Tag: news

  • UWAMWITA SHAGGY CYAGWA ABUD MULASI KUBERA ABAKOBWA BEZA YABA ATIBESHYE VIDEO Y’UMWAKA NI KAYITARE WA DEMBE:AMAFOTO>

    Kayitare Wayitare Dembe ku itariki 7 Kamena 2020 nibwo yafashe amashusho y’indirimbo ye nshya ateganya gusohorana n’amashusho yayo,gusa hakaba haragaragayemo abakobwa bambaye imyenda idasanzwe igaragaza ibibero n’imiterere yabo.

    Indirimbo nshya Kayitare Wayitare Dembe yitegura gushyira hanze yirinze gutangaza izina ryayo gusa avuga ko ikoze mu njyana ya Dancehall.Kayitare yagize ati “Ntabwo natangaza amazina yayo kugira ngo batayishishura kuko nabonye abasore b’iki gihe batoroshye,uretse ko nyine ikoze mu njyana ya Raggae/Dancehall,icyo nicyo abantu bagomba kumenya”.

    Mu byatunguranye mu mafoto y’ifatwa ry’amashusho y’iyi ndirimbo ya Kayitare Wayitare Dembe,ni imyambarire ikurura igitsina gabo abakobwa bazagaragaramo bari bambaye,kuko bari bambaye imyenda igaragaza imiterere n’ibibero byabo nkuko namwe muri bubyibonere ku mafoto.

    Kayitare Wayitare Dembe abaijijwe uri gutunganya aya mashusho n’igihe azayashyirira hanze,yavuze ko amashusho ari gutunganywa n’umusore witwa ’Wakka’ ndetse ngo akaba ateganya kuyashyira hanze mu mpera z’uku kwezi kwa gatandatu.

    Kayitare Emmanuel wamenyekaniye ku izina rya Kayitare Wayitare Dembe akaba yaramenyekaniye mu ndirimbo nka ’Abana b’Afurika,East Africa,Mujye ukundana rubyiruko n’izindi’…Mu mwaka ushize wa 2019 ukaba warasize ashyize hanze indirimbo ebyiri n’amashusho yazo ari zo ’ANITA na FATA KUMANO’ nyuma y’imyaka 10 atumvikana mu ruhando rwa muzika nyarwanda akaba ari zo ndirimbo zamusubije mu kibuga.

    REBA AMAFOTO MENSHI ATANDUKANYE Y’IFATWA RY’AMASHUSHO Y’INDIRIMBO NSHYA YA Kayitare Wayitare Dembe:










    POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV

     214 total views,  214 views today

    The post UWAMWITA SHAGGY CYAGWA ABUD MULASI KUBERA ABAKOBWA BEZA YABA ATIBESHYE VIDEO Y’UMWAKA NI KAYITARE WA DEMBE:AMAFOTO> appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/12/uwamwita-shaggy-cyagwa-abud-mulasi-kubera-abakobwa-beza-yaba-atibeshye-video-yumwaka-ni-kayitare-wa-dembeamafoto/

  • VA Guaranteed Home Loan. Exactly What Is Just a VA Guaranteed Mortgage?

    VA Guaranteed Home Loan. Exactly What Is Just a VA Guaranteed Mortgage?

    What exactly is a VA Guaranteed Mortgage?

    A VA guaranteed in full mortgage loan enables you to:

    • Purchase a house, a manufactured house, or even a condominium
    • Purchase a whole lot for the manufactured home
    • Build, fix, or enhance a house (including energy conserving improvements)
    • Refinance a current loan

    A VA assured mortgage loan provides a true number of safeguards and benefits over a non VA guaranteed loan. As an example, the attention rate is competitive with mainstream prices with little or no advance payment needed. A VA assured mortgage is created by personal loan providers, such as for example banking institutions, cost cost savings and loan associations, and home loan businesses. As with every loan, you need to use straight to the financial institution. Your property broker can help you find a loan provider.

    Once the loan is authorized, VA will guarantee section of it. The total amount of VA’s guaranty often relies on how big is the loan. This guaranty protects the financial institution against loss as much as the quantity assured by VA. The biggest guaranty that VA can give is a quantity add up to 25% of this Freddie Mac conforming loan limitation for single-family residences. These limitations are susceptible to alter every year.

    That is Qualified To Receive a VA Guaranteed Mortgage?

    Note: Applications involving except that honorable discharges will often need further development by VA. It is required to see whether the solution ended up being under apart from dishonorable conditions.

    Military Service Needs for VA Loan Eligibility:

    Wartime – Service Through:

    • WWII: 9/16/1940 to 7/25/1947
    • Korean: 6/27/1950 to 1/31/1955
    • Vietnam: 8/5/1964 to 5/7/1975

    You really must have at the least ninety days on active responsibility and been released under other than dishonorable conditions to be eligible for a VA assured mortgage loan. In the event that you served significantly less than ninety days, maybe you are qualified if discharged for a site linked impairment.

    Peacetime – Service during durations:

    • 7/26/1947 to 6/26/1950
    • 2/1/1955 to 8/4/1964
    • 5/8/1975 to 9/7/1980 (Enlisted)
    • 5/8/1975 to 10/16/1981 (Officer)

    You need to have offered at the very least 181 times of constant duty that is active been released under apart from dishonorable conditions. You may be eligible for a VA guaranteed home loan if discharged for a service connected disability if you served less than 181 days.

    Provider after 9/7/1980 (enlisted) or 10/16/1981 (officer)

    You must have if you were separated from service which began after these dates:

    • Finished two years of continuous active responsibility or the total duration (at the least 181 times) that you can had been bought or called to active duty and been released under conditions except that dishonorable, or
    • Finished at the least 181 times of active responsibility and been released beneath the particular authority of 10 USC 1173 (Hardship), or 10 USC 1171 ( very Early Out), or have already been determined to possess a compensable disability that is service-connected
    • Been discharged with significantly less than 181 times of solution for the disability that is service-connected. People are often eligible when they had been released from active responsibility because of an involuntary decrease in force, specific medical ailments, or,
    • In a few circumstances when it comes to ease of the us government.

    Gulf War – Service during period 8/2/1990 up to now yet become determined

    You must have if you served on active duty during the Gulf War:

    • Finished two years of constant duty that is active the entire duration (at the least 3 months) that you had been called or purchased to active duty, and been discharged under conditions other than dishonorable, or
    • Finished at the least 3 months of active responsibility and been released beneath the particular authority of 10 USC 1173 (Hardship), or 10 USC 1173 ( Early Out), or have already been determined to possess a compensable service-connected impairment, or
    • Been discharged with significantly less than ninety days of solution for the service-connected impairment. People can also be qualified when they had been released from active responsibility because of an involuntary decrease in force, specific medical ailments, or,
    • In a few circumstances, when it comes to ease of the federal government.

    Active Duty Provider Personnel

    You are eligible after having served 181 days (90 days during the Gulf War) unless discharged or separated from a previous qualifying period of active duty service if you are now on regular duty (not active duty for training.

    Chosen Reserves or National Guard

    If you should be perhaps not otherwise qualified along with finished an overall total of 6 years within the chosen Reserves or National Guard (member of an energetic product, went to needed week-end drills and 2-week active responsibility for training) and

    • Had been released with a honorable release, or
    • Had been positioned on the retired list, or
    • Had been used in the Standby Reserve or a component associated with the Reserve that is ready other the Selected Reserve after solution characterized as honorable solution, or
    • Continue steadily to provide when you look at the Selected Reserves

    People who finished lower than 6 years might be eligible if released for the disability that is service-connected.

    You might additionally be determined qualified if you:

    • Can be a spouse that is unremarried of veteran whom passed away whilst in solution or from a site linked impairment, or
    • Are a definite partner of a serviceperson lacking doing his thing or a prisoner of war

    Note: additionally, a spouse that is surviving remarries on or after attaining age 57, as well as on or after December 16, 2003, can be qualified to receive the house loan advantage. Nevertheless, a surviving partner whom remarried before December 16, 2003, as well as on or after attaining age 57, must use no later than December 15, 2004, to ascertain VA fully guaranteed mortgage loan eligibility. VA must reject applications from surviving spouses whom remarried before December 6, 2003 which can be gotten after December 15, 2004.

    http://www.quickinstallmentloans.com

    Eligibility can also be founded for:

    • Specific usa residents whom served into the armed forces of government allied using the usa in WW II.
    • Those with solution as users in some businesses, such as for example Public wellness provider officers, cadets during the united states of america Military, Air Force, or Coast Guard Academy, midshipmen in the united states of america Naval Academy, officers of nationwide Oceanic & Atmospheric management, vendor seaman with WW II solution, as well as others.

    Note: There are certain other categories of people who can be eligible.

    What Documents Do i have to give you the Lender to get a VA Guaranteed mortgage loan?

    The financial institution shall desire a certification of Eligibility to show that you’re entitled to a VA assured mortgage. Certificates are released by VA’s Loan Eligibility Center in Winston-Salem, new york to persons that are eligible make an application for the certification. The Eligibility Center is reached by calling toll-free 1-888-244-6711. Quite often, your loan provider might have the ability to access VA’s secure internet site and get a certification for you personally.

    How Could You Apply?

    We highly recommend before you submit your application for a VA guaranteed home loan that you enlist the services of a Veteran Service Officer. They are going to review the job, helping make sure it’s most of the information the VA requires. Should you not have VSO yet, the NVF will allow you to find one. Merely contact us at 888-777-4443.

    You can easily make an application for a VA assured mortgage loan by asking for your loan provider to get a certification it to the Loan Eligibility Center in Winston-Salem, North Carolina for you through VA’s secure web site OR by completing one of the following forms and submitting:

    • Veteran/Servicemember: VA Form 26-1880, ask for A certification of Eligibility for VA Residence Loan Benefits
    • Surviving Spouse: VA Form 26-1817, request Determination of Loan Guaranty Eligibility – Unmarried Surviving Spouse

     6 total views,  6 views today

    The post VA Guaranteed Home Loan. Exactly What Is Just a VA Guaranteed Mortgage? appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/12/va-guaranteed-home-loan-exactly-what-is-just-a-va/

  • Три основных действия: бесплатные игровые автоматы онлайн!

    Я часто спрашиваю, положительный ли это вопрос, но мне обычно задают вопросы по любому игровому запросу от моей группы близких друзей. Когда вы играете в игровом заведении на суше, например, большинство игровых автоматов работают по-разному, в зависимости от номинала каждого игрового автомата, который вы выполняете. Например, выбранные видеоигры могут в конечном итоге Ежели играющему хочется узнать автоматы на деньги в деталях, он ещё имеет возможность кликнуть на иконку «Гайд». быть ограничены за вознаграждение, или вы можете не получить возможность делать ставки даже больше, чем определенное количество за вознаграждение. Доход, полученный от поощрительных ходов, приносит 25-периодную необходимость в ставках. Варианты игры в рулетку зависят от того, какую систему интернет-казино вы выберете, но ассортимент видеоигр поразит вас.

    Лучшие казино Великобритании

    Бесплатные приложения для игровых автоматов Zynga, в игорном домике в сети бесплатно правила денежного вознаграждения. Артур Прудент может быть разработчиком требований к вознаграждениям игорного дома, веб-сайта, на котором представлена ​​игровая информация, оценки возможностей казино, техасских холдемов, бинго, спортивных мероприятий, бонусных сделок, маркетинговых акций и многое другое. Эти условия включены для того, чтобы некоторые казино имели склонность к потере денег, в значительной степени из-за предложения этой награды игрокам.

    Некоторые казино концентрируются на особом вознаграждении, например, бесплатные переписывания. Основное правило использования бездепозитного вознаграждения в современном казино обычно состоит в том, чтобы пользоваться этими деньгами в соответствии с требованиями, известными как требования к ставкам. Награда без депозита – это изумительные слова и фразы для каждого игрока, но вы не должны полностью устранять свой ум. Интернет-казино Champion. Большой выбор тусовок не позволит вам скучать, и вам придется возвращаться сюда снова и снова.

    За это время он поиграл и создал различные другие стратегии мошенничества с кредитными провайдерами, такие как распечатка собственных, почти идеальных копий оценок, сдача их и убеждение банковских учреждений улучшить свои деньги на основе ненадлежащего наличные деньги на его счетах. Игровой автомат Mega Moolah, безусловно, считается одним из лучших игровых автоматов, зачисленных на рекордные выплаты в джекпотах. Говоря о видеоиграх, игроки могут выбирать из обширной коллекции, которая включает в себя сотни качественных игр для игровых автоматов, настольных видеоигр и видео-техасских вариантов игры в холдем, но также можно получить живого продавца.

    Некоторые казино также устанавливают ограничения по периодам между фазами, например, если вы зарегистрируетесь в сентябре, но можете внести депозит до декабря, даже если вы вносите 50 фунтов стерлингов, вы можете не иметь права. Они имеют настоящих живых продавцов, и игроки могут легко и комфортно смотреть в своем доме, когда обрабатываются кредитные карты и размещаются ставки. В приведенной ниже гиперссылке мы обсуждаем руководство о некоторых из величайших онлайн-казино, о том, как их открывать и использовать, и как их включение в стоимость оценивает наземное интернет-казино.

     48 total views,  48 views today

    The post Три основных действия: бесплатные игровые автоматы онлайн! appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/12/tri-osnovnyh-dejstvija-besplatnye-igrovye-avtomaty-4/

  • Ngororero: Umugore yamaze gusonga ubugari umugabo ahita amwica

    Byabere mu murenge wa Nyange, Akagari ka Vuganyana, Umudugudu wa Kalambo ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 10 Kamena 2020.

    Uyu mugabo yitwa Hakuzimana Medard bahimbaga (Gisurere) naho umugore yitwa Jeannette bari bafitanye abana babiri.

    Umwe baturanyi b’uyu muryango wari utunzwe no gupagasa yabwiye UKWEZI ko uyu mugabo Gisureri yishe umugore we saa mbili z’umugoroba ubwo yari asanze umugore we amaze gusonga ubugari.

    Abaturanyi babo bavuga uyu mugore ku wa Gatatu yagiye ku isoko yirirwayo ntiyataha, arara ahantu hatazwi.

    Bukeye bwaho ku wa Kane nibwo uyu mugore yatashye asanga umugabo yazindutse ajya gupagasa. Umugore yahise ajya guhaha araza arateka.

    Bigeze nimugoroba nibwo Gisurere yatashye ageze mu rugo asanga umugore we ari gusonga ubugari ahita amukubita ifuni mu mutwe aramwica.

    Mashyaka Valens, uturanye n’uyu muryango avuga ko uyu mugore n’uyu mugabo bombi bari basanzwe ari abasambanyi.

    Yagize ati “Intandaro ni uko uwo mugore yari asanzwe asambana anasinda. Ibyo nanjye nanabibonaga kuko ntuye muri karitsiye imwe nabo. Yaba umugabo yari umusinzi, umugore nawe umugabo yamushinzaga uburaya, ubwo rero n’ubwo mbere y’uko apfa ntabwo yari yaraye mu rugo”.

    Mukasano Gaudence, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyange aganira na UKWEZI yavuze ko uyu muryango yari asanzwe awuzimo amakimbirane ashingiye ku mutungo.

    Ati “Nari maze kubakira mu biro byanjye inshuro enye mbagira inama bakagenda bambwiye ko bisubiyeho. Inshuro zose numvaga bambwira ikibazo cy’amakimbirane ashyingiye ku mitungo ibyo by’ubusambanyi ntabyo bambwiraga”.

    Uyu mugabo nyuma yo kwica umugore yahise atoroka n’ubu ntarafatwa, inzego z’umutekano ziri kumushakisha. Hari amakuru avuga ko uyu mugabo yari afite undi mugore yasize ku Gikongoro.

    Mukasano avuga ko inama nk’ubuyobozi bagira abaturage ari ukureka kwihambira ku bintu, bakumva ko inzego z’ubuyobozi zibereyeho kurwanya amakimbirane. Ati “Twari twarabahuguye batubwira ko bisubiyeho”.

    Nyakwigendera Jeannette yasize umwana w’imyaka 6 n’ undi w’imyaka ibiri. Umurambo we wajyanywe mu bitaro bya Muhororo gukorerwa isuzuma.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Ngororero-Umugore-yamaze-gusonga-ubugari-umugabo-ahita-amwica

  • Ubuzima bw’umuntu ntibushingira ku byo atunze

    Mu buzima bwa buri munsi, hari ibintu bimwe na bimwe dukenera kugirango bidufashe kubaho akenshi bigaruka ku mafaranga n’ubundi butunzi bwa hano ku isi. n’ubwo bidufasha kubaho ariko dukwiye kumenya ko ubuzima bwacu budashingira kuri byo ahubwo Imana yabuteguye twebwe tutarabaho.

    arababwira ati “mwitonde kandi mwirinde kwifuza kose, kuko ubugingo bw’umuntu butava mu bwinshi bw’ibintu bye” (Luka 12:15)

    Bibiliya ikubiyemo inama nyinshi nziza zijyanye no gucunga amafaranga. Kurenga kimwe cya kabiri cy’ imigani ya Yesu bivuga ku micungire y’umutungo cyangwa amafaranga . Mubyukuri, Yesu yavuze byinshi kumafaranga kuruta ibyo yavuze ku bwami bw’ ijuru cyangwa ikuzimu.

    ijambo ry’Imana ritubwira ndetse rikatwereka agaciro umuntu yahawe Imana ikimurema yaramwishimiye ndetse yamuhaye ubutware bwose kugirango ategeke isi n’ibiyuzuyemo ariko mu by’ukuri nta kintu na kimwe kimurusha agaciro kuko ibindi byose Imana yarabiremye kugirango bimufashe kubaho, byumvikane rero ko bitamurusha agaciro.

    “ibiremwa muntu bihorana agaciro kurusha imitungo ubwayo”

    reka turebere hamwe imvugo ebyiri abantu benshi bakunda kugarukaho ku byerekeye amafaranga nyamara bakabifata uko bitari:

    Imvugo ya 1: Amafaranga ni mabi. Mubyukuri, amafaranga ntabwo ari meza nta n’ubwo ari mabi, icyo Bibiliya ivuga ni uko gukunda amafaranga ari umuzi w’ibibi byose 1Timoteyo 6:10)

    icyo tugomba gukora ni ugukoresha ibintu no gukunda amafaranga uko bikwiriye hagamijwe kubahisha Imana. iyo ducuritse iri tegeko, bituzanira ibibazo bidasanzwe. Imana yo yavuze ko mu byo yaremye byose nta na kimwe kirusha umuntu agaciro.

    Imvugo ya 2: Amafaranga nurufunguzo rw’ibyishimo. dusesenguye neza dusanga ibi nabyo atari ukuri. kuko Niba amafaranga yari garanti y’ibyishimo, abantu bakize bari kwishima cyane kuruta abandi bose.

    mu rwego rwo kuvuguruza iyi mvugo ni ugusoma ibyanditse byera aho Yesu yavuze ati: “mwitonde kandi mwirinde kwifuza kose, kuko ubugingo bw’umuntu butava mu bwinshi bw’ibintu bye” (Luka 12:15)

    ku bantu bamenye Imana, ubuzima bw’umuntu ntibushingira ku byo atunze, yaba umukene yaba umukire, buri wese asabawa gukora icyo yahamagariwe kandi yaremewe bityo ntihakagire umuntu wumva ko amafaranga cyangwa imitungo ye aribyo bigenga ubuzima bwe ahubwo tujye dufata intekerezo zacu tuzigomororere Kristo ibindi byose ni inyongera.

    source:www.topchretien.com

    source https://agakiza.org/Ubuzima-bw-umuntu-ntibushingira-ku-byo-atunze.html

  • Nyabihu: Abagore babiri bafatanwe udupfunyika dusaga 1300 tw’urumogi

    Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kamena 2020, abapolisi b’u Rwanda bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe abagore babiri bafite udupfunyika 1,339 bari bagiye kurucuruza mu baturage. Bafatiwe mu karere ka Nyabihu, Umurenge wa Bigogwe mu kagari ka Kora.

    Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’ibirengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Karekezi avuga ko kugira ngo Maniragena Jacqueline w’imyaka 30 na Ngabire Mapole w’imyaka 35 bafatwe, byaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage.

    Yagize ati “Umuturage yari afite amakuru ko Ngabire yahaye urumogi Maniragena, anamubwira aho arushyira akaza kuruhasanga. Maniragena yarushyize mu mufuka aruvanga n’ibirayi arujyana aho Ngabire yamubwiye”.

    CIP Karekezi avuga ko Maniraguha yari yahawe akazi yagombaga guhemberwa amafaranga. Umuturage wari ufite amakuru kuri urwo rumogi niwe wahamagaye abapolisi nabo barakurikirana.

    CIP Karekezi ati“Umuturage yamaze kubimenya ahita atubwira, twohereza umupolisi hafi y’aho urwo rumogi rwari gushyirwa, Maniragena yahafatiwe aruzanye barebye mu mufuka basanga harimo ibirayi bivanze n’urumogi”.

    Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’iburengerazuba, yashimiye uruhare rw’abaturage mu kurwanya ibyaha anasaba n’abandi gukomeza ubwo bufatanye mu gukumira no kurwanya ibyaha.

    Yakomeje akangurira abantu bagifite umutima wo gukora ibyaha cyane cyane abijandika mu biyobyabwenge kubicikaho kuko amategeko yakajijwe.

    Ati“Icyo nabwira abantu bakijandika mu biyobyabwenge ni uko ibihano ku muntu ubifatiwemo byakajijwe kugera ku gufungwa burundu. Ikindi kandi kubera ubufatanye n’abaturage amayeri yose akoreshwa mu bucuruzi bw’urumogi agenda amenyekana”.

    Abafashwe nkuko urubuga rwa Polisi dukesha iyi nkuru rubitangaza, bashyikirijwe urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rukorera muri Sitasiyo ya Polisi ya Jenda kugira ngo hakorwe iperereza.

    Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ingingo ya 263 ivuga ko umuntu wese ukora, uhinga, uhindura, utunda, ubika, uha undi, ugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n’amategeko, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo cya burundu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda arenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW) ku byerekeye ibiyobyabwenge bihambaye.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/nyabihu-abagore-babiri-bafatanwe-udupfunyika-dusaga-1300-twurumogi/

  • Abapolisikazi b’u Rwanda bari mu butumwa bwa UNMISS bibutse mugenzi wabo wishwe na Covid-19

    Abapolisikazi bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kamena 2020 bagize umuhango wo kwibuka mugenzi wabo,  Police Constable (PC) Mbabazi Enid uherutse kwitaba Imana azize icyorezo cya Covid-19.

    Nyakwigendera Mbabazi yari mu itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 240 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye ahitwa Malakal muri Sudani y’Epfo. Tariki ya 02 Kamena 2020 yitabye Imana azize icyorezo cya COVID-19. Yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal bya hano mu Rwanda aho yari yagaruwe aje kuvuzwa.

    Umuhango wo kwibuka PC Mbabazi wabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga aho bagenzi be bose b’abapolisi aho bari mu butumwa mu gihugu cya Sudani bashoboye kuwukurikirana. Abari barahuye nawe bose bagarutse ku kababaro batewe no kumubura bihanganisha umuryango we ndetse n’igihugu cye cy’amavuko aricyo u Rwanda.

    Orowo Regina Omuyeh aturuka mu gihugu cya Nigeria akaba ari nawe uyobora ihuriro ry’ abagore bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye muri Sudani y’Epfo.

    Yavuze ko n’ubwo bari mu kiriyo cya mugenzi wabo PC Mbabazi bagomba gukomeza umuco wo gukorera hamwe nk’ikipe bagafashanya kugira ngo nk’abagore bashobore gutsinda imbogamizi zihariye bakunze guhura nazo buri munsi.

    Yagize ati “ Nk’abagore baje muri iki gihugu gufasha abagore bagenzi bacu tugomba gukorera hamwe tugashyigikirana, nk’abagore dukunze guhura n’imbogamizi zihariye. Nk’ababyeyi twasize abana mu miryango yacu tuza gufasha bagenzi bacu b’abagore hano muri Sudani y’Epfo”.

    Eileen Jane Pickering ni umugore waturutse mu gihugu cya Fiji, ni umuhuzabikorwa mu butumwa bwa UNMISS. Yavuze ko ibitekerezo ndetse n’amasengesho babyerekeje ku baturage b’u Rwanda, abapolisi b’u Rwanda ndetse no ku muryango wa nyakwigendera PC Mbabazi.

    Yakomeje agira ati “PC Mbabazi yasize umwihariko ku bagore bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo ndetse no kubagore bo muri iki gihugu”.

    Unamisi Vuniwaqa, Umuyobozi w’abapolisikazi bari mu butumwa bwa UNMISS yavuze ko PC Mbabazi yari umupolisikazi w’intangarugero, yanakoraga neza inshingano ze mu gihe yari amaze mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye.

    Vuniwaqa, nkuko urubuga rwa Polisi dukesha iyi nkuru rukomeza rubitangaza, yasabye abapolisi bose gukomera bakihangana bagakomeza gukorera hamwe bafasha abaturage ba Sudani y’Epfo.

    Yagize ati “Mwese ndabasaba gukomera kandi mugashyira hamwe mugakomeza gufasha abaturage b’iki gihugu. Buri umwe afashe mugenzi we nk’abavandimwe bahuriye mu muryango umwe ariwo Loni (UN). Mu bihe nk’ibi nibwo twegerana tukagaragaza ko turi mu muryango umwe ndetse n’abantu bakamenya ko dufashanya nk’abagore bari mu nzego z’umutekano”.

    Yifashishije umurongo wo muri Bibiliya muri Matayo 5:9, Vuniwaqa yagize ati “Abanyamugisha ni abaharanira amahoro kuko bazitwa abana b’Imana. Ubwo turimo kwibuka mugenzi wacu, tugomba kwirebera mu ishusho nk’abapolisi b’umuryango w’abibumbye bafite ikimenyetso cy’amahoro tugomba kugeza ku baturage b’iki gihugu”.

    Yakomeje abasaba kumva ko bafite inshingano kandi bakazibandaho n’umwete buri umwe agakebura mugenzi we bityo bagakomeza gushikama mu butumwa barimo bwo kubungabunga amahoro.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/abapolisikazi-bu-rwanda-bari-mu-butumwa-bwa-unmiss-bibutse-mugenzi-wabo-wishwe-na-covid-19/

  • Kenya: Umusaza w’imyaka 70 yicishijwe inkoni azira igisheke

    Edward Khalakai, umusaza w’imyaka 70 y’amavuko wo mu gihugu cya Kenya, yakubiswe inkoni n’abagabo babiri b’abarinzi b’ibisheke ( guards) kugeza ashizemo umwuka, bamuziza kwiba igisheke mu murima w’abandi. Ibi byabaye ku mugoroba wo kucyumweru tariki 07 Kamena 2020.

    Abaturage bo mu gace ka Buyanji uyumusaza yakubitiwemo kugeza yishwe, bavuga ko mu busanzwe yari umuntu ukunda kwahira ubwatsi akabugurisha n’aborozi b’amatungo bo muri aka gace. Kubw’abo baturage, ngo uyu musaza yazize gufatirwa mu murima w’abandi yiba ibisheke.

    Eric Barasa, umwe mu baturage bo muri aka gace kiciwemo uyu musaza avuga ko yumvise urusaku ruturuka mu murima, agenda agiye kureba ibirimo kuba aribwi yasanze ari abagabo babiri barimo gukubita uyu musaza Khalakai.

    Barasa, mu gihe yashakaga gutabara uyu musaza wari urembejwe n’inkoni, nkuko sde.co.ke dukesha iyi nkuru ibitangaza, yahatiwe n’aba bagabo bamusaba kugenda, ko nahirahira yongera gutera intambwe agana aho bari nawe bamwica.

    Sugarcane [Photo: Shutterstock].

    Polisi yasabwe gukurikirana aba bagabo uko ari babiri, bagafatwa bagakanirwa urubakwiye, bakaryozwa ubugome n’urupfu rw’uyu musaza Khalakai.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/kenya-umusaza-wimyaka-70-yicishijwe-inkoni-azira-igisheke/

  • Musanze: Gitifu w’Umurenge wa Cyuve n’abo bareganwa bongeye gutabwa muri yombi

    Aba bagabo bari bamaze iminsi muri gereza bashinjwa gukubita no gukomeretsa, bongeye gutabwa muri yombi aho kuri ubu noneho bakekwaho ruswa no gushaka gutoroka ubutabera.

    Sebashotsi Gasasira Jean Paul, wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kabeza, Tuyisabimana Jean Leonidas, aba Dasso babiri ari bo Nsabimana Anaclet na Abiyingoma Sylvain, bari baratawe muri yombi ku itariki 14 Gicurasi 2020 nyuma y’imvururu bagaragayemo ku itariki 13 Gicurasi 2020.

    Gusa ku wa 10 Kamena Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwabarekuye by’agateganyo nyuma y’ubujurire bwabo kuko mbere bari bakatiwe gufungwa by’agateganyo bakajya baburana bari muri gereza.

    Kuri uyu wa 11 Kamena 2020, RIB yongeye gutangaza ko bafunzwe aho noneho bakekwaho icyaha cya ruswa no gushaka gutoroka ubutabera.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Musanze-Gitifu-w-Umurenge-wa-Cyuve-n-abo-bareganwa-bongeye-gutabwa-muri-yombi

  • REMA NAMAKURA YAKOZE UBUKWE BWAGATANGAZA NA SEBUNYA UYU MUNSI URUGO RWABO RURAKAMO UMURIRO KUBERA UMWANA WA EDDY KENZO:INKURU

    UMUHANZIKAZI W’UMUGANDE UZWI NKA REMA NAMAKURU HASHIZE AMEZI MAKE AKOZE UBUKWE BUKOMEYE NA DR SEBUNYA BWANYEGANYEJE EAST AFRICA YOSE UWAVUGA KO BWARI BUMEZE NKUBWO NYAKWIGENDERA KATAWUTI UMUNYARWANDA YAKOZE NA OWAYA OPRAH UKINA FILME MURI TANZANIA YABA ATIBESHYE,

    UKO BIMEZE MURUGO RWA SEBUNYA HAMWE NA REMA NAMAKURA INSHUTI YO HAFI YUYU MURYANGO HASHIZE ICYUMWERU SEBUNYA ATOTEZA REMA AMUBWIRA GUSUBIZA EDDY KEZA UMWANA WE MUKURU AFITE NGO AKAVA MURUGO RWABO ARIKO REMA NAWE AKAVUGA KO ATAKWIRUKANA UMWANA MURUGO KANDI BARASHAKANYE AZIKO UMWANA YABANAGA NAWE,

    IBI RERO BIKOMEJE GUTEZA IMPAGARARA NYINSHI MURUGO RWABO NTA KINDI BAPFA N’UMWANA WA EDDY KENZO REMA YASHATSE UMUGABO AMUFITE NDETSE BABANA IBI RERO SEBUNYA AKABA ATABIKOZWA.

    INSHUTI YABO MAGARA ATURANYE NABO EJO BUNDI YATANGAJE KO REMA BAJYA BAKUNDA KUMVU ASA NURIMO KURIRA NDETSE BATONGANIRA HEJURU N’UMUGABO.

    HARI N’UMUNSI BUMVIKANYE UMUGABO AKUBITA REMA AMWIRUKANA MURUGO IYO IKABA ARIMWE MU MPAMVU ZISHOBORA GUTUMA BATANDUKANA BITEWE NUKO NTABWUMVIKANE BAFITE MURUGO RWABO.

    NGAYO NGUKO……….

    POSTED BY PAPARAZZI WACU KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV

     106 total views,  106 views today

    The post REMA NAMAKURA YAKOZE UBUKWE BWAGATANGAZA NA SEBUNYA UYU MUNSI URUGO RWABO RURAKAMO UMURIRO KUBERA UMWANA WA EDDY KENZO:INKURU appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/12/rema-namakura-yakoze-ubukwe-bwagatangaza-na-sebunya-uyu-munsi-urugo-rwabo-rurakamo-umuriro-kubera-umwana-wa-eddy-kenzoinkuru/