source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/leta-igiye-guha-akazi-abarimu-bashya-barenga-7200
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/leta-igiye-guha-akazi-abarimu-bashya-barenga-7200

Byatangajwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki 16 Kamena 2020 ikiga ku ngingo zirimo ingamba zinyuranye zigamije gukomeza kwirinda ikwirakwira rya covid-19.
Iyi nama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame muri Village Urugwiro. Abayitabiriye bicaye mu buryo bwubahirije amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus burimo kwambara agapfukamunwa no guhana intera ya metero hagati yabo.
Umurwayi wa mbere wa COVID-19 iterwa n’agakoko ka Coronavirus yagaragaye mu Rwanda ku wa 13 Werurwe 2020, hamaze kuboneka 636 bayanduye mu bipimo 96 801 bimaze gufatwa, 338 barayikize mu gihe 296 bakirwaye naho babiri barimo umushoferi w’imyaka 65 n’umupolisikazi bitabye Imana.
Hari Abanyarwanda bari batangiye gukeka ko guverinoma y’u Rwanda ishobora gusubizaho ibihe bidasanzwe bya guma mu rugo bitewe n’uko imibare y’abanduye covid-19 mu Rwanda iri kwiyongera cyane mu karere ka Rusizi.
Kugeza ubu Rusizi na Rubavu utu turere twashyizwe mu kato nta ngendo ziduhuza n’utundi turere zemewe.
source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Ubukwe-n-ubukerarugendo-byasubukuwe
Kuva mu 2016 ubwo Famous Sogokuru, murumuna wa Humble Jizzo yinjiraga mu muziki kuva yatangira kuririmba yagiye afashwa bya hafi na mukuru we wari warabaye icyamamare mu itsinda rya Urban Boys.
– Imyidagaduro / HomeNews
Mu gihe ukwezi kwa Mutarama 2020 kwasize imbanzirizamushinga yemerera u Bwongereza kwivana mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) yemejwe n’impande zose zirebwa n’iki kibazo, igihe cyo gusoza inzibacyuho gikomeje kwibazwaho na benshi kuko hakiri amasezerano ataremeranywaho n’impande zombi.
– Mu Mahanga / HomeNews
Nkuko twabibasezeranyije, buri wa Mbere tubakusanyiriza bimwe mu bitekerezo by’abasomyi byatanzwe mu cyumweru gishize, mu rwego rwo kuba hafi y’abasomyi bacu no kubereka ko ibitekerezo byabo tubizirikana.
– Ubibona Ute? / HomeNews

Ally Niyonzima avuga ko atazi icyo azira gituma kuva yagera muri iyi kipe muri Mutarama 2020 yishyurwa igice cy’ukwezi gusa, ngo ni mu gihe iyi kipe irajwe ishinga no kumusinyisha andi masezerano.
Uyu musore avuga ko Rayon Sports ari ikipe nziza yafasha umukinnyi ariko na none ngo ntabwo yakwihandagaza ngo avuge ko bameranye neza.
Yaize ati“ni ikipe nziza, ndayishimira yanafasha umukinnyi gutera imbere ariko ubu ntabwo tumeranye neza, n’abandi bamaze guhembwa ariko njye nta kintu nigeze mbona ariko ndakeka ni ibihe, bizarangira ibintu bisubire mu buryo ariko ntabwo byanshimishije kubona barahembye abandi njyewe singire ikintu mbona.”
Aganira na RBA yakomeje avuga ko amaze 4 yicaye adakora kandi afite umuryango umubaza buri kimwe, gusa ngo nk’umugabo aba agomba gushaka ibisubizo.
Avuga ko hari ibintu umuntu aba ashobora kwihanganira n’ibyo atakwihanganira, ngo kuva yagera muri Rayon Sports yishyuwe igice cy’umushahara ungana n’ibihumbi 400 gusa.
Yagize ati“ugiyemo ideni umukinnyi ry’amezi 2 yakwihangana ariko hari ibintu na we adashobora kwihanganira iyo bigeze mu mezi 4, kuko nanjye haba hari ibinsunika, ubu icya kubwira ko kuva njyeze muri Rayon Sports mu kwezi kwa Mbere nabonye igice cy’umushahara, n’ubwo baza bakabihakana gusa ni ko kuri njyewe nabonye ibihumbi 400 gusa kuva nasinya muri Rayon Sports, sinzi icyo nzira kuko nanabandikiye mbabaza impamvu batampemba ariko nta gisubizo nabonye.”
Ally Niyonzima avuga ko iyi kipe yasinyiye amezi 6 mu kwa Mbere, yifuza ko bagirana ibiganiro ngo babe bamwongerera amasezerano , gusa avuga ko atiteguye kuba yagirana na bo ibiganiro mu gihe bakimufitiye amadeni ari na yo mpamvu yabasabye kubanza gukemura ibya mbere.
source http://isimbi.rw/siporo/article/nanjye-icyo-nzira-sinkizi-ally-niyonzima
Mu by’ukuri iyo urebye impande n’impande uhasanga abakobwa beza (basa neza banateye neza urebeye inyuma (Physical appearance)), bamwe muri bo babifata nk’umugisha bagize bakanashimira Imana yabaremye basa neza nkuko babyifuza bakaba abantu b’ibitangaza muri sosiyete bahiga abandi mu bwiza. Gusa ni ibintu bigaragararira abantu bose ko abagore beza bakunze kubura abagabo.

Bimaze kumenyerwa ko abagabo bakundana n’abagore beza bagakunda gusohokana, gutembereana, bagasura inshuti bari kumwe ariko ugasanga umubano wabo ushingiye kugirana ibihe byiza gusa ntibabe babarongora ngo babe ba mama wabana babo
Ushobora kwemeranya nanjye cyangwa ntitwemeranye ariko nzi neza ko waba warabonye umusore cyangwa umugabo wakundanye n’umukobwa mwiza igihe kirekire, umukobwa akizerako ariwe bazabana, ariko ku buryo butunguranye umukobwa wa musore bari bamaze igihe bakundana ashakanye nundi kandi utari mwiza nkawe (ku isura no mu miterere igaragara inyuma).
Ibi bikunda gusigira ibikomere byinshi abakobwa, abandi bagahitamo kuzibukira kubaho bakabaho ntanshuti, abandi bakaguma gukunda bakabifata nkaho nta bukwe bukibaho.
Ubushakashatsi bwerekana ko abagabo cyangwa abasore bahitamo gukundana n’abakobwa beza cyane igihe kinini bakabakoza icyo bashaka cyose ariko nyuma bakabata bakishakira abandi. Binavugwa ko iyi myumvire itari ku bagabo gusa kuko n’abakobwa beza cyane bazi kandi bizera ko abagore beza bakunda kubata bakajya kubana n’abandi.
Iyo bije ku mubano w’abasore n’inkumi, akenshi umukobwa ashaka umusore mwiza ushinguuye kandi ukurura abakobwa . Umukobwa iyo mukunda kugirana amakimbirane haba muvugana cyangwa mu butumwa bugufi, mu busanzwe bigargarira abakobwa ko muri mu kuryoshya gusa ariko ntibizera ko muzigera mubana aho abakobwa bavugako iyo mukundanye igihe kinini ari ukuryoshya gusa mu gihe bo baba bashaka abo babana, bakarambirwa bagatandukana nabo bakundana bagahitamo kwigendera bagashaka ababakunda bakabafasha.
Iyi myitwarire ntabwo abakobwa bakunda kuyakira kubera ko abasore usanga babifata ukundi, abagabo bemera ko aribo bagomba kuba aba mbere mu gufasha abagore ariko abagore bafata iyambere mu gufasha abagabo, bikaba bibi cyane iyo umukobwa ari mwiza cyane abandi bamufata nkaho azajya yifuzwa n’abandi bagabo.

Kugira ngo wumve ibintu neza abagore bagaragara kandi bateye neza ntabwo ariko baba bari, mu busanzwe umugabo uwari we wese, aba yabakunda ariko iyo ubegereye ukabamenya neza usanga ari agahinda gusa bagatinya kubana nabo, yamara gugasobanukirwa ko ubwiza babuvanye mu mavuta n’imyambaro bambara atari ubwiza nyakuri, akenshi ubwiza bagaragaza ko burahenze, abagabo benshi badafite umutungo ufatika barabatinya bagahitamo kudakundana nabo bagahita bigendera batinya ko bazabakenesha , nubwo ubwoba baba bafite rimwe na rimwe buba budafite ishingiro.
Bivugwa ko abagore beza bashora menshi kugira ngo base neza kandi bakabikora ashaka guhisha aho batari beza, abagabo benshi bakundanye nabo nyuma bakabata babajijwe impamvu bavuzeko kugendana nabo, kubabona, gukorana imibonano mpuzabitsina bumva bameze neza cyane iyo bari kubonwa nabagenzi babo, ariko kubana nabo nk’umugore n’umugabo bumva badatekekanye, bagatanga ingero bati, “Niba umugore wawe umugabo ufite amafaranga amwifuje mwabana igihe kingana gute? Wahora wishimanye nawe? Nzabasha kumutunga?” Ababajijwe bose bavuze ko abagore beza bahenda udafite amafaranga utabasha kumutunga.
Abagore beza nabo bizerako abagabo bake batunze aba bagore bavugako bakoresha amafaranga menshi cyane , kuko bene abo bagore bakenera impano, gusohokera ahantu hahenze, impano zihenze, niba ushaka kumutungura ukabikora ubatungurisha impano zihenze bisaba kwikora ku ikofi ngo uhore umunezeza.
Niba ushaka ko mujyana gufata ifunguro ugomba kumujyana ahantu hahenze kandi hahurirwa nabantu benshi kandi ukamubaza aho yifuza kujya akihitiramo, ugasanga ibyo ubazwa birahenze, bagasobanura ko abasore iyo bakundanye naba bakobwa beza bisa no gutakaza amafaranga bigatuma bacika intege gukangana cyangwa ngo babane nabo.
Abandi basobanura ko abagore beza baba bashaka umwana umwe cyangwa babairi kugira ngo batazataka imiterere yabo mu gihe abagabo bo baba bashaka abana berenze babiri, binavugwa ko abagore beza ubumenyi bwabo mu guteka ari bucye
Utitaye no kuri ibi, mukuri usanga abagabo badakunda kubana n’abakobwa bazwi cyane, usanga abasore nta nyota bafitiye abantu bazwi, bakurura abagabo benshi, iyo abasore bashaka abagore bo kurushinga bareba imyitwarire hamwe n’ibindi bitagaragarira inyuma aribyo akundindira uwo mukobwa.
Inkuru yanditswe na Dr. Chris Mauki kuri Bongo5 ivuga ko akenshi usanga abagabo badakururwa n’abagore bashaka kurebwa igihe cyose, bashaka kumenyekana cyane iyo bari mu bantu benshi, icyo abagabo baba bashaka n’umugore uba wishimye mu rugo , wumva, wajya inama n’uwo bashakanye, washobora guha uburere bwiza abo azabyara, agashimisha abana be n’umuryango we atari uhora yita ku ngoyi n’inzara ze.
Ujya utungurwa nuko abantu babana n’ubumuga bashyingira buri munsi, bagashyingiranywa n’abakobwa beza, kuki udashyingirwa? N’ubwo bashyingirwa buri munsi, urukundo rugomba kuvomerewa, byaba none cyangwa ejo, adadshyingiwe none bazashyingirwa ejo cyangwa batandukane ejo bongere bashyingirwe
Ucyeka ko abagabo bashyingiranywa n’abagore batazi icyo bashaka, uzatungurwa nubwo ntacyo atakubwira ko azakurongora, nubwo yiteguye gukundana nawe, ntimuzabana,
Inama ku bakobwa bagenzi banjye muhindure imyitwarire, imbaraga mukoresha muconga inzara n’ingoyi muzikoreshe muhindura imico n’imyitwarire
Posted by uwineza vanessa kuri Rwandapaparazzi.rw/tv
2 total views, 2 views today
The post Menya impamvu abagabo batinya kurongora abagore beza ariko bakishimira gusambana nabo:INKURU appeared first on Rwanda Paparazzi.
Umuturage witwa Nsengiyumva Bonavanture utuye Miyaga mu kagali ka Juru yahuye n’uruva gusenya, ubwo umugabo yari yarahaye icumbi yamutwariye umugore akamutera inda bakabyarana umwana mu rugo rwe, ndetse biza kurangira bamwirukanye mu rugo rwe.

Mu kiganiro Bonavanture yagiranye n’umunyamakuru akaba yasobanuye ko uwo mugabo yacumbikiye yasanze asanzwe afite ibibazo n’umugore nuko, maze aramushuka amubwirako navamu rugo akagenda aribwo amahoro azagaruka mu rugo.

Bonavanture rero akaba yaragiye amara imyaka 3 nyuma agarutse nibwo yaje gusanga wa mugabo yacumbikiye yarabyaranye n’umugore we.
VIDEO Y’IKIGANIRO CYE N’UMUNYAMAKURU>>>
POSTED BY EMMY KURI RWANDAPAPARAZZI.RW/TV
230 total views, 230 views today
The post AKA NAKUMIRO!!!! YACUMBIKIYE UMUGABO MURUGO RWE ATERA INDA UMUGORE WE NUBU BIRACYAMURYA!!! SOMA INKURU>> appeared first on Rwanda Paparazzi.