Blog

  • Munyagishari wakatiwe igifungo cya burundu, mubujurire yaburanye yemera ibyaha #rwanda #RwOT

    Munyagishari woherejwe n’Urwahoze ari Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR/ICTR) rukamwohereza kuburanira mu Rwanda, yatangiye kuburanishwa muri 2013.

    Urubanza rw’uyu mugabo waburanaga mu gifaransa afite umusemurira, yigeze kumara hafi umwaka wose yarikuye mu rubanza ndetse muri Gashyantare 2017 ubwo urubanza rwe rwapfundikirwaga, Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu adahari.

    Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, rwamuhamije bimwe mu byaha akekwaho [aracyafatwa nk’umwere kuko yajuriye] birimo ibya Jenoside ndetse rwemeza kiriya gihano cyo gufungwa burundu yari yasabiwe n’Ubushinjacyaha.

    Uyu mugabo wahise ajuririra kiriya cyemezo, uyu munsi yaburanye ubujurire bwe ndetse Ubushinjacyaha buvuga ko yemeye kuburana yemera ibyaha.

    Ashinjwa ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu, urukiko rwamuburanishije mu rubanza rwo mu mizi rwamuhanaguyeho icyaha cyo gufata ku ngufu abagore ariko rumuhamya ibindi.

    Bumwe mu buhamya bwatanzwe ubwo yaburanishwaga n’Urukiko Rukuru, umutangabuhamya wahawe izina MDE wari umurinzi wa Munyagishari, yavuze ko uyu mugabo wabaye mu buyobozi bwa MRND mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, yavuze ko mu bihe bya Jenoside hari umukobwa yafashe ku ngufu yarangiza akamurasa akamujugunya mu mugezi wa Sebeya.

    Uyu munsi Munyagishari waburanaga hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga, yahawe ijambo n’Urukiko ariko uyu mugabo n’ubundi wagiye yanga kuvuga, abwira Umucamanza ko adashobora kugira icyo avuga atunganiwe ndetse na Me Shoshi Jean Claude Bizimana umwunganira na we yavuze ko batemerewe kwinjira muri gereza kandi na bo ari bwo buryo bwonyine bwabafasha gutera urubanza.

    Ubushinjacyaha bwo bwababijwe impamvu butohereje imyanzuro bwari bwasabwe, bwavuze ko bitakiri ngombwa kuko uregwa yemeye kuburana yemera ibyaha.

    Ubushinjacyaha kandi bwavuze ko uregwa afite uburenganzira bwo kuburana yunganiwe nk’uko biteganywa n’amategeko bityo ko hashakwa uburyo yajya avugana n’abamwunganira kugira ngo bategure urubanza.

    Urukiko rwahise rusubika urubanza rurwimurira tariki 17 Ugushyingo harebwa uburyo uregwa yajya abasha kuvugana n’abamwunganira.

    Source : https://www.imirasire.rw/?Munyagishari-wakatiwe-igifungo-cya-burundu-mubujurire-yaburanye-yemera-ibyaha

  • Build on Twenty Years of Proud Achievements and Open Up a New Chapter in China-Africa Relations #rwanda #RwOT

    Distinguished Guests,
    Friends,

    Good evening! It is a great pleasure to join you in celebrating the 20th anniversary of the Forum on China-Africa Cooperation (FOCAC).

    Twenty years ago, shortly after the adoption of the United Nations Millennium Declaration, Chinese and African leaders gathered in Beijing to inaugurate FOCAC. A new era was thus opened for China-Africa relations.

    Over the two decades, by acting along the prevailing trend of peace, development and cooperation, FOCAC has established itself as a pacesetter for cooperation with Africa, a champion of multilateralism, and a fine example of mutually beneficial cooperation.

    Over the past 20 years, FOCAC has come a long way in strengthening China-Africa solidarity and friendship. It has grown into a big family where all are equal members bound by brotherly ties and treat each other with respect, regardless of size or strength. We have carried forward the profound friendship forged in our struggles for national liberation. We have firmly supported each other on issues concerning core interests and major concerns. We have stood together in upholding the banner of multilateralism, fairness and justice. Together, we have elevated the international standing and influence of developing countries and safeguarded the overall interests of the developing world.

    Over the past 20 years, FOCAC has come a long way in boosting common development of China and Africa. In 2019, trade between China and Africa hit US$208.7 billion, and total Chinese FDI in Africa reached US$49.1 billion, grown by 20-fold and 100-fold respectively compared with 20 years ago.

    We have jointly formulated and implemented the ten cooperation plans (adopted at the Johannesburg Summit) and the eight major initiatives (adopted at the Beijing Summit). Dozens of economic and trade cooperation zones and industrial parks are up and running across Africa.

    China has built for Africa over 6,000 kilometers of railways and the same mileage of roads, nearly 20 ports and over 80 large-scale power plants, and more than 130 medical facilities, 45 stadiums and 170 or so schools. These infrastructures have made a big difference in Africa’s economic and social development.

    The African Union (AU) Conference Center, the Mombasa-Nairobi railway, and the Maputo-Katembe Bridge, key projects in Africa’s drive to achieve the “Century Dream”, have been dedicated one after another, and stand as monumental symbols of the shared development of China and Africa.

    Over the past 20 years, FOCAC has come a long way in enhancing the friendship between the Chinese and African peoples. Mechanisms, such as the Think Tank Forum, the People’s Forum, the Press Center and the Youth Festival, are playing a greater role as bridges of friendship.

    To date, China has provided some 120,000 government scholarships, and opened 61 Confucius Institutes and 44 Confucius Classrooms in 46 African countries. As many as 21,000 Chinese medical personnel have worked, or are working, in 48 African countries, providing treatment to around 220 million African people.

    When West Africa was raged by Ebola in 2014, over 1,000 Chinese health professionals defied the dangers and rushed to their help. Today, facing COVID-19, China and Africa have again come together in a joint fight. Last June, President Xi Jinping and African leaders convened an extraordinary summit, sending a powerful message of shared commitment to defeating the virus with solidarity.

    Time and again, we have supported each other through thick and thin, forging an enduring China-Africa friendship that continues to grow from strength to strength.

    Friends,

    China is the world’s largest developing country. Africa is the continent with the largest number of developing countries. While the past two decades have been extraordinary for FOCAC, they have also seen the Chinese people striving for national rejuvenation and African countries pursuing strength through unity. In this great historical journey, China and Africa have always been there for each other. We have shown the world that with hard work, countries who are still in the process of development can build a better life for their people; and with self-reliance and exploration, China and African countries can find our own path toward prosperity that suits our national conditions.

    Friends,

    The world is undergoing changes unseen in a century, and COVID-19 is accelerating the evolution of the international order. The new challenge calls for new responsibility, and the new situation calls for new actions. How to make sure that China-Africa relations will seize the trend of the times and scale new heights? How to build on our achievement and further upgrade and enhance China-Africa cooperation? How to enable FOCAC to meet the challenges and achieve progress in creative ways? To answer these questions, China would like to share the following propositions with our African friends.

    First, we need to strengthen solidarity and build a stronger community with a shared future. At the 2018 FOCAC Beijing Summit, leaders of China and Africa agreed to build a stronger China-Africa community with a shared future. The new international circumstances we face today further underscore the importance of this strategic decision, a decision that has become more relevant than ever. We must remain guided by the principle of sincerity, real results, amity and good faith and the principle of pursuing the greater good and shared interests. We need to firmly support each other in safeguarding national sovereignty and dignity, in independently pursuing a development path suited to national realities, and in protecting legitimate rights to development and achieve national rejuvenation together through joint efforts.

    Second, we need to tide over the current challenge together and build a China-Africa community of health for all. China will continue to work with Africa to fully deliver on the outcomes of the FOCAC Beijing Summit and the Extraordinary China-Africa Summit on Solidarity Against COVID-19, with greater focus on public health, economic reopening and improvement of livelihoods. I would like to reaffirm China’s firm commitment to making its vaccines a global public good. When the development of the vaccines is completed and they are available for use, China will actively consider providing them to African countries in need to help secure an early victory against the virus.

    Third, we need to pursue win-win cooperation to build a China-Africa community of development for all. China will continue to support Africa in enhancing infrastructure, advancing industrialization and building up capacity for independent development. China welcomes the development of the African Continental Free Trade Area, and will provide cash assistance and capacity-building training to its Secretariat. China and Africa need to deepen free trade cooperation and better connect industrial and supply chains so that Africa can better access the vast China market and join the international economic circulation. China is also ready to work with Africa on a framework of strategic cooperation on climate change to jointly tackle this challenge.

    Fourth, we need to embrace our responsibilities and work toward a community with a shared future for mankind. China and Africa are staunch supporters of multilateralism and important forces for world peace and development. We need to take on our historic duty to firmly safeguard the UN’s central role in international and multilateral affairs, defend basic norms governing international relations, and uphold multilateralism, fairness and justice. We must work in concert in addressing global challenges and participating in global governance. By doing so, we will bring about a more equitable and reasonable international order and an open, inclusive, clean and beautiful world that enjoys lasting peace, universal security and common prosperity.

    Friends,

    FOCAC is a valuable asset for China and Africa. We must keep pace with the times to ensure that the Forum remains a shining example of China-Africa relations. The next FOCAC meeting is scheduled to be held next year in Senegal. China is ready to work with Africa to make good preparations on the arrangements and deliverables of the meeting. We hope the meeting will create greater synergy between China’s second centenary goal and the AU’s Agenda 2063, form new consensus on China-Africa solidarity, explore new cooperation areas, and bring new benefits to the Chinese and African peoples. We hope the meeting will take the China-Africa comprehensive strategic and cooperative partnership to a new height.

    Friends,

    We live in a new, momentous era. We are standing at the threshold of a new chapter to be added to history. No matter how the world may change and no matter what challenges may come up ahead, cooperation between China and Africa will never stop, and the efforts to build a better and stronger FOCAC will never stop. Let us join our efforts to stand up to challenges, strive for high quality in our cooperation and open up a far brighter future for China-Africa relations.

    Now, please join me in a toast,

    To the long-standing friendship between the people of China and Africa,

    To the peace and development of the world, and

    To the health and happiness of all the brothers and sisters present.

    Cheers!

    Thank you!
    Remarks by H.E. Wang Yi
    State Councilor and Minister of Foreign Affairs
    At the Reception Commemorating the 20th Anniversary of
    The Forum on China-Africa Cooperation

    H.E. Wang Yi

    Source : https://en.igihe.com/news/article/build-on-twenty-years-of-proud-achievements-and-open-up-a-new-chapter-in-china

  • #COVID-19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya barindwi, ntawakize #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abo barwayi bashya barindwi babonetse mu bipimo 1,917 bakaba barimo ababonetse i Kigali:4, Nyagatare:1, Rubavu:2

    Kugeza kuri uyu wa Kane mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,319 muri bo abamaze gukira ni 4,974 naho abakivurwa ni 304.

    Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 41.

    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/indwara/article/covid-19-mu-rwanda-habonetse-abarwayi-bashya-barindwi-ntawakize

  • Amavubi na Cape Verde rwabuze gica birangira banganyije 0-0 mu rugendo rwo gushaka tike ya CAN 2021 #rwanda #RwOT

    Ikipe y' igihugu y'u Rwanda Amavubi inganyije umukino yakinaga n' ikipe y' igihugu ya Cape Verde 0-0 mu gushaka itike y' igikombe cya Africa kizabera muri Cameroon mu mwaka 2021, umukino wasifuwe n'umunya Ghana Daniel Nii Laryea.

    Amavubi yanganyije na Cape Verde 0-0

    Hari kw' isaha ya saa kumi n'ebyiri z'i Kigali, ubwo ikipe y' igihugu Amavubi n' ikipe y' igihugu ya Cape Verde ubwo zacakiranaga Kuri sitade mpuzamahanga yitwa Estadio Nacional de Cabo Verde iri mu mujyi wa Praia.

    Umukino watangiye ikipe y'igihugu ya Cape Verde iri kurusha cyane iy'Amavubi biza gutuma ijyenda ibona uburyo bwinshi bwavamo ibitego ariko Kwizera Olivier wari wabanje mw' izamu ry'Amavubi ababera ibamba, dore ko uyu musore yitwaye neza cyane muri uyu mukino. Ibi byaje gutuma igice cya mbere kirangira ari 0-0.

    Estadio Nacional de Cabo verde yabereyeho umukino

    Mu gice cya kabiri ikipe y' Amavubi yagarutse nta mpinduka bakoze mu bakinnyi bari babanjemo, umukino urakomeza ariko ukabona ko Amavubi yahinduye imikinire bituma atangira kwataka cyane izamu rya Cape Verde, nkaho Meddie kagere yarase uburyo bukomeye bwari bwabazwe asigaranye n' umunyezamu.

    Abakinnyi babanje mu kibuga Ku ruhande rw'Amavubi

    Amakipe yose yakomeje kwataka gusa birangira amakipe yose aguye miswi 0-0. Ikipe y' Amavubi izahita igaruka mu Rwanda yitegura umukino wo kwishyura uzabera i Kigali tariki 17 ugushyingo 2020.

    Kwizera Olivier uri ibumoso niwe wabanje mu izamu ry'Amavubi

     

    The post Amavubi na Cape Verde rwabuze gica birangira banganyije 0-0 mu rugendo rwo gushaka tike ya CAN 2021 appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/11/12/amavubi-na-cape-verde-rwabuze-gica-birangira-banganyije-0-0-mu-rugendo-rwo-gushaka-tike-ya-can-2021/

  • Abanyamakuru barasabwa kwirinda amarangamutima bagakoresha neza itegeko nomero 04/2013 ryerekeye kubona amakuru #rwanda #RwOT

    N'ubwo itegeko nomero 04/2013 ryo kuwa 08/02/2013 ryerekeye kubona amakuru rivuga ko ari uburenganzira bw'ibanze k'umuturage n'umunyamakuru, Abanyamakuru barasabwa gukoresha neza iri itegeko ribemerera kubona amakuru birinda amarangamutima mu gusaba amakuru kuko haba hari n'amakuru y'ibanga atemerewe gutangazwa.

    Ibi byatangajwe ubwo abanyamakuru barimo bahurwa n'urwego rw'umuvunyi ku itegeko ryerekeye kukubona amakuru kuwa 06/11/2020 abanyamakuru bibutswa ko kubona amakuru ari uburenganzira bw'ibanze bwabo ndetse n'umuturage wese uyacyene nkuko itegeko ribigena.

    Itegeko muri rusange rigamije gutuma abaturage n'abanyamakuru babona amakuru y'ibikorwa mu nzego za Leta no munzego zimwe na zimwe z'abikorera zirimo imirimo ijyanye n'inyungu rusange. Ni muri urwo rwego inzego za Leta n'inzego z'abikorera zirebwa n'iryo tegeko zigomba gushyiraho umukozi ushinzwe gutanga amakuru.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'inama nkuru y'itangazamakuru (MHC) ,Peacemaker Mbungiramihigo ubwo yatangizaga kumugaragaro amahurwa y'abanyamakuru ku itegeko ryerekeye kubona no gutanga amakuru, yavuze ko itangazamakuru rifite uruhare rukomeye mukubaka imibereho niterambere abanyarwanda bose bifuza, kuko bafitiye itangazamakuru icyizere gikomeye kugera kugipimo cya 75%.

    Yagize ati' Kubona amakuru ni uburenganzira bwibanze k'umuturage n'umunyamakuru, tugomba kubukoresha neza kugira ngo abanyarwanda twigisha babone amakuru abafasha guhindura imitekerereze yabo, imikorere ,n'imyitwarire, tubikore tuzi amategeko agenga igihugu cyacu, tuzi nicyo amategeko ateganya kugira ngo bwa bwisanzure dufite tubukoreshe neza, uko tubukoresha neza niko duhora twihugura kugira ngo ibyo dutangaza tubwira abanyarwanda bidufashe kwiyubakira igihugu no kwiteza imbere, tutabayobya twirinda amarangamutima no gutangaza ibiri mu itegeko rishaje kuko ariyo mpamvu duhora twihigura'.

    Akomeza avuga ko guhora bihugura ari inshingano zabo nk'inama nkuru y'itangazamakuru, mubushakashatsi bukorwa n'ikigo gishinzwe imiyoborere RGB buri myaka ibiri hakusanywa ibitekerezo, amakuru n'inama kubantu batandukanye bakabasaba ibitekerezo kurugendo rwatangiwe rwo kubaka itangazamakuru aho rigeze n'aho rigana.

    Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu 2018 aho buherutse gusohoka, ko abanyarwanda bashima imikorere y'itangazamakuru mu nkuru zitangazwa no munyigisho itangazamakuru ribagezaho, aho ibipimo biri kucyigero cya 75%.

    Ubwo bushakashati nanone bwagaragaje ko ubwisanzure bw'itangazamakuru bwagiye buzamuka bukagera kucyigero cya 81%, ariko haracyari urugendo rurerure nubwo aho rivuye ari kure, rifite ubwisanzure buhagije bwo gukora umurimo bushinzwe, wo gukora bwabuvugizi, mugutangaza ahakenewe gushyirwa imbaraga kurusha ahandi no kugaragaza ahari ibibazo biriho, hakoreshwa neza imbuga nkoranyambaga kuko igisohotse mu itangazamakuru gifatwa nkivanjiri, iyo umunyamakuru atangaje ikinyoma abaturage barabibona niyo mpamvu itangazamakuru risabwa kwitwararika kuko ari urumuri ndetse n'ijwi ry'abaturage.

    Kuruhande rw'urwego rw'umuvunyi narwo rubona ko ubwisanzure bw'itangazamakuru mukubona amakuru nabwo buhagaze neza kuko ntabibazo byinshi bacyakira by'abanyamakuru bimwe amakuru.

    Kuva mu mwaka 2013 kugeza muri uyu wa 2020, urwego rw'umuvunyi bakiriye gusa ibibazo byo kwimwa amakuru bingana na 36 , muribyo 34 byakemuwe neza naho ibindi bibiri byasanzwe ari amakuru y'ibanga atemerewe gutangazwa.

    Bakomeza bashimira uruhare rw'abanyamakuru bagira mukazi kabo kaburi munsi ariko banibutswa gukoresha neza iri tegeko ryerekeye kubona amakuru bitwararika mukuyasaba, birinda gutwarwa n'amarangamutima kuko abo bayasaba bose ntibakira abantu kimwe. Basaba kandi abanyamakuru kugaragaza naho bitagenze neza mukuyahabwa kugira ngo aho bitameze neza bikosorwe.

    Urwego rw'umuvunyi rufite inshingano zo kugenzura iyubahirizwa ry'itegeko ryerekeye kubona amakuru. U Rwanda rwabaye igihugu cya 11 ku mugabane wa Africa mu gushyiraho itegeko ryerekeye kubona amakuru ryasohotse mu igazeti ya Leta kuwa 11 Werurwe 2013.

    Isabella Iradukunda Elisabeth

    Source : http://www.intyoza.com/abanyamakuru-barasabwa-kwirinda-amarangamutima-bagakoresha-neza-itegeko-nomero-04-2013-ryerekeye-kubona-amakuru/

  • Amavubi anganyije na Cap-Vert mu mukino Kwizera Olivier yigaragajemo #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Cap-Vert zakinnye umukino w’umunsi wa gatatu mu rugendo rwo guhatanira itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroun mu mwaka wa 2022.

    Ni umukino watangiye saa kumi n’ebyiri zuzuye, urangira nta kipe n’imwe ibashije kureba mu izamu, buri kipe icyura inota rimwe nyuma yo kunganya ubusa ku busa.

    Nyuma yo kunganya uyu mukino, Amavubi yagumye ku mwanya wa nyuma n’inota rimwe, naho Cameroun yatsinze Mozambique ibitego 4-1, ihita ifata umwanya wa mbere n’amanota arindwi.

    Abakinnyi babanje mu kibuga:

    Kwizera Olivier, Omborenga Fitina, Manzi Thierry, Rwatubyaye Abdul, Imanishimwe Emmanuel, Niyonzima Ally, Mukunzi Yannick, Bizimana Djihad, Niyonzima Haruna, Tuyisenge Jacques na Kagere Meddie.

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/amavubi-anganyije-na-cap-vert-mu-mukino-kwizera-olivier-yigaragajemo

  • Nyagatare: Umwana w’imyaka irindwi yagwiriwe n’inzu arapfa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza avuga ko kugwa kw’iyi nzu kwatewe n’imyubakire idafashije.

    Ati “Inzu byagaragaraga ko inkingi zayo zidakomeye ari na cyo cyatumye igwa.”

    Asaba abaturage kujya bubaka inzu zikomeye ndetse n’abajya gukodesha bakabanza kureba ubuziranenge bw’inzu kugira ngo hirindwe impanuka.

    Umurambo w’uwo mwana wapfuye wagejejwe ku bitaro bya Nyagatare kugira ngo ukorerwe isuzuma.

    Mu Murenge wa Rwempasha kandi haguye imvura nyinshi irimo umuyaga gusa ntacyahise kimenyekana yangije.

    Umuturage witwa Kamanzi Mohamed na we avuga ko igiti cyagwiriye inka ze ebyiri ariko ku bw’amahirwe ntayapfuye.

    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/nyagatare-umwana-w-imyaka-irindwi-yagwiriwe-n-inzu-arapfa

  • Nirere new Ombudsman, NIRDA has new boss #rwanda #RwOT

    Becoming the fourth Ombudsman in the country, Nirere’s previous duties include being at the helm of the National Human Rights Commission for two four-year terms that completed in May this year.

    She also worked in the Parliament in both chambers; as Deputy Secretary-General of the Senate in Charge of Legislative and Parliamentary Affairs, and as a Senior Legal Advisor to the Parliament (Transitional National Assembly) between 2000 and 2003.

    The Office of the Ombudsman acts as a link between the citizen, public and private institutions in preventing and fighting injustice, corruption and other related offenses.

    The new NIRDA Director-General, Birame, was a senior lecturer at the University of Rwanda (UR) in the College of Science and Technology, School of Science Department of Chemistry.

    The post fell vacant in December last year when the former Director-General, Kampeta Pitchette Sayinzoga was appointed as the Chief Executive Officer of the Development Bank of Rwanda (BRD).

    The cabinet also appointed six commissioners of Rwanda Revenue Authority(RRA) including; Felicien Mwumvaneza in Customs Service, Rosine Uwamariya in Internal Audit and Integrity, Felix Majyambere in Legal Services and Board Affairs, Innocent Murasi in Strategy and Risk Analysis, Jean Pierre Hitimana in Finance and Louise Kalisa Ingabire, Commissioner for Technology and Digital Transformation.

    At Rwanda Heritage Academy which was specified as Inteko y’Umuco, a new institution which apparently brings on board the academy of language and culture and the national museums, Amb. Robert Masozera, was appointed Director General.
    He was actually the director general of Institute of National Museums of Rwanda.

    Dr. Jean Claude Uwizeyimana, a linguist and lecturer at University of Rwanda was appointed Deputy Director General at the Rwanda Heritage Academy.

    Meanwhile, Solange Tetero and Aimable Twahirwa who is well-known in the local music industry have been appointed Director Generals of Youth Empowerment, and Culture Promotion in the Ministry of Youth and Culture respectively.

    The cabinet meeting made a step further towards nuclear energy with the approval of a presidential order relating to accession of Rwanda to the convention on early notification of nuclear accident adopted in Vienna on September 26th, 1986.

    They also approved the presidential order ratifying the amendment to the convention on physical protection of nuclear material adopted in Vienna on July 8th, 1997.

    The cabinet did not make any change on the measures to prevent COVID-19, but, at a time a new wave of infection is looming, they reminded the general public not to loosen.

    Nirere Madeleine has been appointed as the new Ombudsman

    Dr. Christian Sekomo Birame has been appointed to head the National Institute for Industrial Research and Development (NIRDA).

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/nirere-new-ombudsman-nirda-has-new-boss

  • Igihugu cy'Uburusiya cyemeje urukingo rwa Covid-19 ku kigero cya 92% #rwanda #RwOT

    Mu gihugu cy'Uburusiya, Ibipimo by'agateganyo byavuye mu igerageza ry'urukingo Sputnik V, bigaragaza ko rubasha kurinda umuntu kwandura icyorezo cya Covid-19 ku kigero cya 92%. Byatangajwe kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2020 n'ikigega cya leta gishinzwe iby'imari nk'uko bivugwa n'ibiro ntaramakuru Reuters.

    Ibi byavuye mu cyiciro cya nyuma cy'igerageza ry'urukingo ku bantu, bibaye ibya kabiri ku isi, mu muhate wo gukora urukingo rw'iki cyorezo kimaze kwica abarenga miliyoni 1.2 kikanangiza ubukungu ku isi.

    Kuri uyu wa mbere, kompanyi ebyiri iyo mu Budage n'iyo muri Amerika ziri gufatanya, zatangaje ibyavuye mu igerageza nk'iri ry'urukingo rwazo, zivuga ko rukingira Covid ku gipimo kirenga 90%.

    Izi nkingo zose ntiziremezwa n'abashinzwe ubuzima ku isi ko zatangira guterwa abantu ku isi.

    Mu kwezi kwa munani, Uburusiya ni cyo gihugu cya mbere cyatangaje ko cyageze ku rukingo bise Sputnik V, hakurikiyeho igerageza ku bantu benshi. Ibyavuye muri iryo gerageza by'agateganyo, bishingiye ku cyiciro cya mbere ku bantu 16,000 bahawe urwo rukingo rwa doze ebyiri nk'uko bivugwa na Russian Direct Investment Fund (RDIF) yateye inkunga ikorwa ryarwo.

    Iri gerageza ryose riri gukorwa ku bantu 40,000, ahantu hatandukanye mu mujyi wa Moscow nk'uko Reuters ibivuga, 1/4 cyabo bahabwa umuti umeze nk'urwo rukingo (ibizwi nka 'placebo').

    Abatewe Sputnik V nkuko BBC ibitangza, yabarinze kwandura Covid-19 ku rugero rwa 92% kurusha abatewe umuti umeze nkayo, nk'uko ikigega RDIF kibivuga.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/igihugu-cyuburusiya-cyemeje-urukingo-rwa-covid-19-ku-kigero-cya-92/