuru w’iyi kipe, Mohammed Adil Erradi avuga ko impamvu yabahisemo ari uko bakiri bato bizamworohera kubinjizamo imikinire ye.

    Ku Cyumweru tariki ya 19 Nyakanga 2020 ni bwo APR FC yerekanye abakinnyi bashya bane yaguze ari bo Yannick Bizimana(Rayon Sports), Nsanzimfura Keddy(Kiyovu Sports), Ruboneka Jean Bosco na Ndayishimiye Dieudonne(AS Muhanga)

    Nyuma yo gusinyisha aba umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi akaba yaratangarije urubuga rw’iyi kipe ko impamvu yasinyishije abana ari uko bumva vuba kandi bikaba byoroshye kuba yabakinisha imyanya itandukanye mu kibuga.

    Yagize ati“nta kindi cyanteye guhitamo aba bakinnyi, ni uko nkunda abakinnyi bakiri bato kuko bamfasha mu mitoreze yanjye, usanga akenshi byorohera umutoza gutoza abakinnyi bakiri bato kuko bifasha kugira andi mahitamo cyane cyane ku myanya itandukanye mu kibuga.”

    Uyu mutoza akaba yishimiye kuba yarabonye aba bakinnyi bakiri bato kuko bazamufasha, ndetse yanashimiye ubuyobozi bwa APR FC bwemeye kumuzanira aba bakinnyi.

    Adil yishimiye kwakira aba basore bakiri bato

    source http://isimbi.rw/siporo/article/umutoza-adil-wa-apr-fc-yahishuye-ibanga-riri-inyuma-yo-gusinyisha-abakinnyi-barimo-yannick-na-keddy

  • Huye : Abari gukora umuyoboro w’amazi babonye imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi #rwanda #RwOT

    Ni nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize mu ishuri rya G.S.Muhororo riherereye mu murenge wa Ruhashya habonetse imibiri 20 y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi itari ishyinguye mu cyubahiro.

    Iyi mibiri yabonywe n’abari gucukura umuyoboro w’amazi uri kunyuzwa iruhande rw’umuhanda wa Kaburimbo Huye –Kigali.

    Meya Sebutege yabwiye UKWEZI ko igikorwa cyo gushaka imibiri yari yabonetse muri kariya gace cyahagaze hamaze kuboneka imibiri 20. Magingo aya iyo mibiri iri ku biro by’umurenge wa Ruhashya mu gihe hategerejwe ko ishyingurwa mu cyubahiro.

    Sebutege avuga ko icyo bashingiraho bemeza ko ari iyabishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi ari amakuru yatanzwe n’abatuye muri kariya gace, gusa yirinze gutangaza niba mu batuye muri aka gace hari uwo bamenye muri iyo mibiri 20.

    Iyi mibiri 20, ibonetse mu gihe hashize imyaka 26 Jenoside yakorewe abatutsi ihagaritswe. Jenoside yakorewe abatutsi yahitanye abarenga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.

    Ati “Iyo hashize imyaka 26 hari imibiri itaraboneka kandi hari abantu bafite ayo makuru ni kimwe mu biba bikibangamiye ubumwe n’ubwiyunge kandi ni ikintu kinababaje. Abaturage tubashishikariza gutanga ayo makuru kugira ngo iyo mibiri ishyingurwe mu cyubahiro”

    Meya Sebutege avuga ko iyo imibiri ibonetse nk’uku akarere gakorana n’ umuryango ibuka uhagarariye inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe abatutsi, bagategura uko iyo mibiri izashyingurwa mu cyubahiro.

    Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi bafite ababo bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu buhamya bwabo bavuga ko iyo imibiri y’ababo ibonetse igashyingurwa mu cyubahiro, ku mitima yabo bumva baruhutse.


    Imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Huye-Abari-gukora-umuyoboro-w-amazi-babonye-imibiri-bikekwa-ko-ari-iy-abishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi

  • Inkoko zakorewe amaboko [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Bitangaje kubona inkoko ifite amaboko. Aya maboko aragurwa. Abayakozwe bashyizwe hanze amafoto ya zimwe mu nkoko zateweho aya maboko. Aya maboko afite ishusho imeze nk’amaboko y’uruhinja.

    Aya maboko afite akagozi kanyura hejuru y’ijosi ryayo agatendera mu gatuza. Ni amabako y’umutako inkoko yayateweho ntacyo yayakoresha.

    Bamwe mu babonye aya mafoto y’inkoko zateweho amaboko bavuze ko bishimishiye kubona inkoko ifite amaboko, gusa abandi bavuze ko nta kidasanzwe kirimo bavuga ko ari nko kurata ikidafite umumuriko.

    Abakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko muri 2020 bigoye ko wabona ikintu gitangaza abantu. Aya maboko agurwa agaterwa ku nkoko akoze muri purasitike.

    Inkoko iteweho aya maboko bibanza kuyigora kuko ari ibintu bidasanzwe biba byiyongereye ku mubiri wayo.



    source http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Inkoko-zakorewe-amaboko-AMAFOTO

  • Mining Workers Disregard Anti Covid-19 Measures #rwanda #RwOT

    Implementation of anti #Covid-19 measures across Rwanda seems highly observed in urban areas but there is complete disregard of such measures in remote parts of the country.

    In rural settings, access to face masks is difficult and also less sensitisation about their use and adherence to anti covid-19 measures are still a big challenge.

    For example, dozens of workers at mining sites, stone quarry sites and various construction sites in rural settings don’t wear facemasks. For them, #Covid-19 is a pandemic in the capital Kigali and border districts.

    For example a mining site at Cyabingo and Busengo in Gakenke district, dozens of mine workers descend into mines and interact with each other as though #Covid-19 is a very distant or foreign pandemic that they only hear about on radio.

    The Rwanda Mines, Petroleum & Gas Board (RMB) says it is now aware of this situation among workers in the mining sites; “we are making a follow up in connection with other institutions to ensure anti #Covid-19 measures are observed by all mining sites in the country.”

    However, there is an existing undated four-page document on anti Covid-19 measures required to be observed by those in the mining sector as signed by Francis Gatare Chief Executive Officer of Rwanda Mines, Petroleum and Gas Board.

    For example mining sites are required to have hand washing facilities, all mine workers are required to wear face masks, staying at home in case the worker has nothing to do at the site and ensuring social distancing.

    source https://taarifa.rw/mining-workers-disregard-anti-covid-19-measures/

  • Ndayishimiye evaliste yagarutse kukibazo cyo gucyura impunzi no kurema ubumwe mu baturage. #rwanda #RwOT

    Perezida Evaliste Ndayishimiye yavuze ko ku ngoma ye, ibintu by’ingenzi ashyize imbere ari ugucyura impunzi z’Abarundi ndetse no guhangana n’ikibazo cya ruswa kikigaragara mu gihugu cye.

    Ibi Perezida Ndayishimiye yabitangaje ubwo yatangizaga umwiherero w’abagize Guverinoma mu ntara ya Ngozi, uzamara iminsi itatu. Mu ijambo rye, Perezida Ndayishimiye yavuze ko manda ye ari umwanya mwiza kuri buri muyobozi wo gutunganya ibyo ashinzwe kugira ngo abaturage barusheho gutera imbere.

    Avuga ku ngingo nyamukuru zizasuzumwa muri uyu mwiherero, Perezida Ndayishimiye yikije cyane kuri ruswa nk’ikibazo cy’ingutu kicyugarije u Burundi. Yagize ati” Kugira ngo izi ngingo zishyirwe mu ngiro, hari ibibazo nyamukuru bizavugutirwa umuti mbere kuko ari byo abaturage bakunze kubaza”.

    Muri ibyo bibazo harimo icyo gucyura impunzi, icy’urubyiruko rutagira akazi ndetse n’ikijyanye no kubungabunga uburenganzira bw’ikiremwa muntu.

    Uyu mwiherero wari uyobowe na Perezida Evaliste Ndayishimiye, wanitabiriwe na Visi Perezida, abagize ibiro bya Repubulika, Minisitiri w’Intebe n’ibiro bye, abaminisitiri batandukanye, abayobozi b’intara ndetse n’abajyama.

    The post Ndayishimiye evaliste yagarutse kukibazo cyo gucyura impunzi no kurema ubumwe mu baturage. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/ndayishimiye-evaliste-yagarutse-kukibazo-cyo-gucyura-impunzi-no-kurema-ubumwe-mu-baturage/

  • Inkoko zakorewe amaboko iziyatewe zirabangamirwa [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Bitangaje kubona inkoko ifite amaboko. Aya maboko aragurwa. Abayakozwe bashyizwe hanze amafoto za zimwe mu nkoko zateweho aya maboko. Aya maboko afite ishusho imeze nk’amaboko y’uruhinja.

    Aya maboko afite akagozi kanyura hejuru y’ijosi ryayo agatendera mu gatuza. Ni amabako y’umutako inkoko yayateweho ntacyo yayakoresha.

    Bamwe mu babonye aya mafoto y’inkoko zateweho amaboko yavuze ko bishimishiye kubona inkoko ifite amaboko, gusa abandi bavuze ko nta gisekeje kirimo bavuga ko ari nko kurata ikidafite umumuriko.

    Abakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko muri 2020 bigoye ko wabona ikintu gitangaza abantu. Aya maboko agurwa agaterwa ku nkoko akoze muri purasitike.

    Inkoko iteweho aya maboko bibanza kuyigora kuko ari ibintu bidasanzwe bibi byiyongereye ku mubiri wayo.



    source http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Inkoko-zakorewe-amaboko-iziyatewe-zirabangamirwa

  • Zimbabwe Criminalises Spread Of #Covid-19 #rwanda #RwOT

    In Zimbabwe, if one infects another with coronavirus, it is considered a criminal offence- President Emmerson Munangagwa has announced in the new anti-Covid-19 measures.

    The southern African country said it had imposed a curfew from 6pm to 6am for all but essential services and a retreat to 8am to 3pm working hours for exempted businesses.

    These new directives are tagged along with criminalisation of deliberate or reckless transmission of Covid-19.

    “These measures are being taken for our collective safety. As Zimbabweans, we have to win the war against the Covid-19 pandemic. We must minimise loss of lives. I, as your President, will come back to you to announce the easing of these public health measures, once the situation has improved. Let all of us, for now, unreservedly comply with these measures,” he said.

    Curfew and other changes were the result of the rapid increase in the number of total infections, especially those within Zimbabwean communities, seen recently with local cases now greater than those among returning residents.

    Public gatherings for social, religious or political purposes remain banned. Funeral gatherings remain curtailed, in line with public health requirements.

    The President warned against desertion from places of quarantine by returnees and infected persons, resulting in the exposure of innocent lives to the virus saying will be considered a criminal act and invite very robust response from law and public health-enforcement arms.

    The stringent rules also consider that anyone who knowingly exposes, aids, abets, or infects innocent persons, whether by breaching conditions of isolation or by encouraging actions which undermine public health measures which Government has announced or undertaken, will be liable, and severely punished accordingly.

    Meanwhile, food markets will remain open and operational, and must observe set measures, rules and requirements meant to uphold public health. Supplies to markets should be facilitated to reach the markets, including by security forces.

    source https://taarifa.rw/zimbabwe-criminalises-spread-of-covid-19/