Category: Uncategorized
-
Nihoreho Arsène ashobora gusohoka muri Rayon Sports atayikiniye akerekeza muri Zambia – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Rutahizamu w’umurundi uherutse gusinyira Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, Arsène Nihoreho, ashobora gusohoka muri iyi kipe atayikiniye umukino n’umwe nyuma yo kwifuzwa bikomeye n’amakipe akomeye yo muri Zambia kandi yiteguye kumutangaho agatubutse. -
Kenya: Ibigo by’amashuri byasabwe gusubiza ababyeyi amafaranga bari barishyuye. #rwanda #RwOT

Minisitiri w’Uburezi muri Kenya, George Albert Omore Magoha, yasabye ibigo by’amashuri gusubiza ababyeyi amafaranga y’ishuri bari barishyuye mbere y’uko amasomo asubikwa kubera icyorezo cya COVID-19 cyangwa akareka bakazayaheraho mu 2021 ubwo amashuri azaba yongeye gufungurwa.
Iki cyemezo cya Minisitiri w’Uburezi kije nyuma y’impungenge zagaragajwe n’ababyeyi z’uko abanyeshuri basabwa kwishyura amafaranga y’amasomo bahererwa kuri internet kandi n’ubundi ibyo biga bazabisubiramo mu gihe amashuri azaba yongeye gufungura.
Aya mafaranga amashuri asabwa gusubiza ababyeyi ni ay’igihembwe cya mbere kuko abanyeshuri batashye muri Werurwe bamaze kwiga amezi abiri mu gihe bagombaga kwiga kugera mu mpera za Mata.
Ibi bije mu gihe hari hashize iminsi mike Minisitiri George Magoha atangaje ko muri iki gihugu amashuri abanza n’ayisumbuye azongera gufungura mu mwaka utaha wa 2021.
Kuva Coronavirus yagera muri Kenya, hamaze kuboneka abarwayi 8525, abamaze kuyikira ni 2593 mu gihe 169 bitabye Imana.
Tubibutse ko Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima WHO/OMS ryemeje ko hari ibimenyetso byerekana ko coronavirus ishobora kuba yakwirakwira mu duce duto cyane tugenda mu mwuka.
Kwandurira mu mwuka ntawabihakana ahantu hari abantu benshi, hafunze cyangwa hatari umwuka uhagije nk’uko umwe mu bakozi bayo abivuga. Niba ibi byemejwe, bishobora guhindura uko iki cyorezo cyirindwaga mu nzu.
Ibaruwa ifunguwe y’abahanga muri siyansi barenga 200 ishinja OMS/WHO guha agaciro gacye iby’uko iyi virus ishobora kuba yandurira no mu mwuka. OMS kugeza ubu ivuga ko iyi virus yandurira mu matembabuzi akwira mu gihe umuntu akoroye cyangwa yitsamuye.
Jose Jimenez umuhanga mu butabire wo muri kaminuza ya Colorado muri Amerika wasinye kuri iyo baruwa, yabwiye Reuters ati:
“Turashaka ko bemeza ibi bimenyetso. Ntabwo rwose ari ukwibasira OMS, ni impaka zishingiye kuri siyansi, ariko byabaye ngombwa ko na rubanda ibimenya kuko bangaga kumva ibimenyetso tubereka mu biganiro byinshi twagiranye”.

Abantu bubahirije amabwiriza yo kutegerana muri gare ya Nyabugogo mu Rwanda Profeseri Benjamin Cowling nawe wasinye iyi nyandiko wo muri kaminuza ya Hong Kong, yabwiye BBC ducyesha iyi nkuru ko ibyo babonye ari “ikintu gikomeye cyo kwitabwaho”.
Ati:”Mu bijyanye n’ubuzima, iyo indwara yandurira mu mwuka twumva ko abakozi bo mu buvuzi bagomba kwambara imyenda yabugenewe ibarinda… OMS yavuze ko imwe mu mpamvu batemera iby’uko Covid-19 yandura gutyo ari uko nta dupfukamunwa twabugenewe duhagije duhari ku isi”.
Bwana Benjamin avuga ko bibaza kandi ko byasaba guhindura byinshi mu kwirinda iyi ndwara kuko kwandura muri ubu buryo biteye inkeke ahantu hahurira abantu nko mu nzu n’ahandi. OMS ivuga ko ibi bimenyetso bikiri iby’ibanze, ko hakenewe ubushakashatsi bwisumbuyeho.
Benedetta Allegranzi umukozi wa OMS mu ishami ry’indwara zandura, avuga ko ibimenyetso by’uko Covid-19 yandura biciye mu mwuka “ahantu hari abantu benshi, hafunze, hatari umwuka uhagije, bitakwirengagizwa”.
Mu mezi ashize, OMS yashimangiye ko Covid-19 yandurira mu duce duto tw’amatembabuzi iyo umuntu akoroye cyangwa yitsamuye. Uduce tudashobora kuguma hejuru mu mwuka ahubwo tugwa hasi – niyo mpamvu gukaraba intoki ari uburyo bwemejwe bwo kwirinda.
Gusa abahanga 239 bo mu bihugu 32 ntibabyemera gutyo: bavuga ko hari ibihamya bikomeye byerekana ko iyi virus ishobora kugenda mu mwuka mu duce duto cyane kurushaho, dushobora kumara amasaha tuzenguruka mu mwuka nyuma y’uko abantu bavuze cyangwa bahumetse.
Uyu munsi kuwa gatatu, OMS yemeje ko hari ibimenyetso byerekana ko ibyo bishoboka nk’ahantu hafunze cyangwa hari abantu benshi.
Ivuga ko ibyo bimenyetso bizagenzurwa kurushaho, gusa ko nibyemezwa, ingamba zo kwirinda iyi virus zizahinduka, bigasaba ko abantu barushaho kwambara udupfukamunwa, no kutegerana bikarushaho cyane cyane ahahurira abantu benshi.
The post Kenya: Ibigo by’amashuri byasabwe gusubiza ababyeyi amafaranga bari barishyuye. appeared first on KASUKU MEDIA.
-
Perezida Trump arakura Amerika muri OMS, Joe Biden bahanganye mu matora ati“Nzayigarura” ni ntsinda #rwanda #RwOT
Mu gihe Umukuru wa Amerika, Donald Trump yateye indi ntambwe ikomeye mu nyandiko yo gukura iki gihugu mu ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima-OMS/WHO, uwo bazahatana mu matora yo mu kwezi k’Ugushyingo, Joe Biden yahise atangaza ko icyo azihutira gukora atowe ari ugusubiza Amerika muri OMS/WHO.
Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka wa 2020, Perezida Trump nibwo yari yatangaje ku mugaragaro ko afite gahunda yo gukura Amerika mu bihugu binyamuryango bya OMS. Ayishinja guhinduka igikoresho cy’Ubushinwa no guhishira amakuru ajyanye na coronavirus mu Bushinwa mu minsi ya mbere y’iki cyorezo, ibintu OMS n’Ubushinwa bihakana.
Nubwo Trump yasabwe n’abarimo ibihugu by’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) kureka iyo gahunda, Perezida Trump yavuze ko bidasubirwaho azakura Amerika muri OMS, inkunga yayigeneraga igashyirwa mu bindi.
Yabimenyesheje umuryango w’abibumbye n’inteko ishingamategeko y’Amerika, nubwo igikorwa cyo gukura Amerika muri OMS gishobora kumara igihe kitari munsi y’umwaka umwe.
Stéphane Dujarric, umuvugizi w’umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterres, yemeje ko koko Amerika yamenyesheje ONU mu nyandiko ko izikura muri OMS, guhera ku itariki ya 6 y’ukwezi kwa karindwi mu mwaka utaha wa 2021.
Senateri Robert Menendez, umukuru wo mu ishyaka ry’abademokarate mu bari mu kanama k’ububanyi n’amahanga, yanditse kuri Twitter ati: “Inteko yamenyeshejwe ko Perezida w’Amerika ku mugaragaro yakuye Amerika muri WHO muri iki gihe cy’icyorezo. Biteye isesemi Abanyamerika, kandi bisize Amerika iri yonyine”.
Umwe mu bategetsi bakuru bo muri leta y’Amerika yabwiye televiziyo CBS News yo muri icyo gihugu ko Amerika yari yagaragarije OMS amavugurura ishaka ko akorwa ndetse bakabivuganaho, ariko OMS ikanga gukira icyo ibikoraho.
Amagambo y’uwo mutegetsi yasubiwemo agira ati: “Kubera ko bananiwe [OMS] gukora ayo mavugurura yasabwe kandi acyenewe cyane, uyu munsi [ejo ku wa kabiri tariki 07 Nyakanga 2020] turacana umubano wacu na bo”.
Joe Biden, wo mu ishyaka ry’abademokarate uzahatana na Perezida Trump mu matora ya Perezida yo mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka wa 2020, yanditse kuri Twitter ati: “Ku munsi wanjye wa mbere nka Perezida, nzasubira muri WHO ndetse nsubizeho n’ubuyobozi bwacu ku rwego rw’isi“.
Hari ibyo Amerika isabwa kuzuza mbere yo kuvamo
Amerika ni cyo gihugu gitera inkungu nini cyane OMS. Mu mwaka wa 2019 yayihaye arenga miliyoni 400 z’amadolari, arenga gato 15% by’ingengo y’imari ya OMS yo muri uwo mwaka.
Bijyanye n’umwanzuro wafashwe n’inteko ishingamategeko y’Amerika mu mwaka wa 1948, Amerika ishobora kwikura muri OMS ariko igomba kubimenyesha umwaka umwe mbere yaho ndetse ikariha imisanzu yaba itari yariha, nubwo bitazwi niba ibyo Perezida Trump abigenderaho.
Bwana Dujarric, wa muvugizi w’umunyamabanga mukuru wa ONU, yashimangiye ko ibyo bikwiye kubahirizwa.
Uku kwikura muri OMS bizayigiraho ingaruka mu buryo by’amikoro ndetse no kuri ejo hazaza ha gahunda nyinshi OMS ifite zo guteza imbere ibikorwa by’ubuvuzi no kurwanya iki cyorezo cya coronavirus. Gusa hari ibihugu bimwe by’ubukungu bukomeye byiyemeje kuziba icyuho cy’Amerika mu gihe izaba itagitanga umusanzu wayo muri OMS.
OMS ni iki, kandi ni nde uyitera inkunga?
- OMS/WHO, yashinzwe mu mwaka wa 1948, ikaba ifite icyicaro i Genève mu Busuwisi. Ni ryo shami rya ONU ryita ku buzima ku isi;
- Ifite ibihugu binyamuryango 194, intego yayo ni “uguteza imbere ubuvuzi, gutuma isi igumana ubuzima bwiza no kwita ku bacyeneye ubufasha“;
- Igira uruhare mu bikorwa byo gukingira (gucandaga mu Kirundi), ubutabazi bwihutirwa mu buvuzi ndetse no kunganira ibihugu mu bikorwa by’ubuvuzi bw’ibanze;
- Iterwa inkunga n’umusanzu w’abanyamuryango hagendewe ku bukungu bwa buri gihugu no ku mubare w’abaturage bacyo ndetse hari n’inkunga ibona zitangwa n’abakorerabushake.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
-
Burundi/Coronavirus: Abantu 670 bafashwe ibipimo basanga 28 muri bo barwaye #rwanda #RwOT
Minisiteri y’Ubuzima mu Gihugu cy’u Burundi, yatangaje kuri uyu wa 08 Nyakanga 2020 ko mu bantu 670 bafashwe ibipimo by’icyorezo cya Covid-19 ku wa Mbere Tariki 06 Nyakanga 2020 basanze 28 aribo barwaye. Ni muri gahunda y’ubukangurambaga Leta yatangije yo gupima abantu benshi iki cyorezo akenshi batunguwe.
Ubwo iki gikorwa cyatangizwaga, nibwo bwa mbere mu Burundi hari hafashwe ibipimo byinshi ku munsi umwe mu bukangurambaga bwo kureba uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu.
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubuzima mu Burundi, Dr Jean-Bosco Girukwishaka, abinyujije ku rubuga rwa Twitter, avuga ko ibyo bipimo byafashwe mu bigo bitatu byo gupimiramo iki cyorezo no mu bitaro bitandukanye, mu mujyi wa Bujumbura.
Ubwo bukangurambaga, bwatangiriye I Bujumbura bikaba bitegekanijwe ko kuva mu cyumweru gitaha buzakomereza mu zindi ntara zo hagati mu gihugu.
Dr Girukwishaka, avuga ko ku munsi ugira kabiri w’ubwo bukangurambaga, abashyika “593” aribo bafashwe ibipimo”, bakaba bategereje ibisubizo.
Avugana na BBC Gahuzamiryango dukesha iyi nkuru, ejo ku wa kabiri tariki 07 Nyakanga 2020, Bwana Girukwishaka yavuze ko ubu bukangurambaga buzamara amezi atatu bukazafasha Leta kumenya uburyo iki cyorezo cya coronavirus kifashe mu gihugu cyose.
U Burundi, buzwi ko buri mu bihugu bitafashe ingamba zikwiye zo guhangana n’ikwirakwizwa ry’iki cyorezo cya coronavirus, harimo gahunda za “guma mu rugo”, nk’uko byagenze mu bindi bihugu byo mu muryango wa Afrika y’Uburasirazuba.
Hari amashyirahamwe amwe n’amwe ashinja Leta ko imibare yatangajwe na Leta ku bijyanye n’iki cyorezo bitari ukuri, ibintu Leta yateye utwatsi.
Umukuru w’igihugu mushasha Evariste Ndayishimiye, aherutse gutangaza ko agiye kurwanya bikomeye iki cyorezo kugeza bagihashyije.
Mu Ijambo yashyikirije igihe abagize Guverinoma barahiraga, ku wa 30 Kamena 2020, Perezida Ndayishimiye yatangaje akomeje ko agiye guhagurukira iki cyorezo mu buryo bwose akagihashya.
Mu gihe icyo gikorwa gikomeza, Minisiteri y’ubuzima muri iki gihugu isaba abanyagihugu gukomeza bakurikiza amabwiriza n’ingamba byafashwe mu rwego rwo kwirinda.
Muri aya mabwiriza, harimo gukaraba igihe cyose amazi meza n’isabune, kwirinda gukorana mu ntoki abantu basuhuzanya cyangwa se guhoberana, hanyuma kandi abantu bakibuka kwisiga cyangwa gukaraba ya miti (hand Sanitizer). Minisiteri y’Ubuzima kandi isaba ishyirahamwe Atrabu ryo gutwara abantu guhora batera imiti mu modoka zabo, abagenzi nabo bagasabwa kwambara udupfukamunwa.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
source http://www.intyoza.com/burundi-coronavirus-abantu-670-bafashwe-ibipimo-basanga-28-muri-bo-barwaye/
-
FINLUX Ni flat tv HD original ikomeye yakorewe kumugabane wi burayi Ikoranye Decoder ifata free channel Igakoresha internet aruko ushyizeho LAN cable USB ,Banana,HDMI2, audio out, optical Uwayikenera kuyigura 0788546833 WhatsApp price 190,000frw #rwa
FINLUX Ni flat tv HD original ikomeye yakorewe kumugabane wi burayi Ikoranye Decoder ifata free channel Igakoresha internet aruko ushyizeho LAN cable USB ,Banana,HDMI2, audio out, optical Uwayikenera kuyigura 0788546833 WhatsApp price 190,000frw




(Feed generated with FetchRSS)
-
Rent price is @ 400$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished apartment for rent in Remera it has… 1 bedroom 1 bathroom and kitchen water tank reservation VIP neighborhood Call or WhatsApp 0788258203 #rwanda #RwOT
Rent price is @ 400$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished apartment for rent in Remera it has… 1 bedroom 1 bathroom and kitchen water tank reservation VIP neighborhood Call or WhatsApp 0788258203





(Feed generated with FetchRSS)
-
Rent price is @ 500$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished apartment for rent in kimironko it has… 2 bedrooms 2 bathrooms nice kitchen sitting room dining room water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203 #rwanda #RwOT
Rent price is @ 500$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished apartment for rent in kimironko it has… 2 bedrooms 2 bathrooms nice kitchen sitting room dining room water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203





(Feed generated with FetchRSS)
-
Rent price is @ 800$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished apartment for rent in gacuriro it has… 2 bedrooms 3 bathrooms nice kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203 #rwanda #RwOT
Rent price is @ 800$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished apartment for rent in gacuriro it has… 2 bedrooms 3 bathrooms nice kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203





(Feed generated with FetchRSS)
-
Rent price is @ 800$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished house for rent in kibagabaga it has… 4 bedrooms 3 bathrooms nice kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203 #rwanda #RwOT
Rent price is @ 800$ Call or WhatsApp 0788258203 Very nice full furnished house for rent in kibagabaga it has… 4 bedrooms 3 bathrooms nice kitchen sitting room dining room staff quoter water tank reservation Call or WhatsApp 0788258203





(Feed generated with FetchRSS)
-
S. Africa Fines Pharmacy Chain For Jacking Up Mask Prices #rwanda #RwOT
South Africa’s Competition Tribunal has fined Dis-Chem Pharmacies 1.2 million rand (70,300 U.S. dollars) for charging exorbitant prices for surgical masks during the COVID-19 pandemic.
Dis-chem, one of South Africa’s major pharmacy chains, hiked prices by 261 percent on the day when the country reported its first COVID-19 on March 5.
“Dis-Chem’s conduct was not only exploitative to the detriment of consumers but also reprehensible in the context of COVID-19, and requires serious sanction,” the tribunal ruled on Tuesday.
Shortly after the guilty verdict, Dis-Chem released a statement, saying it was unfair and contained errors of fact and law.
The company argued that the case focused on a short time period in March without considering the full context in which its local suppliers had no stock and it had to pay higher prices to import millions of masks.
source https://taarifa.rw/s-africa-fines-pharmacy-chain-for-jacking-up-mask-prices/