Pariki y’Igihugu y’Akagera ni imwe mu zisurwa cyane n’abantu benshi bitewe n’inyamaswa nyinshi ziyigaragaramo. Iherereye mu Ntara y’Iburasirazuba mu turere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare, igahana imbibi n’igihugu cya Tanzania.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Nyakanga mu Rwanda hateganyijwe imvura nke cyane, iri hagati ya milimetero 0 na 20, isaba abahinzi guhinga aho bashobora kuhira imyaka yabo.
Kanye West yashinje umugore we Kim Kardashian kumuca inyuma muri hoteli hamwe n’umuraperi Meek Mill, avuga ko amaze igihe kinini yifuza ko batandukana.
Amateka y’Urugamba rwo kubohora igihugu nyirizina atangirira ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare, aho Ingabo za RPA zinjiriye tariki ya 1 Ukwakira 1990.
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Hakizimana Muhadjiri, biravugwa ko ari umukinnyi mushya wa Rayon Sports nyuma y’uko ayinsiye amasezerano y’umwaka umwe ku wa Kabiri ariko impande zombi zikemeranya kuba zirinze kubitangaza.
Umwuka si mwiza hagati y’impuzamashyaka y’uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila na Perezida uriho Félix Tshisekedi nyuma y’abayobozi bashya Tshisekedi yashyize mu bucamanza n’igisirikare.
Mu kigo cy’ishuri ribanza rya Muhororo giherereye mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, habonetse imibiri igera kuri 20 y’inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.