Category: Uncategorized

  • Ni ibicucu gusa – Zari Hassan nyuma yo gutukwa #rwanda #RwOT

    Umugandekazi w’umuherwe wibera muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yasabye abantu bo mu bwoko bwe bwa Basoga guhaguruka bakarwanira uburenganzira bwabo, ni nyuma yo gutukwa azizwa ko yari yibajije niba Bobi Wine afite ubushobozi bwo kuyoboa Uganda.

    Mu minsi ishize uyu mugore w’abana 5 yifashe amashusho yibaza niba Bobi Wine afite ubushobozi bwo kwiyamamariza kuyobora Uganda, ntabwo byakiriwe neza akaba yaratutswe n’abantu batandukanye.

    Nyuma yo gutukwa akaba yongeye kwifata andi mashusho ashishikariza abantu bo mu bwoko bwe[Basoga], kutagira umutwe wa politiki n’umwe bashyigikira ahubwo bakarema uwabo, kuko iyo bashyigikiye yose nta n’umwe ubitayeho.

    Yagize ati“twebwe Basoga reka dushinge ishyaka ryacu rya politike kuva abo bose batadukunda ubundi dutangire urugamba rwacu. Ni ibicucu gusa. Nta cyaha twakoze kuba Basoga. Nta kintu ncuruza Kampala habe n’umuziki, nta n’ubwo ndi no kuri televiziyo ngo ndasubira hasi. Reka tuzamure ijwi ryacu.

    Zari Hassan akaba yarabwiye abanya-Uganda ko kuba bakeneye impinduka bashaka usimbura Museveni kuko abarambiye, bagakwiye gutekereza k’ugiye kumusimbura bakareba niba koko afite ubwo bushobozi, ari n’aho yahereye yibaza niba Bobi Wine koko afite ubwo bushobozi bwo kuba perezida wa Uganda.

    Zari yatutswe ubwo yibazaga niba Bobi Wine afite ubushobozi bwo kuyobora Uganda

    Bobi Wine yemeje ko aziyamamariza kuyobora Uganda

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/ni-ibicucu-gusa-zari-hassan-nyuma-yo-gutukwa

  • Afrobeat Superstar Tiwa Savage Returns With Brand New Single “DANGEROUS LOVE #rwanda #RwOT

    Nigerian-born singer, songwriter and fashion icon TIWA SAVAGE – widely regarded as the ‘Queen of Afrobeats’ – releases her brand new single, “Dangerous Love,” via Motown Records. The song is the first official single taken from her long-awaited fourth studio album ‘CELIA’, aptly named after her mother. Listen to “Dangerous Love” HERE.

    Produced by Cracker Mallo and recorded in Tiwa’s home city of Lagos, Nigeria, “Dangerous Love” is the perfect blend of R&B and Afrobeats.

    With a powerful, enchanting chorus and silky ‘afro’ beat throughout, the mid-tempo record is a representation of Tiwa’s musical growth and preview to her upcoming project.

    “Dangerous Love is such a vibe! It’s a song that is basically about a girl who is dipping in and out of a ‘relationship’ with a guy that really doesn’t deserve her time or attention. She knows that he is bad for her but she gambling with her heart anyway.” Says Tiwa Savage. “I feel like every girl and maybe guys too can relate to this one.” 

    Savage’s fearlessness in combining various genres has paid off, earning her abundance of award wins and recognitions.

    In 2018 she made history by becoming the first female to win the MTV European Award for ‘Best African Act’. She has since earned four Channel O Music Video Awards nominations, five World Music Award nominations, MTV Africa Music, BET & MOBO Award nominations and many more.

    In 2019 she signed an exclusive recording contract with Universal Records and in September released her first global single titled ’49-99’ under Motown Records.

    In May, 2020, Tiwa Savage graced the cover of Billboard Magazine’s first issue devoted entirely to Africa alongside Afrobeat superstars Davido and Mr Eazi.

    Tiwa was born in Lagos, Nigeria, where she lived until the age of 11 when her parents decided to move to London.

    In her early days, like most families, she would attend church with her parents and soon developed a love for performing and relocated to London. At the age of 16, Tiwa found herself singing backing vocals for George Michael.

    As a result of that session, Tiwa quickly found further work over the years with the likes of Mary J. Blige, Kelly Clarkson, Emma Bunton and Blu Cantrell.

    Despite having already completed a degree in Business Administration at the University of Kent, she was focused to continue pursuing music and received a scholarship at the esteemed Berklee College of Music in Boston, Massachusetts.

    With her newfound strength to push forward with music, Tiwa moved from London to New York City and began taking meetings with various producers and industry professionals.

    Inspired and stimulated by the lack of true female superstars in her home country, she moved back to Nigeria.

    Savage has also been active in her philanthropic endeavors, supporting various youth engagement organizations and breast cancer screening projects across Nigeria and further afield.

    Tiwa also is very active in #JusticeForUwa, loudly voicing her disgust at the rape of a young girl in a church in Nigeria, and creating an instagram page @WeAreTiredNg where rape victims can speak out.

    source https://taarifa.rw/38819-2/

  • Minisitiri w’intebe wa Cote d’Ivoire, Amadou Gon Coulibaly y’itabye Imana #RwOT #Rwanda

    IVORY COAST : Who can stop Amadou Gon Coulibaly in 2020 ...

    Amadou Gon Coulibaly, Ivory Coast’s prime minister and the ruling party’s candidate for an October presidential election, died on Wednesday, President Alassane Ouattara said.
    The 61-year-old Gon Coulibaly, who had heart surgery in 2012, became unwell during a weekly cabinet meeting and was evacuated to a hospital where he passed away, Ouattara said in a statement read on national television.
    Amadou Gon Coulibaly, Ivory Coast’s Prime Minister and the ruling party’s candidate for an October presidential election, died on Wednesday, President Alassane Ouattara said.
    The 61-year-old Gon Coulibaly, who had heart surgery in 2012, became unwell during a weekly cabinet meeting and was evacuated to a hospital where he passed away, Ouattara said in a statement read on national television.
    Gon Coulibaly’s death is likely to set off a scramble within the ruling RHDP party to replace him as its candidate in an election that is considered a key test of stability for the world’s top cocoa producer.
    Ouattara’s first win in 2010 over incumbent Laurent Gbagbo sparked a brief civil war in which about 3,000 people died, and political tensions have been rising ahead of October’s poll.
    Ouattara designated Gon Coulibaly as the RHDP candidate in March after announcing that he would not seek a third term.

    Source : Twitter

  • Twelve Rwandans released from Kampala illegal incarceration #rwanda #RwOT

    By Elina Jonas Ruzindaza

    At around 11:15 a.m., 12 male Rwandans, were brought to the Kagitumba border, who had been detained and persecuted for a long time in Uganda.
    They were taken to the Kagitumba border in a Coaster vehicle, accompanied by Ugandan police and staff from the country’s immigration office. First, they washed their hands to prevent Coronavirus, then they were tested fever to see if there are any signs of infection.
    The released Rwandans were immediately sent to a 14-day quarantine at the University of Rwanda, Rukara Branch, before allowing them to go to their families.
    Rwanda has been requesting Uganda to release its nationals who were illegally detained, or bring them before the courts to be notified and allow Rwandan ambassadors in Uganda to reach them.
    In a joint effort to find a solution to the long-running tensions between the two countries, Minister of Foreign Affairs in the cabinet of Uganda, Sam Kutesa on June 4 said the country had agreed to release 130 Rwandans, but about 310 charged with serious crimes will continue to be kept in custody.
    Illegal detention and torture of Rwandans living in Uganda took another step in 2017 until Rwanda reached the point of urging its people not to go to Uganda.
    They were taken to the Kagitumba border in a Coaster vehicle, accompanied by Ugandan police and staff from the country’s immigration office.

    First, they washed their hands to prevent Coronavirus, then they were tested fever to see if there are any signs of infection.

    The released Rwandans were immediately sent to a 14-day quarantine at the University of Rwanda, Rukara Branch, before allowing them to go to their families.
  • Gisagara: umunyeshuri aratabaza nyuma yo guterwa inda n’umwarimu we akaburirwa irengero. #rwanda #RwOT

    By Jean Felix BIZIMUNGU
    Black Pregnant Women Images, Stock Photos & Vectors | Shutterstock
    Umwangavu witwa Mukeshimana (izina ryahinduwe) wo mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara avuga ko yatewe inda n’umwarimu wamwigishaga mu ishuri ribanza amufashe ku ngufu, ariko akaba atumva neza impamvu yafashwe agahita arekurwa atabiryojwe.
    Avuga ko yatewe inda yiga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, afite imyaka 17 y’amavuko.
    Uyu mwangavu wo mu Mudugudu wa Mareba mu Kagari ka Kibiziri, avuga ko mu mwaka wa 2018 ubwo yigaga mu ishuri ribanza ku Rwunge rw’Amashuri rwa Kibirizi yafashwe ku ngufu n’umwarimu wabigishaga isomo ry’ubumenyi (sciences) amutera inda.
    Asobanura ko uwo mwarimu yamutegetse kujya iwe gufata igitabo kirimo isomo azandikira abandi banyeshuri ku kibaho kuko yari umunyeshuri uhagarariye abandi (cheftaine).
    Ati “Mwarimu arambwira ngo nze kujyayo mfate igitabo nzandikire abanyeshuri ku kibaho kuko ejo azaba adahari; ubwo saa Kumi n’imwe tumaze kwiga njyayo ngeze mu nzu ye arambwira ngo turyamane, ndabyanga amfata ku ngufu arabikora.”
    Mukeshimana avuga ko akimara gufatwa ku ngufu yihutiye kubibwira nyina ndetse bahita batabaza ubuyobozi n’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB).
    Ati “Nahise mbwira Mama na we ntiyatinda duhita tujya kuri RIB, iraza iranamufata ariko arahakana ngo ndamubeshyera ntabwo ari we kandi babona ibimenyetso birimo amaraso navuye akiri ku buriri bwe.”
    Akomeza avuga ko yatunguwe no kubona nyuma y’igihe uwo mwarimu yararekuwe abajije bamubwira ko habuze ibimenyetso.
    Uyu mukobwa wahise acikiriza amashuri ye ntiyongera kwiga kubera gutwita, kuri ubu ahetse uruhinja rw’amezi 11. Avuga ko atewe agahinda no kuba uwo mwarimu wamuteye inda yararekuwe adakurikiranwe kandi akaba ntacyo amufasha kijyanye no kurera umwana babyaranye.
    Ati “Nabyaye yaramaze kurekurwa ariko yahise acika inaha, numva ngo aba i Kigali.”
    Mukeshimana avuga ko we n’umubyeyi we bagerageje kwegera RIB ngo bayibaze impamvu uwo mwarimu yarekuwe, basubizwa ko hari hategerejwe kuzapima umwana igihe azaba yavutse kugira ngo bamenye niba koko ari we wamuteye inda.
    Umwana amaze kuvuka bongeye kwegera urwo rwego kugira ngo apimwe ariko babwirwa ko uwo mwarimu bamubuze.
    Mukeshimana n’abandi bangavu batewe inda ariko abagabo bazibateye bakaba bidegembya, bagaragaje ikibazo cyabo mu minsi ishize ubwo mu Karere ka Gisagara hakorwaga ubukangurambaga bugamije kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
    Umukozi wa Action Aid uhagarariye umushinga wo kurwanya ihohoterwa witwa Speak Out, Najjingo Robinah, yavuze ko icyo kibazo cy’abagabo baba bakurikiranweho gusambanya abangavu ariko bagahita barekurwa bagikurikiranye.
    Ati “Twavuganye n’inzego zitandukanye, twavuganye n’abana tuvugana n’ababyeyi tuvugana n’abayobozi, mu bayobozi harimo RIB rero itubwira ko impamvu ikomeye ituma bafungura wa muntu wahohoteye ari ukubura ibimenyetso bishinja wa muntu ko koko yafashe umwana ku ngufu cyangwa hari ihohoterwa yakorewe.”
    Najjingo avuga ko bibateye impungenge kuko akenshi usanga abakekwaho icyo cyaha iyo barekuwe bahita bacika bakaburirwa irengero.
    Ati “Ariko nanone hakabamo impungenge, ese niba bategereza ko umwana abyara icyo gihe wa muntu wamuhohoteye azaba akiri aho ategereje ko bamufata? Hazaha harimo ikibazo ko wa muntu ashobora kubona icyuho cyo gutoroka.”
    Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Gisagara, Gasengayire Clémance, yavuze ko kurekura ukekwaho icyaha bitaba bivuze ko atagikurikiranwa ahubwo haba hagishakishwa ibimenyetso.
  • Umuhanzi Semivumbi Daniel wakunzwe mu izina rya Danny Vumbi witegura kurmurika alubumu ye ya 3 yise Inkuru nziza

    By Ubwanditsi

    Fabrice Nzeyimana n’umugore we Maya Nzeyimana bamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ,basohoye indirimbo nshya bise “Mwami w’ibihe” bakaba barayanditse mu gihe cya Guma mu Rugo nyuma yo kubona abatuye Isi bose bafite ubwoba n’agahinda batewe n’icyorezo cya Covid-19.
    Fabrice Nzeyimana n’umufasha we Maya Nzeyimana bamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka: “Muremyi w’Isi”, “Yitwa Ndiho”, “Yesu Kiza”, “Ntawundi” n’izindi zitandukaye zakunzwe n’abatari bake,Ni abakirisitu kuri CLA (Christian Life Assembly) i Nyarutarama ndetse Fabrice ni n’umucuranzi ukomeye muri iri torero. Bavuka i Burundi ariko bakaba bakorera umuziki wabo mu Rwanda.
    Mu ndirimbo yabo nshya basohoye ‘Mwami w’Ibihe’ hari aho bagira bati “Ibihe uko bibisanya, niko binyereka ko hari Imana, ubwoba n’agahinda kenshi byuzuye mu maso y’abo mu iyi Si.Inkuru nziza y’agakiza ni uko hari Umwami inyuma y’ibihe…’ Fabrice Nzeyimana n’umufasha we Maya ni couple ifite indirimbo zinyura benshi
    Aganira n’IGIHE, Fabrice Nzeyimana yavuze ko igitekerezo cyo gukora iyi ndirimbo cyaturutse ku bihe bikomeye Isi irimo muri iki gihe byatumye bamwe batakaza icyizere.
    Ati “Ni indirimbo nanditse turi muri gahunda ya Guma mu Rugo, kubyandika byaje ndi kureba ibihe abantu babayemo mu Isi, amarira y’abantu, umubabaro, abatakaje akazi, haba hafi yanjye cyangwa mu bindi bihugu.”
    Yakomeje agira ati “Nakomeje gutekereza ku mwana w’umuntu, ukuntu kenshi yifata nk’ushoboye byinshi akirengagiza Imana, abantu bafite imitekereze myinshi ariko ibi bihe byaje kugaragaza ko hari byinshi umwana w’umuntu adafitiye ubushobozi.Naho hari ibihe dushyira ku ndangabihe kuko tubishoboye hari ibindi tutazi ko bizaza. Iyi ndirimbo rero ntije kuvuga ibihe ariko ije kutwibutsa ko hari uba inyuma yabyo.”
    Ubutumwa buyikubiyemo bwerekana neza ko Uwiteka ariwe Mwami w’ibihe kuko we nta tangiriro n’iherezo agira.
    Maya Nzeyimana yakomeje ati “Ikindi iyi ndirimbo ije kutwibutsa n’uko hari ibindi bihe by’inyuma y’urupfu nabyo dukwiye kubitekerezaho tugafata ingamba uyu munsi zatuma ibyo bihe nitubigeramo tutazasanga naho harimo ibibazo tutiteguye guhangana nabyo.”
    Video y’indirimbo “Mwami w’ibihe” wayisanga hano:

    Source: igihe.com
  • Alubumu inkuru nziza ya Danny vumbi igiye kugurishwa mu buryo budasanzwe #rwanda #RwOT

    By Twahirwa Emmy
    Umuhanzi  Semivumbi Daniel wakunzwe mu izina  rya  Danny  Vumbi  witegura kurmurika  alubumu ye ya  3  yise  Inkuru  nziza   yatangiye  kuyigurisha kubayifuza  ku giciro  cya 100.000 frw
    Mu kiganiro na  Uhujimfura   Claude   umwe mu bayobozi  ba KIKAC Music   yatubwiye  ko  nubwo bashyize  kw’isoko  alubumu mbere y’uko igitaramo ubwayo kiba babaye batanze uburyo  bwo kuyigeza ku bakunzi ba Danny  Vumbi ahoashobora  kuyibona  byoroshye   kuri email, Flash cyangwa CDS.  Iragura 100 000frw.
    Uhukimfura Claude umwe mu bayobozi ba KIKAC Music
    Uhujimfura yakomeje agira ati “Kugeza ubu uretse indirimbo zagiye hanze, izindi zose ntabwo zizigera zijya kuri Youtube, n’uzashaka kuzishyiraho nta burenganzira ntabwo bizamuhira. Tugiye kuzishyira ku zindi mbuga zigurishirizwaho umuziki nka Spotify, iTunes n’izindi.”
    Yavuze ko abibaza niba iyi album ihenze bibeshya kuko nibura mu ndirimbo ziriho zose ugiye uzibarira amafaranga nta nimwe yakozwe n’amafaranga bagurisha album yose. Ati “Tugomba kurwanira ishya umuziki wacu.”
    Album nshya ya Danny Vumbi iriho indirimbo 12. Umunani zakozwe na MadeBeats, Bob Pro akora eshatu mu gihe Element ugezweho muri iki gihe yakozemo imwe.
    Zimwe mu ndirimbo ziri  kuri alubumu ya Danny Vumbi  ni  ‘Abana babi’, ‘Yibare’ ndetse na ‘Umugozi’ aherutse gukorana na Bruce Melodie. Hariho izindi zitarajya hanze nka ‘Kabiri’, ‘Babahe’, ‘Inenge’, ‘Sezera’ n’izindi.
    Indirimbo zagiye hanze, izindi zose ntabwo zizigera zijya kuri Youtube, n’uzashaka kuzishyiraho nta burenganzira ntabwo bizamuhira. Tugiye kuzishyira ku zindi mbuga zigurishirizwaho umuziki nka Spotify, iTunes n’izindi.”
    Alubumu  Inkuru nziza ya  Danny  Vumbi iriho indirimbo 12  zagiye zikorwa n’aproducer bakunzwe hano mu Rwanda  nka  MadeBeats, Bob Pro ndetse na  Element.
    Biteganyijwe ko  igitaramo cyo kurmurika  Alubumu  inkuru Nziza  kizaba kw’itariki 17  Nyakanga 2020 kizanyura kuri Murandasi ku urbuga rwa  youtube ya  MK1 Tv   ndetse  no kuri  Genesis  TV .
    Muri iki gitaramo Danny Vumbi azafatanya n’abahanzi barimo; Bruce Melodie, Fireman, Mico The Best, Uncle Austin ndetse na Marina bose bazaba biyemeje kumutera ingabo mu bitugu bacurangirwa n’itsinda rya Neptunez Band.
  • hari imidugudu ibiri n’igice ishobora kuvanwa mu kato mu minsi ya vuba kuko nta bwandu bushya bwa Coronavirus buhari”min w’ubuzima. #rwanda #RwOT

    By Jean Felix BIZIMUNGU
    Kigali: Imidugudu 6 yasubijwe muri gahunda ya Guma Mu Rugo ...
    Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko mu isesengura bakoze, hari imidugudu ibiri, n’ikindi gice cy’umudugudu bishobora gukurwa mu kato mu mujyi wa Kigali, nyuma y’iminsi ishyizwe muri gahunda ya Guma mu Rugo.
    Tariki 25 Kamena 2020 nibwo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa Kicukiro na Nyarugenge, igomba kujya muri guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15, kubera icyorezo cya Coronavirus cyatugaragayemo.
    Iyi midugudu ni uwa Kamabuye, Akagari ka Nyarurama, Umurenge wa Kigarama muri Kicukiro uwa Zuba wo mu kagari ka Nyarurama, Umurenge wa Kigarama muri Kicukiro, uwa Nyenyeri wo kagari ka Bwerankori, Umurenge wa Kigarama muri Kicukiro uwa Rugano wo mu kagari ka Kanunga, Umurenge wa Gikondo muri Kicukiro, uwa Kadobogo mu kagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali muri Nyarugenge na Gisenga mu kagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali muri Nyarugenge.
    Mu kiganiro yagiranye na RBA kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko hari imidugudu ibiri n’igice ishobora kuvanwa mu kato mu minsi ya vuba kuko nta bwandu bushya bwa Coronavirus buhari.
    Yagize ati “Dufite icyizere ko hari imwe muri iyo midugudu bigaragara ko nta barwayi tukibonamo ku buryo bishobora gutuma nitumara kubona neza imibare tukayiganiraho na Minaloc, hari imidugudu ibiri ishobora kuvanwa mu kato, n’igice cy’umwe nacyo kikavanwa mu kato hagasigara ikindi.”
    Yakomeje agira ati “ Icyo kindi, ni umudugudu ubangikanye n’umudugudu wa Kamabuye na Zuba muri Gikondo Nyenyeri, uwo mudugudu rero ushobora igice kimwe kuguma muri Guma mu Rugo.”
    Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije yavuze ko bakomeje kongera imbaraga mu bikorwa byo gusuzuma abantu benshi kugira ngo bamenye uko bahagaze no gufata ingamba kugira ngo icyorezo kidakomeza gukwirakwira.
  • Two companies set to list on Rwanda Stock Exchange Market #rwanda #RwOT

    By Elina Jonas Ruzindaza

    Last month, South Africa’s RH Bophelo Ltd, an investment in health services, officially entered the Rwandan Financial and Stock Exchange, becoming the ninth in the market.
    It is expected to open its doors to those interested in investing in Rwanda and the region.
    RSE Chief executive Celestin Rwabukumba told The East African that the approval process of preparing to host other Rwandan companies operating in the industrial sector is at an advanced stage.
    “I expect to see more companies come to the market. We have four transactions in the pipeline this year, of which two are at advanced stages in terms of approvals. These two companies are ready and can come onto the market at any time,” said Mr. Rwabukumba.
    He said this year has not been bad for them in terms of financial and stock markets, although investors are likely to be cautious with the stock market because of the Covid-19 pandemic that has caused some to sell off their investments.
    The management of the cement factory, CIMERWA, recently announced that it is meeting all the requirements to enter other institutions listed in the Rwanda stock exchange, in line with its development goals.
    Speaking to reporters in May, Cimerwa Mayor Albert K. Sigei said he was preparing to go to the stock exchange market even though it was still in the hands of the regulators.
    When the company goes to the stock exchange market, it is taxed for five years, which varies depending on the shares sold and can reach 20%.
    Currently, the Rwanda Financial and Stock Exchange has nine companies namely RH Bophelo Ltd, Crystal Telecom, Bralirwa, Uchumi Supermarket Ltd, National Media Group, BK Group Plc, Kenya Commercial Bank (KCB), Equity Bank Group Ltd and I&M Bank Rwanda.

    Rwabukumba Pierre Célestin says they are ready to host more companies this year
    Elina Jonas Ruzindaza
  • Nitwa Cynthia ndashaka umuntu twakundana tukubakana urugo rushingiye k’urukundo n’icyizere. #rwanda #RwOT

    Amazina yanjye ni Cynthia Irihose imyaka yanjye ni 33 nabanye n’umugabo tubyarana umwana umwe turananiranwa. Kuba twarananinwe si uko ndi ikirara ahubwo n’uko yampozaga kunkeke akirirwa ansebya avuga ngo muca inyuma. Nta mahoro yampaga ahubwo yahoraga ankekera ubusambanyi akabunshinja kandi ambeshyera. Kuko kuva twabana sinigeze muca inyuma na rimwe. Njye naramukundaga by’ukuri si amafaraga namukurikiyeho ahubwo umutima mwiza we niwo watumye mukunda. Nari mfite abagabo benshi banyirukaho ndetse n’abasore bose bambwira ngo ndekane n’umugabo wanjye nkundane nabo ariko nkabahakanira. Ahantu hose twajyaga bavugaga ko tutaberanye abantu bose bakambwira ngo mureke ngo kuki nashatse akagabo kagufi gasebetse kandi abagabo beza bahari, ariko njye ntagaciro nigeraga mbiha kuko naramukundaga by’ukuri, kandi nawe ubwe nahoraga mbimubwira ko mukunda kuruta ibibaho byose ariko we ntakizere yigiriraga yumvaga ko mubeshya, akumva ko nakurikiye amafaranga akumva ko aramutse akennye nahita muta. Abakire b’inshuti ze zose bacungaga adahari bakaza kumusura byumvikana ko arinjye babaga baje kureba bakantereta bakansaba urukundo bakambwira ngo amafaranga yose nshaka bazayampa ariko ndeke umugabo wanjye. Njye nkababwira ko ntakunze amafaranga ahubwo ko nkunda umugabo wanjye by’ukuri. Umugabo wanjye rero iyo yamenyaga ko baje adahari ubwo urugo rwahitaga rushya, iryo joro sinasiziraga yararaga anshinja ko namuciye inyuma bugacya. Nkahakana nkarira nkarahira indahiro zose zibaho ariko akanga kubyemera. Igihe rero cyaje kugera mbona ubwo buzima ntazakomeza kubwihanganira, mbona guhora nshinjwa ibyaha ntakoze ntazabihoramo mbona ko aricyo gihe cyo kurekana nawe. Icyo gihe nibwo yamenye ko namukundaga by’ukuri kandi ko namubwizaga ukuri, yansabye imbabazi ndabyanga kuko yisamye yasandaye. Ubu rero ndashaka umukunzi twakundana tukubakana urugo rushingiye k’urukundo n’icyizere. Ubutunzi ndabufite ariko sibwo bwubaka urugo, rero nanjye sibwo nashingiraho mu guhitamo umukunzi ahubwo umuntu wese wumva afite urukundo rw’ukuri anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    *
    http://dlvr.it/RbC6FZ