Tag: news

  • RIB yataye muri yombi bamwe mu bayobozi bakomeye mu karere ka Nyaruguru

    RIB yatangaje ko bombi bakurikiranyweho ibyaha byo gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwakira ruswa, gukoresha inyandiko mpimbano, Gukoresha ububasha uhabwa n’itegeko mu nyungu bwite no kunyereza umutungo wa Leta.

    Abakekwa ubu bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kibeho mu gihe iperereza rikomeje kugirango hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

    RIB irongera kwibutsa ko umuntungo wa Leta ari ntavogerwa kandi itazihanganira umuntu wese uzawukoresha nabi.

    RIB yafunze Ruzima Serge, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka #Nyaruguru na Nsengiyumva Innocent, Division Manager muri aka Karere, bose bakurikiranyweho ibyaha byo gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwakira ruswa, gukoresha inyandiko mpimbano…

    — Rwanda Investigation Bureau (@RIB_Rw) June 12, 2020

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/RIB-yataye-muri-yombi-bamwe-mu-bayobozi-bakomeye-mu-karere-ka-Nyaruguru

  • Rutahizamu Iradukunda Bertrand yavuze ikintu kimugora mu gutereta

    Rutahizamu wa Gasogi United, Iradukunda Jean Bertrand avuga ko ikintu kimugora mu rukundo gituma kugeza n’uyu munsi adafite umukunzi ari uko atajya abasha kwihanganira uburyo abakobwa bagorana kugira ngo bemerere umuhungu urukundo.

    Uyu musore ufatanya gukina no kumurika imideri, ni umwe mu bakunzwe mu gihugu ariko akaba ahamya ko nta mukunzi afite mu myaka 4 ishize nk’uko aherutse kubitangariza ISIMBI.

    Mu kiganiro The Choice, uyu mukinnyi yavuze ko impamvu adafite umukunzi kugeza uyu munsi ari uko gutereta ari ibintu bigorana cyane, bityo akaba yarahisemo kuba abyihoreye.

    Yagize ati“ikintu cya mbere kingora mu gutereta ni ukwihangana, abakobwa baragora, njyewe kwihangana birananira nkahita mbivamo, ntabwo wangora kangahe ngo mbe nkihari.”

    Yakomeje agira ati“kugira ngo muzagere ku rwego rwo kuvugana amasaha 2, muba mwahereye ku munota 1, 2 umwinginga, rero kwinginga birangora, burya mu rukundo iyo ibintu ari ibyawe ntabwo bikugora.”

    Uyu musore akomeza avuga ko aba atinya ko yamutaho igihe kandi bikazarangira umukobwa amwanze, akaba bifata nko guta umwanya.

    Iradukunda Jean Bertrand, aherutse gutangariza ISIMBI ko nta mukunzi afite ariko akaba abona igihe kigeze ngo ashake uwo bakundana akaba yazanamubera umugore we Imana ibihaye umugisha.

    Si muri ruhago gusa no mu mideli izina rye ririmo kugenda rizamuka

    Avuga ko ibintu by’urukundo yari yarabyirengagije ariko ubu arimo kubitekerezaho

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/rutahizamu-iradukunda-bertrand-yavuze-ikintu-kimugora-mu-gutereta

  • Kakule Mugheni Fabrice yasubije abamutegereje muri Yanga yo muri Tanzania

    Nyuma yo gusezera ikipe ya Rayon Sports akavuga ko atazakomezanya na yo umwaka utaha w’imikino, Mugheni Kakule Fabrice, inkuru nyinshi zikomeje kumwerekeza mu gihugu cya Tanzania mu ikipe ya Yanga ndetse aho bavuga ko n’ibiganiro bigeze kure, gusa uyu musore ahamya ko ataramenya aho azerekeza.

    Tariki ya 6 Kamena 2020, ni bwo Kakule Mugheni Fabrice yasezeye kuri Rayon Sports avuga ko batazakomezanya umwaka utaha w’imikino, ni nyuma yo gusoza amasezerano ye y’imyaka 2.

    Ibinyamakuru bitandukanye muri Tanzania birimo Championi bitangaza ko uyu musore ashobora kwerekeza muri Yanga ni nyuma y’uko ubuyobozi bwa GSM, kompanyi itera inkunga ikipe ya Yanga bwamusabye amashusho ye.

    Gusa uyu musore we avuga ko n’ubwo yamaze gusezera Rayon Sports ariko ngo ntaramenya aho azerekeza, byose bizamenyekana mu gihe nyacyo.

    Yagize ati“nahisemo gusezera abafana b’ikipe yanjye kugira ngo icyo bazabona cyose ntibazatungurwe. Ntabwo byanyorohera kuvuga ngo nzerekeza aha, kuba nasezeye byonyine menya ko nzagenda uyu mwaka w’imikino urangiye, ibintu nibirangira abantu bazamenya aho nzajya.”

    Kakule Mugeni Fabrice yinjiye muri Rayon Sports muri 2015 ayivamo 2017 agiye muri Kiyovu Sports yakiniye umwaka umwe maze muri 2018 asubira muri Rayon Sports akaba yari asojemo amasezerano y’imyaka 2.

    Kakule Mugheni Fabrice ahamya ko ataramenya aho azerekeza

    source http://isimbi.rw/siporo/article/kakule-mugheni-fabrice-yasubije-abamutegereje-muri-yanga-yo-muri-tanzania

  • AMAKURU ATARIHO IVUMBI YAJE>SUNNY YARI IGIKARA CYUZUYE MURI 2015 UYU MUNSI NI METICE!!MUKOROGO YAKOZE AKAZI:AMAFOTO>>

    Uhanzikazi uzwi nka Sunny Rwanda Umukobwa wazanye Umuvuduko udasanzwe muri muzika Nyarwanda nubwo yaririmbye kera ariko nta mahirwe yo kwa mamara yagiraga.

    muri 2015 nuyu munsi 2020

    Ariko aho amenyekaniye ni mu ndirimbo yakoranye na Bruce Melody yitwa Kungora iyo ndirimbo abantu benshi niho bamenyeye Sunny byatumye benshi batagira kumukurikirana cyane ku mbuga nkoranyambaga akoresha zose amenyekana gutyo.

    Uyu mukobwa afite umwana w’umukobwa mukuru utazi Sunny wakwibeshya ko arumwana wejo bundi kandi siko bimeze ni mukuru cyane nubwo muri showbiz usanga atwika avuga amagambo menshi ateye nisoni byerekana ko atari muto ikindi utari uzi kuri Sunny yashatseho umugabo wumuzungu babana nyuma bazagutandukana buri wese aca inzira ye mu nkuru zacu zitaha tuzababwira ise w’umwana afite ubu kuko ntabwo yamubyaranye n’umuzungu babanaga.

    Muri 2015 Sunny yari umukobwa wirabura cyane afite Igikara kiza nyuma yagiye asirimuka nkuko bajya bakunda kubivuga aba ayobotse amavuta yaciwe mu Rwanda azwi nka mukorogo atangira kujya yisinga ayo mavuta Abantu benshi batari bamuzi bamumeye yaramaze kwisiga Mukorogo.

    Bamwe baketse ari Metice abandi baribasanzwe bamuzi bakavuga ko yitukuje nyuma y’impaka nyishi uyu munsi twabazaniye amafoto ye yo hambere benshi mutari muzi ndetse na yubu uko asa uwavuga ko yisize ntabwo yaba abeshye bitewe nuko yari ameze mbere muri 2015 n’uyu munsi.

    AMAFOTO YA SUNNY UKO YASANGA MBERE NUKO ASA UYU MUNSI>.

    POSTED BY KABANDA JOSEPH KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV

     2 total views,  2 views today

    The post AMAKURU ATARIHO IVUMBI YAJE>SUNNY YARI IGIKARA CYUZUYE MURI 2015 UYU MUNSI NI METICE!!MUKOROGO YAKOZE AKAZI:AMAFOTO>> appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/12/amakuru-atariho-ivumbi-yajesunny-yari-igikara-cyuzuye-muri-2015-uyu-munsi-ni-meticemukorogo-yakoze-akaziamafoto/

  • Inzozi zabaye impamo! Ikiganiro na Marie France wifuzaga gukora kuri televiziyo none yashinze iye bwite

    Uvugwa muri iyi nkuru ni Niragire Marie France wamamaye cyane muri sinema y’u Rwanda nka ‘Sonia’.

    Marie France ni umubyeyi w’abana batatu, ni umugore wa Murwanashyaka Nehema Nelson barushinze mu 2014, banashyigikirana muri ibi bikorwa byo gutegura filime akora.

    Yavukiye mu muryango w’abana batatu ari uwa kabiri, yakuriye Kicukiro yiga mu Rwanda arangiriza muri Kaminuza y’Ubukerarugendo , Ikoranabuhanga n’Ubucuruzi ya RTUC mu by’Ubukerarugendo n’Amahoteli abivamo ahita yinjira muri sinema.

    Ni umukinnyi wa filimi wabigize umwuga kuva mu 2008. Filime ya mbere yakinnyemo yarigaga, abanyeshuri benshi biganaga bari bazi ko akunda ibyo gukina ni nabo bamurangiye iyo gukinamo ya mbere yitwaga ‘Urudasanzwe’ yasohotse mu 2009.

    Nyuma y’icyo gihe yarambagijwe na Silver Film Production ahita akina mu yitwa ‘Inzozi’ yatumye amenyekana cyane nka Sonia.

    Yagaragaye mu yitwa ‘Anita’, ‘Umugore w’Umutima’, ‘Imbarutso’ na ‘Teta’ yasohotse mu mwaka ushize.

    Uyu mugore kuri ubu yamaze kwinjira mu ishoramari aho yahise ajya mu itangazamakuru ndetse anatangiza televiziyo ye ku giti cye avuga ko n’ubundi izamufasha guteza imbere uruganda rwa sinema.

    Yakabije Inzozi

    Mu kiganiro yagiranye na UKWEZI mu buryo bw’amajwi n’amashusho yagarutse ku nzozi yakuranye zo kuzaba umukozi wo mu ndege cyangwa utwara indege cyangwa byakwanga akaba umunyamakuru wo kuri televiziyo.

    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye na Marie France

    Ni ibintu avuga ko yaje kubyisangamo byose dore ko muri Kaminuza yize ibijyanye n’Ubukerarugendo ndetse yarangiza kwiga agakora imenyerezamwuga mu ndege. Si ibyo gusa dore ko kuri ubu yashinze Televiziyo yahaye izina rya ‘Genesis Tv’.

    Yakomeje agira ati “Gushinga televiziyo navuga ko ari inzozi zanjye zibaye impamo kuko nabyirutse numva ko nzatwara indege cyangwa nkaba umunyamakuru kuri televiziyo, kandi ibyo mu ndege nabikozemo kuko nize ubukerarugendo nza gukora imenyerezamwuga muri Rwandair naho itangazamakuru ngira ngo murabibona.”

    Uyu mugore uciye agahigo ko kuba uwa mbere winjiye muri iri shoramari rya televiziyo yavuze ko ajya gutangira uyu mushinga yari afite inyota yo guteza imbere imyidagaduro ndetse n’uruganda rwa sinema abarizwamo.

    Marie France yavuze ko amahirwe leta y’u Rwanda yahaye abikorera by’umwihariko abashora imari mu itangazamakuru ari kimwe mu byamutije imbaraga.

    Ati “Isoko ry’itangazamakuru mbona rihagaze neza, kuko ibinyamakuru biravuka umunsi ku munsi, biragaragara ko leta y’u Rwanda yaduhaye imbaraga kugira ngo dushobore kuzamura itangazamakuru n’u Rwanda muri rusange.”

    “Isoko ryo buri wese aribona ku giti cye, kuri njye mbona ni ugushora imari nk’uko wakora uruganda rukora amabati, ukiga isoko ese abanyarwanda bazubaka ni bangahe mbese ni uko wiga ukareba ibikenewe. Isoko ryo rirahari kuko ridahari ntabwo twaba turiho. Mfite uburyo nakora nkabona amafaranga kandi n’abandi ni uko
    .”

    Marie France yavuze ko nyuma yo kubona inzozi ze zibaye impamo yishimira ko kuri ubu televiziyo yashinze iri gukora kandi ikomeje gukurikirwa n’abantu benshi ari nabyo bikomeje kumutera imbaraga.

    Yavuze ko “Icyo navuga ndashima Imana si uko ndusha abandi ubushobozi cyangwa ubwenge, ndashima Imana kuko yemeye ko ntangira.”

    Abanyempano bashyizwe igorora

    Muri rusange Genesis Broadicasting Network ni ikigo kigizwe n’ibice bitatu harimo, urubuga rutangaza amakuru kuri murandasi rwa ‘GenesisBizz’, ahakorerwa amashusho n’amafoto ‘Genesis Studio’ ndetse na televiziyo ya Genesis TV [Kuri ubu igaragara kuri Canal+ 378].
    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye na Marie France

    Kugeza ubu Genesis TV yatangiye gukora bimwe mu biganiro ariko byibanda ku myidagaduro ariko ubuyobozi bwayo butangaza ko izakomeza kuzana ibindi bigaruka kuri sinema, ubukerarugendo n’ibindi bigamije kuzamura impano z’abanyarwanda zikajya ku rwego mpuzamahanga.

    Marie France avuga ko nyuma yo gusanga hari icyuho mu bijyanye no guteza imbere impano z’abanyarwanda yahisemo gushora imari agamije kubafasha kugera ku rwego mpuzamahanga.

    Yagize ati “Njye narebeye mu buryo nari nsanzwe mu myidagaduro, nureba televiziyo dufite mu Rwanda, imiziki bayicishaho kubera ari indirimbo wabazaniye, urebye Canal+ ifashe izindi televiziyo kuko Genesis TV ije.”

    “Urumva kuzamura abahanzi b’abanyarwanda byari bigoye, umuhanzi ntabwo ashobora gukurira mu rugo akeneye ko ibihangano bye bigera no ku bandi. Niba batumira abantu bo muri Tanzania nuko babazi. Natwe rero turashaka kuzamura igihangano cy’umunyarwanda ku rwego mpuzamahanga.”

    Marie France yasabye kandi abanyarwanda kugana Genesis TV, by’umwihariko abafite impano bashaka kumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga, aha yavugaga abahanzi, abakinnyi ba filimi, abanyarwenya n’izindi mpano zitandukanye.

    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye na Marie France


    Amafoto na Video: Kubananeza Willy Evode

    source http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Inzozi-zabaye-impamo-Ikiganiro-na-Marie-France-wifuzaga-gukora-kuri-televiziyo-none-yashinze-iye-bwite

  • COVID-19: RNP rolls out campaign on safety measures

    The campaign, which comes in light of the resumed transport services in the majority parts of the country, is meant to reinforce the government directives and recommended safety guidelines against the pandemic.

    It focuses mainly on educating people especially in bus stations, markets and other business centres on the recommended safety practices as they go about their errands to curb the spread of the novel Coronavirus.

    The official launch was held in the City of Kigali where drivers and passengers in Nyabugogo, Downtown, Remera and Nyanza bus terminals, were enlightened on the safety and preventive practices and urged to respect them to be safe and to save others.

    Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, the RNP spokesperson said that the campaign is primarily aimed at changing mindsets and attitudes of drivers and passengers.

    “Transport services and all local businesses resumed, but the problem of COVID-19 is still in our midst, so we have gone a step further from social media and other channels we were using during the lockdown, to delivering messages physically to educate the public on how to behave to be safe,” said CP Kabera.

    He added: “The campaign is all about influencing positive behaviors and practices to prevent further virus infections. In bus stations, vehicles, markets and other business centres; safety guidelines must be respected. Some movements and journeys could be unnecessary and we urge people to put every aspect into consideration and order of preference before their leave their homes.”

    “We request everyone to take ownership of this campaign in the fight against #Covid-19 now that movements have resumed.” CP Kabera added.

    He further reminded the public to wear face mask, be at home at 9PM, wash hands regularly with soap and water, avoid unnecessary movements and socializing in groups, and respect for social/physical distancing.

    The #RwanyaCovid-19 campaign is primarily aimed at changing mindsets and attitudes of drivers and passengers.

    We encourage everybody to be part of this campaign by reporting those who violate the guidelines put in place to prevent the spread COVID-19 on 112 or 0788311155 (also on WhatsApp). The Spokesperson emphasized.

    Ziyada Mukandahiro, the Executive Secretary for Nyarugenge sector emphasized the role of local leaders to ensure that all set directives are fully implemented and respected.

    “Respecting recommended safety instructions is for everyone’s safety. We are going to double efforts in inspection and supervision to ensure that any violator is punished accordingly,” Mukandahiro said.

    Godfrey Nkusi, the manager of RITCO, a local travel agency, said that the directives are clear and that they have to be known and respected by everyone.

    Nkusi said that as transporters, they labour to explain these safety measures and to operate in accordance with the directives including controlling and monitoring their drivers, preventing contacts in bus terminals and in vehicles, wearing face masks and washing hands before boarding.

    The official launch was held in the City of Kigali where drivers and passengers in Nyabugogo, Downtown, Remera and Nyanza bus terminals,

    The campaign is meant to reinforce the government directives and recommended safety guidelines against the pandemic.

    Rwanda National Police (RNP), on Wednesday, rolled out a countrywide campaign dubbed ‘Rwanya COVID’ to further educate the public on safety measures against Coronavirus.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rnp-rolls-out-campaign-on-safety-measures

  • Kenya: Abapolisi batatu baziritse umugore kuri moto bamukurubana mu muhanda ipantalo ye ivamo

    Batawe muri yombi kuri uyu wa Kane nk’uko byatangajwe n’ishami rya Polisi ya Kenya rishinzwe kugenza ibyaka DCI. Aya amashusho yafashwe ku wa Gatatu, afatirwa Kuresoi mu majyepfo ashyira ibirasirazuba bw’umujyi wa Nairobi.

    Muri aya mashusho y’umunota umwe n’amasegonda 30, aba bapolisi bagaragara baziritse kuri moto umugore w’imyaka 21 witwa Mercy Cherono bagenda bamukurubana mu muhanda abandi bagenda bamukubita. Hari aho bigera ipantalo ye ikavamo akambara ubusa mu rukenyerero.

    Mu itangazo DCI yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane tariki 11 Kamena 2020 yatangaje ko aba bapolisi uko ari batatu barajwe muri kasho mu gihe iperereza kuri iki kibazo rikomeje.

    Uyu mugore ngo yari yamennye inzu y’umwe mu bapolisi. Ntaho biratangazwa niba uyu mugore asanzwe ari umujura.

    Ibi bibaye nyuma y’uko ku wa Mbere abaturage barimo Rahma Wako bagaragaye mu mujyi wa Nairobi bavuga ko bamagana ubwicanyi polisi ya Kenya iri gukorera abaturage biganjemo urubyiruko.

    Rahma Wako yagaragaraye mu mashusho yafashwe uwo munsi avuga ko ibyabaye bihagije ati “Polisi nireke gukomeza kwica urubyiruko rw’inzirakarengane”.

    Ibi nanone biri kuba mu gihe mu mijyi itandukanye yo hirya no hino ku Isi hari kuba imyigaragambyo yamagana ivangura abazungu bakorera abirabura. Iyi yo yasembuwe n’urupfu rwa George Floyd witabye Imana tariki 25 Gicurasi 2020, nyuma y’uko umuzungu w’umupolisi yari amaze iminota hafi 9 amupfukamye ku ijosi.

    Iyi myigaragambyo yamagana ivangura yageze no mu Buhinde, aho abaturage b’Abahinde basigajwe inyuma bitwa ‘Aba-Dalits’ bari kwigaragambya basaba ubutegetsi bw’iki gihugu kubafata kimwe n’abandi baturage.

    “[We are] telling them to stop killing our kids,” added Beatrice Rongo, another protester. “Mothers are crying, sisters, everybody – we are all hurt by this injustice of police brutality.”

    ‘What about African lives?’
    In recent days, cities around the world have witnessed major protests against police violence and racism prompted by the police killing of George Floyd in the United States on May 25.

    Floyd, an unarmed Black man, was pinned to the ground by a white police officer in Minneapolis, Minnesota. The officer, who has since been fired and charged for murder, knelt on Floyd’s neck for nearly nine minutes, as Floyd pleaded “I can’t breathe”.

    source http://www.ukwezi.rw/Mu-mahanga/Umutekano/article/Kenya-Abapolisi-batatu-baziritse-umugore-kuri-moto-bamukurubana-mu-muhanda-ipantalo-ye-ivamo

  • Rwandan Peacekeepers in South Sudan to be tested

    The testing spearheaded by the Ministry of Health started on Tuesday in Malakal where Rwanda Formed Police Unit-One (FPU-1) hybrid contingent of 239 officers, is deployed.

    Rwanda FPU-1 lost one of its members—Police Constable (PC) Enid Mbabazi—who succumbed to COVID-19 on June 2, at the King Faisal Hospital after she was evacuated back home for further treatment.

    Rwanda National Police (RNP) spokesperson, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera said that the testing which started in Malakal was in line with the prevention measures against the spread of coronavirus/ Covid-19 and the exercise will continue to all Rwandan peacekeepers serving in South Sudan.

    “The testing of all officers under FPU-1 and Individual Police Officers (IPOs) in Malakal ended midmorning on Wednesday and the team will continue to other units deployed in Juba,” CP Kabera said.

    Rwanda Correctional Services (RCS) officers deployed in Malakal, were also tested for Coronavirus.

    The FPU-1 Contingent Commander, Senior Superintendent of Police (SSP) Fabien Musinguzi, said that they grieve for their colleague but also continue to execute their peacekeeping mandate.

    “We have continued to serve in order to accomplish our peacekeeping mandate as we grieve for our fallen colleague, PC Enid Mbabazi.

    She died in the line of duty, and we will continue to contribute to what she stood and died for, in consideration of the WHO guidelines; social distancing in our camp, parades, patrols and stations; wearing face masks, washing hands as many times as possible and avoiding hand shaking,” said SSP Musinguzi.

    Apart from the Rwandan peacekeepers deployed in Malakal, who were tested for the virus, other Police, military officers as well as RCS deployed in Juba and other parts of the country, will be sampled and tested.

    RNP maintains three Formed Police Units (FPU) Contingents of 160 Police Officers, each only in South Sudan, and a total of 1036 peacekeepers in different missions.

    The testing and sampling of the Rwandan peacekeepers across all missions is among the measures taken by the country to strengthen their protection and safety in the face of the Coronavirus pandemic.

    Other measures include additional protective gears such as face masks, hand sanitizers and educating them on the spread of the pandemic and effective prevention and safety measures.

    The testing spearheaded by the Ministry of Health started on Tuesday in Malakal where Rwanda Formed Police Unit-One (FPU-1) hybrid contingent of 239 officers, is deployed.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/rwandan-peacekeepers-in-south-sudan-to-be-tested

  • Court stays hearing case of top officials accused of abusing public office

    Among the other officials accused are Godfrey Kabera, the Director-General for National Planning and Eric Serubibi who was until recently the Director-General of Rwanda Housing Authority (RHA).

    With these is also Christian Rwankunda, who was the Deputy Director-General in charge of fund management at Rwanda Social Security Board (RSSB).

    They are faced with accusations, including misuse of public property, flouting of procedures on public tenders and complicity in flouting tendering procedures.

    They appeared with their lawyers in court on Thursday, June 11, for bail hearing that did not materialize, due to prosecution’s failure to feed the details of their charges into the online case management system.

    This is the second time that the case has been postponed; the hearing had been scheduled for last week, but it did not happen due to similar reasons.

    The defendants’ lawyers complained to court that they had not been able to access the files detailing the accusations that their clients face because prosecution had not fed them into the system.

    “Two days ago, we logged into the online system and reminded court and prosecution to assist us with the documents concerning our clients’ charges. But until today, it has not been done,” said a lawyer representing Caleb Rwamuganza.

    Adding to that, Alphonse Sebazungu who represents Serubibi told court that police stopped him from accessing his client from where he is detained to prepare their defence.

    “Yesterday I wanted to meet my client at a police station where he is being held, but police officers did not allow me. Yet, it was necessary for us to meet and prepare the defence,” he said.

    The prosecutor in charge of the case informed the court that there is a general problem in the online system, specifically on the part of Rwanda Investigation Bureau (RIB) who are currently unable to feed documents into the system; the prosecutor said that the defendants’ lawyers should have approached court or prosecution itself and got the documents in another form, like flash disks.

    As a response to Sebazungu’s claim on him being stopped from seeing his client, some of the hindrances were as a result of measures by police to prevent the spread of Covid-19.

    They prosecution said to have talked to police to facilitate the meetings between lawyers and their clients.

    Due to such hindrances, the presiding judge postponed the bail hearing to June 18, to give time to the lawyers to access the files and also meet their clients to discuss their defence.

    The presiding judge postponed the bail hearing to June 18, to give time to the lawyers to access the files and also meet their clients to discuss their defence.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/court-stays-hearing-case-of-top-officials-accused-of-abusing-public-office