Blog

  • Ubwongereza nibwo bwahaye amahugurwa n' ibikoresho ishami rya polisi riri kwamaganwa cyane muri Nigeria, SARS #rwanda #RwOT

    Minisitiri w'Ubwongereza muri Afurika, James Duddridge, yemeje ko abayobozi b'Ubwongereza bahaye amahugurwa n'ibikoresho itsinda ry'abasirikare badasanzwe bo muri Nigeria (SARS), ishami rya polisi ridakunzwe riregwa kwambura abantu, iyicarubozo n'ubwicanyi ndengakamere.

    Mu ibaruwa Duddridge yandikiye umudepite wo mu ishyaka ry'Abakozi, Kate Osamor ku wa kane, yavuze ko hagati ya 2016 na 2020, abapolisi bo mu ishami rya polisi ubu ryasheshwe muri Nigeria, bitabiriye amahugurwa 'agamije guteza imbere uburenganzira bwa muntu, amahugurwa y'imari ya Leta, n'amahugurwa ya polisi y'abaturage, ' nkuko Ikinyamakuru The Independent cyabitangaje.

    Minisitiri yavuze ko iryo shami rya polisi (SARS) kandi ryakoreshaga ibikoresho bya radiyo byo mu Bwongereza byahawe abapolisi ba Nigeria.

    Mu gihe cy'ibyumweru birenga bibiri, ibihumbi by'urubyiruko rwo muri Nigeria hirya no hino mu gihugu, barimo abo mu Bwongereza ndetse no mu bihugu byo muri diaspora, bagiye mu mihanda basaba ko ihohoterwa rya polisi rihagarara muri iki gihugu cya Afurika y'Iburengerazuba.

    Abigaragambyaga babanje gusaba ko itsinda ry'abapolisi SARS ryahagarikwa, maze nyuma iyi myigaragambyo ikwirakwira hose, abayobozi basenya uyu mutwe maze bohereza abakozi bawo mu zindi nzeo.

    Ariko imyigaragambyo yo kuvugurura kwagutse kw' imiyoborere ya Nigeria yarakomeje, kandi mu cyumweru gishize, imwe mu myigaragambyo nk'iyo yajemo urugomo ubwo abasirikari barasaga abigaragambyaga mu karere ka Lekki mu murwa mukuru w'ubucuruzi, Lagos, bahitana byibuze abantu 12 nk'uko Amnesty ibitangaza.

    Mu ntangiriro z'uku kwezi, Depite mu Ishyaka ry'Imurimo, Osamor, yari yabajije guverinoma y'Ubwongereza niba ifitanye isano na SARS cyangwa ko yahaye ubufasha ishami rya polisi. Duddridge, mu gisubizo cye cya mbere yahaye uwo mudepite mu ibaruwa yo ku ya 19 Ukwakira, yavuze ko ibiro by'ububanyi n'amahanga 'bidatanga kandi ko bitigeze bitanga nkunga cyangwa amahugurwa bigenewe imitwe cyangwa abayobozi ba SARS'.

    Ariko mu gisubizo giheruka, Duddridge yemeye ko Ubwongereza bwatanze amahugurwa kuri SARS binyuze mu biro by'ububanyi n'amahanga bishinzwe ikigega cyita ku makimbirane, amahoro n'umutekano (CSSF). Ku bijyanye n'aya mahugurwa, Osamor yagize ati: 'Ibi byari mu rwego rwo gushyigikira intego zacu nini zo gushimangira ubushobozi, kubazwa no kwitabira kw'abapolisi ba Nigeria.'

    Depite wo mu Ishyaka ry'Abakozi yagize ati: 

    'ubu guverinoma yahatiwe kwemera ko itakoresheje amamiriyoni gusa yo guhugura SARS ahubwo yanabahaye ibikoresho mu buryo butaziguye.'

    Yatangarije ikinyamakuru The Independent ko guverinoma igomba noneho 'gusobanura uburyo n'impamvu yigeze yumva ko bikwiye guhugura no guha ibikoresho inzego z'umutekano zizwiho kugira uruhare mu iyicarubozo n'ubwicanyi budasanzwe.'

    Imyigaragambyo ya #EndSARS yo muri Nigeria, yamaganwe cyane na komisiyo ya ECOWAS, UN, na EU, byatwaye ubukungu bw'igihugu cya Afurika y'Iburengerazuba miliyari 1.8 z'amadolari mu minsi 12.

    Ubwongereza nibwo bwahaye amahugurwa n' ibikoresho ishami rya polisi riri kwamaganwa cyane muri Nigeria, SARS

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/01/ubwongereza-nibwo-bwahaye-amahugurwa-n-ibikoresho-ishami-rya-polisi-riri-kwamaganwa-cyane-muri-nigeria-sars/

  • COVID-19: England Put On Four-week Lockdown #rwanda #RwOT

    Prime Minister Boris Johnson has announced a second national lockdown for England to prevent a 'medical and moral disaster' for the NHS.

    He said Christmas may be 'very different' but he hoped taking action now would mean families can gather.

    Pubs, restaurants, gyms and non-essential shops will have to close for four weeks from Thursday, he said.

    But unlike the restrictions in spring, schools, colleges and universities can stay open.

    After 2 December, the restrictions would be eased and regions would go back to the tiered system, he said.

    Mr Johnson said: 'Christmas is going to be different this year, perhaps very different, but it's my sincere hope and belief that by taking tough action now we can allow families across the country to be together.'

    The prime minister told a Downing Street news conference that he was 'truly, truly sorry' for the impact on businesses, but said the furlough system paying 80% of employee wages will be extended through November.

    'No responsible prime minister' could ignore figures which suggested deaths would reach 'several thousand a day', with a 'peak of mortality' worse than the country saw in April, Mr Johnson said.

    'From Thursday until the start of December you must stay at home, you may only leave home for specific reasons'

    Boris Johnson announces an England-wide lockdown, saying 'Now is the time to take action, because there is no alternative'https://t.co/Aq1IbHukyq pic.twitter.com/WbJXnlAhE9

    — BBC Breaking News (@BBCBreaking) October 31, 2020

    He said hospitals even in the south-west of England, where cases are among the lowest, will run out of capacity in weeks.

    'Doctors and nurses would be forced to choose which patients to treat, who would get oxygen and who wouldn't, who would live and who would die,' Mr Johnson said.

    Under the new restrictions:

    • People are being told to stay at home unless they have a specific reason to leave, such as work which cannot be done from home and education
    • People are allowed to exercise outdoors alone, with their household or with one other person
    • Meeting indoors or in private gardens will not be allowed
    • Pubs, bars, restaurants and non-essential retail across the nation will close but takeaways and click-and-collect shopping can remain open
    • Leisure and entertainment venues, including gyms, will also close
    • Construction sites and manufacturing workplaces can remain open
    • People are still allowed to form support bubbles
    • Children can move between homes if their parents are separated
    • Clinically vulnerable people are asked to be 'especially careful' but people are not being asked to resume shielding

    Mr Johnson, who chaired a cabinet meeting on Saturday afternoon, will make a statement to Parliament on Monday.

    The UK recorded another 21,915 confirmed coronavirus cases on Saturday, bringing the total since the pandemic began to 1,011,660.

    Another 326 people were reported to have died within 28 days of a positive test.

    The UK is the ninth country to reach the milestone of a million cases — after the US, India, Brazil, Russia, France, Spain, Argentina and Colombia.

    But the true number of infections is expected to be higher due to a lack of widespread testing at the start of the pandemic.

    Prof Neil Ferguson, whose modelling was crucial to the decision to impose the first lockdown, said keeping universities and schools open meant infections would decrease more slowly this time.

    He said the new restrictions could reduce cases by anywhere between 20% and 80%, adding that he hoped larger groups of people would be able to gather by Christmas 'if only for a few days'.

    Mr Johnson had previously resisted pressure to introduce nationwide restrictions, saying they would be 'disastrous' for the UK's finances and opting instead for a three-tiered system targeting local areas in England.

    Ahead of the news conference, school and university unions called for education institutions to be closed and for teaching to move online in another national lockdown.

    The National Education Union said it would be 'self-defeating' to ignore how schools helped to spread the virus.

    And 'the health and safety of the country is being put at risk' by the insistence on keeping in-person teaching on campuses, the University and College Union said.

    The post COVID-19: England Put On Four-week Lockdown appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/covid-19-england-put-on-four-week-lockdown/

  • Volleyball: APR (Men), UTB (Women) Scoop Champion Title 2019/20 #rwanda #RwOT

    APR Men's Volleyball Club is the 2020  winner of the annual National League after beating UTB 3-2 (25-23,25-19, 13-25, 25-23, 15-12) in the two-day tournament.

    APR suffered earlier setbacks before manning up and pulling their socks way up to the title — after upsetting all the favorites including last year's Champions, REG MVC.

    UTB WVC walloped APR 3-2 to cling to the top also after navigating rough encounters all the way from the playoffs.

     

    The post Volleyball: APR (Men), UTB (Women) Scoop Champion Title 2019/20 appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/volleyball-apr-men-utb-women-scoop-champion-title-2019-20/

  • Life is not measured by the breaths you take, but by its breathtaking moments….#rwanda #visitrwanda #rwanda

    Life is not measured by the breaths you take, but by its breathtaking moments.. . . #rwanda #visitrwanda #rwanda🇷🇼 #rwandan #kigalirwanda #rwandanbeauty #rwandaupdates #rwandaful #congo #kinshasa #remarkablerwanda #kenya #nairobi #rwandalicious #rwandagirls #girls #burundi #tanzania #uganda #kampala #rwandabeauty #missrwanda #rwandangirl #rwandalight #africa #kigali #quotes

    Source : https://www.instagram.com/p/CC1cgk_hNpc

  • APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona, mu bagore UTB igitwara APR WVC(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    ikipe ya APR VC yegukanyue igikombe cya Volleyball nyuma yo gutsinda UTB VC ku mukino wa nyuma amaseti 3-2.

    Uyu munsi ni bwo shampiyona ya Volleyball mu Rwanda yashyizweho akadomo, APR VC yagaragaje imbaraga zidasanzwe yatsindiye ku mukino wa nyuma UTB ameseti 3-2 ihita yegukana igikombe.

    APR VC ikaba yasubirye UTB kuko mu mukino ufungura imikino ya kamarampaka yari yayitsinze amaseti 3-1, yatsinze kandi REG amaseti 3-0 (25-22, 26-24, 25-21) ndetse na Gisagara VC ku maseti 3-2 (22-25, 25-20, 19-25, 25-25 na 15-12), isoza imikino ya playoffs idatsinzwe ihita igera ku mukino wa nyuma.

    UTB VC yabonye itike yo gukina umukino wa nyuma itsinze Gisagara VC amaseti 3-1 (27-29, 25-19, 26-24, 25-16) ndetse na REG VC ku maseti 3-0 (25-17, 25-21, 26-24).

    Uyu munsi ni bwo habaye umukino wa nyuma aho APR VC yaje kwegukana igikombe itsinze UTB VC amaseti 3-2. Iseti ya mbere yegukanywe na APR ku manota 25 kuri 23, iya kabiri yegukanywe na UTB ku manota 25 kuri 19, iya 3 UTB nayo iyitsinda ku manota 25 kuri 13, APR VC yaje kwegukana iseti ya 4 ku manota 25 kuri 23.

    Byahise biba amaseti 2-2, biba ngombwa ko hitabazwa iseti ya kamarampaka yegukanywe na APR VC ku manota 15 kuri 13, APR VC ihita yegukana igikombe ku maseti 3-2.

    Madson wa UTB agerageza gukwepa abasore ba APR VC

    APR VC yagarutse mu mukino yigaranzura UTB VC

    Niyogisubizo Samuel ‘Tyson’ wa UTB yagerageje biranga

    UTB yatunguwe mu iseti ya kamarampaka

    Abakinnyi ba APR VC bishimira kwegukana igikombe

    Mu bagore igikombe cyegukanywe na UTB itsinze APR amaseti 3-2. APR yatsinze amaseti abiri abanza ku manota 25-19 na 25-19, ariko UTB VC iza kuyigaranzura mu yandi maseti abiri ya nyuma 25-20 n’iya kane ku manota 25-21, byatumye hitabazwa iseti ya kamarampaka, na yo iyitsinda ku manota 15-10 ya APR WVC.

    Ni igikombe cya kabiri cya Shampiyona ikipe ya UTB VC yegukanye mu mwaka wayo wa kabiri kuva ishinzwe.

    Mu bagore cyegukanywe na UTB

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/apr-vc-yegukanye-igikombe-cya-shampiyona-mu-bagore-utb-igitwara-apr-wvc-amafoto

  • Mvura Nkuvure ni uburyo inzego z’ibanze zakwifashisha mu gukumira amakimbirane mu ngo #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ubwo yatangizaga aya mahugurwa bwana Emmy Ngabonziza, umuyobozi w’akarere ka Nyarugenge yashimangiye ko amahugurwa nk’aya ari ingenzi, ko akwiye kuba inshuro nyinshi kandi ibiganirwaho bigahabwa agaciro mu guhangana n’ibibazo byinshi bibangamiye imiryango muri iki gihe.

    Madamu Nzaramba Lucie, Umuyobozi wa Mvura Nkuvure mu Rwanda, ubwo yatangaga ikiganiro ku bijyanye n’ubushakashatsi bwakozwe kuri Mvura Nkuvure, uruhare rwayo mu isanamitima no kunga abanyarwanda, yerekanye ko Mvura nkuvure yagira uruhare runini mu kubaka amahoro arambye mu gihe abayobozi b’inzego z’ibanze na bo bayigizemo uruhare bakayimakaza muri gahunda zabo za burimunsi cyane cyane mu bikorwa by’isanamitima n’ibindi mbonezamubano.

    Nzaramba ashimangira ko ari iby’ingezi kuba ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge bwarifuje ko haba ubufatanye n’imikoranire mu guharanira ubumwe bw’abanyarwanda ko nta kabuza habayeho ubu bufatanye byakemura ibibazo byinshi bituruka ku makimbirane.

    Ikiganiro kindi cyatanzwe n’abari bahagarariye Mvura Nkuvure, cyibanze ku ihererekanyamurage z’ingaruka za Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Bwana Karangwa Diogene wagitanze, akaba n’umuhuza bikorwa wa Mvura Nkuvure, yerekanye inzira zose muburyo bwa gihanga (scientific) umubyeyi ashobora guhererekanya n’uwo atwite munda, ingaruka za jenoside umwana akazazikurana ndetse nawe akazihererekanya n’abazamukomokaho. Ibi bikaba byatuma, niba ntagikozwe igisekuru gishobora guhererekanya n’ikindi gisekuru, n’ikindi n’ikindi izo ngaruka bishobora gusubiza igihugu mu kaga. Yagaragaje ikibitera ndetse n’icyakorwa mu kubikumira. Iki kiganiro cyakurikiwe n’ibitekerezo by’inshi by’abitabiriye amahugurwa basangiza abandi ibyo bahura nabyo aho bakorera.

    Bagaragaje ko byari bikwiye ko ibiganiro nkibi bihabwa abayobozi bose bagira aho bahurira n’imibereho y’abaturage ya buri munsi, kuko mvura nkuvure yatanga umusanzu mugukumira amakimbira hagamijwe ubumwe bunoze ndetse no kubaka amahoro arambye.

    Havugimana Charles ni umunyamabanga Nshingwa bikorwa w’umurenge wa Kimisagara yagize ati: “ndashimira iyi gahunda ya Mvura Nkuvure n’abatugejejeho ibi biganiro, kuri njye nakabaye nifuza ko twaba twarahawe aya mahugurwa mu myaka ya 1999 cyangwa 2000, ubwo abenshi muri twe twatangiraga iyi mirimo. Iyi yarikuba impamba inogeye twifashisha mu kubungabunga ubumwe bw’abaturage no gukumira ivangura n’amacakubiri.”

    Aya mahugurwa abaye mugihe hitezwe ko hagiye gufungurwa abakoze jenoside bakagaruka mu miryango aho bajya bahura n’abo bahemukiye. Byitezwe ko iyi Mvura Nkuvure izifashishwa mu gukumira ibibazo byavuka cyangwa amakimbirane yatutumba.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/mvura-nkuvure-ni-uburyo-inzego-z-ibanze-zakwifashisha-mu-gukumira-amakimbirane-mu-ngo

  • #COVID-19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 3, undi undi umwe yakize #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abo barwayi bashya batatu babonetse mu bipimo 1,848 bakaba barimo umwe wabonetse i Kigali, abandi babiri baboneka i Nyagatare.

    Kugeza ku wa Gatandatu, mu Rwanda abari bamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,137 muri bo abamaze gukira ni 4,879 naho abakivurwa ni 223.

    Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 35.

    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/indwara/article/covid-19-mu-rwanda-habonetse-abarwayi-bashya-3-undi-undi-umwe-yakize

  • Minisitiri Shyaka yakuyeho urujijo kuri 50% by’abemerewe kujya mu nsengero #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Insengero zemerewe gukora ni zo zemerewe kwakira 50% by
    Insengero zemerewe gukora ni zo zemerewe kwakira 50% by’abantu zakiraga

    Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 27 Ukwakira 2020, yanzuye ko “Insengero zemerewe gukomeza gukora kugeza ku gipimo cya 50% by’ubushobozi bwazo bwo kwakira abantu”.

    Hari bamwe mu baturage bumvise uyu mwanzuro bakibwira ko bivuze ko insengero zose zemerewe gukora, ariko zikakira 50% by’abantu zajyaga zakira.

    Mu kiganiro Minisitiri Shyaka yagiranye na RBA, yavuze ko icyorezo cya Covid-19 kitararanduka mu gihugu, ari nay o mpamvu ingamba zo kukirinda zigomba gukomeza, haba mu nsengero ndetse n’ahandi.

    Yavuze ko uwo mwanzuro wafashwe n’Inama y’Abaminisitiri usobanura neza ko insengero zemerewe kwakira abayoboke ari izasuwe n’inzego zibishinzwe, zigasanga zujuje ibisabwa.

    Abantu basabwa kwambara udupfukamunwa mu nsengero
    Abantu basabwa kwambara udupfukamunwa mu nsengero

    Yagize ati “Izo nsengero zifungura zigakora ni izemewe, ni izagenzuwe, zigasanga ibyo byose zisabwa bihari. Iriya 50% rero ntabwo ivuga insengero zose uko zakabaye, iravuga zazindi zujuje ibisabwa, zujuje amabwiriza ajyanye no kwirinda Covid-19”.

    Minisitiri Shyaka kandi yavuze ko n’izo nsengero zifunguye, zigomba gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, arimo guhana intera, gukaraba intoki, kwambara udupfukamunwa n’izindi.

    Yavuze ko umubare w’abajya mu nsengero wongerewe kuko byagaragaye ko icyorezi kigenda kigabanuka, ariko ko bidakuraho ko abantu bakomeza ingamba zo kwirinda.

    Minisitiri Shyaka kandi yavuze ko insengero zikomeza kugenzurwa, ku buryo n’izitarafungura nizimara kugaragaza ko zujuje iibisabwa na zo zizagenda zifungurwa.

    Minisitiri Shyaka kandi yanagarutse ku nsengero zari zagaragaje ko zujuje ibisabwa zikemererwa gufungura, ariko nyuma zikaza kurenga ku mabwiriza zikongera gufungwa.

    Guhana intera bigomba gukomeza kubahirizwa mu nsengero
    Guhana intera bigomba gukomeza kubahirizwa mu nsengero

    Ati “Ibyo ni ibisanzwe ni gahunda zisanzwe, hari igihe zimwe na zimwe zagiraga gutya zigatsikira, nk’uko n’abandi bose batsikiye bahabwa ibihano, ariko ibyo bihano na byo bigira aho bitangirira n’aho birangirira, iyo ibihano birangiye zirongera zigafungura zigakora, iyo bitararangira ni ugukomeza nyine ibyo bihano kugira ngo abantu bose dukomeze dukeburane, tutaza kwibagirwa ibintu by’ingenzi ugasanga tugize ibibazo bikomeye”.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/minisitiri-shyaka-yakuyeho-urujijo-kuri-50-by-abemerewe-kujya-mu-nsengero