Skip to content

Webrwanda Backend

    • Sample Page

Category: Uncategorized

  • Bwa mbere mu mateka mu buhinde hatowe umunyamategeko w’umunyafurika. #rwanda #RwOT

    umurwanashyaka mu Buhinde abaye umuntu wa mbere wo mu bwoko buto bukomoka muri Afurika wabaye umunyamategeko muri iki gihugu.

    Shantaram Siddi akomoka mu muryango wa Siddhi – bakomoka ku Banyafurika bagiye mu Buhinde nk’abacuruzi abandi bakagenda nk’abacakara kuva mu kinyejana cya 17.
    Ubu Hasigaye abagera ku 50.000.

    Shantaram Siddi yagizwe umukuru w’inteko muri leta ya Karnataka. Niwe kandi wa mbere urangije kaminuza mu gace atuyemo.

    Yavuze ko azakomeza guharanira uburenganzira bw’imiryango y’Ubuhinde.

    Avuga ku byishimo bye muri iri tangazo, Bwana Siddi yatangarije urubuga rw’Abahindu ati: “Natekerezaga ko umuntu ashobora kuba arimo gukina.”

    The post Bwa mbere mu mateka mu buhinde hatowe umunyamategeko w’umunyafurika. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/bwa-mbere-mu-mateka-mu-buhinde-hatowe-umunyamategeko-wumunyafurika/

    July 25, 2020
  • Abafite inkuru zihariye mu rukundo bashyiriweho irushanwa rizabahemba arenga miliyoni 1 Frw – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Urukundo ntirushira kandi ruzahoraho! Abahanga bavuga ko urukundo rwunga abantu, rukihanga, rukababarira, rukagira neza; rugakomeza gutemba mu misokoro y’abakundana uruzira uburyarya.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9ad916ecc11c806b2bb0cf39f1da920f02a4490bec43cfc9ceed58b307b02a2c7ab352fd29d9088db13d6b3bd8c525c39027a5a82df8e9b904c2721db759a1544d800e42e6ebee0a8f73eb75dd0e33c4c141fef65b59af2e47c804abe5309a224d61e504fe173fd3b34a

    July 25, 2020
  • Japan disburses USD 28 million to support nutrition improvement in Rwanda through agriculture transformation #rwanda #RwOT

    On August 16, 2019, the Governments of Japan and Rwanda agreed on Sector Policy Loan for Nutrition Improvement through Agricultural Transformation of USD 93 million to assist Rwanda’s effort to tackle stunting. In the Loan Agreement signed between Japan International Cooperation Agency (JICA) and the Ministry of Finance and Economic Planning (MINECOFIN), the trigger -based disbursement of the loan has been subdivided into three tranches of 40 %, 30% and 30% to be received over three years. The first tranche equivalent to 40% (36 Million USD) was subsequently disbursed in December 2019.

    Mr. MARUO Shin, Chief Representative of JICA Rwanda Office, appreciated the concerned ministries and agencies of the GoR in achieving the agreed policy actions related to the above disbursement in timely manner, despite challenges faced in the course of implementation, posed by COVID-19 global pandemic. This disbursement is timely because it would assist the GoR in mainstreaming “Nutrition” during the COVID-19 pandemic period when many urban and rural households are suffering from malnutrition.

    Despite substantial growth in agricultural production over the past 10 years, food security and nutrition remain concerns, especially looking at the vulnerability to shocks at the household level. A large share of the population remains dependent on rain-fed and subsistence agriculture. Some staple food production remains below the targeted demand for domestic consumption and is substituted by importation.

    Maintaining a healthy diet is vital during the COVID-19 pandemic. According to FAO, a healthy diet supports a strong immune system, while good nutrition is very important before, during and after an infection.

    The Program targets 12 Districts with highest stunting rates; namely Rutsiro, Rubavu, Burera, Nyaruguru, Ngororero, Nyamagabe, Nyamasheke, Gakenke, Gisagara, Gicumbi, Musanze and Ngoma District. At a decentralized level, the program has started to fill food nutrient gap in each target district and suitable nutritious crop has been identified and being promoted for production.

    Other components include making crop calendars for irrigation schemes, and nutrition public awareness campaigns. The program is expected to have a big impact in eradicating undernutrition and fighting against stunting. Japan disburses USD 28 million to support nutrition improvement in Rwanda through agriculture transformation

    IGIHE
    http://dlvr.it/RcHdNz

    July 24, 2020
  • Ese wabwirwa n’iki ko ufite Umwuka Wera? #rwanda #RwOT

    Bibiliya yigisha ko umuntu wese wemera Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza yakira Umwuka Wera w’Imana mugihe amaze gukizwa. “Ni we namwe mwiringiye mumaze kumva ijambo ry’ukuri, ariryo butumwa bwiza bw’agakiza kanyu, kandi mumaze kwizera niwe wabashyizeho ikimenyetso, ari cyo Mwuka Wera mwasezeranijwe, uwo twahawe ho ingwate yo kuzaragwa wa murage kugeza ubwo abo Imana yaronse izabacungura ubwiza bwayo bushimwe” (Abefeso 1:13-14)

    Kuba umukristo ni ukugira Umwuka Wera uba muri wowe:”Ariko mwebwe ntimukiri aba kamere, ahubwo muri ab’umwuka, niba umwuka w’Imana aba muri mwe. Ariko umuntu wese utagira Umwuka wa Kristo ntaba ari uwe” (Abaroma 8:9)

    Pawulo yigishije itorero ry’i Korinto ko ku bw’Umwuka umwe w’Imana abizera bose bunze ubumwe mu mubiri umwe: “Nkuko umubiri ari umwe kandi ufite ibice byinshi, kandi ingingo zose z’umubiri, nubwo ari nyinshi, ni umubiri umwe ni nako Kristo ari. Kuko twese twabatijwe n’Umwuka umwe mu mubiri umwe yaba Abayahudi cyangwa Abagereki, baba imbata cyangwa ab’umudendezo twese twahawe Umwuka umwe wo kunywa ”(1 Abakorinto 12: 12–13).

    Yesu yarahagaze maze ararangurura abwira abantu ati: “Umuntu nagira inyota aze aho ndi anywe. Unyizera imigezi y’amazi y’ubugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditse bivuga . Ibyo yabivuze yerekeje ku Mwuka Wera, uwo abamwizera bendaga guhabwa, ariko ubwo umwuka yari ataraza kuko Yesu yari atarahabwa ubwiza bwe” (Yohana 7:37-39)

    Kubwo kwizera niba warakiriye Kristo nk’Umukiza w’ubugingo bwawe, ufite Umwuka Wera. Ariko abizera benshi bitiranya ibintu bibiri “kugira Umwuka Wera” no “kuzura Umwuka Wera ” Kubona Umwuka Wera bibaho umuntu yarikiye agakiza. Abizera bose nyakuri bafite Umwuka Wera nk’ikimenyetso kibaranga nk’abana b’Imana.

    Kuzura Umwuka Wera ni ukwemera kuyoborwa na Mwuka ndetse mukagendana igihe kirekire mubuzima bwa gikristo. Mubyukuri Bisobanura kuba umwigishwa wa Kristo (Abagalatiya 5:16-26). Umwizera wese akwiye gushaka kuzuzwa Umwuka mu rwego rwo gukomeza umubano we n’Imana: “Ntunywe inzoga, kuko ibyo bizangiza ubuzima bwawe. Ahubwo, wuzure Umwuka Wera, uririmbe Zaburi n’indirimbo z’Umwuka kandi ushime Uwiteka mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo ”(Abefeso 5: 18-20).

    Bamwe bavuga ko kuvuga mu ndimi ari ikimenyetso kigaragaza ko umuntu yakiriye Umwuka Wera. N’ubwo ntacyo Bibiliya ibivugaho ariko icy’ingenzi, kuvuga mu ndimi nabyo ni imwe mu mpano z’Umwuka Wera.

    Muri macye kuzuzwa Umwuka Wera ni uguhabwa imbaraga no kwemera kugengwa n’Umwuka, ugahinduka icyaremwe gishya, ukumvira, ugatinyuka guhamya, kuvuga Ubutumwa Bwiza, no kwigobotora imbaraga z’icyaha Abaroma 15:13).Ni ukugaragaza imbuto z’Umwuka (Abagalatiya 5: 22-23). Ariko kugira Umwuka Wera ni ikimenyetso cy’Abakristo bose bavutse ubwa kabiri. Ushobora kumenya ko ufite Umwuka Wera niba koko warakurikiye Yesu Kristo

    Source: www.gotquestions.org

    [email protected]
    http://dlvr.it/RcHdNK

    July 24, 2020
  • Appeal Trial For Vital Kamerhe Begins in Kinshasa #rwanda #RwOT

    Congolese on Friday did not have a chance of watching live on state Television an appeal trial for Vital Kamerhe who had been sentenced to 20 years of hard labour after pleading guilty to all counts in a massive fraud case.

    This appeal case involves Vital Kamerhe and Samih Jammal at the Kinshasa based Gombe Court of Appeal.

    During their sentence about a month ago, the Gombe tribunal de grande instance said the two men were guilty of embezzling public funds in the amount of U$ 48,831,148 and as a result, sentenced them each to 20 years of forced labor.

    The sentence also included banning Vital Kamerhe and Samih Jammal from voting. The two will not have a right to vote for a period of ten years and cannot stand for any election. They are also prohibited from access to public and parastatal functions at any level by the same defendant.

    The court had also ordered the confiscation of funds contained in the accounts of relatives of Kamerhe including his daughter-in-law Soraya Mpiana, Daniel Nshangalume or his wife Amida Chatur as well as “real estate acquired thanks to embezzled funds”.

    The appeal is a means of recourse that the sentenced person can exercise against a judgment rendered in contravention, correctional or criminal matters. It allows the case to be re-examined by another or other magistrate (s) making up the Court of Appeal.
    http://dlvr.it/RcHdF6

    July 24, 2020
  • Churches In Ngoma District Surveyed For Anti-Covid-19 Facilities #rwanda #RwOT

    Ngoma district authorities are currently going from church to church surveying whether they have fitted all facilities required in the enforcement of anti Covid-19 measures.

    Prayer houses had been shut down for about four months since the epidemic arrived on Rwandan territory. Communal gatherings including holding mass at churches and mosques had been suspended. The suspension was lifted last week.

    Authorities in Ngoma district said Friday that churches without anti Covid-19 prevention facilities will not be allowed to convene with congregations.

    A hand washing booth, sanitizers, liquid soap are supposed to be fitted outside the church of which all people arriving for mass would use. The congregation is as well mandated to observe social distancing.

    source https://taarifa.rw/churches-in-ngoma-district-surveyed-for-anti-covid-19-facilities/

    July 24, 2020
  • Root Capital Bank yateye inkunga abahinzi b’ikawa bo mu karere ka Gakenke (Amafoto) #rwanda #RwOT

    Root Capital Bank yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yateye inkunga y’ibikoresho byo kwirinda Covid19 abahinga ikawa bo mu murenge wa Coko na Ruli yo mu karere ka Gakenke.
    July 24, 2020
  • Coronavirus – DR Congo: Bagiye mu mihanda bishimira ikurwaho ry’ibihe bidasanzwe #Rwanda #RwOT

    RDC : Scènes de liesse au siège du MLC à Kinshasa après l ...

    Amatsinda y’abantu muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yaraye yigabije imihanda yo mu murwa mukuru Kinshasa, mu kwishimira ko Perezida Félix Tshisekedi atangaje ko igihe cy’amezi ane cy’ibihe bidasanzwe kirangiye.


    Mu ijambo ryanyuze kuri televiziyo y’igihugu, Perezida Tshisekedi yanatangaje ingengabihe y’ukuntu ibikorwa by’ubukungu bizagenda bisubira mu buryo gahoro gahoro, harimo no gufungura amabanki, amaduka, za ‘restaurants’ n’utubari, guhera kuri uyu wa gatatu.
    Gutwara abantu n’ibintu, guhurira ahantu ha rusange, inama n’ibikorwa by’iminsi mikuru nabyo byahawe uruhushya.
    Amashuri, za kaminuza n’ibindi bigo by’uburezi byatangajwe ko bizafungura imiryango ku itariki ya gatatu y’ukwezi gutaha kwa munani.
    Ni mu gihe insengero, ibibuga by’imikino, ibibuga by’indege n’imipaka ihuza DR Congo n’ibindi bihugu byo bizafungurwa ku itariki ya 15 y’ukwa munani.

    Ibihe bidasanzwe muri DR Congo byari byashyizweho ku itariki ya 24 y’ukwezi kwa gatatu ubwo umubare w’abanduye wari urimo kwiyongera bikomeye.
    Mu mibare yatangajwe y’ubwandu bushya yo mu byumweru bibiri bishize, hagaragaye igabanuka ry’abandura iki cyorezo muri iki gihugu.
    Kugeza ubu muri DR Congo hamaze gutangazwa abantu 8,543 banduye Covid-19, muri bo 196 yarabishe, nkuko imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins ibigaragaza.
    Iyi virusi imaze kugera mu ntara 14 muri 26 zigize DR Congo (intara 25 n’umujyi wa Kinshasa nawo ufatwa nk’intara), kuva ku itariki ya 10 y’ukwa gatatu ubwo umurwayi wa mbere yatangazwaga.
    Perezida Tshisekedi yavuze ko ingamba zo kwirinda coronavirus – zirimo nko guhana intera hagati y’umuntu n’undi ndetse no kwambara agapfukamunwa mu gihe uri ahari abandi bantu – zikomeje.

    Source : BBC

    July 24, 2020
  • Amateka ya sultan Moulay Ismail waryamanaga n’umugore umwe buri munsi akabyara abana 1171mugihe cy’imyaka 32. #rwanda #RwOT

    Moulay Ismail ni umwe mu Bantu babayeho bagize amateka n’icyubahiro muri maroc ndetse no mumuco wabo muri rusange,yayoboye maroc yifashishije ingabo zirenga ibihumbi ijana na mirongo itanu(150.000) abenshi murabo bari abacakara babaga baratutse munsi y’ubutayu bwa Sahara.

    Mu mwaka wa 1704 nibwo sultan Moulay yerekanywe na Guinness book of record nk’umuntu wari ufite abana benshi Aho icyo gihe babaruraga abagera kuri 880 aba nibo byari bizwi neza Hari n’amakuru afatika ko arabana ba sultan,uyu mugabo byavuzwe ko yaryamanaga n’umugore umwe buri munsi ibi NGO yabikoze mu gihe kimyaka 32.

    Nyuma y’urupfu rwa Saadi sultan Ahmad Almansur maroc yaranzwemo umutekano mucye aho abahungu ba Almansur barwaniraga ubutegetsi hagati yabo mu gihe igihugu cyari cyacitsemo ibice, murizo ntambara Moulay Ismail yahisemo gushyigikira Uwitwaga Rashid maze aza kumugira guverineri wa Mekness akigerayo Moulay yatangije ubuhinzi n’ubucuruzi muri ako karere kugira ngo yongere ubukungu bwe bwari kuzamufasha kugenda nawe yigarurira ahantu hatandukanye.
    Rashid Kandi yahaye Moulay kuyobora igisirikare mu majyaruguru ya Maroc maze amugira uhagarariye intumwa y’Imana Muhammad muri feodal na viceroy ahagana 1667 ubwo yarwanaga mu majyepfo ya Maroc. (khalifa Ni izina ryahabwaga uhagarariye Muhammad mu gace runaka muri Africa)
    inzu ndangamurage yitiriwe sultan Moulay niyo yonyine amarembo aba afunguye kubatari abasiramu.

    Moulay Ismail yarindaga cyane abagore be bane 4 n’inshoreke ze magana atanu 500 Aho umugabo uwo ariwe wese warebaga umwe mu bagore cyangwa inshoreke ye yahabwaga igihano cyo kwicwa,bamwe mu nshoreke ze sultan Moulay yagiye abanyonga abandi akabaca amabere hakaba nabo akuye amenyo bitewe nuko abafashe cyangwa akabakekaho kumuca inyuma.

    Nkuko igitabo cya Guinness world Record kibitangaza Ismail yibarutse abana barenga 888 umubare munini w’abana wigeze ubaho bibarutswe n’umuntu umwe,dukurikije inkuru zanditswe na Dominique Busnot wari ambasaderi w’ubufaransa wahoraga akora ingendo muri maroc sultan ashobora kuba yari afite abana 1171 mu 1704 Aho yari afite imyaka 57 amaze kubutegetsi imyaka 32.

    Nubwo abahanga bashidikanyaga ko bishoboka ubushakashatsi bushya bwakozwe kuri sultan n’imibereho ye bwerekanye ibi bishoboka cyane mu gihe yaba yararyamanaga n’umugore umwe byibuze kumunsi.

    The post Amateka ya sultan Moulay Ismail waryamanaga n’umugore umwe buri munsi akabyara abana 1171mugihe cy’imyaka 32. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/amateka-ya-sultan-moulay-ismail-waryamanaga-numugore-umwe-buri-munsi-akabyara-abana-1171mugihe-cyimyaka-32/

    July 24, 2020
  • Amashuri yari yarafunguwe muri Afurika y’Epfo agiye kongera gufungwa kubera Covid-19 #rwanda #RwOT

    Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yavuze kuri uyu wa kane tariki 23 Nyakanga 2020 ko amashuri muri Afurika y’epfo azongera gufunga imiryango igihe cy’ukwezi guhera kuri uyu wa mbere tariki 27 Nyakanga 2020 mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus. Ni mu gihe iki gihugu kirushiriza kubona ibitigiri vy’abandura vyiyongera.

    Afurika y’Epfo, ni Igihugu gikomeje kugira imibare myinshi kandi yiyongera buri munsi kurusha ibindi bihugu kuri uyu mugabane wa Afurika. Imibare itangazwa, igaragaza ko abantu barenga 408 000 bamaze kwandura iki cyorezo. Iza ku mwanya wa gatanu kw’isi. Abarenga 6 000 baramaze kuhasiga ubuzima.

    Ukwiyongera gukabije kw’abanduye Coronavirus, byateye amakenga ku barimu, aho sendika yabo yasabye Leta kwisubiraho ku ngingo yafashe yo kwemerera amashuri gufungura mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka wa 2020.

    Tukivuga kuri iki cyorezo muri iki gihugu, ijwi rya Amerika ryatangaje ko Minisiteri y’Ubuzima muri iki gihugu yavuze ko abakozi bo mu rwego rw’ubuvuzi bagera kuri 13 000 banduye iki cyorezo abandi barenga 100 muri bo bahitanwa n’iki cyorezo.

    Umuvugizi, Popo Maja, yavuze ko ibyo byatewe n’ubukene bw’abakozi, aho bamwe bahisemo kureka akazi ku bwoba bwo gutinya kwandura, hamwe n’ibikoresho byo kwirinda bidakwiye.

    Raporo yasohowe ku italiki ya 12 y’uku kwezi kwa karindwi 2020 n’ikigo cya Afurika y’epfo kigenzura abarwayi mu bitaro cyavuze ko ibice 2.6 ku ijana by’abinjira ibitaro barwaye covid-19 muri Afurika y’epfo ari abakozi bo mu rwego rw’ubuzima.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/amashuri-yari-yarafunguwe-muri-afurika-yepfo-agiye-kongera-gufungwa-kubera-covid-19/

    July 24, 2020
←Previous Page
1 … 7,364 7,365 7,366 7,367 7,368 … 7,509
Next Page→

Webrwanda Backend

Webrwanda Backend

  • Blog
  • About
  • FAQs
  • Authors
  • Events
  • Shop
  • Patterns
  • Themes

Twenty Twenty-Five

Designed with WordPress