Tag: news

  • Mike Karangwa na Claude Kabengera bagiye kongera kugaruka mu itangazamakuru kuri radiyo nshya #rwanda #RwOT

    Bitunguranye binyuze ku mbuga nkoranyambaga z’abantu batandukanye by’umwihariko izo bo bakoresha, Mike Karangwa na Claude Kabengera bagaragaje ko bagiye kongera guhurira muri radiyo imwe aho bazakora ibiganiro by’imyidagaduro.

    source https://igihe.com/imyidagaduro/article/mike-karangwa-na-claude-kabengera-bagiye-kongera-kugaruka-mu-itangazamakuru

  • Uko uwari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu yandikiye Umuyobozi w’Ingabo muri Gisenyi amubwira uburyo bwo kwica abatutsi mu Bisesero #rwanda #RwOT

    Inama ya Guverinoma yo ku wa 17 Kamena 1994 yemeje ko Abatutsi bo mu Bisesero bagomba kwicwa ku buryo bwihuse, kandi hagafatwa ingamba zo kurinda ibikorwa remezo byo mu karere Bisesero iherereyemo. Ishyirwa mu bikorwa ry’ubwo bwicanyi ryarihutishijwe ku buryo bwose bushoboka bikozwe na Guverinoma ya Kambanda n’abasirikare bayo.

    source https://igihe.com/amakuru/mu-mateka/article/uko-uwari-minisitiri-w-ubutegetsi-bw-igihugu-yandikiye-umuyobozi-w-ingabo-muri

  • Joint Statement of the Extraordinary China-Africa Summit On Solidarity Against COVID-19 #rwanda #RwOT

    To defeat COVID-19 through greater solidarity and cooperation, and to highlight an even stronger China-Africa community with a shared future, we, Chinese and African leaders, convened an Extraordinary China-Africa Summit on Solidarity Against COVID-19 via video link on 17 June 2020. The Extraordinary China-Africa Summit on Solidarity Against COVID-19 is a joint initiative between the People’s Republic of China, the Republic of South Africa in its capacity as the Chair of the African Union (AU), and the Republic of Senegal in its capacity as the Co-Chair of the Forum on China-Africa Cooperation (FOCAC).

    The Summit was attended by H.E. President Xi Jinping of the People’s Republic of China, H.E. President Matamela Cyril Ramaphosa of the Republic of South Africa, H.E. President Macky SALL of the Republic of Senegal, H.E. President Abdel Fattah Al-SISI of the Arab Republic of Egypt, H.E. President Felix-Antoine Tshisekedi TSHILOMBO of the Democratic Republic of Congo, H.E. President Abdelmadjid TEBBOUNE of the People’s Democratic Republic of Algeria, H.E. President Ali Bongo ONDIMBA of the Republic of Gabon, H.E. President Uhuru KENYATTA of the Republic of Kenya, H.E. President Ibrahim Boubacar KEITA of the Republic of Mali, H.E. President Issoufou Mahamadou of the Republic of Niger, H.E. President Muhammadu BUHARI of the Federal Republic of Nigeria, H.E. President Paul KAGAME of the Republic of Rwanda, H.E. President Emmerson Mnangagwa of the Republic of Zimbabwe, H.E. Prime Minister Abiy Ahmed Ali of the Federal Democratic Republic of Ethiopia and H.E. Moussa Faki MAHAMAT, Chairperson of the AU Commission.

    Secretary-General Antonio GUTERRES of the United Nations (UN) and Director-General Dr. Tedros Adhanom GHEBREYESUS of the World Health Organization (WHO) were invited as Special Guests to the Summit.

    After cordial and in-depth discussions, leaders attending the Summit reached the following consensus:

    1. We express deep concern over the unprecedented, immediate and consequent challenges posed by the global spread of the COVID-19 pandemic to people around the world, especially its major impact on the lives and health of the African people.

    We recognize the importance of public health issues to global peace and security and the well-being of people around the world, particularly the fact that Africa is extremely vulnerable to the ravages of this virus and needs solidarity and support, including resources from various parties to bolster its response to the pandemic and to support its economic and social development.

    We commend and support the UN Secretary-General’s call for a united response to COVID-19, and commit to jointly safeguard global public health security, protect the legitimate rights and interests of developing countries, make greater contribution to world peace and development, and build a community of health for all.

    We underscore the close relationship between peace, security and development, call on the international community to support Africa in implementing its “Silencing the Guns” campaign and urge for an early lifting of economic sanctions on the Republics of Zimbabwe and Sudan.

    In accordance with the FOCAC spirit and long-term values cherished by both sides, we remain committed to extending mutual support on issues regarding each other’s core interests and major concerns. China supports African countries in exploring development paths suited to their national conditions and opposes interference in Africa’s internal affairs by external forces. The African side supports China’s position on Taiwan and Hong Kong, and supports China’s efforts to safeguard national security in Hong Kong in accordance with law.

    2. We highly commend and actively support WHO’s role, under the stewardship of Director-General Dr. Tedros, in leading and coordinating the global response to COVID-19, and call on the international community to scale up political and financial support for the WHO.

    We welcome the 73rd World Health Assembly (WHA) resolution on COVID-19 response, which expresses deep concerns about the negative impacts and consequences of the COVID-19 pandemic, emphasizes the importance of global collaboration, and calls for intensified international cooperation, unity, solidarity and joint efforts to contain and mitigate the pandemic, and to pay particular attention to the needs of people in vulnerable situations. We reiterate opposition to the politicization and stigmatization of the virus, and call on the international community to jointly prevent discrimination and stigma, reject misinformation and disinformation, and strengthen cooperation on the research and development of diagnostics, therapeutics, medicines and vaccines and the identification of the zoonotic source of the virus.

    We support the initiation, at the earliest appropriate moment and in consultation with WHO Member States, of a stepwise process of impartial, independent and comprehensive evaluation, including using existing mechanisms as appropriate, to review experience gained and lessons learned from the WHO-coordinated international health response to COVID-19 after the virus is brought under control worldwide, in an objective, impartial science-based and professional manner.

    We further commend the UN Secretary-General for his leadership and support for the WHO and related health initiatives during this pandemic, which aims at making vaccines, diagnostics and therapeutics for COVID-19 accessible worldwide.

    3. Africa commends the decisive measures taken by the Chinese government to contain the spread of the virus and its timely sharing of information with WHO and relevant countries in an open, transparent and responsible manner, which bought precious time for the rest of the world. China commends the solidarity and support extended by African countries, the AU and other regional organizations for China’s COVID-19 response and appreciates the establishment of the AU COVID-19 Strategy and the appointment of Special Envoys to mobilize international support for Africa’s efforts to address the economic challenges faced as a consequence of the pandemic, and further commends the resilience African countries have demonstrated and the positive results thus achieved in curbing the spread of the virus by adopting preventive measures.

    African countries express appreciation for China’s substantial assistance for Africa’s fight against COVID-19 and commitment to China-Africa solidarity against COVID-19, and highly commend the new measures China announced at the 73rd WHA to support developing countries’ COVID-19 response. China reaffirms its commitment to actively delivering relevant initiatives and measures to help Africa build capacity for disease prevention and control and for sustainable development, and expedite the construction of the Africa CDC headquarters. China undertakes to make its COVID-19 vaccine development and deployment, when available, a global public good as part of China’s contribution to vaccine accessibility and affordability in developing countries, in particular African countries.

    We reaffirm the commitment to take active measures to protect the health and security of each other’s nationals and uphold their legitimate rights and interests, and promote the use of Chinese and African traditional medicine.

    African countries express profound gratitude and appreciation to the Chinese institutions and companies that have provided medical supplies and material assistance in the effort to combat the COVID pandemic.

    4. We fully recognize the positive role of China-Africa investment and financing cooperation in promoting development and improving people’s lives in Africa, and call on the international community to work in solidarity and collaboration, share best practices, and provide more material, technical, financial and humanitarian support to help African countries overcome the impact of COVID-19 and achieve independent and sustainable development.

    China takes seriously the debt concerns of African countries and will earnestly act on the G20 Debt Service Suspension Initiative, through friendly consultation as equals, and expedite support for the African countries worst hit by COVID-19.

    The African side expresses appreciation for China’s actions, and calls on the international community, especially developed countries and international financial institutions, to take concrete measures to ease the debt burden of African countries.

    5. We reaffirm the commitment to supporting multilateralism, opposing unilateralism, safeguarding the UN-centered international system, and defending international equity and justice.

    We call on the international community to build an open world economy, enhance macroeconomic coordination, and jointly keep global industrial and supply chains stable and unclogged. We express strong support to the development of the African Continental Free Trade Area.

    We recognize the importance of digitalization in the post-COVID-19 era and support efforts to speed up the development of Africa’s digital economy and expand exchanges and cooperation on digitalization, information and communication technologies, especially tele-medicine, tele-education, 5G and big data.

    We support efforts to explore with global partners trilateral or multilateral cooperation in Africa in a way that is active, open and inclusive and based on respect for African countries’ wishes, with a view to facilitating an early victory against COVID-19 and faster development in Africa.

    6. We extend congratulations on the 20th anniversary of FOCAC, recognizing the important progress in delivering the follow-ups to the FOCAC Beijing Summit, and support a greater focus on public health under the Eight Major Initiatives on China-Africa Cooperation.

    We undertake to chart the course for China-Africa cooperation in a post-COVID-19 era, and work together to ensure the success of events on the 2021 FOCAC calendar.

    7. We applaud the joint initiative of China, South Africa and Senegal to convene this Summit at a critical juncture in Africa’s battle against COVID-19.

    We pay high tribute to all African leaders who did and did not attend the Summit for their great efforts to contain COVID-19.

    Leaders attending the Summit expressed deep condolences over the passing of H.E. President Pierre Nkurunziza of the Republic of Burundi, and extended sincere sympathy to the people of Burundi.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/joint-statement-of-the-extraordinary-china-africa-summit-on-solidarity-against

  • Yannick Mukunzi ntiyahiriwe n’ijoro ryakeye, Haruna na Papy batabara Yanga #rwanda #RwOT

    Ku munsi w’ejo amakipe abiri akinamo abanyarwanda hanze ya rwo yari yakinnye, Yanga ya Haruna na Papy yari yasuye JKT mu mukino w’ikirarane, mu gihe Sandvikens ya Yannick Mukunzi yari yasuye Brommapojkarna mu mukino w’umunsi wa 2 wa shampiyona yo muri Sweden mu cyiciro cya 3.

    JKT yari yakiriye Yanga kuri Jamhuri Dodoma, ni umukino Haruna Niyonzima yatangiye ariko Sibomana Patrick Papy we abanza ku ntebe y’abasimbura.

    Yanga ntiborohewe n’iuyu mukino w’ikirarane kuko ku munota wa 36, Michael Aidan Pius wa JKT yaje gutsindira igitego ikipe ku mupira yari atereye kure uboneza mu izamu, igice cya mbere cyaje kurangira ari 1-0.

    Ku munota wa 52 ni bwo Sibomana Patrick Papy yinjiye mu kibuga asimbuye Balama, uyu musore akaba yaje no kuba umucunguzi w’iyi kipe wayifashije gukura inota 1 mu mujyi wa Dodoma.

    JKT yakekgaga ko ishobora kuza kwihagararaho umukino ukarangira ari 1-0, ntibyaje kubahira kuko ku munota wa 75, Haruna Niyonzima yaje gutera umupira mu izamu maze umunyezamu Abdulrahman Mohamed wa JKT ananirwa kuwufata ngo awukomeza, Sibomna Patrick wari wakurikiranye ahita ashyira umupira mu rushundura. Umukino warangiye ari 1-1.

    Nyuma y’umunsi wa 29, Yanga iri ku mwanya wa 3 n’amanota 55, Azam ya 2 ifite 57 mu gihe Simba SC ya mbere ifite 72.

    Haruna na Papy bafashije ikipe ya bo

    Ku rundi ruhande muri Sweden ntibyari byoroheye Yannick Mukunzi na Sandvikens ye, kuko baje gutsindwa ibitego 3-1 na Brommapojkarna, ni umukino Yannick Mukunzi yakinnye iminota 76. Iyi kipe mu mikino ibiri imaze gukina ifite inota 1, ikaba iya 12 mu makipe 14.

    Yannick Mukunzi ntiyahiriwe n’ijoro ryakeye

    source http://isimbi.rw/siporo/article/yannick-mukunzi-ntiyahiriwe-n-ijoro-ryakeye-haruna-na-papy-batabara-yanga

  • Chorale Christus Regnat yasohoye indirimbo ’Ca Akabogi’ irimo impanuro umubyeyi aha umwana we #rwanda #RwOT

    Nyuma yo gukora indirimbo “Mama Shenge” yakunzwe n’abatari bake, Chorale Christus Regnat yakoze indi ndirimbo yo mu njyana ya Reggae bise “Ca Akabogi”

    source https://igihe.com/imyidagaduro/article/chorale-christus-regnat-yasohoye-indirimbo-ca-akabogi-irimo-impanuro-umubyeyi

  • Ibyo u Rwanda rutumiza mu mahanga byagabanutse kuri 32% muri Mata 2020 #rwanda #RwOT

    Raporo nshya y’Umuryango w’Isoko rusange ry’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA), ku ngaruka icyorezo cya Coronavirus cyagize ku bucuruzi, yerekanye ko ibyo u Rwanda rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga byagabanutse cyane ugereranyije Mata na Werurwe 2020.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyo-u-rwanda-rutumiza-mu-mahanga-byagabanutse-kuri-32-muri-mata-2020

  • Ndayishimiye ugiye kurahirira kuyobora u Burundi ni Perezida wa 9, Nkurunziza niwe wayoboye imyaka myinshi #rwanda #RwOT

    Evariste Ndayishimiye, afite ipeti rya Jenerali mu gisirikare cy’u Burundi, yinjiye mu gisirikare anyuze mu nyeshyamba za FDD zaje gufata ubutegetsi.

    Ni umuntu ucisha make agakunda no gusenga ndetse ni umuntu usanzwe afite ijambo mu butegetsi bw’iki gihugu.

    Yavukiye muri komine Giheta y’intara ya Gitega, yari umunyeshuri mu mategeko muri kaminuza y’u Burundi ubwo intambara y’imbere mu gihugu yatangura mu 1993 nyuma y’iyicwa rya Perezida Melchior Ndadaye.

    Kimwe n’uwo agiye gusimbura Pierre Nkurunziza, Ndayishimiye yarokotse ubwicanyi bwakorerwaga abanyeshuri b’Abahutu kw’ishuri kaminuza y’u Burundi i Bujumbura, arahunga ahita ajya mu munyeshyamba z’umutwe wa FDD wari umaze gushingwa ngo urwanye leta.

    Umuhango wo kwakira indahiro ya Perezida Ndayishimiye ushobora kutitabirwa n’abakuru b’ibihugu bavuye mu mahanga kubera ibihe bidasanzwe bya coronavirus.

    Michel Micombero niwe wabaye Perezida wa mbere w’ u Burundi amara ku butegetsi imyaka 9 n’iminsi 339

    Perezida wa kabiri w’u Burundi ni Jean-Baptiste Bagaza bayoboye iki gihugu imyaka imyaka 10 n’iminsi 306

    Perezida wa 3 ni Pierre Buyoya wayoboye u Burundi imyaka 5 n’iminsi 310

    Perezida wa 4 ni Melchior Ndadaye wategetse iminsi 103

    Perezida wa 5 ni François Ngeze wayoboye u Burundi iminsi 6

    Perezida wa 6 ni Sylvie Kinigi wayoboye u Burundi iminsi 101

    Perezida wa 7 ni Cyprien Ntaryamira wategetse iminsi 60

    Perezida wa 8 Sylvestre Ntibantunganya wategetse u Burundi imyaka 2 n’iminsi 110

    Pierre Buyoya, nyuma y’imyaka 3 Pierre Buyoya yagarutse ku butegetsi amaraho indi myaka 6 n’iminsi 279

    Domitien Ndayizeye, Perezida wa 9 yamaze ku butegetsi imyaka 2 n’iminsi 119

    Perezida wa 10 Pierre Nkurunziza yayoboye u Burundi imyaka 14 n’iminsi 287

    Perezida wa 11 Evariste Ndayishimiye ararahira none tariki 18 Kamena 2020. Hari abakora urutonde rw’abategetse u Burundi bagakuramo bagakuramo Francois Ngeze na Sylvie Kinigi bigatuma Ndayishimiye aba uwa 9.

    source http://www.ukwezi.rw/Mu-mahanga/Politiki/article/Ndayishimiye-ugiye-kurahirira-kuyobora-u-Burundi-ni-Perezida-wa-9-Nkurunziza-niwe-wayoboye-imyaka-myinshi

  • Gushyingirwa mu nsengero biremewe, mu gihe insengero nazo zishobora gukomorerwa vuba #rwanda #RwOT

    Itangazo ry’inama y’abaminisitiri yo kuwa 16 Kamena 2020 yabereye muri Village Urugwiro ikayoborwa na Perezida Kagame, rivuga kugeza ubu abashaka gushyingirwa mu nsengero n’amadini bakomorewe ariko ku mubare w’abantu batarenga 30. Insengero zosanzwe zishobora gukomorerwa mu minsi 15 ariko bikazaterwa n’uko ibintu bizaba bimeze.

    Photo/Middle East Monitor

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/gushyingirwa-mu-nsengero-biremewe-mu-gihe-insengero-nazo-zishobora-gukomorerwa-vuba/

  • Icyuka cy’intambara kiratutumba hagati ya Koreya ya Ruguru n’iy’Epfo #rwanda #RwOT

    Koreya ya Ruguru yatangaje ko igiye kohereza abasilikare ku mipaka iyihuza na Koreya y’Epfo. Ibiro by’umugaba mukuru w’ingabo za Koreya ya ruguru bivuga ko abasilikare babo bagomba kwigarurira ahantu habiri: ikigo kinini cyane cy’inganda cya Kaesong n’ahubatse amahoteli ku cyitwa “Umusozi wa Diyama”.

    Aha hantu hombi hubakishijwe amafaranga ya Koreya y’Epfo ku mupaka ku butaka bwa Koreya ya Ruguru, ariko ibihugu byombi byarahakoreraga. Hamaze igihe hafunze kubera amakimbirane ari hagati y’ibihugu byombi.

    Usibye kwigarurira aha hantu habiri, Koreya ya Ruguru ivuga ko igiye kubaka ibirindiro by’abazamu bihoraho no kongera gukoresha imyitozo ikomeye ya gisilikali ku mipaka, irimo na za misile.

    Koreya y’Epfo yasubije ko Koreya ya Ruguru igomba kwikorera ingaruka z’ibikorwa byayo, ivuga ko igisilikali cyayo kiteguye bihagije. Ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru ritangaza ko Perezida wa Koreya y’Epfo, Moon Jae-in, yashatse kohereza i Pyongyang intumwa zo mu rwego rwo hejuru, ariko Koreya ya Ruguru yabyanze.

    Koreya zombi zarwanye intambara ikaze cyane kuva mu 1950 kugera mu 1953. Usibye amasezerano yo guhagarika imirwano, nta masezerano yo guhagarika intambara burundu bigeze bageraho kugera n’ubu. Bivuze ko bakiri mu ntambara.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/icyuka-cyintambara-kiratutumba-hagati-ya-koreya-ya-ruguru-niyepfo/