Tag: news

  • Ifoto Utabura kureba za bakobwa 5 zihariye Social Media guhera ejo nuyu munsi:AMAFOTO>>

    ZIMWE MU MAFOTO AKURURA ABANTU BENSHI KU MBUGA NKORANYAMBAGA ZA INTERNET KUVA EJO BAZITAMBAGIZA KURI INTERNET NKA FACEBOOK INSTARGM NDETSE NA TWITTER.

    FROM TANZANIA

    AYA MAFOTO KENSHI USANGA ARAYABAKOBWA BA DASANZWE BATUYE MURI IYI ISI YARUREMA NDETSE BATURUKA MU BIHUGU BITANDUKANYE KW’ISI.

    REBA HASI UBURYO ABO BAKOBWA BABA BIFOTOJE>>

    FROM KENYA
    ZAMBIA LUSAKA
    KIGALI RWANDA
    FROMA ZANIZBAR

    POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV

     114 total views,  114 views today

    The post Ifoto Utabura kureba za bakobwa 5 zihariye Social Media guhera ejo nuyu munsi:AMAFOTO>> appeared first on Rwanda Paparazzi.

    source https://rwandapaparazzi.rw/2020/06/15/ifoto-utabura-kureba-za-bakobwa-5-zihariye-social-media-guhera-ejo-nuyu-munsiamafoto/

  • Rwanda donates medical kits to UNMISS

    This is part of the earlier pledged test kits and personal protective equipment to the mission to increase its capacity to test and treatment to staff as the world continues to battle the Coronavirus disease.

    The donation comes particularly in support of international peacekeeping efforts to contain the spread of the virus and in light of the lack of enough testing kits in some countries.

    Brig. Gen. Eugene Nkubito, UNMISS Sector Commander in Juba, handed over the kits on behalf of Rwanda.

    Brig. Gen. Nkubito explained that the remaining lot of the equipment will be availed soon to UNMISS during force rotation exercises slated for next month.

    Brig. Gen. Nkubito said that the Coronavirus is a “common enemy to mankind’, and cooperation is the way to defeat the pandemic.

    Joan Segui Barber, UNMISS head of the Laboratory section thanked Rwanda for the support adding that it will significantly boost the mission capacity against Covid-19.

    “We have always sought for testing kits from the World Health Organization office in South Sudan whenever we want to make tests, these kits are definitely augmented to our speed in testing staff,” Barber said.

    The South Sudan government has taken several measures such as imposing a partial curfew, suspending schools and universities, and shuttering non-essential businesses, to curb the spread of the novel Coronavirus.

    Early this week, Rwanda also started testing and sampling for novel Coronavirus targeting its Police, military and prison warden peacekeepers deployed in South Sudan.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/rwanda-donates-medical-kits-to-unmiss

  • Drug dealer arrested in Ngororero

    Vedaste Hakizimana, 38, was using his shop as cover to sell cannabis to consumers.
    He was arrested on Thursday after 98 pellets of cannabis were recovered from his shop located in Rusumo Cell of Gatumba Sector.

    Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi, the Police spokesperson for the Western region, said that Hakizimana had used his shop as address for cannabis abusers.

    “Residents reported Hakizimana to local leaders that he sells cannabis in his shop; local authorities in turn called the Police,” CIP Karekezi said.

    “We later conducted an operation recovered the pellets in his shop, which were concealed in other goods,” he added.

    “It is said that Hakizimana was a retailer of cannabis in Gatumba Sector and is connected to a ring of drug traffickers; some of them have been arrested and others still at large.”

    CIP Karekezi said that there is a ring of cannabis traffickers and retailers, some of whose particulars have been discovered through information sharing with the public, including Hakizimana.

    He warned that operations are continuous for any drug dealer to “face the wrath of the law.”

    “The law is very clear and the punishment for engaging in drug related crimes is severe. We appeal to the public to maintain the spirit of information sharing so as to prevent such people from poisoning Rwandans and the young people in particular, who are the majority of victims,” CIP Karekezi warned.

    Anyone convicted of trafficking and selling narcotic drugs faces a sentence of between 20 years and life in prison, and a fine of up to Rwf30 million, as stipulated under article 263 of the penal code.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/drug-dealer-arrested-in-ngororero

  • How Nyiramasuhuko Pauline participated in the implementation of Tutsi extermination policy called “Civil Defence” in her home prefecture of Butare

    The genocidal government, intensified its extermination policy by setting up “crisis committees”, that is to say extermination committees which started to wipe away genocide evidences especially destruction of houses and traces of Tutsi who had just been massacred.

    Nyiramasuhuko Pauline played a leading role in putting genocidal policy into practice in the Butare prefecture. She was born in April 1946 in Rugara cell, Ndora sector, Ndora commune, Butare prefecture. During the genocide perpetrated against the Tutsi, she was the Minister of Family and Women Advancement in the Genocidal Government led by Jean Kambanda.

    1. The Policy of Tutsi extermination called “pacification” by the genocidal government

    The genocidal government implemented pacification as the policy of exterminating the Tutsi. For the Kambanda government, Pacification meant the elimination of Tutsi. The criminal government sought at all costs to better control the massacres and to ensure that they were perpetrated according to the extermination plan put in place by the same government.

    A minister responsible for extermination had been appointed for each prefecture to ensure that the directives and instructions of the genocidal government were implemented. For Butare it was Nyiramasuhuko who had been assigned the task.

    Each minister had to make the population understand the measures adopted by the government aimed at the extermination of Tutsi.

    The speeches made during the “pacification campaign” in Butare were extermination speeches which were the same across the country.

    2. The extermination of Tutsi in the Butare prefecture was assigned to Nyaramasuhuko Pauline

    Nyiramasuhuko participated in all meetings of the genocidal government led by Kambanda Jean, between April 9 and July 14, 1994. On May 7, 1994, in Murambi, Nyiramasuhuko participated in the meeting of ministers dedicated to civil defense. The genocidal government’s “civil defense” program was a component of the genocidal strategy.

    Numerous meetings of this government were held in Kigali, Gitarama and Gisenyi and during this period the ministers, including Nyiramasuhuko, were regularly informed of the massacres which were perpetrated against the Tutsi. During these meetings, the ministers demanded that weapons be supplied to them for distribution in their respective prefectures, in order to speed up the massacres against the Tutsi.

    During these meetings, the genocidal government adopted directives and gave instructions to the prefects and bourgmestres, which were transmitted to the population and which aimed to continue the genocide throughout the country.

    A minister had been appointed for each prefecture, with the mission of overseeing what was then called “pacification”, that is, the extermination of Tutsi. Nyiramasuhuko was one of the most assiduous members of these meetings where extermination decisions were made.

    3. The extermination agenda in the hands of Nyiramasuhuko Pauline

    Nyiramasuhuko had a Tutsi extermination agenda in her bag, which showed the planning of the Tutsi massacres in general and the personal role to play during the implementation. Nyiramasuhuko wrote personal notes at meetings of the genocidal government which she put into practice in Butare prefecture.

    The diary presented the scene of the massacres and the central role of the genocidal government. That agenda constitutes a written proof of the planning of the genocide perpetrated against the Tutsi by the MRND, the CDR and the other parties grouped within the Hutu Power.

    This diary shows that during the period from April to July 1994, the Kambanda genocidal government had an essential function and was indeed a place where the Tutsi extermination decisions were discussed and where they were taken.

    Nyiramasuhuko Pauline perpetrated several massacres in the prefecture of Butare

    – Nyiramasuhuko caused death of Tutsi on April 21, 1994 at the IRST

    Nyiramasuhuko participated in the installation of roadblocks in the city of Butare used to identify the Tutsi, in order to eliminate them. Her son Arsène Shalom Ntahobali toured the Butare prefecture in search of Tutsi. After locating the victims, Nyiramasuhuko and her son captured them and took them to different places to be executed. Nyiramasuhuko ordered the Interahamwe, who controlled the roadblocks to take them to the place where the other Tutsi had been taken to be killed.

    – Nyiramasuhuko called Tutsi « dirt ».

    One day, in front of the Butare prefecture headquarters with the prefect Sylvain Nsabimana, she scratched her head and said angrily and aloud: “This place is dirty, this place stinks. There is dirt here. This dirt must be removed; I must not find this dirt again here.” Nyiramasuhuko pointed to the Tutsi refugees who were in the courtyard when she spoke of “dirt”. Nsabimana then asked the Interahamwe and the soldiers to evacuate the refugees and force them to stay in the back of the prefecture office during that day. The refugees who were at the prefecture office were beaten and killed.

    – Nyiramasuhuko ordered to evacuate and massacre Tutsi refugees

    Nyiramasuhuko returned to the prefecture office another time. She asked Nsabimana to convene a meeting of the mayors of the prefecture, to ask them to evacuate the refugees to the communes where they belonged to. This order had been carried out, and after the evacuation the Tutsi were killed.

    -The massacre of Tutsi at the roadblock established by Nyiramasuhuko at the Ihuliro hotel

    Since April 1994, a roadblock had been established near the Nyiramasuhuko and Ntahobali residence, “the Ihuliro Hotel”. The Ihuliro Hotel also served as a gathering place for planning the genocide. Nyiramasuhuko and the Interahamwe held regular meetings at the Ihuliro hotel during which they discussed the implementation of the genocide in Butare prefecture. Interahamwe and soldiers used this roadblock to identify, kidnap and kill Tutsi. For example, on April 21, 1994, a Tutsi called Léopold Ruvurajabo was killed near the Ihuliro hotel on the instructions of Nyiramasuhuko and Ntahobali.

    – Nyiramasuhuko ordered the Interahamwe to kidnap Tutsi women, to rape them before killing them.

    It was at the Ihuliro hotel roadblock that Tutsi girls and women were kidnapped and raped under Nyiramasuhuko’s instructions before killing them. This rape policy had been widely used by Nyiramasuhuko throughout the city of Butare. The rape of Tutsi women was used as a weapon of genocide, which formed part of the general extermination plan. Nyiramasuhuko encouraged the Interahamwe, including her son, to rape Tutsi women.

    -Nyiramasuhuko ordered the massacre of Tutsi who had taken refuge at the EER

    After Nyiramasuhuko and Ntahobali attacked the refugees at the Butare prefecture office between April 19 and the end of June 1994, those who survived were taken to various parts of the prefecture to be executed, including in the forest adjoining the EER. There, Tutsi were ill-treated before being exterminated.

    Nyiramasuhuko was found guilty of genocide crime and sentenced to life imprisonment at first instance, but the sentence was reduced to 47 years on appeal. Her son Shalom Ntahobali was sentenced to the same 47-year prison term as his mother.

    CONCLUSION

    Tutsi massacre continued in the area controlled by the genocidal government, which intensified its extermination policy by setting up “crisis committees”, that is to say extermination committees, and the policy of the civil defense which aimed to leave no Tutsi living in Rwanda. It was that time that the criminal government started to get rid of evidence of the genocide, comprising the destruction of houses and traces of massacred Tutsi.

    Done at Kigali on June 12, 2020

    Dr. BIZIMANA Jean Damascène
    Executive Secretary
    National Commission for the Fight Against Genocide (CNLG)

    Nyiramasuhuko Pauline played a leading role in putting genocidal policy into practice in the Butare prefecture.

    Dr. BIZIMANA Jean Damascène

    source https://en.igihe.com/news/article/how-nyiramasuhuko-pauline-participated-in-the-implementation-of-tutsi

  • Ubwoba ni bwinshi mu Bushinwa bw’uko Coronavirus yongeye kwaduka

    Agace ko mu murwa mukuru Beijing w’Ubushinwa kashyizwemo ingamba zikaze za “guma mu rugo” nyuma y’aho hagaragaye abantu ba mbere banduye coronavirus mu minsi irenga 50 yari ishize nta bwandu bushya buboneka. Kuri uyu wa 13 Kamena 2020 hafashwe ingamba zikaze ku haremerwaga isoko hagaragaye abariremye banduye ndetse na bimwe mu bikorwa by’aharikikije byafunzwe, ingamba zirakazwa.

    Ubwo bwandu buri kuvugwa ko bufitanye isano n’isoko rya mbere rinini cyane muri ako gace rinarangurizwamo ibicuruzwa bitandukanye. Ni ryo rigemura 80% by’imboga n’inyama biribwa i Beijing, nkuko umunyamakuru wa BBC Stephen McDonell uri yo abivuga.

    Abantu 45 basanzwe baranduye Covid-19 muri 517 bapimwe bose hamwe muri iryo soko rya Xinfadi, nkuko bivugwa n’umutegetsi wo mu karere. Nta n’umwe muri bo wagaragazaga ibimenyetso bizwi cya coronavirus.

    Mu duce 11 duturanye n’iryo soko hashyizweho ingamba zikaze za “Guma mu rugo”, mu gihe abakozi 10,000 bo muri iryo soko bagiye gupimwa. Abategetsi barashaka no gupima buri muntu wese uherutse kurema iryo soko ndetse n’abatuye mu karere karikikije.

    Aba ni bo bantu ba mbere bemejwe ko banduye coronavirus i Beijing mu minsi irenga 50 yari ishize.

    Ni iki tuzi kuri aba bantu bashya banduye Coronavirus?

    Isoko rya Xinfadi riherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’akarere ka Fengtai, nkuko BBC dukesha iyi nkuru ikomeza ibitangaza, ryafunzwe mu masaha yo mu gitondo cyo ku munsi w’ejo ku wa gatandatu.

    Hari nyuma yaho abagabo babiri bari baherutse kurirema batangajwe ko basanganywe Covid-19. Ibizamini byakorewe ku bo muri iryo soko bigaragaza ko abantu 45 banduye iyo virusi.

    Abantu babarirwa mu bihumbi bakora muri iryo soko ubu barimo gupimwa Covid-19.

    Chu Junwei, umutegetsi wo mu karere, yabwiye abanyamakuru ati: “Bijyanye n’ihame ryo gushyira umutekano n’ubuzima bw’abaturage mbere ya byose, twafashe ingamba za “Guma mu rugo” ku isoko rya Xinfadi no ku bice birikikije”. Yongeyeho ko aka karere ubu ari “nkaho kari mu ntambara“.

    Abasirikare babarirwa mu magana binjiye muri iri soko ubu ryamaze gufungwa. Ahategerwa ibinyabiziga hari hafi aho hafunzwe ndetse n’amashuri bituranye na yo yafunzwe. Ibikorwa by’imikino byahagaritswe i Beijing ndetse n’ahantu hahurira abantu benshi harimo kongera gufunga imiryango. Ubu hagiye kubaho kugira ubwoba bwuko haba harabayeho ubwandu bwa kabiri muri uyu murwa mukuru w’Ubushinwa.

    Coronavirus mu Bushinwa yahagaritswe binyuze mu gukoresha amwe mu mategeko akaze cyane kurusha ayandi ku isi, nyuma y’aho yari yagaragaye mu mujyi wa Wuhan.

    Mu Bushinwa, abantu barenga 4,600 batangajwe ko bishwe na coronavirus mu barenga 426,000 imaze kwica ku isi, nkuko bigaragarazwa n’imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika.

    Munyaneza Theogene / ntyoza.com

    source http://www.intyoza.com/ubwoba-ni-bwinshi-mu-bushinwa-bwuko-coronavirus-yongeye-kwaduka/

  • Guverinoma y’u Rwanda yahaye UNAMISS inkunga y’ibikoresho byo kurwanya COVID19

    Ibi bikoresho byatanzwe na Leta y’u Rwanda binyuze mu basirikare bayo bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, byashyikirijwe UNAMISS kuri uyu wa 13 Kamena 2020.

    Brig. Gen. Eugene Nkubito, Umuyobozi w’ itsinda ry’intumwa z’umuryango w’Abibumbye ziri i Juba muri Sudani y’Epfo, niwe wari uhagarariye u Rwanda mu muhango wo gutanga ibi bikoresho.

    Yavuze ko “Coronavirus ni umwanzi wibasiye ikiremwa muntu niyo mpamvu ubufatanye aribwo buryo bwonyine bwo gutsinda iki cyorezo.”

    Brig. Gen. Nkubito yavuze ko ibindi bikoresho bizaza mu kwezi gutaha ubwo hazaba hatangiye gusimburana kw’intumwa z’umuryango w’abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu.

    Umuyobozi w’ishami rishinzwe laboratwari ya UNMISS, Joan Segui Barber, yashimiye u Rwanda ku nkunga yarwo, avuga ko ari inkunga ikomeye mu kuzamura ubushobozi bwo kurwanya COVID-19.

    Yagize ati “Ubundi iyo twashakaga gupima abantu byadusabaga gusaba ibikoresho ishami ry’umurango w’abibumbye ryita ku buzima ku cyicaro cyaryo hano muri Sudani y’Epfo. Ibi bikoresho tubonye bigiye kutwongerera umuvuduko mu gupima abakozi.”

    Abantu 1400 bari mu butumwa bw’amahoro baherutse gupimwa iki cyorezo, kandi ibikorwa byo kubapima bizakomeza ahantu hose u Rwanda rwohereje abaruhagarariye mu butumwa bw’amahoro.

    Abapimwe barimo Abapolisi , Abasirikare ndetse n’abagize urwego rw’imfungwa n’abagororwa bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo. Joan Segui Barber, na Brig. Gen. Eugene Nkubito, Umuyobozi w’ itsinda ry’intumwa z’umuryango w’Abibumbye ziri i Juba muri Sudani y’Epfo Abanyarwanda bari mu butumwa bw’amahoro batangiye gupimwa Coronavirus

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Guverinoma-y-u-Rwanda-yahaye-UNAMISS-inkunga-y-ibikoresho-byo-kurwanya-COVID19

  • Inzu itunganya umuziki ya MAE Music izanye ingufu, yatangiranye na producer Trackslayer

    Ku wa Gatanu ku itariki ya 12 Kamena ni bwo uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rwungutse izindi ngufu ubwo inzu itunganya umuziki ya MAE Music yashyiraga hanze indirimbo 2 z’bahanzi batangiranye na yo, Samila na King Lick.

    Iyi nzu ku ikubitiro yatangiranye n’abahanzi bakizamuka, umukobwa Samila wasohoye indirimbo Gezayo na King Lick wasohoye Inkovu, izi ndirimbo zikaba zasohotse mu buryo n’amajwi n’amashusho.

    Umuyobozi w’iyi nzu Niyonzima Djuma Patrick uzwi nka El Lucifer yatangaje ko bafite intego yo gukomereza aho abandi bagejeje ndetse bafite umwihariko wo gukora indirimbo nyishi mu gihe gito.

    Yagize ati” Twiyemeje gufasha impano nshyashya mu muziki no muri cinema bakarenga imbibi z’u Rwanda mu bihangano bifite umwimerere mu myandikire, tuje no kusa ikivi mu kuzamura impano ku isoko ry’u Rwanda.”

    Akomeza avuga ko ubu bafite abahanzi batatu ndetse bamaze gukora indirimbo zirenga eshanu mu gihe gito batangiye, izigera kuri enye zifite amashusho.

    Uretse abahanzi babiri twavuze haruguru, batangiranye n’abahanzi batatu undi akaba yitwa Mukombozi ufite inkomoko mu Burundi nawe indirimbo ye nshyashya ikaba yitezwe mu gihe gito.

    MAE Music n’ubwo ari nshya mu muziki, imaze umwaka n’igice ikora aho batangiriye muri Cinema bitwa MAE Films, bakora film zibanda ku muco wa kinyafurika, nk’iyatambukaga kuri TV10 yitwa Ururabyo Rwumye, 2 bajyanye muri festival hanze y’u Rwanda ndetse hari n’izitarasohoka.

    Binjiye mu muziki ku izina rya M.A.E.Music aho biyemeje gutanga umusanzu muri muzika nyarwanda, yemeza ko bifitiye studio yabo yitwa Sun Music bakoreramo iherereye Kacyiru aho kugeza ubu bari gukorana n’aba producer batatu mu buryo bw’amajwi ari bo Trackslayer, Vavana Wiz Beat, mu buryo bw’amashusho ni Fab Lab Pro.

    Samila wasohoye iyitwa Gezayo

    Inkovu y’urukundo ya King Lick

    Reba Gezayo ya Samila

    Reba Inkovu ya King Lick

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/producer-trackslayer-yatangiranye-n-inzu-itunganya-umuziki-ya-mae-music-izanye-ingufu-zidasanzwe

  • Fan Clubs 29 za Rayon Sports ntizishyigikiye inama y’inteko rusange yeguza Sadate, ngo zimwe zarahimbiwe

    Ku mugoroba w’ejo hashize ni bwo hacicikanye inkuru y’uko ihuriro ry’abafana ya Rayon Sports ‘Fan Base’ ryamaze gukusanya amasinya agera kuri 28 aturutse mu matsinda y’abafana ‘Fan Clubs’ agamije gutumiza inama y’inteko rusange yo kweguza Munyakazi Sadate, amwe muri aya matsinda akaba yamaze kwemeza ko yahimbiwe.

    Rayon Sports imaze igihe ivugwamo ibibazo by’imiyoborere, aho hari abadashyigikiye perezida w’iyi kipe watowe Munyakazi Sadate, ndetse hakaba haratangijwe gahunda yo gushaka uburyo yakurwaho hifashishijwe inama y’inteko rusange yamutoye muri Nyakanga 2019.

    Amategeko avuga ko kugira ngo iyi nteko rusange itumizwe bisaba byibuze ¾ by’abanyamuryango, muri Nyakanga 2019 yatowe n’amatsinda 40 y’abafana bivuze ko 30 asinye yemeza ko hatumizwa inama y’inteko rusange yaba.

    Ihuriro ry’amatsinda y’abafana ya Rayon Sports ‘Fan Base’, ku mugoroba w’ejo hasohotse inkuru ivuga ko ryamaze kubona amatsinda ‘Fan Clubs’ 28 muri 40 yasinye asaba ko inama y’inteko rusange itumizwa.

    Amakuru ISIMBI yamenye ni uko hari amatsinda amwe atarigeze asinya yahimbiwe, akaba amatsinda 29 yamaze kwitandukanye n’iki gikorwa.

    Ikindi kandi ikinyamakuru ISIMBI cyamenye ubwo cyandikaga iyi nkuru ni uko ubu amatsinda yemewe, akora mu buryo buzwi ya Rayon Sports ari 32 atari 40.

    Ngo ubusanzwe iyo itsinda ‘Fan Club’ rimaze amezi 3 ridatanga umusanzu ntabwo riba rikibarwa nk’irihari, ryongera kubarwa ryatanze umusanzu uteganywa.

    Amwe mu matsinda y’abafana ba Rayon Sports bavuga ko badashyigikiye iki gikorwa cyo kweguza Sadate

    Ngo gutumiza inama y’inteko rusange ntabwo bisaba Fan Clubs gusa, ngo zonyine ntizatumiza inama y’inteko rusange.

    Twagerageje kuvugana n’umuyobozi wa Fan Base, Mike Runigababisha ariko ntibyakunda kuko atabonekaga ku murongo wa telefoni.

    Umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye ISIMBI ko abarimo gukora ibyo ari abashaka kuyobya abarayon, aho yemeje ko na bo nk’ubuyobozi bw’ikipe urutonde rwa Fan Clubs zivuga ko zabeshyewe barubonye bakaba bagiye kubikurikirana.

    Yagize ati“ibyo twabyumvise ariko turabifata nk’ibihuha by’abantu bashaka kuyobya abarayon(…), iyo bavuga ko rero Fan Clubs 28 zasinye navuga ko ari ukubeshya nk’uko wari ubimbajije twabonye nyinshi muri zo zivuga ko zitasinye kereka niba barazihimbiye cyane ko zifite abayobozi bazwi kandi bakaba babihakana, ubu igikurikira ni ukubikurikirana.”

    Munyakazi Sadate barashaka kumweguza

    Urutonde rwa Fan Clubs zitandukanyije n’iki gikorwa cyo gutumiza inama y’inteko rusange

    1. Ururembo / Diaspora Fan Club
    2. Rayon Sports Super Fans
    3. Ijwi ry’aba Rayon fan
    4. Gisaka Fan Club
    5. Gikundiro Iwacu Nyamagabe
    6. Winning Team Fan Club
    7. Kinyaga Fan Club
    8. The Blue Sky Fan Club
    9. New Vision Fan Club
    10. Karongi Blue Fan Club
    11. Isibo Fan Club
    12. Lucky Jersey Fan Club
    13. Intwari Fan Club
    14. Ubumwe bw’abarayon Fan Club
    15. Ruhango Fan Club
    16. Isaro Fan Club
    17. Gikundiro Senior Fan Club
    18. Friends Fan Club
    19. Smart Blue Fan Club
    20. Trust Supporters Fan Club
    21. Thé vert Fan Club
    22. Gikundiro Forever
    23. DYNA Fan Club
    24. TBW Fan Club
    25. Ijwi ry’Aba Rayon Senior
    26. Gikundiro Lovers Fan Club
    27. The Bleu familly Fan Club
    28. Rusizi Bugarama Fan Club
    29. Rubavu Fan Club

    source http://isimbi.rw/siporo/article/fan-clubs-29-za-rayon-sports-ntizishyigikiye-inama-y-inteko-rusange-yeguza-sadate-ngo-zimwe-zarahimbiwe