Tag: news

  • Nyuma y’iturika ridasanzwe ryibasiye Lebanon, igihugu byiyemeje kuzahura ubuzima muri iki gihugu – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa kabiri ni bwo umurwa mukuru Beirut wibasiwe n’iturika ridasanzwe. Kuva aho iri turika ryabereye abakoze igenzura ry’ibyangiritse,basanze bihagaze agaciro ka miriyari $5. ki kiza nticyangije ibikorwa remezo gusa kuko n’imibereho myiza y’abaturage yarahatikiriye. Ibihugu n’imiryango mpuzamahanga yafashe iya mbere mu gufasha iki

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9adc17e9c1139b7f20b89625b5c789161ebd5d0be443c3c9cfe54fac5db8727371af5be934d41ec5fe307d31c0c238c4ca2baaae68e4fcb95ac86a1ab95de1434e9f424bf2f9ea0f9860a739da0928d9c901f2b25a45a42804c842f3e53181224d61e005fb173fd3b34a

  • Ukuri ku ifungwa ry’umuhanzikazi Marina(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Bad Rama, umuyobozi w’inzu itunganya umuziki ya The Mane umuhanzikazi Marina abarizwamo, atangaza ko uyu mukobwa atigeze afungwa nk’uko byatangajwe mu minsi ishize, gusa ngo habayeho ikibazo cyatumye ahabwa andi mabwiriza arihanangirizwa.

    Mu minsi ishize ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye inkuru zivuga ko umuhanzikazi wo muri The Mane, Marina afunzwe.

    Mu kiganiro umuyobozi wa The Mane, Bad Rama yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI yavuze ko Marina atigeze afungwa gusa ngo habayeho ikibazo cyatumye yihanangirizwa.

    Yagize ati“ntabwo Marina yafunzwe nk’uko babivuga, buriya gufungwa ni ibintu bitandukanye n’ubwo umuntu ashobora kubivuga byoroshye, gusa habayeho ikibazo bahabwa amabwiriza arihanangirizwa .”

    Ngo umuntu babana yari yagize isabukuru mu kuyizihiza bisa nk’aho barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.

    Ati“ni ikibazo cyabeyeho iwe mu rugo n’umuvandimwe we babana, uwo mugenzi we yari yagize isabukuru bisa nk’aho hari amabwiriza atakurikijwe ariko barahuguwe ubuzima burakomeza, yarihanangirijwe ibintu bashyira mu buryo ubuzima burakomeza.”

    Yakomeje avuga ko uyu muhanzikazi byamubabaje cyane, gusa byaje kuvamo inganzo yo gukora indirimbo ‘Ikanisa’ na Bad Rama azaririmbamo.

    Bad Rama ahamya ko Marina atigeze afungwa

    Reba ikiganiro na Bad Rama

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/ukuri-ku-ifungwa-ry-umuhanzikazi-marina-amafoto

  • COVID-19: Police Issues Fresh Warning As More Motorists Disregard Instructions #rwanda #RwOT

    Rwanda National Police (RNP) has warned of “severe actions” to drivers who continue to violate government orders meant to prevent the spread of COVID-19 and disregarding instructions given to them by Police officers enforcing the directives.

    The warning comes after the Traffic and Road Safety department released a new list of 87 drivers, who violated the directives especially moving beyond 9PM, since July 27, and worse still drove or rode away refusing to go where Police officers directed them.

    This brings the number of violators to 657 since April. At least 331 drivers have since reported to the Police voluntarily.

    RNP spokesperson, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera warned that violators will be located and penalized accordingly.

    “Every bit of the government directives must be respected, including being home by 9PM. In case you are found in any violations, respect Police officers, abide and go where they tell you to go,” CP Kabera said.

    He observed that when you run away, particulars left behind will help the Police to look for you and ensure that you are penalised.

    Last month, RNP outlined new measures to ensure compliance and easy identification of errant violators.

    Among the measures is digital registration of all violators so as to track their violation records. This informs serious actions in case of recidivism; reporting violators to their employers for further penalties.

    As for those moving without identifications, proper action will be taken to ensure their particulars are clearly known and digitally recorded.

    CP Kabera advised motorists to always go to centres where they are instructed to go, which are wide spaces to control movements at night and to allow social distancing.

    He advised all those whose names are on the published lists of violators, to voluntarily come forward, warning of further actions to whoever on the list, who will not report to Police voluntarily.

    source https://taarifa.rw/covid-19-police-issues-fresh-warning-as-more-motorists-disregard-instructions/

  • Kenya Merges Ports, Railways, Pipelines Into One Logistics Agency KTLN #rwanda #RwOT

    Covid-19 pandemic has exposed several loopholes in East Africa’s coastal states handling of logistics while serving other members of the bloc.

    On Friday, President Uhuru Kenyatta signed an Executive Order establishing the Kenya Transport and Logistics Network (KTLN) to oversee the flow of cargo from Mombasa port to the hinterlands and East Africa export markets.

    The ambitious Uhuru seeks to turn Kenya into a commercial regional logistics hub.

    There have been concerns over conflicting directives that cause operational delays as agencies operate independently.

    “The State agencies have 30 days to enter into a joint operations agreement where each entity will re-organise their structures, resources, operations and services towards establishment of a seamless and coordinated national transport and logistics network,” he instructed.

    According to experts, the agencies have also been transferred to the National Treasury, which is expected to provide personnel to boost oversight in investment portfolio management while ensuring each is professionally run thereby enabling them meet their individual targets.

    This has seen importers, manufacturers, among other port users protest over numerous levies paid to the separate entities where delays in evacuation of cargo cost them a tidy sum due to storage and demurrage costs. President Kenyatta said the new structure creates a one-stop shop pricing arrangement thereby enabling KTLN formulate friendly packages for customers.

    This has seen importers, manufacturers, among other port users protest over numerous levies paid to the separate entities where delays in evacuation of cargo cost them a tidy sum due to storage and demurrage costs.

    President Kenyatta said the new structure creates a one-stop shop pricing arrangement thereby enabling KTLN formulate friendly packages for customers.

    source https://taarifa.rw/kenya-merges-ports-railways-pipelines-into-one-logistics-agency-ktln/

  • House break-in ring bursted in Kigali #rwanda #RwOT

    Police Kigali has arrested seven members of a coordinated ring said to be behind a series of house break-ins targeting mainly electronics.

    The group include five people, who breaks into targeted houses while two others are said to charged with selling the stolen electronics, especially flat television screens.

    The suspects were paraded to the media on Saturday, August 8. They confessed being behind some of the burglaries in Kigali.

    One of the suspects, Augustin Muhawenayo, 32, said that they have an organised group that conducts surveillance to map out houses.

    “We were arrested after entering into one of the houses we had targeted in Kibagabaga, Gasabo District, where we stole a flatscreen.

    We had previously succeeded in breaking into several houses in Kimironko where we also stole a number of television sets,” Muhawenayo narrated.

    He also confessed that they had clients ready to buy every stolen television set, and who were giving them money to facilitate their movements.

    Another suspect, Eric Tuyizere, 20, said that he was part of the five-member group that would break into houses.

    Tuyizere is the one who was recently captured by a CCTV camera. His images alongside Muhawenayo, were captured by a CCTV camera and were circulating on social media platforms stealing electronics in a house.

    Today’s morning these men broke into my house at Kibagabaga Kigali and took almost my everything eg TVs, laptop, academic papers etc. If you see them, pls inform the police in #Rwanda .Kindly retweet for me to find them @RIB_Rw @Rwandapolice @RNPSpokesperson @JanvierPopote #Rwot pic.twitter.com/5SaCNB1OQf

    — Priver (@priver15) July 15, 2020

    “At the time when we were captured by a CCTV camera, I was with Muhawenayo and Manasse (another arrested member of the ring). We didn’t know there was a camera, but when we noticed that we were in a trap, we only took a flat television screen. My role in this group was to stay outside on watch-out to ensure we are not noticed or arrested,” Tuyizere explained.

    Muhawenayo and Tuyizere said that they have been in this criminal business for a while.

    Nsabiyeze Nuhu admitted that his role was to get buyers for the stolen items.

    He hails from Rubavu District, where he runs an electronics shop.

    He said that he was arrested on his second attempt buying television screens from the same group.

    “I was connected to this group by a colleague, who lives here in Kigali. Normally, I deal in new televisions, but this group started supplying me with used TV sets at a cheaper price,” Nsabiyeze said.

    He said that he was getting about Rwf100,000 in profits from every TV set he sold.

    Nsabiyeze said that he had already bought five TV sets from this group.

    One of the victims, Venant Mutaganda, whose stolen items were recovered from the same ring, thanked the Police and other security organs breaking this chain of burglars.

    Among his recovered items include a flat TV set and clothes which were stolen in the night of August 3, at his home in Kigarama, Kicukiro District.

    RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera said that the force will continue to track people engaged in these criminal activities.

    He further warned people, who deal in stolen items and advised the public against buying goods on black market, which can make them accomplices when found with anything stolen.

    “This group was identified after we arrested one member, who cooperated and disclosed all his accomplices,” CP Kabera said.

    He called for further information sharing on anyone suspected to be involved in these criminal activities, including those who buy and sell these stolen electronics.

    Theft, under article 166 of the law determining offences and penalties in Rwanda, attracts an imprisonment of one to two years and a fine of between Rwf1 million and Rwf2 million, a community service of six months or one of these penalties.

    source https://taarifa.rw/house-break-in-ring-bursted-in-kigali/

  • Burundi Parliament Gets New Speaker Amidst Controversy #rwanda #RwOT

    Gélase Daniel Ndabirabe is the new President of Lower Chamber of Burundi’s Parliament as the newly elected government takes effective control of the state.

    According to reports, Ndabirabe shot to parliament after trouncing his opponents in the race for Kayanza constituency. He is a member of the ruling party CNDD-FDD.

    On Friday Ndabirabe was also unanimously elected president of the National Assembly out of the 90 voters.

    Sabine Ntakarutimana, from Muyinga was elected 1st vice-president with the same score. Abel Gashatsi, from Uprona, representing Muramvya constituency was given the post of 2nd vice-president with 86 votes.

    However, the largest opposition party in Burundi boycotted the National Assembly polls and walked out in protest.

    Only Gaston Sindimwo, former first vice-president, Abel Gashatsi, president of Uprona and the deputies from the ethnic Batwa community were in the room.

    “Negotiations are going well for the formation of the Bureau of the Assembly. The plenary activities will begin, ”said one of the employees of the parliament.

    “There were empty places, a very noticeable absence of 32 deputies from the CNL party (National Council for Freedom). They decided to boycott this session,” he said.

    Pascal Nyabenda, former president of the National Assembly, made a short passage for the handover.

    Agathon Rwasa the leader of CNL party, the move to boycott this election was aimed at expressing their resentment at the pressure exerted by the ruling party in the adoption of the Rules of Procedure.

    “They counted on the fact that there were many of them instead of deepening the debate and reaching consensus, they preferred to go to clause-by-clause voting. There was no overall vote. There is a catch there,” Rwasa said.

    Rwasa considered that for their CNDD-FDD colleagues, everything had been decided in advance. They saw fit not to come in, he said, because it would be a waste of time.

    However, he said this situation will not prevent them from sitting as elected representatives of the people to exercise their right. He reminds that no one should use their workforce to misguide this nation. “The Burundians deserve better than this”.

    Gélase Daniel Ndabirabe lambasted the attitude of CNL deputies: “Some have adopted the policy of the empty chair. It shows that there is something wrong. With the help of the almighty we will succeed. ”

    The new president of the lower house of parliament intends to straighten out the judiciary: “Elected officials will have to study and develop strategies to support the government on questions of justice. The time when a minister invited to explain the problems of the population gave the same explanations is over ”.

    source https://taarifa.rw/burundi-parliament-gets-new-speaker-amidst-controversy/

  • Ikibanza cyiza cyane kigurishwa ku giciro cyiza #rwanda #RwOT

    Iki kibanza cyiza cyane kandi kinini gifite 52/40, kirimo ibibanza byiza 2 buri kimwe gipima 26/40 kandi byose bikora ku muhanda. Gifite icyangombwa cyacyo, uguze ni mutation gusa isabwa. Kiri ahantu heza hashashe kuburyo ntakwirirwa usiza. Ni aho abadive bari kubaka kaminuza, ni mu kagari ka Kanazi, umudugudu wa Gitovu aho bita kuri Yorodani. Kubindi bisobanuro wahamagara cg ukandikira nyiracyo kuri whatsapp 0789232921. Igiciro ni miliyoni eshanu gusa (5.000.000)

    source http://www.ukwezi.rw/gura/article/Ikibanza-cyiza-cyane-kigurishwa-ku-giciro-cyiza

  • Kimenyi Yves yatangije Saloon aba umukiriya wa yo wa mbere(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na Kiyovu Sports, Kimenyi Yves yatangije Salon yogosha mu rwego kwiteganyiriza ejo hazaza.

    Ku munsi w’ejo ku wa Gatandatau ni bwo yemeje ko yatangije iyi Salon ndetse yanatangiye gukora ku mugaragaro.

    Yagize ati“nishimiye kubamenyesha ko nafunguye saloon y’abagabo izajya ikora ku bwiza bwabo iherereye Gikondo, SEGEM. Ndizera ko mwese muzamfasha nk’uko mwahoze mubikora, muhanyure mwirebere ukuntu muzahasanga abantu babakirana yombi.”

    Nyuma yo gufungura iyi Salon, ni we mukiriya wa mbere wahise wiyogoshesherezamo. Iherereye Gikondo SEGEM ku muhanda umanuka ujya kuri Kaminuza ya SFB.

    Kimenyi Yves akaba abaye umukinnyi wa kabiri ugaragaje ko yinjiye mu mishinga itandukanye na ruhago, ni nyuma ya Iradukunda Eric Radu wakiniraga Rayon Sports akaba yaramaze kwerekeza muri Police FC wamaze winjiye mu bucuruzi aho afite Quincaillerie.

    Kimenyi Yves yatangije Salon yogosha

    Imbere muri Salon yogosha ya Kimenyi Yves

    Imashini zogosha

    Ni we muntu wa mbere wogoshewemo

    Nyuma yo kumwogosha

    Abasore n’inkumi bazajya bita ku bakiriya

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/kimenyi-yves-yatangije-saloon-aba-umukiriya-wa-yo-wa-mbere-amafoto

  • Polisi yerekanye abantu barindwi bakurikiranweho kwiba mu ngo z’abaturage #rwanda #RwOT

    Batanu muri abo basore bajyaga mu nzu z’abaturage bakiba hanyuma bakajya kubigurisha abandi basore babiri nabo Polisi yaberetse itangazamakuru. Baganira n’itangazamakuru bemeye ko bari bafite itsinda ry’abantu batanu bajyaga kwiba hanyuma barangiza bakajya kugurisha ibyo bibye.

    Muhawenayo Augustin w’imyaka 32 aremera ko we na bagenzi be bari bafite itsinda rishinzwe kwinjira mu ngo z’abaturage bakiba ibintu birimo bifite agaciro cyane cyane bakibanda kuri za televisiyo nini (Flat screen).

    Yagize ati “Nyuma y’ibyumweru bibiri bishize nibwo twafashwe tuvuye kwiba mu rugo rw’umuturage utuye ahitwa Kibagabaga mu karere ka Gasabo, twafashwe tumaze kwinjira mu nzu dukuyemo televiziyo nini. Si aho gusa kuko na mbere yaho twari duherutse kwiba izindi mu murenge wa Kimironko mu karere ka Gasobo.”

    Muhawenayo avuga ko itsinda ryabo ryari rifite abakiriya bahita bagura ibyo bamaze kwiba ari nabo babahaga amafaranga yo kwishyura ingendo (Tickets).

    Ati “Twajyaga kwiba dufite umukiriya uri buhite agura ibyo twibye, abo bakiriya nibo baduhaga amafaranga yo kuza kwishyura moto, tukimara kwiba twahitaga tuzitega tukagenda.”

    Tuyizere Eric w’imyaka 20 nawe ari mu itsinda ry’abantu 5 bafatanyaga na Muhawenayo Augustin, Tuyizere aremera ko ariwe uherutse kugaragara mu mashusho yafashwe na za kamera zo mu rugo rw’umuturage ubwo barimo kwiba televisiyo mu nzu nyuma akaza kugaragara mu mbuga nkoranyambaga.

    Yagize ati “Ubwo kamera zadufataga nari najyanye na Muhawenayo na Manasse, icyo gihe twibye televiziyo mu nzu y’umuturage, tumaze kubona ko kamera zatubonye twatwaye televiziyo gusa. Uruhare rwanjye kwari ugusigara hanze ncunga ko nta bantu batureba ariko nanjye iyo bamaraga kwinjira ninjiraga nkabafasha.”

    Ari Muhawenayo ndetse na Tuyizere bavuga ko atari ubwa mbere bafatiwe mu byaha kuko bombi baherutse kuva mu kigo ngororamuco cya Iwawa. Mu butumwa bwabo barakangurira urundi rubyiruko kwirinda ubujura ahubwo bagahagurukira gukora bakiteza imbera kuko ubujura ntacyo bwabagezaho.

    Nsabiyeze Nuhu ni umwe mubaguraga televiziyo za bariya basore iyo babaga bamaze kuziba, ubusanzwe atuye mu karere ka Rubavu ari naho akorera ibikorwa byo gucuruza za televiziyo nshya. Avuga ko televiziyo zakozeho yari amaze kuzibaguraho inshuro ebyiri akaba yarafashwe ku nshuro ya kabiri.

    Yagize ati “Bariya basore nabahujwe n’umusore w’inshuti yanjye uba inaha i Kigali, nari naje ino kurangura televiziyo nshya mu mujyi ambwira ko azampuza n’abantu bagurisha televiziyo zakoze ariko zikiri nzima nkazajya mbaha makeya nkajya kwiyungukira.”

    Yavuze ko bitewe n’ingano ya televiziyo yagombaga kuyungukamo amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 50 cyangwa ibihumbi 100, ku nshuro ya kabiri nibwo yafashwe.

    Ati “Nari maze kubaguraho televiziyo 5, twari dukoranye kabiri ariko ku nshuro ya mbere sinari nzi ko ari izo babaga bibye, nyuma naje kubimenya ndakomeza turakorana. Naraziguraga nkazivanga na televiziyo nshya nabaga navuye kurangura mu mujyi wa Kigali.”

    Mutaganda Venant, ni umuturage wo mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, arashimira Polisi y’u Rwanda ndetse n’izindi nzego z’umutekano zashoboye gufata abantu binjiye mu nzu ye mu ijoro rya tariki 3 Kanama biba televiziyo ndetse n’imyenda yari yaraye mu cyumba cy’uruganiriro. Gusa inzego z’umutekano ku bufatanye n’abaturage bashoboye kubikurikirana birafatwa arabisubizwa ndetse n’abari babyibye barafatwa.

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yavuze ko Polisi y’u Rwanda izatahwema gukurikirana abanyabyaha barimo n’abiha kwiba ibya rubanda. Yakanguriye abaturage kwirinda kugura ibintu babonye byose batazi aho byaturutse.

    Yagize ati “Bariya bajura kugira ngo bafatwe habanje gufatwa umwe agenda avuga n’abandi. Baje kugera kuri batanu, hanyuma bagaragaza abandi babiri baguraga ibyo bibye, abo nabo ni abafatanyacyaha. Turakangurira abantu kwirinda kugura ibintu babonye byose batazi aho byaturutse kuko akenshi biba ari ibijurano, ubundi iyo uguze ikintu uhabwa n’inyemezabuguzi kandi ukakigura n’umuntu uzwi n’aho acururiza hazwi.”

    CP Kabera yaboneyeho gushimira abaturage bagize uruhare mu gufasha Polisi gufata bariya banyabyaha, yabasabye gukomeza ubwo bufatanye batangira amakuru ku gihe.

    Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ingingo ya 166 ivuga ko Umuntu wese uhamijwe n’urukiko icyaha cyo kwiba, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) ,ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW), imirimo y’inyungu rusange mu gihe cy’amezi atandatu (6) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Polisi-yerekanye-abantu-barindwi-bakurikiranweho-kwiba-mu-ngo-z-abaturage

  • RIB yatangiye iperereza ku bakozi 16 b’akarere ka Rustiro bakekwaho kunyereza imitungo ya leta #rwanda #RwOT

    Aba bakozi bahagaritswe nyuma yuko bigaragaye ko hari ibikoresho by’ubwubatsi byagombaga gukoreshwa kubaka imihanda muri gahunda ya VUP mu mirenge itandukanye muri aka Karere mu mwaka w’ingengo y’imari 2019 – 2020 bitageze aho byagombaga gukoreshwa kandi byarishyuwe.

    Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye Emérence aherutse kubwira UKWEZI ko mu mezi ashize ko hashobora kuba hari icyuho mu gutanga ibikoresho byo kubaka imihanda y’imigenderano hafatwa icyemezo cyo kuba bahagaritswe kugira ngo iperereza ribanze rikorwe.

    RIB yatangaje kuri uyu wa Gatandatu ko abatangiye gukorwaho iperereza barimo abayobozi bakora muri aka Karere, abakozi batandukanye hamwe n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ya Ruhango, Murunda, Rusebeya, Nyabirasi na Mushubati.

    Itangazo rya RIB rikomeza rivuga ko “Harakurikiranwa kandi n’abakozi bashinzwe ubutaka, ibikorwaremezo n’imiturire mu mirenge ya Ruhango, Murunda, Mushonyi, Mukura, Gihango, Kivumu, Boneza na Nyabirasi.”

    Iperereza nirirangira dosiye yabo izashyikirizwa Ubushinjacyaha nkuko amategeko abiteganya.

    Meya Ayinkamiye yasabye abayobozi kutararikira kunyereza umutungo wa leta no gukoresha neza ibyo bahawe na leta.

    Yagize ati “Ni ugusaba abakozi bagenzi banjye ko tugomba gukora ibikwiriye kandi tukirinda iryo rari ryo kwangiza umutungo wa Leta no kwangiza umutungo w’abaturage dushinzwe kuyobora.”

    Abahagaritswe mu nshingano bashobora kumara amezi atandatu nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi gusa imyamya bari barimo baraba bayisumbuyemo na bamwe mu bakozi bakoranaga mu gihe iperereza ryazarangira bazagaruka mu kazi cyangwa nihaba hari ibyaha bakekwaho bakurikiranwe.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/RIB-yatangiye-iperereza-ku-bakozi-16-b-akarere-ka-Rustiro-bakekwaho-kunyereza-imitungo-ya-leta