Category: Uncategorized

  • Kwita Izina 2020: Perezida Kagame yashimye ubwitange bw’abakozi ba Pariki #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ibi Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu ijambo rye ry’uyu munsi mpuzamahanga wo kwita ku ngagi, umunsi wahuriranye n’uwo kwita izina abana 24 b’ingagi, Kwita Izina bikaba bimaze kumenyerwa haba mu Rwanda ndetse no mu mahanga.

    Perezida Kagame yavuze ko ubwitange bw’abo bakozi ari bwo igihugu gikesha kuba haravutse abana b’ingagi 24 biswe amazina kuri uyu wa Kane tariki 24 Nzeri 2020.

    Perezida Kagame yashimiye n’ikipe ya Arsenal nk’umufatanyabikorwa mwiza w’u Rwanda, iyi kipe ikaba yongeye kubigaragaza kuri uyu wa Kane ubwo bamwe mu bakinnyi bayo bagiraga uruhare mu kwita amazina abana b’ingagi.

    source https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/kwita-izina-2020-perezida-kagame-yashimye-ubwitange-bw-abakozi-ba-pariki

  • Dore ibintu 5 bitari ngombwa ko ubwira umukunzi wawe #rwanda #RwOT

    Iyo ukunda umuntu kandi nawe agukunda,hari ibintu byinshi by'ingenzi ugomba kumubwira kandi nawe aba agomba kukubwira.Gusa hari ibindi rwose usanga abantu bakundana babwirana kandi rwose bitari ngombwa ko mubibwirana.

    Ndagira ngo hano mbanze mbasabe ngo muze kunyumva neza. Aha sinshatse kubashishikariza kubeshya abo mukundana nabo. Ariko nanone hari ibyo ushobora kubwira umukunzi wawe,ugasanga byangije umubano wanyu kandi rwose iyo uza kuba utabivuze ntacyo byakabaye byica.

    1. Kubwira umukunzi wawe ingeso mbi z'iwabo

    N'ubwo byaba bikubangamiye gute,si ngombwa rwose na gato ngo ugende ubwire umukunzi wawe ko hari ingeso mbi runaka wabonye ku bantu bo mu muryango we.

    Kuko inshuro nyinshi nawe uba usanga izo ngeso azizi ko bazifite. Gusa niyo yaba atabizi ntago ari ngombwa kumubwira ibibi byose wabonye ku banyamuryango be,ahubwo wibanda ku byiza.

    2. Kubwira umukunzi wawe umubare w'abasore cyangwa abakobwa waryamanye nabo mbere y'uko aza mu buzima bwawe

    Mukobwa cyangwa muhungu uri gusoma iyi nkuru,niba ufite uwo mukundana,si ngombwa ngo ujye kumubwira umubare w'abakobwa cyangwa w'abahungu waryamanye nabo mbere. Aha cyereka wenda abikubajije.

    Ariko rwose mu gihe atabikubajije,si ngombwa ko umubwira uwo mubare wabo mwaryamanye mbere y'uko aza mu buzima bwawe.

    3. Kubwira uwo mukundana ko umuryango w'iwanyu utamwishimiye

    Niba umukunzi wawe aje kugusura cyangwa se akagira ahandi ahurira n'umuryango wawe ntibamwishimire,ntago aringombwa ngo uhite wihutira kubimubwira.Ushobora kubimubwira bityo ugasanga ahise acika intege arigendeye bityo umubano wanyu ukaba urangiye utyo.

    Ahubwo wowe uramwihorera yazabyibonera ko batamwishimira ukamubwira ko kuba iwanyu batamwishimira bitatuma umureka. Ahubwo ko rwose wowe nta gaciro na gake ubiha kuko urukundo nyarwo rudashingira ku bandi.

    4. Kubwira umukunzi wawe amagambo inshuti zawe zimuvugaho

    Ushobora kuba ufite inshuti zitari nziza birumvikana,ndetse nawe ukaba ubibona,hanyuma bakagerekaho kukwangisha umukunzi wawe bamuvugaho amagambo Atari meza.

    Nubyumva utyo uzabigumane muri wowe ariko ntuzihutire kujya kubwira umukunzi wawe ko inshuti zawe zitamuvugaho amagambo meza.Kuko aha bizatuma umukunzi wawe agufata nk'umuntu utagira ibanga,n'ubwo yaba ariwe umeneye iryo banga.

    5. Kubwira umukunzi wawe ku bakunzi waba warakundanye nabo mbere

    Ushobora kujya ubwira umukunzi wawe ku bakunzi wakundanye nabo mbere bigatuma akubona nk'umuntu uvuga menshi ndetse uvuga nibidakenewe.

    Ndetse bigatuma atekereza ko mu gihe wenda nawe muzaba mwaratandukanye,utazamubikira ibanga,ahubwo uzajya ubwira abo muzaba muri kumwe icyo gihe,ingeso mbi ze wamubonyeho igihe mwari kumwe.

    Dusoza

    Nshuti yange urimo gusoma iyi nkuru,menya ko nubwo urukundo rusaba kubwizanya ukuri ndetse no kwizerana atari byiza na gato kuvuga ibyo byose tumaze kurebera hamwe,ubibwira uwo mukundana.

    Inshuro nyinshi usanga inkundo zimwe na zimwe zigenda zisenyuka kandi mu by'ukuri atariko byakagombye kugenda.Muntu umaze gusoma iyi nkuru,gerageza ibi nkubwiye ndabizi bizagufasha gukomeza gusigasira urukundo rwanyu.

    Burya sibyiza kubwira umukunzi wawe ibintu byose mu gihe atabikubajije

    Source : https://impanuro.rw/2020/09/25/dore-ibintu-5-bitari-ngombwa-ko-ubwira-umukunzi-wawe/

  • AGRA chairman commends RAB commitment to implementing agriculture projects #rwanda #RwOT

    Hailemariam arrived at the RAB headquarters in Rubona in Huye District, visiting activities including the Soil testing and plant pathology laboratories, Gene Bank, and the Banana Field Germplasm Conservation.

    After visiting various research institutes at the RAB, he told reporters that he established that AGRA support towards the development of agriculture in Rwanda is effectively put to use and pledged continued cooperation.

    “One of the countries we are working within Africa is Rwanda, sponsoring seed-breeding and generation and I am happy to say that Rwanda is making good progress. This is very good news,” he said.

    He further added that AGRA will continue to work with Rwanda on various agricultural development activities to ensure that it sustainably develops their livelihoods.

    RAB Director General Dr. Karangwa Patrick said that AGRA has been a major contributor to the development of agriculture and animal husbandry in Rwanda and Africa where since 2008 they have been particularly helpful in empowering Rwandan researchers.

    Dr. Karangwa said that from 2008 to present, seven Rwandan researchers have been assisted by AGRA to study and earn PhD, and some 17 have received a Master’s Degree.

    He added that AGRA has been supporting research activities in Rwanda where it has supported the research on maize seeds and other crops such as soybeans, Irish potatoes, sweet potatoes, among others.

    Apart from AGRA’s funding to the RAB, there are other supportive activities, such as capacity building for seed growers and farmers.

    Hailemariam Desalegn Boshe has been in Rwanda for several days as he attended the International Conference on African Agricultural Development in Africa from 8 to 11 September 2020.

    After the conference, Hailemariam visited various parts of Rwanda including the Volcanoes National Park and Nyungwe National Park where he thanked Rwanda’s efforts to take care of the biodiversity.

    Hailemariam Desalegn Boshe, 55, served as the ninth Prime Minister of Ethiopia from 2012-2018 replacing Males Zenawi. He also previously served as Deputy Prime Minister and Minister of Foreign Affairs from 2010-2012.

    Under his leadership, the country made significant economic progress.

    Hailemariam Desalegn Boshe Visits plant pathology laboratories, Gene Bank, and the Banana Field Germplasm Conservation

    Hailemariam Desalegn Boshe visited the Rwanda Agriculture Board, RAB and pledging to continue with the cooperation

    Elina Jonas Ruzindaza

    Source : https://en.igihe.com/news/article/agra-chairman-commends-rab-commitment-to-implementing-agriculture-projects

  • MTN Mobile Money enhances Withdrawal Process #rwanda #RwOT

    This is part of our continuous investment in systems and processes to ensure that the MoMo platform remains safe and secured while protecting our MoMo customers from fraudsters who may want to take advantage of them.

    'All MoMo customers will now have to pre-authorize any MoMo withdrawal request by dialing *182*7*2# before an agent can send a withdraw prompt message.'

    Among many other measures to curb and control the fraud on MoMo, MTN encouraged and required users to be very diligent when approving transactions and to pay attention to the many educative materials on MoMo.

    MTN reminded its customers that it will never discuss transactions regarding their MoMo wallet over the phone, therefore, such calls should be seen as fraudulent and be reported to MTN via the various reporting channels — by calling 100, reporting to any MTN Service Centre or using @MTNRwanda digital platforms.

    Your MoMo Pin always needs to be kept confidential. In case you forgot your MoMo Pin, you don’t have to worry, we have made it easy and convenient to reset your MoMo Pin by dialling *182*9*1#. This however is only allowed if the balance is less than RWF 3,000 in your wallet. If your balance is higher you will need to visit your nearest MTN Service Centre.

    To avoid hackers, the method of withdrawing from Mobile Money has been revised

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/mtn-mobile-money-enhances-withdrawal-process

  • Sadate Muanyakazi yasabye imbabazi abo batabonaga ibintu kimwe babona ko yakosheje #rwanda #RwOT

    Munyakazi Sadate wari Perezida wa Rayon Sports akaza gukurwaho we na Komite ye n’Urwego ry’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), yakoze ihererekanyabubasha na Komite nshya yabasimbuye iyobowe na Murenzi Abdallah wahoze ari Perezida wa Rayon Sports ubwo yari umuyobozi w’Akarere ka Nyanza.

    Munyakazi Sadate wari ambaye ikote, ari ibumoso bwa Murenzi Abdallah, nta we uvugisha undi, akenshi bareba muri telefoni bandika ubutumwa, mu butumwa yageneye abakunzi ba Rayon Sports ndetse n’abakunzi ba siporo muri rusange, yasabye abantu bose batashoboye kumva ibintu kimwe nawe bakaba babona hari aho yabakoshereje, ndetse abizeza ko azakomeza gutanga umusanzu wubaka mu iterambere ry’ikipe ya Rayon Sports.

    Muri ubwo butumwa hari aho Sadate yagize ati: “Mboneyeho no gusaba imbabazi abo twaba tutarabonye ibintu kimwe aho nakosheje nta bugome bundi, mbatse imbabazi kandi ndagira nti ‘TOGETHER WE CAN’ (dufatanyije turashoboye).”

    Munyakazi Sadate akimara gutanga ubuyobozi, yabajijwe ku mwenda Rayon Sports imurimo wa Miliyoni 90Frw avuga ko atari igihe cyo kwishyuza iyi kipe kubera ibihe irimo.

    Yagize ati: “Ntabwo ari igihe kiza cyo kwishyuza Rayon Sports, mu minsi 30 yahawe iyi komite y’inzibacyuha hari byinshi bagiye kwigaho nyuma tuzahura na bo tubiganireho.”

    Murenzi wahawe inshingano zo kuyobora ikipe mu minsi 30 yavuze ko kuba mu byo yahawe harimo ibikombe bibiri Rayon Sports yatsindiye, ngo ni ikimenyetso kiza cyo kuragwa ibikombe.

    Mu nshingano zahawe Komite y’Inzibacyuho izakora mu gihe cy’iminsi 30 uhereye kuri uyu wa 24 Nzeri 2020, harimo kunoza amategeko y’Umuryango no kuyahuza n’itegeko rigenga imiryango itari iya Leta; gushyiraho inzego z’umuryango ziteganywa n’amategeko no gukurikirana umunsi ku wundi ibikorwa bya Rayon Sports FC.

    Hari no gutegura imbonerahamwe ngengamikorere y’umuryango n’ibikorwa byawo; gushyiraho uburyo buboneye bwo gukurikirana imikoreshereze y’umutungo w’umuryango no gucunga umutungo w’umuryango mu gihe cy’inzibacyuho.

    Murenzi Abdallah wagizwe umuyobozi, asanzwe ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY) mu gihe kandi yayoboye Rayon Sports ubwo yabaga i Nyanza hagati ya 2012 na 2013, abifatanya no kuyobora Akarere ka Nyanza.

    Murenzi Abdallah afatanyije kuyobora iyi komite y’inzibacyuho muri Rayon Sports na Twagirayezu Thadée wabaye Visi Perezida wa Munyakazi Sadate akaza kwegura, ndetse na Me Nyirihirwe Hilaire nk’abagize komite.

    Dore ubutumwa bwa Munyakazi Sadate

    Source : https://www.imirasire.rw/?Sadate-Muanyakazi-yasabye-imbabazi-abo-batabonaga-ibintu-kimwe-babona-ko

  • Des fermiers du Bugesera bénéficient d’une assurance agricole pour leurs cultures detruites : 225 millions #rwanda #RwOT

    Marc Rugenera, DG : L’Assureur Radiant rembourse au centuple les frais d’assuance agricole qu’il a percu de ces fermiers du marais de Rurambi

    Ce produit d’assurance nouveau est encouragé par le Ministère rwandais de l’agriculture qui contribue pour 40% de frais d’assurance pour le fermier qui se décide de contracter cette assurance.

    ” Nous avions souscrit à l’assurance TEKANA MUHINZI MWOROZI au moment où nous préparions les 600 ha de culture de riz dans le marais de Rurambi. Les fortes pluies de ce début d’année ont détruit les digues et un gros courant d’eau a déferlé dans ce vaste champ de riz qui était sur le point d’être récolté “, a confié Kalisa, président de la coopérative CORIMARU, très tranquillisé par le fait que ses centaines de coopérateurs vont être compensés par l’assureur RADIANT.

    ” Nous avions contracté l’assurance agricole pour 9.6 millions de francs. Le Gouvernement a versé sa contribution pour 6.4 millions de francs. Et voilà les bienfaits de l’assurance agricole. RADIANT a compensé nos champs détruits pour quelques 192 millions de francs. Nos coopérateurs peuvent se sentir bien aise et recommencer tranquillement leurs activités champêtres “, a-t-il ajouté.

    Le DG de Radiant, M. Marc Rugenera, trouve que les fermiers agricoles de ces coopératives ont compris l’importance d’assurer leurs cultures.

    'Notre souci est de faire en sorte que les fermiers agricole soient confiants en eux-mêmes dans leurs activités économiques “, a-t-il indiqué montrant l’importance pour le fermier agricole de ce produit d’assurance contre les intempéries naturelles que sont les gros vents, la canicule, des pluies diluviennes…

    Le Ministère rwandais de l’Agriculture et Elevage annonce qu’il a contribué à l’assurance de quelques 18.000 têtes de bétail et 18.000 hectares de cultures de riz, de mais et de légumes.

    Ce n’est pas assez ? Mais c’est un bon début pour ce produit d’assurance très nouveau pour lequel les assureurs rwandais sont réticents.

    Les fortes eaux de pluies submergent la culture du riz de ce vaste marais

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Des-fermiers-du-Bugesera-beneficient-d-une-assurance-agricole-pour-leurs.html

  • FERWAFA yagennye uburyo inkunga yahawe na CAF izakoreshwa #rwanda #RwOT

    Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye ku wa kane tariki ya 10/09/2020 yemeje uburyo inkunga yatanzwe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) izakoreshwa.

    Iyi nkunga igenewe buri munyamuryango wa FERWAFA mu rwego rwo guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, ikaba izakoreshwa mu buryo bukurikira :

    1. Guha inkunga amakipe y’abagabo yo mu kiciro cya mbere (3,000,000 Frw kuri buri kipe) : 48,000,000 Frw

    2. Guha inkunga amakipe y’abagabo yo mu kiciro cya kabiri (3,000,000Frw kuri buri kipe) : 78,000,000 Frw

    3. Guha inkunga Abanyamuryango ba FERWAFA bari mu mupira w’abagore (3,000,000Frw kuri buri Munyamuryango) : 30,000,000 Frw

    4. Guha inkunga IJABO RYAWE RWANDA, ARAF, AEFR (3,000,000 Frw kuri buri Munyamuryango) : 9,000,000 Frw

    5. Kugura imipira yo gukina izahabwa amakipe y’abagabo n’ay’abagore ari mu kiciro cya mbere n’icya kabiri (buri kipe izahabwa imipira icumi) : 49,600,000 Frw

    6. Kugura imipira yo gukina igenewe amakipe y’abana b’abahungu n’abakowa : 14,935,000 Frw

    7. Amafaranga agenewe ibikorwa rusange by’Ubunyamabanga Bukuru bwa FERWAFA : 58,465,000 Frw

    Iyi ngengo y’imari yose ingana na miliyoni magana abiri na mirongo inani n’umunani y’amafaranga y’u Rwanda (288,000,000 Frw).

    Buri munyamuryango wa FERWAFA arasabwa kuzakoresha iyi nkunga mu bikorwa by’amarushanwa hamwe n’iby’iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda. Buri munyamuryango kandi agomba kuzashyikiriza Ubunyamabanga Bukuru bwa FERWAFA raporo y’imikoreshereze y’inkunga yahawe. Itariki yo gutangira raporo izatangazwa mu gihe kiri imbere.

    Source : http://ferwafa.rw/spip.php?article2745

  • Kenya's William Ruto Rebels Against Ruling Party On Msambweni By-election #rwanda #RwOT

    Kenya's ruling Jubilee Party said on Wednesday that it would not involve itself in the Msambweni by-election. The party said it was not going to field any candidate in the race for Member of Parliament of this constituency.

    The Msambweni Constituency by-election is slated for December 15. The seat fell vacant following the death of Suleiman Dori in March. The ODM MP succumbed to cancer.

    However, on Thursday Deputy President William was seen hosting at his residence Feisak Abdallah Bader an aspirant for the parliamentary seat of this constituency. Reports also indicate that Feisak turned up at Ruto's home accompanied by Members of Parliament from Coast region. No details of their meeting have been revealed yet.

    Feisak was escorted by Nyali's Mohammed Ali, Kilifi North's Owen Mbaya, Lungalunga's Khatib Mwashetani, Lamu East's Athman Shariff and Malindi's Aisha Jumwa.

    Although Jubillee party took a decision not to field any candidate for Msambweni constituency, Deputy President Ruto thought this was an unwise position for the party and said there was a need to unite the party.

    'I was of a completely different view that the party fields a candidate in Msambweni. The decision has already been made and we want to make one decision as the party,' Ruto said.

    R-L: Deputy President William Ruto hosts at his residence Feisak Abdallah Bader

    Source : https://taarifa.rw/kenyas-william-ruto-rebels-against-ruling-party-on-msambweni-by-election/

  • VIDEO : Uko igikuba cyacitse i Gatore aho abana bafatanyije na nyina kwisa se wababyaye #rwanda #RwOT

    Ubwo ikinyamakuru Ukwezi cyageraga ahabereye aya mahano, twaganiriye n’abantu batandukanye barimo abaturanyi, abavandimwe ba nyakwigendera, umubyeyi wa nyakwigendera waniboneye n’amaso ye umuhungu we yicwa, ndetse n’umuyobozi w’isibo wagiye arwana kenshi n’amakimbirane y’uyu muryango.

    REBA VIDEO UMENYE UKO BYAGENZE BYOSE HANO :

    Icyo bose bahurizaho ni uko Habineza na Nyiraminani, ku ikubitiro bapfuye ko umugabo yashinjaga umugore we uburaya, bikaza gukurura amakimbirane yatumye biza kugera ubwo umugabo afungishwa n’umugore we ariko yafungurwa agahunga urugo akajya kwibana, aho yagiye nawe aza gushaka inshoreke.

    Nyiraminani ngo yaje kumwangisha abana yibyariye, kuva ubwo bafatanya urugamba rwo kumurwanya kugeza ubwo bamubwiye ko bazamwica maze kuri uyu wa Gatatu bamusanga mu murima arimo guhinga baramwica. Ibi byaciye igikuba muri aka gace byabereyemo, kuburyo abo twaganiriye bageraga aho bagafatwa n’ikiniga bakarira.

    REBA VIDEO UMENYE UKO BYAGENZE BYOSE HANO :

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/VIDEO-Uko-igikuba-cyacitse-i-Gatore-aho-abana-bafatanyije-na-nyina-kwisa-se-wababyaye