Tag: news

  • Africa Haguruka ya 21 igiye kuba hifashishijwe ikoranabuhanga – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Kubera icyorezo cya Coronavirus, Africa Haguruka yo ku nshuro ya 21 igiye kuba hifashishijwe ikoranabuhanga nk’uko bitangazwa na Apostle Dr Paul Gitwaza Umuyobozi wa Zion Temple ku Isi. Africa Haguruka y’uyu mwaka izaba tariki 9-16 Kanama 2020.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9adb1ceac11c847824bada71b4d29b1105a35747bb53c6858eb50cbf4db4266425ad4cea26900fc9b53d6b3bc8df3fc38d35a8ea69faf4be16c47211b550ed48439b4219bfb0b856c37ab279c3

  • Umusirikare wa DRC bikekwa ko yari yasinze, yishe arashe abantu batari munsi ya 12 #rwanda #RwOT

    Umusirikare bikekwa ko yasinze wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi.

    Umwe muri abo yishe bivugwa ko ari umwana w’umukobwa w’imyaka ibiri y’amavuko. Ibyo byabaye ejo ku wa kane tariki 30 Nyakanga 2020 mu ntara ya Kivu y’amajyepfo mu burasirazuba bw’iki gihugu.

    Ibyakozwe n’uyu Musirikare, nkuko BBC ibitangaza, byahagurukije imyigaragambyo y’abaturage barubiye/bari n’uburakari bwinshi, bamagana ingabo za DR Congo mu mujyi wa Sange muri iyo ntara, aho imihanda myinshi yafunzwe.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/umusirikare-wa-drc-bikekwa-ko-yari-yasinze-yishe-arashe-abantu-batari-munsi-ya-12/

  • How Did We Get To This Dire State Of Affairs? #rwanda #RwOT

    As I survey our state of the Union, I feel deeply troubled and dismayed, wondering why and how we here in America got to this dire state of affairs in which we find ourselves.

    The federal government is in complete disarray, the country is alarmingly polarized, the coronavirus continues to spread like wildfire, discrimination against the Black and Hispanic communities is widespread, the economy is in shambles, the gulf between the poor and the rich is deepening, unemployment is staggering, our national debt is skyrocketing, our infrastructure is crumbling, our international standing is at an all-time low, and the American dream was replaced by hopelessness and despair.

    It is hard to fathom how the country richest in human and natural resources, the greatest military power on earth, the most advanced technologically, the harbinger in all sciences and discoveries, the center of cultural diversity, the champion of human rights, and with unparalleled global outreach and influence, has descended to this sorry state of affairs.

    Although the decline of the American enterprise did not begin with the rise of Trump to power, he, with the support of misguided Republican leaders, has perilously mismanaged the affairs of the country and inflicted severe damage not only on our democratic institutions but on the very soul of America.

    Trump has polarized the country beyond recognition and made it nearly impossible to reach a consensus on any issue regardless of how detrimental it may have been to the national interests.

    He and his party leadership have cynically convinced themselves that their interest converges with that of the nations.

    And when it doesn’t, that the party’s interest supersedes that of the nation—for example, Republicans consistently try to restrict voting ostensibly to prevent voter fraud, but politicians have spoken the truth. In regards to Democrats’ efforts to expand vote-by-mail in the midst of the COVID-19 pandemic, Trump openly stated “…if you’d ever agreed to it, you’d never have a Republican elected in this country again.”

    It will take years to heal the nation’s wounds, but we cannot begin the healing process until Trump, who betrayed his oath of office, is democratically removed from power and takes down with him many of his treacherous stooges who brought the country to its current disastrous environment.

    If Joe Biden is elected to be the next president, it will certainly raise a renewed hope that a new day is dawning in America and potentially help alleviate some of the woes we are experiencing today.

    With the best of intentions, however, and regardless of how committed Biden maybe, he alone cannot shoulder the awesome task that lays ahead.

    He needs a Congress with a unity of purpose to get things done. He needs an engaged citizenry ready to rise and fight for what’s right to remedy many of the country’s social and political ills.

    And he needs spiritual renewal to restore America’s moral standing, credibility, and values, which have hit rock bottom notably during the past four years.

    Trump, with the tacit approval of the Republicans, has pursued an economic agenda that has harmed most Americans financially, threatened the freedoms of speech, assembly, and a free press, undermined healthcare affecting millions of Americans, intensified discrimination, and aggravated inequality.

    All of these actions laid bare Trump’s incompetence and dismal failure.

    He and the Republican leadership have further weakened our democratic institutions, skewed our judiciary, abandoned the poor, and catered to the rich. Like the blind leading the blind, they have followed their aspiring despot by focusing only on what they perceive to be in their best interest – and to hell with the country.

    Reaching out to the Republicans
    If elected, Joe Biden’s first item on his agenda as president should be to mitigate the polarization that has plagued both parties and paralyzed the country.

    He needs the support of both chambers of Congress and can foster that by reaching across the aisle to Republicans, which will be central to effectuate his domestic and foreign agendas.

    As written in a speech John F. Kennedy intended to give on the day of his assassination, “…. our duty as a party is not to our party alone, but to the Nation, and, indeed, to all mankind…

    So, let us not be petty when our cause is so great. Let us not quarrel amongst ourselves when our Nation’s future is at stake. Let us stand together with renewed confidence in our cause — united in our heritage of the past and our hopes for the future…”

    To demonstrate his determination to end polarization, Biden should invite moderate Republicans to join his administration, perhaps in Cabinet positions.

    In doing so, Biden will send a clear message that he is not looking to settle the score with the party’s antagonists but to ensure that moderate Republicans feel that they have contributed to any successful outcome of the new administration’s policies for the country’s sake.

    Without Trump in the White House, many Republican moderates who have disagreed with him on a host of issues but were afraid to speak out will now be free to cooperate with the Democrats, even if Republicans retain control of the Senate.

    They don’t want only to redeem themselves; they understand the dire need and the urgency to act to put the country on the path of recovery and healing.

    Engaged citizenry
    The second critical component of the recovery is an active and engaged citizenry who must make their voices heard and remain relentless until the federal and state governments develop a clear road map to address much of the country’s ills.

    The impressive protests that continue to sweep the country over police brutality, sparked by the tragic death of George Floyd, offers one important example of how responsible citizenry must act to force a change—in this case reforming police departments to bring an end to discrimination and brutality, especially against Black people.

    That said, we cannot address much of what ails America today before we eliminate completely the coronavirus and begin the slow and painful process of economic recovery.

    Millions of young and old Americans should pour into the streets demanding that the Trump administration mobilize all national resources and produce scientifically-based comprehensive plans to stop the scourge of the virus.

    Even though Trump is unlikely to come up with any such plan, massive peaceful protests will further galvanize the public rejection of his dismal failure (demonstrated by his denying the virus’s velocity and pervasiveness), which cost the lives of 150,000 Americans and counting.

    I emphasize peaceful protest because we do not want to give Trump any excuse to send federal troops to quell the protests under the pretext of protecting federal property, à la the unfolding horror in Portland, Oregon.

    Just the same, Biden as president will need public backing to pass any comprehensive bill, which may require the support of some Republicans in either Chamber.

    Given our experience over the past four years, the American public cannot afford to be passive. In the final analysis, the real power rests with the people, and only the American people can oust Trump from power and begin the process of renewal.

    Spiritual renewal
    The third component, which is just as vital as our economic recovery, is spiritual renewal to restore America’s moral standing, as it has dramatically ebbed since Trump came to power.

    Indeed, what made America great is its commitment to human rights regardless of color, creed, religion, or race; to freedom, to democratic principles, and to its strong moral standing.

    These are the values that have sustained America.

    Yes, economic, military, and technological prowess matter greatly, but they are not enough to maintain America’s greatness. Historically, empires have collapsed because of pervasive corruption and moral decadence at the top. Trump, who came to power with the slogan of “make America great again,” instead dangerously weakens the very pillars on which America’s greatness rests.

    During the campaign, issues of healthcare, climate change, wages, infrastructure, taxes, and many others of concern to every American will be debated; Biden has advanced several comprehensive plans that address these issues. But ultimately the election is about the soul of America, and to that end Trump’s defeat is a prerequisite. “Let us stand together,” John F. Kennedy was to observe, “with renewed confidence in our cause — united in our heritage of the past and our hopes for the future…”

    We are in desperate need of unity, public engagement, and spiritual renewal to rediscover the faith in our ability to overcome any adversity and prevail.

    ____________
    Dr. Alon Ben-Meir is a professor of international relations at the Center for Global Affairs at NYU. He teaches courses on international negotiation and Middle Eastern studies.

    His views are not necessarily those of Taarifa. 

    source https://taarifa.rw/how-did-we-get-to-this-dire-state-of-affairs/

  • Maze igihe kinini nta mukunzi mfite none ubu ndashaka umusore twahuza tugakundana. #rwanda #RwOT

    Amazina yanjye ni Tumukunde Diana maze imyaka irenga 3 ntakundana. Icyabiteye ahanini si ubushake ahubwo nuko nabuze umuntu unyereka urukundo kuburyo namugirira ikizere nkamuha umutima wanjye wose. Hari umuntu mu minsi ya mbere mugitangira kumenyana biba bisa nk’aho na kera kose mwari muziranye bitewe n’uko usanga ibintu byose aba akora biba bihuye n’ibyo ukunda bigasa nk’aho akuzi agusobanukiwe, uwo nguwo kumukunda biroroha cyane kuko muba muhuje icyo ukoze cyose kiramunezeza. Uwo rero niwe nifuza guhurira nawe kuri uru rubuga nkahura n’umuntu uzabasha kunezeza umutima wanjye ndetse nanjye nkabasha kunezeza uwe. Ndabizi neza ko nkimubona ntahita mumenya ariko uko nzabasha kugenda nganira nawe menya ibyo akunda nibyo yanga nzahita menya uwo twahuza, ubwo rero ubishaka yaza tugatangira kuganira inbox.

    source https://www.imbere.com/maze-igihe-kinini-nta-mukunzi-mfite-none-ubu-ndashaka-umusore-twahuza-tugakundana/

  • Abapasiteri 2 twasambanye nibo banteye umwaku batuma. #rwanda #RwOT

    Nitwa Nshuti Samantha. Ubwo nari mfite imyaka 21 nakundanye n’umuhungu, urukundo rwacu rwari rwiza kandi ari rwinshi cyane, rwari rwa rukundo ruba rumeze nk’inzozi. Twaje gupanga kubana habura amezi make ngo dutangire imyiteguro y’ubukwe, umusore yaje kunshika ndamubura neza neza aho muboneye arambwira ngo yabivuyemo kandi twembi twarakoraga, ubushobozi bwo gukora ubukwe twari tubufite. Ni gutyo twatandukanye nta kintu na kimwe dupfuye. Byahise bimbera amayobera cyane, nza kuganira n’umubyeyi umwe ambwira ko bene ibyo bintu bijya bibaho ko nawe byamubayeho agatandukana nabasore 3 bendaga kubana, ubukwe bukajya bupfa kandi nta kintu bapfuye, ambwira ko gusenga ari cyo cyabikuyeho noneho akaza kubona umugabo. Ubwo nanjye nahise nyoboka iy’urusengero ntangira gusenga. Nagiye m’urusengero rwari hafi yanjye, rwari rwegereye aho nari ntuye, mpasanga umupasiteri mubwira ikibazo cyanjye anyizeza kunsengera kigakemuka. Ubwo nabaye umuyoboke w’urwo rusengero ndetse ninjira muri choir. Uwo mu pasiteri yakomeje kujya ansengera nyuma aza kumenya aho ntuye akajya aza kunsura tugasenga. Byagezaho dutangira kuba inshuti, yaza kunsura nkamutekera nkamufata neza nk’umukozi w’Imana. Igihe kimwe araza ndateka turarya, tumaze kurya turasenga ntegereza ko ataha ndaheba, iryo joro yararaye, turararana ndetse turanasambana kandi yari afite umugore n’abana ngo yari yabwiye umugore we ko ari burare mu masengesho. Nyuma y’uko dusambanye byahise biba nk’akamenyero buri uko ansuye tukabikora. Naje kubona ibyo bintu nta mugisha nzabikuramo, mpita mfata icyemezo cyo kwimuka ahantu nari ntuye njya gutura ahandi ndetse n’urusengero rw’uwo mupasiteri sinongera kurusubiramo. Nyuma yo kwimuka natangiye gusengera m’urundi rusengero, naho hari umupasiteri abantu bose bavugaga ko afite imbaraga nyinshi. Naho maze igihe gito mpasengera uwo mupasiteri yaje kunsura biba ngombwa ko turyamana kandi nawe yari afite umugore n’abana. Mu byukuri njye mbere ntambaraga zo kwifata nagiraga, iyo umugabo yankoraga ku mabere ubwo byabaga birangiye, kwifata byarananiraga nkumva mpise ngira ubushake bukabije bwo gusambana rero yaba abishaka nkamureka akabikora. Uwo mupasiteri nawe tumaze gusambana yatangiye kubigira akamenyero ndetse hakaba ubwo ambwira ngo musange k’urusengero ariho tubikore nkabyanga. Muri iyo minsi nibwo naje kubona ko ntazakomeza kubaho gutyo, mfata icyemezo ko ntamugabo nzongera kwemerera ko ankoraho, uwo mupasiteri nahise muhakanira ko ntazongera kuryamana nawe ndetse mpindura n’urusengero kuko narimaze kubona ko abo bapasiteri ari abatekamutwe. Kuva icyo gihe ntamugabo nongeye kuryamana nawe, gusa ikibabaje ni uko ntamuhungu wongeye kunsaba urukundo kugeza n’ubu ntamukunzi ndabona kandi hashize imyaka 10 nkaba nkekako abo bapasiteri babiri twasambanye ari bo banteye umwaku. Niyo mpamvu nshaka kugerageza amahirwe kuri uru rubuga nkareba ko nahakura umukunzi ufite gahunda kuburyo twakwibanira.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/abapasiteri-2-twasambanye-nibo-banteye-umwaku-batuma-ngumirwa/

  • Nitwa Marlene mfite imyaka 35 ndashaka umusore twakwikundanira akambera umugabo. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uzamushaka Marlene mfite imyaka 35 ntuye i Kigali mfite abana 2 b’abakobwa ndashaka umusore twakundana tukabana. Umugabo wanjye yitabye Imana ubu hashize imyaka 6, bitewe n’ukuntu namukundaga numvaga ntawundi mugabo nzashaka. Ariko bitewe n’uko ndi umuntu kandi umubiri wanjye ukaba ari muzima bijya bimbaho ko nakumva nshatse kuryamana n’umugabo, rero aho kugira ngo nishore m’ubusambanyi nashaka bikagira inzira. Niyo mpamvu nshaka umusore cyangwa umugabo twakundana tugapanga kwibanira, sinzamurushya cyangwa se ngo abana banjye bamurushye kuko papa wabo yansigiye ibizabatunga. Uwumva twashobokana yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam

    source https://www.imbere.com/nitwa-marlene-mfite-imyaka-35-ndashaka-umusore-twakwikundanira-akambera-umugabo/

  • Rwanda Recieves US$2.8M For Medical Supplies #rwanda #RwOT

    Rwanda has received US$2.8 million from Japan to provide medical equipment that will contribute to strengthening the health system in the fight against COVID19.

    The equipment to be supplied will include central monitor, electrocardiogram, ambulance, X-ray examination car, blood gas analyzer, ultra-low temperature freezer., they are planned to be distributed to the hospitals and laboratories in Kigali as well as 4 provinces in Rwanda.

    Masahiro IMAI, Ambassador of Japan to Rwanda, and Uzziel NDAGIJIMANA, Minister of Finance and Economic Planning signed the Exchange of Notes (E/N) for Japan’s Grant Aid “the Economic and Social Development Programme”, which amounts up to 300 million Yen (approximately 2.8 million USD).

    Minister NDAGIJIMANA said, “The medical equipment will contribute to strengthening Rwanda’s health and medical system in the fight against COVID-19 pandemic. They will augment the government’s response to the pandemic and play an efficient role in saving lives”.

    Ambassador IMAI said, “We find ourselves in a human security crisis due to the pandemic. Our dignity, our freedom, and our daily life are threatened by the contagious disease and the subsequent economic and social turmoil.

    “In this regard, we appreciate Rwandan health workers’ devotion as well as Rwandan government’s strong ownership and vigorous measures taken to fight against COVID19, and we are ready to work hand in hand to win this struggle,” Ambassador IMAI added.

    Japan and Rwanda share the value of human security, and its basic notion is “not to leave vulnerable people behind”.

    Japan has a long history of engagement in the realization of Universal Health Coverage (UHC), which refers to the condition in which all people can receive appropriate health care services at affordable cost, and given that this pandemic has affected health systems worldwide, we are convinced that their enhancement through UHC is indispensable.

    source https://taarifa.rw/rwanda-recieves-us2-8m-for-medical-supplies/

  • Myugariro wa APR FC yahishuye uko yananiwe gusinzira acyumva ko iyi kipe imwifuza #rwanda #RwOT

    Ndayishimiye Dieudonne[Fils], myugariro ukina ku ruhande yugarira uheretse gusinyira APR FC, yavuze ko ubwo yumvaga ko APR FC imwifuza yananiwe gusinzira.

    Tariki ya 19 Nyakanga 2020, APR FC yerekanye abakinnyi 4 bashya yaguze izifashisha mu mwaka w’imikino wa 2020-2021, harimo na Ndayishimiye Dieudonne wakiniraga AS Muhanga.

    Aganira n’urubuga rwa APR FC, uyu musore yavuze ko umunsi wa mbere yumva inkuru y’uko yifuzwa n’ikipe y’ingabo z’igihugu yananiwe gusinzira kubera ibyishimo.

    Yagize ati“ku munsi wa mbere Mupenzi Eto’o(ushinzwe kugurira APR FC abainnyi) ambwira ko APR FC inyifuza iryo joro bwankereyeho nabuze ibitotsi, nabwiye papa nti APR FC ishobora kuba igiye kunjyana kandi ntibizagutungure Fils utakimubona hano i Muhanga muri Gicurasi, papa yambwiye ko bitashoboka, ngo ntabwo wava muri AS Muhanga ngo uhite usimbukira muri APR FC. Ukuntu nabireshyeshyanyaga nabonaga APR FC iri hejuru ku munzani.”

    Uyu mukinnyi avuga ko n’ubundi abakinnyi bagenzi be bajyaga babimubwira ko ari hejuru ko ari Rayon Sports na APR FC zose ari ku rwego rwo kuzikinira, gusa we ngo yabifatanga nk’ibidashoboka.

    Yizeye kuzabona umwanya muri APR FC ngo kuko imikinire y’umutoza Adil yayibonye kandi abona azibonamo. Mu mikino 20 yakiniye AS Muhanga umwaka w’imikino ushize, yatanze imipira 10 yavuyemo ibitego.

    Fils yamaze gusinyira APR FC

    Agiye gukinana na Ange na we ukomoka i Muhanga, umwaka ushize bari bahanganye

    source http://isimbi.rw/siporo/article/myugariro-wa-apr-fc-yahishuye-uko-yananiwe-gusinzira-acyumva-ko-iyi-kipe-imwifuza

  • Urubanza rwa gitifu uregwa gukomeretsa abaturage rwoherejwe murukiko rw’ibanze. #rwanda #RwOT

    Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rwategetse ko Sebashotsi Gasasira Jean Paul wahoze ari gitifu w’Umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze na bagenzi baregwa gukubita no gukomeretsa abaturage, rumanurwa rukajya kuburanishirizwa mu rukiko rw’ibanze rwa Muhoza, kuko bo badafite ububasha bwo kuruburanisha.

    Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa 30 Nyakanga ku isaha ya saa cyenda, ubwo abaregwaga batari mu rukiko, gusa abari baje kumva uru rubanza bari benshi buzuye mu cyumba cy’iburanisha bicaye bahanye intera ya metero, abandi nabo batari bake barukurikiranira hanze.

    Umucamanza yatangiye asoma icyaha Sebashotsi na bagenzi be baregwa cyo gukubita no gukomeretsa Nyirangaruye Clarisse na Manishimwe Jean Baptiste, anagaragaza uko ubushinjacyaha bwagaragaje uko cyakozwe, ndetse anagaruka ku buhamya bwagiye butangwa n’abatangabuhamya batandukanye nabo bavugaga ko Sebashotsi na bagenzi bakubise abaturage.

    Umucamanza kandi yanagaragaje uko abaregwa bagiye biregura aho bavuze ko Sebashotsi na Dasso Nsabimana bemeye icyaha bakanagisabira imbabazi bavuga ko nta bushake babikoranye ahubwo ari amakosa baguyemo ku mpamvu z’akazi barimo, mu gihe abandi batatu bareganwa bo bahakanye icyaha baregwa.

    Umucamanza yavuze ko urukiko rumaze gusuzuma ibi byose, rwasanze abaregwa icyaha cyo gukubita no gukomeretsa baragikoze batabishaka, ahubwo barakigushijwemo n’akazi barimo, aha kandi ngo mu bushishozi bwarwo rwasanze icyaha baregwa gifite igihano kitari munsi y’imyaka itatu ariko kitarengeje imyaka itanu, bityo basanga imanza zihabwa ibihano nk’ibi ziburanishirizwa mu rukiko rw’ibanze.

    Urukiko rugendeye kuri izi ngingo n’izindi zikubiye mu ngingo z’amategeko agena ibyaha ibihano, rwagaragaje ko uru rubanza Urukiko rwisumbuye rwa Musanze nta bubasha rufite rwo kuruburanisha, bityo urukiko rutegeka ko ruhita rwoherezwa kuburanishirizwa mu rukiko rw’ibanze rwa Muhoza.

    The post Urubanza rwa gitifu uregwa gukomeretsa abaturage rwoherejwe murukiko rw’ibanze. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/urubanza-rwa-gitifu-uregwa-gukomeretsa-abaturage-rwoherejwe-murukiko-rwibanze/