Blog

  • Igikombe cya CECAFA 1998 n’ibiganiro na Equity Bank mu byaranze ihererekanyabubasha rya Rayon Sports #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 30/10/2020, ni bwo habaye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Komite y’inzibacyuho yari imaze ukwezi iyoboye Rayon Sports, ndetse na Komite nshya iheruka gutorwa.

    Muri uyu muhango wabereye ku cyicaro gishya cya Rayon Sports ku Kimihurura, aho Murenzi Abdallah yagaragaje ibyo bagezeho mu kwezi bari barahwe, ndetse n’imbogamizi bahuye nazo muri icyo bamaze bayobora by’agateganyo.

    Murenzi Abdallah yereka Perezi mushya wa Rayon Sports akazi bakoze mu kwezi kumwe bayoboye
    Murenzi Abdallah yereka Perezi mushya wa Rayon Sports akazi bakoze mu kwezi kumwe bayoboye

    Murenzi Abdallah yavuze ko kugeza ubu baganiriye n’abaterankunga barimo Sko n’unbwo ibiganiro byari bitaragera ku musozo, baganira na Radiant aho yavuze ko ibiganiro byagenze neza kandi biteguye gukomeza gukorana, naho Airtel yo abayobozi bayo ntibigeze baboneka.

    Yavuze kandi ko mu bafatanyabikorwa baganiriye harimo Equity Bank, ndetse ngo ikaba yifuza ko bazakorana mu minsi iri imbere, akaba ari umukoro yahaye komite nshya ko bazakomeza ibiganiro nayo.

    Ubwo RGB yahagarikaga ubuyobozi bwari buriho, yasobanuye ko mu bikombe byose ikipe ya Rayon Sports yegukanye, hagaragaraga bitatu gusa ariko ubu bikaba bimaze kuba bitanu harimo n’igikombe cya CECAFA Rayon Sports yatwariye muri Zanzibar mu mwaka wa 1998.

    Murenzi Abdallah asobanura ibyo bakoze ndetse n
    Murenzi Abdallah asobanura ibyo bakoze ndetse n’imbogamizi bahuye nazo

    Ku bakinnyi, yatangaje ko muri uku kwezi baguze abakinnyi babiri barimo Niyigena Clement waguzwe muri Marines ndetse kaba yaranishyuwe byose, ndetse na Bashunga Abouba ariko utarahabwa amafaranga yaguzwe kubera ikibazo cy’amikoro.

    Murenzi Abdallah yavuze ko kandi kuva batira umukinnyi Jean Vital Ourega muri TP Mazembe, iyi kipe bagiranye ibiganiro ko bagirana umubano bakazajya bahana abakinnyi, ndetse bakzajya bakina n’imikino ya gicuti.


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/igikombe-cya-cecafa-1998-n-ibiganiro-na-equity-bank-mu-byaranze-ihererekanyabubasha-rya-rayon-sports

  • TANZANIA: John Magufuli Wins Second Term #rwanda #RwOT

    Incumbent President John Pombe Magufuli has emerged the overall winner of the polls that were held on October 28.

    Tanzania's National Electoral Commission NEC announced on Saturday that Magufuli the flag bearer of the ruling CCM political party had won the polls with a total of 12,516,252 votes out of 14,830,195 valid votes cast.

    'By considering conditions of Article 38 of the Constitution, the commission announces Dr. John Pombe Magufuli as the President after getting many votes as well as his running mate Samia Suluhu Hassan as Vice President,' Judge (rtd) Semistocles Kaijage the NEC Chairman announced.

    The second position was taken by CHADEMA party candidate Tundu Lissu who fetched a total of 1,933,271 votes this represents 13% of the poll.

    Days before the elections, Lissu claimed there was a plan to massively manipulate the voter register, existence of fake polling centres and alleged violence against targeted opposition leaders.

    Meanwhile, Chadema's lone MP-elect Aida Khenan one of the two opposition members of parliament in the mainland Tanzania in the just concluded General Election has hinted at possibility of turning down the opportunity to join Parliament.

    'Iam not pleased with the outcome of the election that is being is being released countrywide despite the fact that I won a parliamentary seat in Nkasi Rukwa,' she wrote via twitter, adding, 'Democracry is more important that my win. Iam ready to join my colleagues for whatever decision they may opt to take.'

    The post TANZANIA: John Magufuli Wins Second Term appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/tanzania-john-magufuli-wins-second-term/

  • Haruna Niyonzima, Sarpong mu bakinnyi basuye inzu ndangamurage ya nyakwigendera Mwalimu Julius Nyerere(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Haruna Niyonzima na bagenzi be bakinana muri Yanga barimo Michael Sarpong basuye inzu ndangamurage ya nyakwigendera Mwalimu Julius Kambarage Nyerere wabaye Perezida wa Tanzania bagenera umugore we impano.

    Ni igikorwa cyabaye ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatanu ubwo bari bavuye Mwanza berekeza Musoma aho uyu munsi bafite umukino ba Biashara United.

    Bari mu nzira bakaba baranyuze mu cyaro cya Butiama aho Mwalimu Julius Nyerere avuka basura inzu ndangamurage ikubiyemo amateka ya Nyerere ari n’aho umubiri we uruhukiye.

    Bakiriwe neza cyane na Mama Maria Nyerere, umugore wa Julius Nyerere babyaranye abana barindwi. Mbere yo kugenda bakaba bamugeneye impano y’umwambaro wa Yanga.

    Mwalimu Julius Kambarage Nyerere ni we wabaye perezida wa mbere wa Tanzania, azwiho kuba yararwanyije cyane ingoma y’abakoroni aharanira impindura matwara, byatumye anabifungirwa imyaka myinshi.

    Julius Kambarage Nyerere, yavutse ku wa 13 Mata 1922 Yitaba Imana ku wa 14 Ukwakira 1999.

    Bazengurukijwe kuri iki gicumbi kizitse amateka ya Nyerere

    Basobanuriwe byinshi

    Sarpong (wa kabiri uvuye ibumoso) yari kumwe na bagenzi be

    Haruna Niyonzima na bagenzi be bafata ifoto ku gishushanyo cya Nyerere

    Bafashe ifoto y’urwibutso na Mama Maria Nyerere

    Imbere y’ingoro y’amateka ya Mwalimu Julius Kambarage Nyerere

    Umuyobozi wa Yanga, Mshindo Msolla ashyikiriza Maria Nyerere jersey ya Yanga

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/haruna-niyonzima-sarpong-mu-bakinnyi-basuye-inzu-ndangamurage-ya-nyakwigendera-mwalimu-julius-nyerere-amafoto

  • Burundi Army Returns To Training On Discipline #rwanda #RwOT

    Burundi army known as Force de Défense Nationale du Burundi (FDNB) is taking back its rank and file back for refresher training.

    Throughout this week, the Commander of the Land Force Gen Maj Jean Paul Habimana led moral talks in all military divisions. He recalled that discipline, education and training are the basis of professionalism and the success of an army.

    The FDNB has been in the past months come under surprise attacks from rebels especially the 'Red Tabara' rebel movement (Mouvement de la Résistance pour un État de Droit (RED) — Tabara) that has its bases in neighbouring DRC.

    Democratic Republic of Congo hosts a sizeable number of rebels whose ultimate goal is to effect regime change in Burundi.

    At the beginning of this week, the Congolese forces FARDC reported that they had ejected the main Burundian rebel force from their stronghold in the eastern region near the two countries' border.

    The Burundi FNL rebels National Forces of Liberation led by Aloise Nzabampema, is considered to be the main Burundian rebel force active in eastern DRC.

    Dieudonne Kasereka, the army's South Kivu spokesman said, DRC troops 'dislodged and recovered the headquarters of the Burundi FNL rebels after three days of intense fighting.'

    He said the Congolese army had also fought members of the CNRD (National Resistance Council for Democracy), another group active in South Kivu.

    In September, the DRC army launched a large-scale operation against three rebel groups active in the east — the FNL, the CNRD and Red Tabara. Several deadly cross-border raids into Burundi in September were claimed by the Red Tabara.

    With the security changes in DRC, the rebels are quickly forcing their way inside Burundi especially the forests of Muranvia, Nyaburunda and Kashongo as well as the Nyanzale Rudaga valley. This is definitely changing the security situation inside Burundi and putting pressure on the FDNB.

    President Ndayishimiye Opens Party Office Near Rwanda Boarder

    The post Burundi Army Returns To Training On Discipline appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/burundi-army-returns-to-training-on-discipline/

  • Ministry of Education urges Covid-19 school safety guidelines to be respected #rwanda #RwOT

    The minister made the call on October 29, 2020, in a meeting that attracted various leaders of the Northern Province, District Leaders of the Province and Sector Education Officers.

    It was intended to assess the progress of the school reopening process and to identify the challenges with the ultimate intent of squarely addressing them.

    It has been almost seven months since all schools were closed to prevent Covid-19.
    Students are now returning to school at the end of the school year.

    Schools have been urged to do their utmost to closely monitor student compliance with the Covid-19 prevention guidelines, and to form groups including school principals, local and security officials, Sector Education Officers, teachers, doctors, and parents committees and others to check if respected.

    Twagirayezu urged the members of the group not to neglect their responsibilities, adding that it would be possible only with the involvement of all stakeholders.

    “Our country has come a long way in avoiding Covid-19, there are lessons we have learned that we will continue to use in schools, but the important thing is to follow the guidelines which is why we have come together here to discuss them,” he said.

    “But there is also a task force that we have set up that will monitor schools, see if the children are complying, well dressed and covered, if they have crossed the required distance, to see if there is enough information on the epidemic and on the protection of children who have it.”

    “All this has been done to ensure that schools will continue to function properly without any worries. What we urge this team to do is to ensure that these activities are carried out without delay, which is related to providing all the information needed for prevention, and this will work well for leaders at all levels, from child to home, if they follow them and they feel that it is up to them, we will have no worries about closing the schools again.'

    Some of the members of these groups, including those in charge of education in the sectors have said that they are ready to comply with their responsibilities so that the instructions to fight the covid-19 at the schools will be implemented, as it should.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/ministry-of-education-urges-covid-19-school-safety-guidelines-to-be-respected

  • Photos: Police Football Clubs Start Training In Preparation For 2020/2021 Season #rwanda #RwOT

    Rwanda National Police (RNP) football clubs—Police FC and Interforce—started training this week as they prepare to start the new 2020/2021 season, slated to kick-off in December.

    The post Photos: Police Football Clubs Start Training In Preparation For 2020/2021 Season appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/photos-police-football-clubs-start-training-in-preparation-for-2020-2021-season/

  • REVEALED: Conditions For Kabila To Handover Power To Tshisekedi #rwanda #RwOT

    As Joseph Kabila, former President of DRC prepared to pack his bags after enjoying 18 years at the helm of this vast mineral rich country, he realized some leaders elsewhere have suffered out of office because they did not plan their exit.

    The calculative and filthy rich Kabila hatched a plan to enter an agreement with the incoming Félix Tshisekedi Tshilombo all aimed at protecting him and his allies once out of office.

    On January 8, 2019, two days before the proclamation of the provisional results of the presidential election of December 2018 by the Independent National Electoral Commission (CENI), Kabila signed this agreement with his opponent Tshisekedi.

    What did these two personalities say to each other? What commitments did they make? What mutual pledges did they give each other?

    One morning at the PPRD headquarters, Emmanuel Ramazani Shadary declared that the secret agreement between Tshisekedi and Kabila was signed in his presence and only Kabila keeps a copy.

    However, before senators and national deputies of his political family, Joseph Kabila affirmed that the famous deal was concluded in the presence of three heads of state.

    After several months of cross-checking, a local media outlet 7SUR7 exclusively revealed details of this highly secretive deal between the two powerful men of DRC Kabila and Tshisekedi.

    Below is a Seven-point strategic deal.

    1. Total immunity for the Kabila clan (family and dignitaries of its regime). No criminal prosecution for all possible crimes committed (blood crimes, economic crimes and others).
    2. Consultation between the two leaders (Tshisekedi-Kabila) before any implementation, especially in the security services (Army, police and intelligence services), public companies, and territorial. This is the famous concept of co-management.
    3. Support during the 2023 presidential election by Tshisekedi's political family for the FCC candidacy, Kabila's political family. 'Principle of' reciprocity ', I support you, you support me', explained a source.
    4. International witnesses: 3 presidents, the Kenyan Uhuru Kenyatta, the Egyptian Abdel Fattah Saeed Hussein Khalil el-Sisi, and the South African Cyril Ramaphosa.
    5. National witnesses: 5 generals including: Delphin Kahimbi (former head of intelligence and former number 2 in the army, since deceased). Célestin Mbala (ex-chief aide of Kabila's camps and current head of the army). John Numbi (ex-chief of police, ex-boss of the air force, ex-inspector of the army, now retired). Amisi Kumba known as Tango Four (former boss of defense zone 1 and current inspector general of the army). Jean-Claude Yav Kabey (ex-boss of Kabila's personal security and therefore of the Republican Guard).
    6. Name of the agreement: 'Agreement for stability and peace in the Congo'.
    7. Place of signature: Kingakati farm located in the eastern suburbs of Kinshasa.

    Félix Tshisekedi admitted on February 26, 2019, during his visit to Windhoek (Namibia), to have had an agreement with his predecessor Joseph Kabila, but for a coalition government.

    'It is a deal that we made so that, first, the alternation is done peacefully. So there was this agreement, and it was done peacefully so that after the legislative elections and the majority which emerged from it, there is a coalition with Mr. Kabila's camp, the outgoing camp, 'President Tshisekedi said in response to a question from a journalist.

    For several weeks now, the Kabila camp has been complaining about the violation of the 'deal', notably with the presidential orders of last July in the security services and in the judiciary. Faced with these criticisms, supporters of President Tshisekedi maintain that 'the salvation of the people is the supreme law' and Tshisekedi takes up this principle more and more in his speeches.

    Almost two years after the government coalition agreement, trust between the two partners has given way to mistrust, mistrust and even bitterness.

    The ruling coalition is on the verge of collapse. Joseph Kabila, without a post but still holding considerable power over the state thanks to his parliamentary majority, consults extensively. He doesn't want to lose the power he pretended to leave.

    For his part, Tshisekedi, after having kept a low profile at the start of the legislature, has gradually started to pull out his increasingly sharp claws. Depicted by his detractors as a puppet in the hands of Kabila, the 5th president in the history of the DRC with only 32 national deputies upsets the political balance by not hesitating to scratch his allies. He decided to start consultations with political and social forces, warning that he would not rule out any scenario.

    One would however, ask, is this the end of the coalition? The future will tell. But in the meantime, the battle is underway in the political headquarters. The FCC, which sees its political hegemony threatened, has held more meetings. On the side of the LAMUKA opposition, it is a wait-and-see policy. But several of its leaders do not hide their satisfaction when they see the setbacks of the FCC-CACH coalition.

    The post REVEALED: Conditions For Kabila To Handover Power To Tshisekedi appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/revealed-conditions-for-kabila-to-handover-power-to-tshisekedi/

  • Huye: Babyutse bajya gusanganira Meya ngo bishimire umwanya wa 2 bagize mu mihigo (Amafoto) #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuyobozi w
    Umuyobozi w’akarere bamwakirira kuri Arete muri Kinazi

    Bishimye banategereje umuyobozi w’Akarere kabo, Ange Sebutege, wari uturutse i Kigali aho yashimiwe na Perezida Kagame, uko Akarere ayoboye kitwaye mu guteza imbere abaturage.

    Ku gasantere ka Arete mu Murenge wa Kinazi, ari na ho ku marembo y’Akarere ka Huye uvuye mu ka Nyanza, umuyobozi w’Akarere ka Huye Ange Sebutege yakiriwe n’abaturage, banamushyikiriza impano.

    Aho Huye igabanira na Nyanza, abaturage ntibatinye imvura
    Aho Huye igabanira na Nyanza, abaturage ntibatinye imvura

    Izo mpano ni inkoni nk’ikimenyetso cy’uko bishimiye uko abayoboye, icyansi cyo kumugaragariza ko ubukungu bwa Kinazi bushingiye ku bworozi bw’inka n’ifoto uyu muyobozi ariho hamwe na Perezida Kagame, nyuma yo gushimirwa uko Huye yitwaye mu mihigo.

    Iyi foto inariho ba Visi meya ba Huye ndetse na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Huye.

    Gitifu wa Rusatira, Jacqueline Uwamariya, asobanurira Meya Sebutege ibiri mu ifoto yamwoherereje
    Gitifu wa Rusatira, Jacqueline Uwamariya, asobanurira Meya Sebutege ibiri mu ifoto yamwoherereje

    Meya Sebutege yabwiye abaturage ba Kinazi bari baje kumwakira ko umwanya akarere kagize na bo bawugizemo uruhare, abasaba gukomeza kwitabira kugira isuku no gukunda umurimo kugira ngo batazasubira inyuma ubutaha.

    Yagize ati “Kugera hejuru ni byiza, ariko kuhaguma bisaba imbaraga nyinshi. Ariko twabonye ibanga ryo kubikora”.

    Kwishimira umwanya ntibyagarukiye ku dusantere, kuko abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge bo muri aka karere banageze mu mujyi i Huye, bakawuzenguruka hanatangwa ubutumwa bwo kwishimira kwesa imihigo ku rugero rwo hejuru.

    Bari kumwe n’abamotari bamwe na bamwe batari bitaye ku mvura yabanyagiraga, dore ko yabyukiye ku muryango.

    Ku Karere ka Huye abamotari na ba Gitifu imvura ntiyababujije kwishima
    Ku Karere ka Huye abamotari na ba Gitifu imvura ntiyababujije kwishima
     I Karama mu Murenge wa Ruhashya
    I Karama mu Murenge wa Ruhashya

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/huye-babyutse-bajya-gusanganira-meya-ngo-bishimire-umwanya-wa-2-bagize-mu-mihigo-amafoto

  • Nimutinyuke mwange ikibi, kabone nubwo cyaba kivugwa n’umuntu mukuru – Jeannette Kagame #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abitabiriye ihuriro rya 13 rya Unity Club Intwararumuri mu Ntako Ishinga Amategeko
    Abitabiriye ihuriro rya 13 rya Unity Club Intwararumuri mu Ntako Ishinga Amategeko

    Madame Jeanette Kagame yabivuze ubwo yatangizaga Ihuriro ngarukamwaka rya 13 rya Unity Club Intwrarumuri, kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Ukwakira 2020.

    Yabwiye urubyiruko ko Unity Cluvb yiyemeje kudasiga inyuma urubyiruko mu rugendo rwa Ndi Umunyarwanda.

    Yagarutse kandi ku bushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC), bwagaragaje ko umuryango ufite uruhare mu gukwirakwiza ibitekerezo byigisha amacakubiri mu bana.

    Ubwo bushakashatsi bwagaragaje kandi ko urubyiruko rufite ubumenyi buke ku mateka y’u Rwanda, by’umwihariko kuri Jenoside yakorewe Abatutsi.

    Yagize ati “Nimutinyuke mwange ikibi kabone n’ubwo cyaba kivugwa n’umuntu mukuru cyangwa mufitanye isano. Mukomere ku bumwe, muzirikane ubwo bunyarwanda, igihe cyose musesengure ibibazo twagize, kandi tubizeyeho kuzaba umuti w’igisubizo kirambye cyabyo”.

    Madame Jeannette Kagame yavuze ko muri iki gihe cyo guhangana n’icyorezo cya Coronavirus, byagaragaye ko igihe Abanyarwanda bashyize imbere ubumwe, babasha guhangana n’ibihe bikomeye cyangwa bidasanzwe.

    Ati “Muribuka ko hari byinshi twanyuzemo bituruka ku ngaruka mbi z’amateka yacu, ariko twahisemo kuba umwe, twemera kunywa umuti usharira. Uwo muti kandi wadufashije gutwara urumuri rwa Ndi Umunyarwanda, nk’igitekerezo njyenga cyo kubaho kwacu, ariko urugendo ruracyakomeje, ni yo mpamvu tudahwema kugira ibiganiro nk’iri huriro tugira buri mwaka, kugira ngo dusuzume aho tigeze”.

    Madame Jeannette Kagame yavuze ko bimaze kuba umuco ko buri gihe iyo Abanyarwanda batangiye twesa imihigo, ari bwo amajwi y’inyangarwanda azamuka agamije kugoreka amateka y’Abanyarwanda, no gusenya ubunyarwanda.

    Yavuze koi bi bishobora kuba rimwe na rimwe biterwa n’uruhare umuntu afite muri ayo mateka cyangwa se kunanirwa kwitandukanya na yo, cyangwa se bigaturuka ku nyungu z’umuntu bwite, cyangwa izo we yita inyungu rusange. Hari kandi n’uruhererekane rw’urwango rwo kutanyurwa n’ibyo u Rwanda rukora bigamije guteza imbere twese.

    Yavuze ko bimwe mu by’ingenzi bikomeza igihugu ari ukugira uburyo bw’imiyoborere n’imikorere byita mbere na mbere ku nyungu rusange, kugira inzego zubatse neza, bishimangirwa n’uko hari abantu bumva neza, bemera kandi baharanira agaciro k’igihugu n’ubumwe bwabo.

    Ubutumwa bwa Madame Jeannette Kagame yabutanze hakoreshejwe ikoranabuhanga
    Ubutumwa bwa Madame Jeannette Kagame yabutanze hakoreshejwe ikoranabuhanga

    Yagize ati “Mu higihugu cyacu, izi nzego turazifite duharanira ko Umunyarwanda abona iby’ingenzi biganisha ku mibereho myiza. Twigisha agaciro k’umuntu n’indagngagaciro zitugenga. Ni iki gituma dukomeza kubona abatanyurwa, bigatuma hari abitwaza aho baturuka, cyangwa inyungu zabo bwite, bagatatira ubunyarwanda”?

    Madame Jeannette Kagame kandi yavuze ko hari n’abakomeza gutera urujijo cyane mu bakiri bato, bashyira imbetre ingengabitekerezo ya Jenoside.

    Ati “Nagira ngo nongere nibutse ko nk’Intwararumuri, nk’Abanyarwanda dutsimbaraye ku kurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo nk’uko Itegeko Nshinga ryacu ribiteganya”.

    Yibukije abanyamuryango ba Unity Club, ko badashobora kuvuga Ndi Umunyarwanda batagarutse ku muryango, kuko ari wo pfundo ry’ubumwe n’ubuzima, ukaba igicumbi gitorezwamo ubumuntu, kubana n’abandi, kumenya no gukunda igihugu.

    Ati “Ibyiza dukura mu rugnendo rwa Ndi Umunyarwanda twabyifashisha dute kugira ngo urubyiriko rwumve ko Ndi Umunyarwanda ari yo sano iruta izindi zose, twakumira dute uruhererekane rw’imyumvire, urwango n’imigenzereze mibi, kuko bidashyira imbere ubunyarwanda ahubwo bikaba bitera umuntu kumva atanyurwa n’ibyo Abanyarwanda bakora, n’ibyo tugeraho”.

    Yibukije abanyamuryango ba Unity Club ko kuba Intwararumuri ari nko kuba umuyobozi, bisaba iteka guhora wikebuka, kugira ngo urebe ko ukimurikiye abo uyoboye cyangwa abana bakureberaho.

    Ati “Ndagira ngo natwe twikebuke turebe, ese umuryango wacu waba ari igicumbi cya Ndi Umunyarwanda? Ese tuganiriza abana bacu dute tubabwira ubunyarwanda nk’isano yacu? Tubakundisha dute igihugu cyacu kugira ngo kize ku mwanya wa mbere mu mitekerereze n’imigirire yabo”?

    Yabibukije ko iyo bahawe inshingano imigenzereze yabo na yo igomba kuba myiza, kandi bakabera urumuri abo bamurikiye.

    Abari mu Ntako bakurikiye ijambo rya Madame Jeannette Kagame ku ikoranabuhanga
    Abari mu Ntako bakurikiye ijambo rya Madame Jeannette Kagame ku ikoranabuhanga

    Madame Jeannette Kagame kandi yibukije abitabiriye ihuriro rya 13 rya Unity Club Intwrarumuri, bmwe mu bishobora gukomeza gufasha umuntu kugira imyumvire ihamye n’imico myiza, kuko bikenerwa kenshi kugira ngo umuntu amurikire abandi.

    Ibyo ni, kwemera ibyo urimo ukabishyiraho umutima wose, (dedication), uburyo ubona ibintu (perception), kubahiriza no kubazwa inshingano (accountability), kunoza umurimo (job well done), kuba ku murongo ubwawe (self-discipline), kwigirira icyizere (confidence), kutiremereza (humility), kumenya kugenga amarangamutima yawe (emotional intelligence), kwimenya kandi ukagira ibyo wemera bifite ishingiro (self-belief), kwihangana (patience) no kuvugisha ukuri (Honesty).


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/nimutinyuke-mwange-ikibi-kabone-nubwo-cyaba-kivugwa-n-umuntu-mukuru-jeannette-kagame

  • APR FC irakina imikino 2 ya gishuti uyu munsi #rwanda #RwOT

    Uyu munsi ikipe ya APR FC irakina imikino ibiri ya gishuti n’amakipe yo mu cyiciro cya 2, Rwamagana City na Rutsiro FC, ni mu rwego rwo kwitegura umwaka utaha w’imikino.

    Imikino yose irabera ku kibuga cy’i Shyorongi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 Ukwakira 2020, ni mu rwego rwo kwitegura imikino nyafurika ya CAF Champions League izitabira mu kwezi gutaha guhera tariki ya 21 Ugushyingo na shampiyona izatangira mu kwa 12.

    Aya makipe yo mu cyiciro cya kabiri nayo akaba arimo yitegura imikino ya kamarampaka izayafasha gushaka itike yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere.

    Ku ikubitiro ku isaha ya saa 10h haraba umukino wa APR FC na Rwamagana City, ni mu gihe uwa Rutsiro uri bube saa 15h30′.

    Si umukino wa mbere wa gishuti APR FC igiye gukina kuko yakinnye imikino 2 na AS Kigali buri umwe bawunganya 1-1, bakinnye kandi na Etoile del’Est bayitsinda 3-0.

    Rwamagana City irakina na APR FC

    Umukino wa kabiri barawukina na Rutsiro FC

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/apr-fc-irakina-imikino-2-ya-gishuti-uyu-munsi