Tag: news

  • Ubuhamya bwa Dr Nyiramirimo uziranye neza na Paul Rusesabagina #rwanda #RwOT

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rumukurikiranyeho ibyaha birimo kurema no kuyobora imitwe y’iterabwoba, iterabwoba, gutwika, ubushimusi n’ubwicanyi byakorewe abaturage b’inzirakarengane b’Abanyarwanda.

    Ni ibyaha bivugwa ko Rusesabagina akekwa ko yabikoreye muduce dutandukanye tw’u Rwanda turimo Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru muri Kamena 2018 no muri Nyungwe mu Karere ka Nyamagabe mu Kuboza 2018.

    RIB itangaza ko hari hashize igihe Rusesabagina ashyiriweho impapuro mpuzamahanga zisaba ko afatwa agashyikirizwa ubutabera kugirango abazwe ibi byaha, ndetse kuri ubu acumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police ya Remera mu gihe hagikorwa iperereza kubyo akurikiranyweho hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko y’ikurikirana byaha.

    Rusesabagina yavukiye i Murama ya Gitarama ku wa 15 Kamena 1954, ariko nyuma yagiye gutura i Bruxelles mu Bubiligi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mbere no mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yari atuye I Nyamirambo.

    Uyu mugabo yatangiye kumenyekana cyane ubwo yamurikaga filimi Hotel Rwanda yamukinweho nk’uwarokoye abantu 1268 muri Hôtel des Mille Collines.

    Ni filime yatumye benshi bamuha ibihembo ndetse aza no guhabwa icyitwa ‘Presidential Medal Award of Freedom’, yahawe na Perezida George W. Bush wa Amerika mu Ugushyingo 2005.

    Dr Odette Nyiramirimo wahoze ahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EALA, avuga ko mbere umuryango we n’uwa Rusesabagina bari inshuti cyane.

    Nyiramirimo avuga ko aziranye neza n’umuryango wa Rusesabanina cyane ko yakoranye n’umugore wa Rusesabagina, Thacienne Mukangamije muri CHUK, mbere y’uko we n’umugabo we Dr Gasasira Jean Baptiste bashinga ivuriro ‘Le Bon Samaritain’.

    Muri Gashyantare umwaka ushize wa 2019, Dr Nyiramirimo yaganiriye na IGIHE avuva ko ubwo indege ya Perezida Habyarima yahanurwaga mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ndetse Abatutsi bagatangira kwicwa, Rusesabagina ngo yahamagaye kwa Dr Gasasira abura uwitaba, bose bahavuye.

    Uretse Abanyarwanda bari mu gihugu, abanyamahanga na bo bari bahiye ubwoba ku buryo ku wa 10- 16 Mata Ingabo z’Ababiligi zakoze ‘Opération Silver Back’, ku rundi ruhande Abafaransa bakora ‘Opération Amaryllis’ (ku wa 8-14 Mata) mu gucyura bene wabo bari mu Rwanda rwari rwamaze gucura umwijima.

    Paul Rusesabagina wari umaze hafi igiye yarashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi, kuri ubu ari i Kigali ategereje kugezwa imbere y’ubutabera.

    Guverinoma yariho ngo yaje kubwira Rusesabagina ko ikeneye Hotel des Diplomates kuko hari abagombaga kuyikoreramo kandi bakayiraramo, bityo abantu basanzwe bategekwa kuhava.

    Nyiramirimo ati “Nkurikije uko yatubwiye (Rusesabagina), ni uko yagiye muri Milles Collines, ahita afata ubuyobozi bwaho.” Hotel des Diplomates na Hôtel des Mille Collines zari iz’ikigo cy’indege cya Sabena cy’Ababiligi.”

    Kimwe n’abandi bantu batandukanye, Nyiramirimo yahungiye muri Hôtel des Mille Collines ku wa 27 Mata 1994, umugabo we n’abana bahagera ku munsi ukurikiyeho bafashijwe na Nzaramba François wari Lieutenant mu ngabo z’icyo gihe, ubu ni umuganga mu bitaro bya gisirikare.

    Muri iyo hoteli hari hahungiye abantu benshi, si Rusesabagina bose wabazanye ngo abahe ubuhungiro kuko ‘nawe ntiyigeraga asohoka, yari afite ubwoba ko bashobora kumwica’.

    Nyiramirimo avuga ko babaga mu cyumba bari abantu nka 27, bakarya ibiryo byo mu bikombe, nyuma MINUAR iza gusaba ibiryo muri Croix Rouge babaha ibigori n’ibishyimbo.

    Ati “Abafite amafaranga barishyuraga, abatayafite bagasinya, natwe niko twabigenje ntayo twari dufite, ahubwo nasanze nari mfite n’agasheki mu mufuka, nagasinyeho k’amadolari $400, bayankuyeho hariya muri BCR nyuma ya Jenoside, Hôtel des Mille Collines.”

    Abadafite amafaranga ngo basinye mu gitabo bemera umwenda, nubwo ngo bigoranye kumenya niba uko basinye bose nyuma barishyuye.

    Abandi bahungiye muri Hôtel des Mille Collines barimo abakomeye nka Rubangura, Bernard Makuza (wigeze kuba Perezida wa Sena), Makuza Bertin wari umunyenganda, Ambroise Murindangabo, Habiyakare wabaye Minisitiri n’abandi.

    Ubwo muri Werurwe 2008 hamurikwaga igitabo ‘Hotel Rwanda – or the Tutsi Genocide as seen by Hollywood’, cyanditswe na Dr Alfred Ndahiro afatanyije Privat Rutazibwa ; Bernard Makuza wari Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko nta muntu Rusesabagina yarokoye ku bwe.

    Ni igitabo kivuga neza amateka y’abarokokeye muri Hôtel des Mille Collines, bitandukanye na filimi ‘Hotel Rwanda’ yashyizwemo umunyu ikagira Rusesabagina intwari ku bikorwa bitigeze bibaho.

    Rusesabagina yatangiye kwandikwaho ibitaho ahagana mu 2000, icyo gihe akaba yari yaragiye i Burayi ariko agisurana n’umuryango wa Nyiramirimo na Gasasira.

    Ubwo mu 2000 yari agiye guhabwa igihembo ‘Immortal Chaplains Prize for Humanity’ ni bo ba mbere yabimenyesheje.

    Nyiramirimo ati “Icyo gihe Rusesabagina araduterefona ati baravuga ngo nakijije abantu ndetse bibanza no kudusetsa, tuti ese ni bangahe wakijije ku buryo baguhereye igikombe ? Ati ‘ibyo aribyo byose iyo abantu bashatse kuguha inka, uri umuvandimwe, nawe ujya kureba iyo nka’.”

    Nyiramirimo n’umugabo we bagiye kwifatanya na Rusesabagina, ariko nawe ubwe yemeraga ko ibikorwa bye abazungu babikabiriza, ariko ngo akumva ntacyo bimutwaye.

    Ubwo mu matariki ya mbere Mata 2004 hari imyiteguro yo kwerekana bwa mbere filimi ‘Hotel Rwanda’, imyiteguro yarakozwe ndetse Nyiramirimo na Minisitiri w’urubyiruko, umuco na Siporo, Joseph Habineza babimenyesha inzego nkuru z’igihugu.

    Filimi yari yarangiye, Terry George yemera kuyereka Abanyarwanda muri Stade Amahoro ku buntu.

    Nyiramirimo ati “Terry George yaturutse muri Amerika aca i Bruxelles ngo azane na Rusesabagina kuko ari we mukinnyi w’imena wa Hotel Rwanda. Ari mu nzira, Rusesabagina yaramuhamagaye ati ‘ntabwo nkigiye mu Rwanda urajyana n’umugore wanjye, njye sinjya mu Rwanda’.”

    “Naho Rusesabagina yavuganye n’Abafaransa bamubwiye bati urajya mu Rwanda kugirayo ute ? Baranamuhamagara ahubwo ajya i Paris gutangayo ikiganiro n’abanyamakuru, atuka leta, avuga ko ari abicanyi, ko yagiye ahunze adashobora gukoza ikirenge mu Rwanda kandi hari hashize nk’amezi abiri avuye kwishyuza amafaranga ye muri ORTPN.”

    Icyo gihe ngo byaratunguranye, ndetse ba Nyiramirimo batangira guhamagarwa babazwa ibyo inshuti yabo yavuze, bo babimubaza akabahakanira

    Source : IGIHE

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Ubuhamya-bwa-Dr-Nyiramirimo-uziranye-neza-na-Paul-Rusesabagina

  • Rwandan Rebel Leader Col. Mpiranya Shot Dead In DRC #rwanda #RwOT

    RUD-Urunana an armed terror outfit of Rwandans based in DRC has suffered a huge blow after its leader Col Mpiranya Leo Cyprien was shot dead in an operation conducted by the Congolese Military.

    Reports indicate that members of RUD-Urunana were attacked at their base in Makoka, in the territory of Rutshuru in Eastern part of the vast mineral rich country.

    Insiders also claim that Col Mpiranya known by his bush name as Kagoma, has recently been in deep disagreement with Col Rugema one of the group leaders.

    According to Civil society groups working in this part of Congo, Mpiranya was killed on Friday at midnight in a deadly attack at Binza village.

    Col Mpiranya has a family currently living at Mubende district in neighbouring Uganda where RUD-Urunana enjoys massive support and its Ugandan activities coordinated by Sulah Nuwamanya.

    According to sources RUD-Urunana was created by Uganda’s intelligence with the specific mission of destablizing Rwanda under the coordination of Philemon Mateke.

    Last year on the night of October 4, RUD-Urunana carried out an attack in Kinigi, Musanze district, in the northern province, which claimed 14 lives and injured 18 people.

    Rwandan security forces repulsed the killers, killing nineteen and apprehending five. Three of the commanders who managed to escape withdrew to Uganda.

    source https://taarifa.rw/rwandan-rebel-leader-col-mpiranya-shot-dead-in-drc/

  • French Cyclist Wins 2nd Stage Of Tour de France #rwanda #RwOT

    Julian Alaphilippe a French national peddled 186km to the finish line ahead of other cyclists winning the second stage of the Tour de France. He took the overall leader’s yellow jersey on Sunday.

    The tough race which begun in a low key saw Norwegian national scoop the first stage on Saturday and simultaneously walking to the podium and taking the yellow jersey but has not been able to defend it through the second stage on Sunday.

    In the Second stage of the tour which is strictly under the observance of anti Covid-19 measures saw Swiss Marc Hirschi taking the second place with Briton Adam Yates coming home third on Sunday.

    Almost 176 cyclists are taking part in this prestigious cycling race that is closely followed by cycling enthusiasts from over 190 countries.

    In Sunday’s Stage 2, riders thankfully raced under bright, clear skies, but the crashes continued in a stage with the fourth-most climbing (4,000 meters) of the entire 2020 Tour.

    Two examples: Jumbo-Visma’s Tom Dumoulin got chopped by an Ineos Grenadiers rider on a climb, and EF Pro Cycling’s dark horse Dani Martinez slid out on a tight corner on the penultimate descent.

    Dumoulin remounted quickly and lost no time.

    Martinez, after a furious chase to re-catch the peloton, was then dropped on the final climb and finished 3:38 down.

    It’s a bruised and banged-up peloton that will leave Nice, France, on Monday morning, but they won’t get much respite.

    In this weird, wild Tour de France, the predictable (Julian Alaphilippe’s Stage 2 win) only underscores that so much is unpredictable (Lotto-Soudal, down to just six riders, is dead-last in the teams competition).

    source https://taarifa.rw/french-cyclist-wins-2nd-stage-of-tour-de-france/

  • COVID-19: Govt changes working hours #rwanda #RwOT

    The decision was taken during a cabinet meeting on August 26, 2020 to ensure that the activities of the Public Sector will continue while respecting prevention measures of the COVID-19 pandemic, but that each level of government is required to employ no more than 30% of all employees, leaving others to work from home and later take turns going to the office.

    The Minister of Public Service and Labor, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan, addressed a letter to all Ministers, Secretaries of State, Director General of the Rwanda Development Board (RDB) and the Ministry of Mines, Petroleum and Gas, on of August 29, 2020, indicating that something needed to be changed.

    The decision was taken on the basis of an audit conducted at all levels of government from July 30 to August 4, 2020 to ensure compliance with the COVID-19 epidemic prevention guidelines, which indicate that “Only 38 out of 121 audited agencies complied with the required number at the time.”

    MIFOTRA called on all government agencies to “publish a list of staff assigned to work in the office and home based workers and when the Department rules that take they will be taking turns, this will help the authorities to ensure that no more than 30% of the workforce in the office as mentioned”

    “Suspension of the use of the fingerprint machine or the signature of the staff and any other means of controlling the spread of the pandemic, to control the productivity of employees, both office workers and home based workers” said Minister Rwanyindo.

    She also urged them to continue to sensitize staff and government agencies to make better use of ICT in providing the services they need.

    Kayirangwa urges them to “make it easier for Public Transport Workers to get to and from work, to return home at 03:00 PM so that they can reach their homes before 7:00 PM.”

    Normally, government staff worked from 7 a.m. to 5 p.m. MIFOTRA also called on the Ministry in particular to monitor the implementation of the COVID-19 epidemic prevention measures.

    Rwanyindo called on the Ministries to play a role in preventing COVID-19.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-govt-changes-working-hours

  • Police shoots man trying to fight officers on duty #rwanda #RwOT

    The incident took place on the night of August 30, 2020, at around 8:30 pm in Zaza Sector in Nyagasozi Cell.

    According to reports, the young man and many others were found in a residence house which they had turned into a bar, and as they were being arrested, the deceased tried to hit officers with a beer bottles.

    “He was a young man along with others and as they were being led out of the house they were drinking from, he tried to hit police officer with beer bottles on the head. The incident happened at around 8.30 pm,” Zaza Sector Executive Secretary Singirankabo Jean Claude told IGIHE.

    Singirankabo added that the young man had become a community nuisance that was usually involved theft, beating residents among others vices. He urged all Rwandans to abide by COVID-19 prevention-guidelines set by the government.

    The body of the deceased was taken to Kibungo Hospital before his funeral.

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/police-shoots-man-trying-to-fight-officers-on-duty

  • MTN Rwanda Suspends Advertising #rwanda #RwOT

    Covid-19 pandemic has virtually disrupted every business in Rwanda and could not leave out the telecoms although they have kept their revenue figures in the past six months tightly guarded.

    “We are going to suspend commercial advertising for the four weeks,” MTN Rwanda said in a statement on Monday.

    The telecom company also said this was part of navigating the ‘New Normal’,  “MTN is committing its September 2020 marketing resources to support efforts against Covid-19 in markets the telecom operates.”

    At the beginning of August, MTN joined Rwanda Biomedical Centre and the Rwanda National Police in raising awareness of the importance of Covid-19 preventive measures.

    “If we are going to win a war against Covid-19, we shall need to work together to change behaviours, protect each other and flatten the curve faster,” said MTN Rwanda Chief Executive Officer, Mitwa Ng’ambi.

    source https://taarifa.rw/mtn-rwanda-suspends-advertising/

  • Paul Rusesabagina ushinjwa ibitero byishe abantu i Nyabimata n’ahandi yatawe muri yombi na RIB #rwanda #RwOT

    RIB itangaza ko hari hashize igihe Rusesabagina ashyiriweho impapuro mpuzamahanga zisaba ko afatwa agashyikirizwa ubutabera kugirango abazwe ku byaha bikomeye aregwa birimo iterabwoba, gutwika, ubushimusi n’ubwicanyi byakorewe abaturage binzirakarengane, b’abanyarwanda.

    Ibi byaha Rusesabagina akekwaho yabikoreye muduce dutandukanye tw’u Rwanda turimo Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru muri Kamena 2018 no muri Nyungwe mu Karere ka Nyamagabe mu Kuboza 2018.

    Ubu acumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police ya Remera mu gihe hagikorwa iperereza kubyo akurikiranyweho hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko y’ikurikirana byaha.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Paul-Rusesabagina-ushinjwa-ibitero-byishe-abantu-i-Nyabimata-n-ahandi-yatawe-muri-yombi-na-RIB

  • Ngoma : Polisi yarashe umusore wafatiwe mu kabari yarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 akayirwanya #rwanda #RwOT

    Ibi byabaye mu ijoro ryakeye ryo ku itariki 30 Kanama 2020 ahagana saa 20h30 z’ijoro mu Murenge wa Zaza mu Kagari ka Nyagasozi.

    Amakuru avuga ko uyu musore kimwe n’abandi benshi basanzwe mu rugo rw’umuturage yarahahinduye akabari, nuko mu gihe babasohoragayo we afata amacupa ashaka kuyakoresha arwanya inzego z’umutekano.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Zaza, Singirankabo Jean Claude yabwiye IGIHE ko uyu musore yari asanzwe yarananiranye atega abaturage mu muhanda akabambura abandi akabakubita, nijoro ngo bamusanga mu kabari ashaka gukubita icupa umupolisi.

    Yagize ati “Ni umuturage w’umusore wari warananiranye, yarwanyije inzego z’umutekano, hari ahantu bari barimo kunywera bamusohoye ashaka kuzana amacupa ngo ayakubite komanda mu mutwe, byabaye nka saa 20h30 z’ijoro.”

    Gitifu Singirankabo yakomeje avuga ko uyu musore yari asanzwe yarananiranye ari igihazi, aho yirirwaga akubita abaturage abandi akabambura ibyabo. Yasabye abanyarwanda gukomeza kubahiriza amabwiriza yashyizweho na leta yo kwirinda icyorezo cya COVID-19.

    Kuri ubu umurambo wa nyakwigendera wajyanwe mu bitaro bya Kibungo mbere yuko ushyingurwa.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Ngoma-Polisi-yarashe-umusore-wafatiwe-mu-kabari-yarenze-ku-mabwiriza-yo-kwirinda-COVID-19-akayirwanya

  • Paul Rusesabagina Arrested #rwanda #RwOT

    Impeccable information reaching Taarifa Investigative desk Indicates that Paul Rusesabagina a Rwandan fugitive wanted for a score of serious crimes has been finally arrested.

    “He is currently detained at Remera Police Station while his case file is being processed in accordance with Rwandan criminal procedure,” Rwanda Investigation Bureau said on Monday.

    Rusesabagina is the founder of the ‘National Liberation Forces (FLN)’, an armed terrorist organisation under his Rwandan Movement for Democratic Change (MRCD).

    Rwanda is currently holding and trying dozens of FLN members for war crimes and other violations committed on Rwandan territory including murder. Callixte Nsabimana one of the FLN leaders is undergoing trial in Rwanda.

    Rusesabagina under the grip of the Rwandan hands will be very vital in the ongoing trial against FLN members.

     

    source https://taarifa.rw/paul-rusesabagina-arrested/

  • Meddie Kagere mu muryango winjira muri APR FC #rwanda #RwOT

    Rutahizamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Simba SC muri Tanzania, Meddie Kagere nta gihindutse araba ari umukinnyi wa APR FC mu mwaka w’imikino wa 2020-2021.

    N’ubwo uyu mukinnyi yagiye akomeza kubihakanira itangazamakuru ko nta biganiro biri hagati ye na APR FC, amakuru ISIMBI yamenye ni uko musore utishimye mu gihugu cya Tanzania cyane ko atari mu mibare y’umutoza Sven Ludwig Vandenbroeck, nta gihindutse azaba ari umukinnyi wa APR FC mu minsi ya vuba.

    Ni kenshi uyu umutoza w’iyi kipe, Sven Ludwig Vandenbroeck yagiye yereka uyu rutahizamu umaze imyaka 2 yikurikiranya atsinda ibitego byinshi muri shampiyona ya Tanzania ko atari mu mibare ye cyane ko yagiye amwicaza bya hato na hato.

    Uyu mukinnyi usigaranye umwaka umwe w’amasezerano, mbere y’uko shampiyona ya 20219-2020 irangira, yegereye umuyobozi wa Simba SC, Mohammed Dewji ‘Mo’ amusaba ko yamurekura akajya kwishakira ahandi kuko atari umukinnyi wo kwicara ku ntebe cyane ko n’ikipe y’igihugu iba imukeneye, gusa Mo yanze kumurekura.

    Amakuru agera ku kinyamakuru ISIMBI, ahamya ko Kagere yamaze kumvikana na APR FC kuba yaza akayikinira mu mwaka utaha w’imikino akayifasha no mikino Nyafurika ya CAF Champions League iyi kipe izitabira.

    Igisigaye ni uko APR FC yumvikana na Simba SC bakaba bagura umwaka umwe uyu mukinnyi asigaje muri Simba SC, ni mu gihe ibiganiro ngo birimo kugenda neza ndetse mu minsi ya vuba Kagere ashobora kugaruka mu Rwanda azanye na ‘Release Letter’ agahita asinyira APR FC.

    APR FC kandi ikaba yifuza bikomeye rutahizamu Jacquers Tuyisenge wamaze gutandukana na Petro Athletico yo muri Angola.

    Meddie Kagere utishimye muri Simba SC, ashobora kwerekeza muri APR FC

    source http://isimbi.rw/siporo/article/meddie-kagere-mu-muryango-winjira-muri-apr-fc