Tag: news

  • Messi wifuza kuva muri Barcelona yasabwe kugora ikintu kimwe #rwanda #RwOT

    Toni Freixa byitezwe ko ari we uzasimbura Josep Maria Bartomeu ku mwanya wa perezida w’ikipe ya FC Barcelona, avuga ko Messi yasuzuguye ikipe bitewe n’uburyo asabamo gutandukana na yo, bityo ngo niba yifuza kugenda agomba kubahiriza ibiri mu masezerano akishyura miliyoni 700 z’Amayero nta kindi.

    Ibi uyu mugabo wiyamariza kuzasimbura Bartomeu yabitangarije Marca Radio, aho avuga ko we atitaye niba Messi azagenda kuko buri kintu kigira iherezo, ahubwo uburyo byakozwemo byuzuye agasuzuguro.

    Yagize ati“ntabwo nitaye kuba Messi azagenda kuko buri kimwe kigira iherezo. Yabikoze mu buryo butari bwo ntabwo yubashye ikipe.”

    Uyu mugabo yakomeje avuga ko Messi niba ashaka kugenda agomba kubahiriza amasezerano nta kindi.

    Yagize ati“byarantunguye biranambabaza nk’umuntu wa Barcelona. Ibyo Messi yakoze byarambabaje. Amasezerano agomba kubahirizwa, icyo Messi agomba gukora ni ukuzana miliyoni 700 z’Amayero(€700M) ubundi akagenda.”

    Messi usigaje umwaka w’amasezerano muri iyi kipe, akomeza gushimanagira ko mu masezerano ye harimo ingingo imwemerera kuba yajya mu y’indi nk’umukinnyi wigenga(free agent), ni mu gihe ikipe ivuga ko iyo ngingo yataye agaciro muri Kamena 2020 kuko atahise agenda, nyamara we akuvuga ko kuko icyo gihe imikino yari yarahagaze kubera COVID-19 igifite agaciro.

    Amakuru avuga ko mu gihe Messi yaba atandukanye na Barcelona ashobora guhita asanga Pep Guadiola muri Manchester City, ni mu gihe kandi byavuzwe ko na Paris Saint Germain imwifuza.

    Messi yasabwe kubahiriza icyo amasezerano ye avuga ubundi akigendera

    source http://isimbi.rw/siporo/article/messi-wifuza-kuva-muri-barcelona-yasabwe-kugora-ikintu-kimwe

  • Gasabo: 200 families receive Rwf 11 million worth of food, hygiene items to mitigate coronavirus effects #rwanda #RwOT

    Foods, rice, cooking oil, maize flour, sugar, and salt, as well as hygiene items including soaps, sanitary pads, and masks, were provided to the families.

    The beneficiaries include families with people living with HIV. The items were handed over to Kabuye Health Center in Jabana Sector which is regularly monitoring them.
    Those who take antiviral drugs are among the most affected by Covid-19 and the medications they take require proper nutrition.

    CSDI Director-General Leon Pierre, said they were already working in the Sector, seeking funding to provide them with food after realizing that their livelihoods had stalled.

    It is an initiative of CSDI in partnership with the AIDS Healthcare Foundation, AHF, which already works with 30 health centers across the country.

    Director of AHF in Rwanda, Dr. Brenda Kateera Asiimwe, said the support is in line with their plan to deliver food to people living with HIV in the health centers they work with.

    “Today we have helped CSDI deliver food and other items to the community but we are usually working with 30 Health Centers. We are also supporting them to deliver food to those affected by Covid-19 especially those with HIV and other people in need. ”

    One of the recipients of the grant said it has come in handy because the ARV drugs they take need a person to eat well.

    The donation is valued at $ 12,000 (over Rwf11.6 million).

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/gasabo-200-families-receive-rwf-11-million-worth-of-food-hygiene-items-to

  • Yara donates 2,500 tons of fertilizer to rice, maize farmers in Rwanda #rwanda #RwOT

    The grant was delivered on August 28, 2020, to help farmers get the current crop growth season 2020 C in full swing.

    Yara’s representative in Rwanda, Peter Ngugi, said they would help farmers to ensure that at least the growing season ends when they have planted as planned.

    “Today the world economy is in turmoil yet agriculture is the source of livelihood. When neglected we end up starving. In this regard, we have provided these additives to make it easier for maize and rice farmers to cultivate on time. ”

    Dr. Karangwa Patrick, Director of the RAB said the grant was made at the right time.
    “It’s great support that Yara has given farmers. We’re very grateful to them for supporting the maize and rice farmers,” he said.

    Some representatives of the farmers’ cooperatives who attended the event told IGIHE that they were very happy with the support provided.

    Kayitesi Francine, the head of the COMSS Cooperative in Kicukiro District, who had a smile on her face, thanked Yara for their support as they coped with the effects of Coronavirus.

    These cooperative leaders also say that many farmers have already realized the importance of using industrial fertilizers.

    Murwabashyaka Simon, a member of the KORIKA Rice Cooperative in Gasabo District, said that 95% of their cooperatives have already learned about the importance of industrial fertilizers.

    “Before, there were those who thought it was a waste of money for them. They have come to realize the difference now.”

    Statistics show that in Rwanda about 70% of the population is engaged in subsistence farming. This suggests that disrupted agriculture could have a serious impact on the country’s food security.

    Yara’s representative in Rwanda, Peter Ngugi, said they would help farmers to ensure that at least the growing season ends when they have planted as planned.

    A Norwegian Fertilizer Company, Yara, through Yara Africa has delivered to the RAB a subsidy of 2,500 tones of industrial fertilizer for maize and rice farmers.

    The grant was delivered on August 28, 2020, to help farmers get the current crop growth season 2020 C in full swing.

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/yara-donates-2-500-tons-of-fertilizer-to-rice-maize-farmers-in-rwanda

  • COVID-19: Three hospitality facilities closed over guidelines violation #rwanda #RwOT

    The establishments are Cuppa Coffee in Downtown, Nyarugenge District, Cincinnati and Miami Family in Niboyi and Gikondo, respectively, both in Kicukiro District.

    At Cuppa Coffee, authorities, on Friday, found 21 youngsters holding a birthday party in a congested room.

    Birthday parties and other social gatherings are prohibited in this fragile period of COVID-19.

    At Miami Family owned by one Emmanuel Minani, authorities found 14 people in a social gathering drinking at about 8 PM, the time when everyone was supposed to be home.

    Nine people were also found drinking at Cincinnati bar owned by one Alphier Bizimana.

    Bars are among the businesses that are still closed.

    Innocent Iyakaremye, the manager at Cuppa Coffee regretted allowing the group of youth to hold the birthday party for their colleague at the facility.

    Cuppa Coffee proprietor, Damien Sibomana wondered why his manager went against the clear directives.

    “The government directives are clear and in addition to that, I also personally gave them instructions against any parties, to allow not more than 35 people inside, clients to wash hands before entering and to ensure that they sit according to the sitting arrangement organized in respect of social distancing,” Sibomana said.

    He added: “We invest our money in these businesses and violating the given instructions can hurt the business. My manager probably looked at his interest but not the general interest of business and above all, the safety of the people.”

    Nyarugenge District Executive Administrator, Emmy Ngabonziza emphasized that any business found operating contrary to the safety guidelines will face severe consequences, including closure.

    “Parties or social gatherings are prohibited; it’s our role as local leaders in partnership with Rwanda National Police and hospitality establishments to ensure that everything is done in compliance with the directives,” Ngabonziza said

    “Most of these social gatherings are organized or involve the young people, who, as we know, are among the majority infected with COVID-19. We, therefore, urge the young generation to value and protect their lives by ensuring maximum compliance.”

    He further mentioned the role of parents and guardians to educate their children on the pandemic and the safety guidelines to prevent them from engaging in such risky events.

    Some of those found holding a birthday party are as young as 15 years.

    Owners or managers of hospitality establishments, he said, should take the lead to ensure that nothing contrary to the directives is conducted in their facilities.

    RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera cautioned that the “warning period is over; it’s time for immediate action to violators.”

    “The directives are very clear and have been elaborated even to those who seem not to have understood them. We ought to know that the pandemic is still in our midst and it kills.

    Social events or gatherings are prohibited, bars are closed, everyone should be home by 7 PM, wearing of facemask is not an option when you leave your home. It is now time for immediate repercussion to errand violators but not just issuing caution,” CP Kabera said.

    He took time to also warn those, who might use their private vehicles and motorcycles to transport people out of Kigali at a fee, and contrary to the directives, to other parts of the country.

    “Any vehicle or motorcycle found transporting people beyond Kigali, contrary to the new directive, will be impounded for a long time and driver or rider severely penalized,” CP Kabera warned.

    He advised the public on proper planning to avoid unnecessary movements, adding that those who brag for violating the directives or post their photos on social media platforms are not doing any good but rather influencing bad attitudes and actions especially among the young people, which will not be entertained.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-three-hospitality-facilities-closed-over-guidelines-violation

  • COVID-19: Rwandan Journalists urged to embrace Mobile Journalism #rwanda #RwOT

    The virtual training was organized by the University of Rwanda and Media High Council that Christophe Hitayezu, a Journalist and Pandemic Media Mentor at Inter-news asked Ewen MacAskill to explain how Rwandan journalists can still investigate and present their stories just by the use of their smartphones.

    “The great thing about mobile phone these days is that you can pretty much do everything, you can take a video, edit it and have it uploaded in less than 30 minutes.” Said MacAskill “in the wide world, almost 70% of the population follow news using their phones; and what they are doing is watching videos. Mobile journalism is where the future is, and all you need is a smartphone.”

    “Before, we used to carry heavy camera and sophisticated equipment when going on field that can be quite intimidating in different areas; yet it was found that when you are using your phone in recording, people are willing to share information with you,” he added.

    MacAskill said that mastering the technique is not the only purpose of the Mobile journalism (MoJo) program; he explained that with all the techniques every journalist has to also remember that every new has a structure of storytelling.

    At the beginning of the year 2020 the Mobile journalism (MoJo) competition was started in Rwanda and Ewen MacAskill was among the mentors for Thomson Foundation. The competition brought together 23 trainees.

    “When we asked people to send in stories, quite often they would send nice videos, but they were not connected to the news. You know having Mobile journalism technique is only one half, the other half is having an understanding of what the news story is,” said MacAskill.

    In the middle of MoJo course, the COVID happened. As part of the course people were asked to go out and do news stories on video and then send their edited program. MacAskill was one of the judges, but because of COVID-19, it was difficult for people to go out and do their interviews, so all their original plans have to be abandoned, and people had to produce stories in the new COVID19 environment.

    MacAskill said that during those times some people responded well “Just because of the COVID, it doesn’t mean you can’t do interesting stories … you don’t take risks, don’t break the law and you can still produce interesting stories,” he said.

    MacAskill said that COVID-19 should not be an excuse for people to stop being good journalists because the pandemic has affected everybody in the world, “You should always be producing stories. There is a huge appetite everywhere for stories about the COVID-19,” he said.

    Ewen MacAskill is the former defence and intelligence correspondent for The Guardian having worked for the UK media organization for 22 years.

    He played a key role in reporting the revelations from computer analyst whistle-blower Edward Snowden about the mass surveillance by US and UK intelligence agencies. He has received a number of prestigious awards for this work and was a member of the Guardian team who, along with the Washington Post, received a Pulitzer Prize in 2014.

    During his career with The Guardian he held a number of senior editorial roles including Washington bureau chief, diplomatic editor, and chief political editor.

    Before joining The Guardian he was political editor of The Scotsman.

    Ewen has worked on a number of projects with the Thomson Foundation and is acting as a mentor for participants on the Thomson Foundation digital and multimedia summer course. He is also assisting participants from the Journalism Now e-learning programme on investigative journalism techniques.

    The virtual training was organized by the University of Rwanda and Media High Council

    23 trainees participated in the Mobile journalism (MoJo) competition that was started in Rwanda by Thomson Foundation.

    Ewen MacAskill is the former defence and intelligence correspondent for The Guardian having worked for the UK media organization for 22 years.

    Christophe Hitayezu is a Journalist and COVID-19 Pandemic Media Mentor

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwandan-journalists-urged-to-embrace-mobile-journalism

  • Indege yayijemo mu myitozo! Harmonize yatunguranye mu birori bya Yanga amanuka nka ‘Commando'(AMAFOTO+VIDEo) #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Harmonize wo mu gihugu cya Tanzania, yatunguranye ubwo yazaga mu birori bya Yanga byo kwerekana abakinnyi izakoresha(Siku ya Wananchi), amanuka ku mugozi nk’umusirikare, byatunguye benshi bari muri Benjamin Mkapa Stadium.

    Ni ibirori byabaye ku munsi w’ejo hashize ku Cyumweru bibera kuri Benjamin Mkapa Stadium, byitabiriwe n’uwahoze ari perezida w’iki gihugu akaba n’umufana ukomeye wa Yanga, Jakaya Kikwete.

    Muri Weekend yabanje n’ubundi iyi Stade yari yakiriye Simba Day, aho ikipe ya Simba SC yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020-2021, bo bari batumiye Diamond Platnumz, akaba yaramanutse muri Kajugujugu(Helicopter).

    Yanga ikaba yari yatumiye Harmonize, amatsiko yari menshi cyane bibaza uko uyu muhanzi we ari buze cyane ko Kajugujugu yayijemo agiye mu myitozo, ibintu byafahswe nko gutesha agaciro ibyo Diamond yakoze.

    Benshi bati araza ku Ifarashi, gusa si ko byaje kugenda kuko mbere y’uko aza hinjiye undi muntu ari ku Ifarashi aherekejwe na polisi, urijijo rwakomeje kwiyongera bibaza uko iki cyamamare mu muziki wa Tanzania kiri bwigaragaze.

    Kera kabaye uyu muhanzi yaje kuza mu buryo bwa gisirikare aho yaziye ku mugozi, ni umugozi wanyuraga hejuru muri Stade, ni wo yagendeyeho kugeza ageze mu kibuga hagati aho yururukiye.

    Ni ibintu byatunguye abantu benshi ndetse binabatera ubwoba kuko batakegaga ko yaza muri ubwo buryo, yari yambaye imyambaro ya gisirikare ahetse n’igikapu mu mugongo, yari nk’umukomando neza.

    Uku niko Harmonize yigaragarije abakunzi ba Yanga

    Konde Jeshi

    Reba mu mashusho uko yamanutse

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/indege-yayijemo-mu-myitozo-harmonize-yatunguranye-mu-birori-bya-yanga-amanuka-nka-commando-amafoto-video

  • Itangazo ry’usaba guhindurirwa amazina mu irangamimerere #rwanda #RwOT

    Yasabye uburenganzira bwo guhindura izina Theoneste mu mazina asanganywe RWAMURIMA Theoneste noneho akitwa RWAMURIMA Neckson mu irangamimerere ye.

    Impamvu atanga ni uko ariryo zina yabatijwe kandi riri mu byangombwa bye yari afite akiri umwana.

    Akaba asaba kwemererwa binyuze mu nzira zemewe n’amategeko, kongererwa izina Neckson mu mazina asanganywe, RWAMURIMA bityo akitwa RWAMURIMA Neckson mu gitabo cy’Irangamimerere kirimo Inyandiko ye y’ivuka.

    source http://www.ukwezi.rw/Inkuru-zamamaza/article/Itangazo-ry-usaba-guhindurirwa-amazina-mu-irangamimerere-10571

  • Fresh gemmy na khalfan bunze ubumwe bakorana indirimbo never give up. #rwanda #RwOT

    Fresh gemmy ni umunyarwanda usanzwe uba muri leta zunze ubumwe za america yagiye agaragaza ubushake mu guteza imbere umuziki nyarwanda abicishije mu gukorana n’abahanzi b’abanyarwanda baba imbere mu gihugu,yakoranye na Gisa cyinganzo iyo bise Njye nawe ,nyuma yaho gato yongera gukorana na Mr kagame indi bise show me love iyo yaherukaga gukora wenyine yitwa come back.

    Ejobubundi nibwo fresh gemmy afatanije n’umuraperi khalifan Govinda bashyize hanze indirimbo never give up, iyi ndirimbo cyari igitekerezo cya gemmy aho aba bombi bumvikana bagaruka kukudacika intege.

    Aganira na kasukumedia.com fresh gemmy yavuzeko aterwa ishema no gukorana n’abahanzi babanyarwanda avugako impamvu yahisemo khalfan ari uko kuriwe ari umuraperi abona ushoboye akaba aba bombi nubusanzwe ari inshuti, iyi ni indirimbo yakozwe na producer evydecks usanzwe umenyerewe mu gukorana kenshi na bamwe mu baraperi ba hano mu Rwanda.

    Fresh gemmy agaruka ku kibazo cyo gukora indirimbo z’amajwi n’amagambo yanditse ibi bizwi nka video lyrics mu ndimi z’amahanga yavuzeko amashusho y’indirimbo ze aba yifuza kuyakorera mu Rwanda naho ku ndirimbo afatanije n’abandi avugako biba byiza iyo ukoze amashusho urikumwe nuwo mwafatanije atari ibintu bigiye biterateranywa.

    Kanda hano wumve indirimbo never give ya fresh gemmy na khalfan

    The post Fresh gemmy na khalfan bunze ubumwe bakorana indirimbo never give up. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/fresh-gemmy-na-khalfan-bunze-ubumwe-bakorana-indirimbo-never-give-up/

  • COVID-19: Rwanda records 177 new cases, 170 from Kigali #rwanda #RwOT

    The Sunday statement, August 30, 2020, shows that new patients have been identified in “Kigali: 170 (Kigali market cluster), Rusizi: 5, Rubavu: 2”

    So far, 16 people have succumbed to the virus while active cases are now 2,086.
    Due to the increasing number of new infections, the number of active cases has exceeded the number of recoveries.

    Health authorities in Rwanda say that by helping Coronavirus patients to be treated in their homes, about 46 have recovered.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty breathing. It is transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are required to continue complying with government regulations, especially with frequent washing of hands and water and soap, wearing masks when leaving home or in public.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-records-177-new-cases-170-from-kigali

  • Mu mukino we wa mbere muri Yanga, Michael Sarpong yemeje abafana ba Yanga #rwanda #RwOT

    Mu mukino we wa mbee mu ikipe ye nshya ya Yanga muri Tanzania, Michael Sarpong ntibyamsabye gutegereza igihe kinini kugira ngo yigarurire imitima y’abakunzi b’iyi kipe kuko yahise atsinda igitego cyatumye benshi bahita bemeza ko azabaha ibyishimo.

    Uyurutahizamu ukomoka mu gihugu cya Ghana wanyuze muri Rayon Sports, muri uku kwezi kwa Kanama ni bwo yasinyiye Yanga amasezerano y’imyaka 2.

    Ku munsi w’ejo ni bwo Yanga yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020-2021, ni umunsi uzwi nka Siku ya Wananchi.

    Nyuma yo kwerekana aba bakinnyi mu muhango wabereye kuri Benjamin Mkapa Stadium, hakurikiyeho umukino wahuje Yanga na Aigle Noir y’i, ni umukino warebwe na Jakaya Kikwete wahoze ari Perezida wa Tanzania, akaba umufana ukomeye wa Yanga.

    Iyi Satde ijyamo ibihumbi 60 yari yakubise yuzuye, Michael Sarpong ni umwe mu bakinnyi bari bitezwe kuri uyu mukino.

    Yanga yaje gutsinda uyu mukino ku bitego 2-0, igitego cya mbere cyatsinzwe na Tuisila Kisinda ku munota wa 39 ku mupira yari ahawe na Feisal Salum ‘Fei Toto’, ni mu gihe igtego cya 2 cyatsinzwe na Michael Sarpong n’umutwe ku munota wa 52 ku mupira wari uhindiwe na Ditram Nchimbi.

    Sarpong yaje kuva mu kibuga ku munota wa 67 asimbuwe na Abdulaziz Makame, ni mu gihe Haruna Niyonzima na we ukinira Yanga yinjiye mu kibuga ku munota wa 54 asimbuye Fei Toto.

    Michael Sarpong yatsindiye Yanga ku mukino we wa mbere

    source http://isimbi.rw/siporo/article/mu-mukino-we-wa-mbere-muri-yanga-michael-sarpong-yemeje-abafana-ba-yanga